<<@Gwira100
says :
Komera mukobwa mwiza. Imana iguhe umugisha kandi ikurinde ikubakire rukomere.
>>
<<@rozy_mnk7550
says :
part 2
>>
<<@geraldinekamali832
says :
Ariko nyoko azihane, numupagani wuzuye
>>
<<@laetina10
says :
Yewe wa mu mama we, ubutesi ufite burarenze! Nonese uvuye iwanyu warananiye nyoko wibwiragako iyo uzajya gushaka ariho bazakorohera. Non, mais ...รงa alors!
>>
<<@martinsibomana8172
says :
Ndakwamera cyane mama boy
>>
<<@gandi4511
says :
Pole sana wahuye n'ibibazo pe! Gusa ibimekapu vyakugize nabi..
>>
<<@babybunnyblessing3736
says :
Ikindi nakugira inama yokugurisha Ibyo mufite mukimukira kure yababyeyi banyu bombi mukamenya ubuzima bwanyu mwenyine nabana banyu gukomeza gukururana nimiryango mutunvikana nundi Ntaterambere muzageraho
>>
<<@babybunnyblessing3736
says :
Ikindi wamukobwawe wahemukiye Mama wawe amariraye niyo yagukurikiranye Wagombaga kumwunvira nkuko umuhungu yunviye nyina kugufata nabi kuko urunvako Nubundi arabatindi ndetse no kumutima wabo
>>
<<@babybunnyblessing3736
says :
Ufite mama wumupagani ngo arasenga Asenga ibiki numugome cyane
>>
<<@solangeumutesi4805
says :
Wige kwishima Inzira yukuri shaka Imana uti gute baza Eliane abinginzi bakwigishe kurira Imana. Ndagukomeje cyane uri intwari kandi ufite isezerano uzavamo umuntu uzubaka benshi. Urakoze.ndagusengera
>>
<<@solangeumutesi4805
says :
Babarira maman wawe kizwa uzagende umusabe imbabazi. Nyina w umuntu ni nyina ujye umubikira ibanga. Kandi umwemere uko ari uhe urukundo maman bizashira. Shaka Imana by ukuri.
>>
<<@solangeumutesi4805
says :
Ihangane mukobwa mwiza ubu urumva uko maman yavuze abatindi. Najye byambayeho. Komera senga Imana
>>
<<@lolaispure4296
says :
Mukunda inshyi kweli. Tsikama rero ukomeze bakudihe. Courage
>>
<<@aggyniyo3510
says :
Kombona ikiganiro cyirangiriye muri introduction raa??? You make it too long nowadays
>>
<<@kayitetashakira9537
says :
Kubwange ndumva amakosa yose nibibazo uhuranabyo biterwa na mama wawe kuko yakomerekeje umuryango wumugabo wawe kd nawe ubwe uwahoramwita umutindi atamutunze ntiyabasha kubyihanganira niyumva ashakako wubaka azabasabe imbabazi
>>
<<@mutuyemunguchristine5392
says :
2017 nibwo yakanuye amaso! Sabin weeee
>>
<<@bellab1924
says :
Kuki wisize Kiwi kumunwa kandi uziko yagenewe inkweto!
>>
<<@egidebajeneza43
says :
Mana urashoboye ibitubaho byose simpanuka kuriyo ahubwo ni akabarore bikatubera na kabando ducumiraho urugendo ibaze nkuwo mwana wakanguwe nurushyi ukubiswe ububabare bwose warikugira umwana agakira warikubikora
>>
<<@agatakoofficial2644
says :
Uyu muntu akwiye kuduha igice cya2
>>
<<@agatakoofficial2644
says :
Mbega umubyeyi ufite abadayimoni weee kandi yicaye murusengero nkicyapa pe. Imana imbabarire sukumucira urubanza niba ibyo numvise ari ukuri satani yararitse irabwaguraaaaaa iragwiza. Imana izamubabarire imuhe agakiza rwose.
>>
<<@winnykamere
says :
Introduction iri aha...
>>
<<@vanny_daily_insights
says :
Amazi twambukaga mu bwato tuva vunga tujya Ijanja ni Mukungwa ๐คฆ
>>
<<@u.e2332
says :
sabin reka twiyumvire story wikwihutisha story lol
>>
<<@tuyizerejacqueline1116
says :
sabin introduction yiminota itanu iba ari iyiki ujya kugitangira twakimenye nubundi ujye ufatiraho
>>
<<@reesedinero1145
says :
Ahhee ibibintu yisize kumunywa biteye iseseme kbs
>>
<<@u.e2332
says :
hhhhhh mado wanjye yitonze rwose,sinarinzi k wanyuze muribi bintu byose
>>
<<@sibomanajeandedieu9312
says :
Umva Mado, wowe n umugabo bimwe mwasezeranye kubana ndetse akaramata.mwumvikane kd mwubahane ubundi murebe ko rutarakomera. Ababyeyi impande zombi bazabasanga ndabizi. Kd umwe yubahe umubyeyi w undi.ikindi mujye gutura hirya gato y imiryango kgo mubashe kuba urugo/umuryango wigengs. Finalement nibabona nta nduru kd muteye imbere mukorera hamwe bazabasanga musabane imbabazi.
