<<@ISIMBITV
says :
Sura channel ye: https://www.youtube.com/channel/UCkb1Al7A4QTrmHXdaatEeKw/videos
>>
<<@nzizanyiranshuti1228
says :
Mbega story ibabaje nkiyanjye
>>
<<@iyamuremyevalens9309
says :
Eeeeee reka gusebya umugabo wawe twaraturanye yazaniyehe mama byiringiro reka gusebya umugabo wawe
>>
<<@mamaberiseberise6630
says :
Mana weeee
>>
<<@cedriquejoshuas6961
says :
Ukomeze ugubwe neza. Ugire morale
>>
<<@sahinkuyerasta2795
says :
Pasita c
>>
<<@BellaBella-ng1mh
says :
Imana ntaho itakura umuntu nibyo. Ndumva uyu mu mama yaranyuze mubikomeye nkibyanjye. Nanjye umugabo yarankubitaga rimwe ankubita ntwite inda y'amezi 7 ,umwana apfira munda basanga yaranaboze uruhande rumwe, nanjye ntabwo bambaze Imana yaramfashije mubyara neza. Yewe no kwiyahura birimo! Jyewe nariyahuye njya na CHK mubitaro barandutsa. Ndumva tubihuje hafi yabyose usibye ko jye ntarabona undi mugabo kuko nabanje kurera abana ubu barakuze nsigaye numva gushaka ntabyo nkeneye maze gushyingiza. Imana irakora,ndihanganisha abantu mwese mufite ibibazo,ni musenge muzatabarwa.
>>
<<@kundwa4978
says :
Haracyàri kare shima lmana gusa uracyafite urugendo umuntu ni mugari mutaramarana + de 20ans ujye ushimira lmana kandi umenye icyo gukora kugirango urugo ruhore ruryoshye
>>
<<@nyiransabimanamadeline3577
says :
Byz
>>
<<@barakadorcus7490
says :
Mana weeeee😭😭😭😭 umubyeyi yaciye mu kintu naciyemo!!! Sha Imana ihora ihoze ubu yaramfashije nubwo nazinutswe gushaka ark ubu nibera muri Sweden 🇸🇪 ubuzima si bubi!!
>>
<<@joselynendayikeza7325
says :
Imana igukome Mme wabay intwarii n,igihe cawe cokunezerwa
>>
<<@tesiclara2458
says :
Ubu ndi se wabyaraga buri mezi wari warahindutse agakwavu. Muba mwihinduye injiji mujye mubyirengera.
>>
<<@berwagentille6594
says :
Abandi babigenza gute bakabona abatware babakwiye kd bavuye mu rugo. Mu gihe maze imyaka irenga itanu narabuze uwankunda. Uyu abyaye 7 arko yabonye umutware .
>>
<<@sister2.099
says :
Iri jambo nzakubabaza nanjye nararibwiwe ati nzagutesa mpaka😭😭
>>
<<@sister2.099
says :
Yooo disi nanjye byambayeho nkateka ibyo natetse simbiryeho gusa imana ni nziza knd nabaga muri famille😭😭
>>
<<@florencemusanabera4544
says :
Ndumva bitoroshye gushakana abana 10
>>
<<@akimanajoselyine8319
says :
Reka mvugeti Amen.ntakindi norenzako kuko ntajambo lmana ivuga ngo rihere koko.
>>
<<@balancedlifetv
says :
Imana ihabwe icyubahiro, Niyonkuru pe!!!
>>
<<@lus4277
says :
Uyu mugabo nawe arabaza nk’umugabo koko!!! None abagabo bakubita abagore babo bagomba impamvu??!?! Abagabo b’abanyarwamda se bazi ko umugore yavuga oya mu buriri!?!?! 90% bakurira abagore babo banarimo serumu! Chance ni uko icyo gihe baba bari mu bitaro. Sinon, uyu mudamu se yari kujya he!!?!? Umubyeyi utaragiraga n’aho ataha!!!! Ahubwo vuga ngo case nk’iyi ikwereke ko burya hari abana barokotse ariko batabashije gufashwa! Imana yarakoze kubarinda bose ikabakuza ariko ntihabuzemo n’ababiguyemo buriya cg bakiyahura!!!!!
>>
<<@nyiramugishaconsolee2247
says :
Mana komera cyane warakoze kwihangana ninayompamvu Imana yagutabaye
>>
<<@godwingodwin4975
says :
Iyo ur'Umugabo ugakubita umugore . Ubu urimbwa rubebe. % .
