<<@ISIMBITV
says :
Bishop Brigitte: +250788464302
>>
<<@saraumugwaneza2030
says :
Nshaka nanjye kuzaganira na Pster Brigitte byashoboka gute?
>>
<<@adrientommuyango9837
says :
Ibyo muvuze nibyo rwose nukubanza kumenya umuntu mubana neza nkurugero njye rwose naje ndumugeni imins ya1 namushyuhiirije amazi arambwra ngo ntajyayoga amazi ashyushye, nti ikindi akunda kwihanagurira inkweto wenyine Ubwo se azafata umwanya ujye kumuhanagurira Kd atabikund ngo urigutanga care Hoya rwose
>>
<<@josephhasabumutima6741
says :
Ndi Burundi ndabakurikirana caane ndakunda ibiganiro vyawe Sabin. Kera babwira Abana ngo ntibarya igitigu umengo iwanyu umengo umengo umucita igipfu (foie) kubera kiba kiryoshe abakuze bagashaka kukirya bonyene. Bukaba bwari ubusambo.
>>
<<@danielimanishimwe3777
says :
Ark nzabandeba amaherezo yiyi channel wajyirango yabaye urucyiko rwabadamu bafite agahinda erega mujye muhamagara nabagabo babo nabo tubumve!!!ntitukumve uruhande rumwe gusa!!!!
>>
<<@nduwimanafelix5941
says :
Big up to you Mum urosobanutse kbsa 💪💪
>>
<<@goldmindtv7022
says :
Iyomyumvire meashyize mumitwe yanyu niyitumye ingozibananira kubaka namwengo mwabonye ijambo,ntagihemwigeze mubura ijambo erega,ariko kubera so called iterambere none musigaye mwishyiriraho ibyonakwita impamvu kugirango mu promotinge devorce virus among our marriages,Sabin nawe umenyeko wubatse ejo cg ejobundi ushobora kuzicuza gusasimbikwifurije please ibyobintu mwihaye murikigihe bizadu costinga in near future
>>
<<@nikkiiliza5988
says :
Bisa nkaho hari abantu bavukiye kuba esclave b' abandi. Umugore niwe uziha agaciro. Niyemera ko bamufata uko babonye kose nawe ajye yigaya. I mean umugore ufite uburyo bwo kwikura mu bibazo simvuze abafatiweho imbunda , ababaye kidnapped cg abari mu ntambara. Igihe cyose uretse umuntu akakugira uko ashaka ntiwakagombye no gutaka. Birababaza abantu bakuze ariko bakanga gukoresha ubwenge bwabo. Nk' umuntu mukuru ereka umuntu mubana ko ukuze kdi nawe ugira ubwenge. Amarira nta na kimwe acyemura. Nkuko uwo mwashakanye akoresha umutwe we aguteza ibibazo nawe koresha umutwe wawe ubikemura.
>>
<<@ignacensekanabo8705
says :
Uwo mudamu duhuye namumenya nubwo ntamuzi
>>
<<@onyantabara3011
says :
Ndumva urikugumura abagore nezaneza
>>
<<@onyantabara3011
says :
Ubwose urugo rwageze muri RIB urumva rwaba rukigarutse? RIB bisobanuyiki bisho?
>>
<<@onyantabara3011
says :
Bisho ese wibukako nabagabo bahohoterwa?
>>
<<@Footballer24-m6t
says :
Uyumugore ahugaga ibintubyiza alikonjentoyabaumugolewanje
>>
<<@lydian5762
says :
Bishop je te kunda very much rwose absolument. Reka nze nguhe s'abonner da.
>>
<<@braveliontv935
says :
Abakunda uyumukozi w'Imana nkanjye mumpe like hasi hano GOD'S ON OUR SIDE 🙏🙏🙏 👇
>>
<<@carinemanirambona2708
says :
Ntubeshe waruwo nzi yisinziriraho buri musi akambwira ko araradasinziriye ,nturigukora iki?ngobamurongora yarashishwe cane
>>
<<@helenemarierobert8557
says :
Sha utararirara azaribarirwa n’a nde? Nimuhore ni ikibazo gikomeye. Mpisemo kwibera siribateri kabisa.
