<<@liberathemukambanda8430
says :
Maman Nick ngukunda cyane pe! Ariko kurongorwa maze gukubitwa cg natutswe sinabibasha pe!!! Wapi rwose napfa ahari!!!
>>
<<@hilairengayaberura4942
says :
Mama Nick,ukora byiza. Uzi kubura umugore muryamye hamwe Kandi ari uwawe byemewe, waranakoye ? Byihorere !
>>
<<@josephamukagatare9178
says :
Warakaye ntaguhindukira rekarekA puuuu
>>
<<@darcynda6586
says :
Unto mu maman , ndakunze ❤️❤️❤️❤️❤️
>>
<<@cadzabibu9871
says :
SABE uko nakameranzuri inatakatisha surazaeatu
>>
<<@jeanbosco4059
says :
27:30
>>
<<@ephremmudenge5962
says :
iki kiganiro ni cyiza kuko bitumye twumva ibyiyumviro bya bamwe mu babyeyi ndetse n'impanuro baha abana n'abisengeneza babo. Ni gute waba ushonje, udatekanye muri wowe hanyuma ngo hindukira? ese ari umugabo uri muri iyo situation, umugore akamusaba guhindukira yabikunda?? kubwanjye numva hakabayeho ikiganiro mbere nambere. Ikindi si numva ko hari impamvu iyo ariyoyose yatuma umwe mububakanye akubita undi. ikosa iryo ariryo ryose ryaganirwaho nacyane ko twese dushobora gukosa. It is a subject for discussion
>>
<<@umulingarwandan6358
says :
Lol ubundi nujya kugisha inama y’uko wubaka urugo rwawe ruzasenyuka. Maman Nick icecekere nturafatwa kungufu nuwo mwashakaha. Bibaho cyane
>>
<<@alineuwimbabazi9634
says :
Njye iyo myunvire sinyemera ko umugore aje mu nshingano zo kurangiriza ikibazo cyo mwipantaro cy umugabo , eeeeeh umugore si igikoresho bavandi, umugabo numugore babana kugirango bafatanye muri byose nkumuntu umwe kandi banashimishanye bose , none se umugore ararakaye amerewe nabi umugabo nawe arashaka ku bintu kandi agomba kubibona ubwo murunva ari ibiki?!!! Kurinjye ni uguhohoterwa rwose . Iyo myunvire muyiveho kuko mwerekana ko umugore abana numugabo kugirango abe igikoresho cye cya sex no no no et noooooo.
>>
<<@clarissemanzi9733
says :
Arko mwumvise Nabi Bavuze ko uramutse utari muri mood wamusobanurira arko atari kubigira intambara,wenda mube mwanabitonganiramo!
>>
<<@habinezajeanchrisostome493
says :
Mukomere cyane barimu beza! Nyewe reka mbisabire ikintu gusa bishobora kuba bigoye. Ese ntakuntu mwajya mumanuka ubwo buhamya n'izo nyigisho mukaza mukazitanga no mu byaro? Kuko hari abantu benshi batabasha kubibona ku hari benshi baba badafite izo smart phone cg c n'izo tv kd bafite ibibazo nkibyo benshi mukaza mukabigisha imbona nkubone, Rwose niba bishoboka muzabikore. Thx. Njyewe mbona nabyo hari icyo byafasha
>>
<<@sicytemu_cyriaque2050
says :
Usenya urwe umutiza umuhoro. Zubakwa bitandukanye kandi bene data bo mu minsi yanone Ngo ntawuhana uwahanutse. Ingo zubu zirimo zisenywa nibyateye ubu ngo" Ngo rwubakwa gutya" kandi uko urwawe rwubatse cyangwa rwari rwubatse siko urwanjye rwakubakwa. Gusa, gusa, nagiraga ngo mbwire abubu bamwe, naboyobejwe n'abubu, umugore w'ubwenge yubaka urugo ruryoheye abe rugasharirira abashobewe!! Merci Maman Nick.