>>
<<@kellyihimbazwe7848
says :
Ariko se umugabo aragukubita hama akagushaka bite?Abagabo Imana izabahana kabisa
>>
<<@peaceyvetteshow7515
says :
Ntahantu kure imana Itakura ukuntu rata wime amatwi abavuga kubesha ndakuzi najyaga Nkugurira ifu kamembe none imana yahinduye amateka komerezAho imana igushigikire muri byose
>>
<<@Hozianaa
says :
Ibintu byo gusenya Ingo ,mwitwaje ngo ni Imana yabivuze sinzi🤪abana bangana gutyo mwari mubyaranye ,ukajya gushaka undi🙄reka nigendere
>>
<<@kamarizacarly9229
says :
Imana numu chéri ga Mana.Iragororotse, Irera nukuri.n'Imana ivuga bikaba yategeka bigakomera.ntanze Ishimwe kubwuyu muvyeyi
>>
<<@redmask9221
says :
Nyagasani akubakire mubyeyi cyane rwose gusenga nibyiza
>>
<<@joselyneharimenshi1266
says :
Pole sana maman
>>
<<@murenziinocent7702
says :
Arikose yurekeraho ntushake undimugabo
>>
<<@kabebediane7290
says :
Wawoo byiza cyanéeeee kubwibyi mana yagukoreye nukujya udusengera natwe ikatwubakira kbsa
>>
<<@zaza8625
says :
Ubu buhamya ntibutonze neza burajabiranije ukuntu
>>
<<@ornella1800
says :
Ariko kuki mu buhamya bwawe nta marangamutima arimo
>>
<<@iradukundaliliane1783
says :
Sabin wagiye gusura muhire na Marie Leine Koko🤦🤦🤦🤦
>>
<<@tumukundemagret589
says :
Komera mama komera imana igye iguha umunezero
>>
<<@julieruthhirwa4402
says :
Ariko ni gute abantu bahora bashwanyagurana bakanashobora gukora imibonano mpuza bitsina? Ubwo se mwumva iki koko usibye kujombagurana gusa? Des relations sexuelles se font en amour et en consentement n'est ce pas ?
>>
<<@julieruthhirwa4402
says :
Ntimukigire ingaruzwamuheto z abagabo cg abagore
>>
<<@julieruthhirwa4402
says :
None se Aho yagukuye agutera inda iyo uhasubira Bari kukwica ?
>>
<<@julieruthhirwa4402
says :
Ariko se wamwihambiragaho aguhondagura iyo wigendera koko ?
>>
<<@numuhirefharlotte2925
says :
😭😭😭😭😭😭
>>
<<@numuhirefharlotte2925
says :
Imana ni data 🙌
>>
<<@bettyyambabariye7906
says :
Komera mama, wampa Numero konumva ikibazo ufite gisanicyanjye nezaneza, tukazaganira
>>
<<@nadeannadean8132
says :
Sabin ribayiryambere nanditse commentaire kabissa ntiwamwunvirije neza
>>
<<@kaygashabi5782
says :
Nukuri ndafashizwe cyanepe
>>
<<@kaygashabi5782
says :
Amen Glory Glory warakoze Mana ntawusa nawepe.Mama Byiringiro warakoze kwihangana.
>>
<<@umuhozasolange575
says :
Imana ninziza pee bavandi twige kunyurwa kd dusangire ibyo dufite
>>
<<@yvonnemukashyaka134
says :
Uzacunge neza murabo bana niba harimo abakobwA,🙄sinciye imanza uwiteka azagumye abarengere
>>
<<@ancillakabanyana658
says :
Umugabo wanga abana be, sindabibona. Birakabije. Abonye nyina n'abana be 10 arongowe se, nta soni yagize?
>>
<<@yvonnemukashyaka134
says :
Washaka umugabo se a 16 ans ukagirango wariwakamenya iki,rero abagabo ntimukabarenganye,ntago iyo wiyemeje gushaka ,umugabo ugushatse yita ngo uje urumwana
>>
<<@yvonnemukashyaka134
says :
Huuuu ariko Sabin,ubupfubyi ntago bwagatumye twishyingira imburagihe,kuko njye nabayeho bupfubyi,Kandi mba mumafamille,ariko nkagerageza kumvira uko banyoboye mururwo rugo nkitwara nkutari iwabo pe,Kandi Imana yangiriye neza igihe kigeze,nshaka umugabo tubanye neza
>>
<<@kampireazza9166
says :
Yoo narinkuzi ariko sinarinziko uri muri ibyo bibazo mpa numero yawe abanya Rusizi bubahwe.
>>
<<@kampireazza9166
says :
Komera Muvandi ndagukomeje mubyo wanyuzemo
>>
NEXT VIDEO
>>