>>
<<@donathahabarurema6598
says :
N'agahinda!
>>
<<@simoncussonet9981
says :
Pasteur Brigitte urasobanutse cyane..nange nagiye mu itorero ry umupasteur kazi yigisha ku myamarire y,abagore bambara amapantalon na za muni jupe numva arangushije ntashye mbwira abo dusengana ko ntazasubira mu itorero rye! !Nyuma yarambajije impamvu ntakifatanya nabo gusenga ,mubwirako akunda guca imanza kubyerekeranye n imyambarire ashobora gukomeretsa abantu kubera imyimvire ye ! Abantu birinde ubujiji Imana ireba imitima yiyoroshya ! Pasteur Brigitte Courage kandi ntukisobanure kubatarumva neza imitekerereze yawe ,komeza ujijure ,uri umugore rwose wisobanukiwe! Courage
>>
<<@tesiclara2458
says :
Mama pastor bazaguhe akazi muri Migeprof ubere ijwi abagore benshi. Uzi byinshi biruhije abagore benshi. Cg Imana izakwagure ushyireho ONG irengera abagore inabatere inkunga yo kwibeshaho. Be blessed
>>
<<@medardndaruvukanye1275
says :
Hahahaaa mu rugo umugore azamura ijwi hejuru y, umugabo ,adaca bugufi asenya kare pe 🤭
>>
<<@mukantaganirachristine7452
says :
Mana wee wagirango aba mungo zacu, twarashije wagirango aba mu mutima wanjye, babona usa neza bati uriya mugore yaranezerewe kdi ni Imana iba yorosheho ishuka. Keretse ngewe ari bishop unganirije ndi kumva yabasha gufasha umuntu gukira ibikomere.
>>
<<@jacquelinenyinawumuntu1613
says :
Nge nabonye umuntu iyo afite ibikomere bikira aruko umuntu avuze. Arko se mwabantu mwe ibyo byo kwambura inkweto umugabo atarembye sinabivamo! Abantu baruha.
>>
<<@jacquelinenyinawumuntu1613
says :
Ibyo Bishop avuze bibaho ku bagore. Hari umugabo wabwiye umugore we ngo urashako bakumvira? Yavugaga abo yabanaga nabo biwabo wuwo mugabo. Ihohoterwa ribaho byo. Hari nabagererwa akaba atajya guhaha niyo rwaba urutunguru.
>>
<<@Candytv1999
says :
🙄🙄Nkumuntu wavukiye muriyo gahunda ya Yewe endahano ndagukeneye ntimubabangamire😂😂😂
>>
<<@josephineingabire3867
says :
Uvuga ibintu byubaka ubahwa kand ndagukunda
>>
<<@josephineingabire3867
says :
Uvuga ibintu byubaka ubahwa kand ndagukunda
>>
<<@josephineingabire3867
says :
Uvuga ibintu byubaka ubahwa kand ndagukunda
>>
<<@josephineingabire3867
says :
Uvuga ibintu byubaka ubahwa kand ndagukunda
>>
<<@urunanatvrwanda7446
says :
KORAKURINOFOTO KORA SUBSCRIBE URUNANA TV Ndakwinginzepe DUFASHEPE
>>
<<@urunanatvrwanda7446
says :
Yyyyyyyyyyooooo urunana TV ubone video nziza murakoze
>>
<<@niasonani4893
says :
Nejerejwe nukubona umu Bishop yifata neza kandi akamenyako Imana itaraba ivyo wambaye . But most of all : Bishop uvuga neza utuje . Hari abantu bavuga ngo ni ba pastors, apôtres ect mukuvuga barasara bakavuga ibijwi bitera ubwoba bavugira hejuru ukuntu Sinzi igituma batababwira ko birya bintu bibishe caaane. So thanks and thanks again
>>
<<@ninapolo957
says :
Ivyo vyokutemererwa kwitaba fone ndabibona aho nkora umugore ariko yitaba fone akumva ikirenge cumugabo acakupa nihatari
>>
<<@luciemakombe1436
says :
😜😜😜Haashaaa Bishop rwose uransetsa! Abagore barigorewe rwose baceza akarengane! Un pensé pour les femmes qui souffrent!