>>
<<@Alena-vibes
says :
Egoko Jacky ndakwibutse ITB nyamagumba, wagiraga amahane kweli
>>
<<@patm8251
says :
@ Sabin, ntakuntu wajya directement kuri topic utarinze ku introduisant nuduce twikiganiro?
>>
<<@nemaliliane9241
says :
Sabin usigaye uduha introduction ndende ikarambirana๐ช
>>
<<@ElianeNiyonagira
says :
Mado komera mubyeyi mwiza, Imana yabanye nawe izakubakira kandi hari ibyiza cyane imbere yawe, urabizi urugamba turwana si urw'inyama n'amaraso ahubwo n'urwumwuka uwo mugabo ni wowe Malayika murinzi we, azabona ubugingo kubera wowe, nababyeyi be bazakugarukira humura Sabin azaguhe Numero nkoresha belgique dukomeze dusengane iyo twizeye ni Imana itibagirwa isezerano yahaye abana bayo.
>>
<<@guzutoni5346
says :
None se Mama wawe yari muri coma anabasha kugukanda inda??๐ข๐๐๐ cโest incroyable๐
>>
<<@ijuruijuru6098
says :
Uwanze kumvira Se na Nyina yumvira ijeri. izo ningaruka zo kwigira ikigenjye ! Mumategeko y'Imana haririvugango "wubahe Se na Nyoko kugirango uramire mu gihugu Imana iguha. Wahemukiye Maman wawe , uzamusabe imbabazi.
>>
<<@odetteniyomusaba4789
says :
Maman wawe yasengaga nyabingi begumubyeyi gito
>>
<<@odetteniyomusaba4789
says :
Ibibyeyi nkibyo babaho
>>
<<@BetterSkillsTV
says :
Mukomerezaho dukunda ibiganiro byanyu cyane ๐ผ๐๏ธ๐ค๐ธ๐ธ๐ถ๐๐๐ท๐ถ๐ธ๐ค๐ผ๐ข๐ต๐๐ฏ๐น๐ง๐ง๐๐ค๐ข๐ฃ
>>
<<@mugabeyvette3610
says :
Umuryango wumugabo wawe, Maman wawe yarawukomerekeje, rwose, kuba utumvikana na belle famille yawe nikosa rye, azabasabe imbabazi, mwese numugabo numuryango we!!! Kuko numuntu mubipee nkumuntu witwa kwasenga Akaba afite amagambo mabinkayo, birababaje pee akizwe. Courage Mado๐๐
>>
<<@yvonnemuhongayire4863
says :
Ubyemere ariko nawe waruhije nyoko imyaka yawe yose nubwo nawe yifuzaga ko ubaho uko abishaka kandi bitabaho, ababyeyi bose bo hambere bari bazi ko abana babo bagomba kwemera uburere bahawe 100%.
>>
<<@faithshow8424
says :
Nukuri ikiganiro barinakibuze ndiryamira nicuye ndakibo reka nicare nyirebe welcome back Murungi wacu w love you
>>
<<@abelnoble
says :
Mu maso yanjye, uno mugore nari nibeshye ari Anyesi w'Umurabyo. Hari undi byabanje gucangaho nkanjye, akibona ifoto gusa?
>>
<<@irmatsiko6387
says :
Mumpe like mumbabarire ntakindi mbasabye pe munakore subscribe hh
>>
<<@ingabirejackline1725
says :
Abagore babaye indembe agahinda nikose gusa nimukomeze mwihangane ๐ช๐
>>
<<@Queen-ze1tm
says :
Sabin iyo inkuru yamucanze uhita ubyumva๐คฃ๐คฃ
>>
<<@tiktokking2728
says :
Sabin wambabariye ukazampa ikiganiro wakabyarawe
>>
<<@nkundimanavedaste2981
says :
Numvisemo ngo nyamutera
>>
<<@captainjuniorkapitenijunia8386
says :
Ndagusabye kore subscribe share like and comment ninkunga ikomeye ๐๐๐
>>
<<@inor8458
says :
Ibi nibyo bimpahamura.
>>
<<@NNn-mj2pb
says :
Nazindutse๐
>>
<<@munyentwarielias1048
says :
Jyewe nabรขaye addicted kuri ISIMBI TV na Sabin!
>>
<<@munyentwarielias1048
says :
Welcome back Sabin! Nange mumpe likes numve umunyenga urimo!
>>
NEXT VIDEO
>>