>>
<<@bernissebernisse6657
says :
Wapi nukowigisha ivya pridence sagakiza ivyo🙆
>>
<<@uwiragiyeclaudette7991
says :
Yewe yewe nihatali izohindukura do zireze ntubeshya pe
>>
<<@Bianca-vo6yg
says :
Ndasetse nkitangira Saben ngo abo mucyaro ukuntu bahamagara ngo : yeweee umvahano, sha harabagabo ntazi ibaze umuntu ukenera Sex amaze kuguhondagura koko nakumiro 😂😂😂😂😂Mama Brigitte urashimisha ikiganiri nihatari👌
>>
<<@ndayishimiyeclementine9766
says :
Nkuyu utagira some Advices aha society mubona yavuga iki cyafasha abantu
>>
<<@olivermumararungu9588
says :
Ibyuvuga nukuri kuzuye pe
>>
<<@joshuamugisha567
says :
Gakenyeri Goldstein hhhhh, kanihangane nseke nubwo bibabaje. uziko wagirango warorowe neza neza? esubu urumugaboo, urumumama, nkuburiye inyito pe. gusa ufite kibazo cyo mumutwe uzajye kwivuza urarembye. naho uyu mumama umureke.
>>
<<@gygygyslaine5016
says :
Nkunda Bishop Brigitte uburyo asobanutse atifunga❤icakoze Imana ninyesuku ntikunda umwanda🙏🙏
>>
<<@alice-vo8ys
says :
Naringukumbuye peee nkundu kunturu musirimu kumubiri nomumutwe❤
>>
<<@dushimeolivier586
says :
Bishop Brigitte ibyo avuga n ukuri kbsa ndamwemera kdi ndagukunda pe
>>
<<@StoicAurelius1
says :
Bimwe mubyo muvuga nibyo koko ariko ibindi ni victimology at its best. Ese ntabagabo bahohoterwa?
>>
<<@HairHeaven-SmartGagdets1415
says :
Sabin ngukundiye ko uha agaciro umuryango, kdi nibyo twandika nubwo utabishyiraho byose uba wabisomye 100%. Brigitte si umugore winganzwa arabyivugiye...ariko ashyira imbere RIB wagirango niyo ihuza umugabo n´umugore! Ngo umugabo amurebeye muri phone yahamagara RIB koko noese ni iki umugore akwiye guhisha umugabo? Hanyuma ngo muri abakozi b´ ...nibyo ariko haranditse ngo: "Yesu,yesu...abamwitirirwa, nabiyita abakozi be..tuzabamenyera kubyo bakora, ibyo bavuga, nuko batwiyereka
>>
<<@josephamukagatare9178
says :
Brigitte ndakwemera urumuhanga peeeeeee
>>
<<@d.r.5350
says :
Ye? Ngo ntabwo waje kuzuza toilet hano 🙈😃
>>
<<@valensmicta6113
says :
Utangiye kwivuguruza nawe ee raaa ,ahhaaa!!!!
>>
<<@esthermwubuhamana5582
says :
Namwe ntimukikunde iyo umwima ubuziko Ari burongore ndee?abagore babahaye ijambo bibagirwa inshingano zabo , haba mumodoka ,haba muri douche ahariho hose arabyemerew ikizima nuko nawe yubahiriza inshingano ze none c natakurongora urashaka are akanyamerik
>>
<<@ericmugwaneza9725
says :
Ariko Sha wabyaye ahandi, urabimpisha, ndera abana nziko ari a banjye, and at the end, ukababwira buri umwe ngo uyu si so, so ni uriya😳😳 Sabin ati uwo mugore ni intwari, Brigitte na we ati rwose uwo mugore ni intwari....... Sha simbatutse Ariko muri bakuru mubitekereze ibyo bintu.
>>
NEXT VIDEO
>>