>>
<<@clementineumuhoza8279
says :
Harikintu numvise tutumva kimwe,imibonano si itegeko ni ubwumvikane,ni ikintu abantu babiri bakora bishimye kandi bari muri mood,rero igihe cyose umuntu akoreshejwe imibonano itumvikanweho ni ikosa,tujye dukosora amwe mumahame yumuco apfuye,kera hari ibintu bitaga kumara amavuta,ese nabyo murabishyigikiye?kandi urugo nurwabantu babiri umugore numugabo,izo dictatures zabagabo rwose wapi,gusa twese twakiga koroherana no kubahana,kandi abagore nabagabo duteye muburyo butandukanye,umugabo ninkipasi igihe cyose ashatse imibonano ajya muri mood ariko umugore asabwa gutegurwa,kuko biriya bintu ni mubwonko,niyo mpamvu uzasanga abantu bamwe babavugiraho ngo niba mukagatare,kuko bamubwiye ngo hindukira agahindukira ariko mumutwe afite agahinda,umujinya cyangwa ahangayitse,imibonano irategutwa mwababyeyi mwe,kera abagore birwaga murugo akitegura umugabo muburyo buhagije,yirwaga ategereje ko umugabo nataha ariyo ngingo umwonko rero bwabaga buri tayari,ariko abagore bubu bafite nabo stress nyinshi,twese turahiga,rero niyo mpamvu mwese mugomba gutegurana,niba ufite akazi kagustressa umugabo agomba kukubera urutugu uruhukiraho kandi no muburiri bizizana,svp mujye munatekereza kumiterere ya muntu apana kugenda mukigare,sinshyugikiye abagore bingare babuza amahwemo abagabo,ariko nanone sinshyigikiye abagabo bumva ko ibyiza byose aribo bireba,ibintu ni magirirane,uwahawe urukundo ararutanga nawe,iyo umugabo akubashye nawe uramwubaha,ikindi hanze aha hari abagore bakoze ibishoboka byose ariko bikanga bagasenya,ubundi ngo ikintu kitarakugeraho ntumenya uburyo ukitwaramo,kandi buri rugo rugira uko rwubakwa,ntabwo ari copie and paste,ndubatse kandi mfite urugo rwiza kugeza uyu munsi ndarushimira Imana,ubundi hari ikindi kintu cyubaka umubano(communication nziza,respet ,kumenya uwo mubana nicyo akunda,kudasigana,isengesho riza mbere)urugo ni ishuri kandi uryiga ubuzima bwawe bwose,nkuko ubuzima ari ishuri.
>>
<<@lynamusabimana8578
says :
Umugore ndumva mukimufata nk'igikoresho??? Kandi nkumva Ari abagore babivuga. Umugabo akubwiye NGO hindukira ugomba kwemera??! Bite isoni. Umugabo aragukunda mugakora urukundo. Ntago Uri igipupe cya robot babwira bati hindukira. Iyi myumvire ni mibi. Kujya hanze cyangwa ibyo bits gusambana ubikora abona impamvu yo kubikora. None se umugore we agiye hanze yitwaje Ku umugabo atamuha urukundo uko bikwiye. Bite isosni
>>
<<@nshimiyimanalazaro2121
says :
Kuraje kbs, nimufashe abantu bose bafungure na ama tv, ubanza abandi bakine ama film ubanza ariho hasigaye amaramuko, byaba aribyiza cyane buriwese yihaye icyo ashaka bivuye kumitima myiza mufite.
>>
<<@odilerugambwa8450
says :
Nabakunze cyane izo n'inama nziza kabisa n'ubwa mbere nunvise abantu Baje batagutesha umuntwe 🙏
>>
<<@Parfaite-p4d
says :
Njye kubwanjye sinshigikiye abagabo bagirana ibibazo n'abagore babo hanyuma mbere yo kubanza kubiganiraho ngo barebe uko babikemura Ahubwo bakimiriza imbere ijambo hindukira ku mugore utishimye ibyo bintu ni bibi cyane abagabo ni bige kwiyoroshya kuko abagore batanga imbabazi ( mbere ya hindukira banza umunezeze umubwireko yihangana kdi ko umukunda ikindi ko ibibazo mufitanye byose biraza gukemuka ibintu bikagenda neza. 🤝 ( Murakoze nihitiraga )
>>
<<@kamikazijeanne4405
says :
Haricy'umubyeyi avuze,mpita nibona neza neza ,mbeg'umubyeyi w'agaciro ,ndabakunze gusaaaa
>>
<<@bellab1924
says :
Ku gihe cyawe mama Nick umugabo yavaga mukazi ati genda mucyumba umanike amaguru ndaje.Kandi ukagenda wiruka ugategereza nkutegereje umwami.Iyo nzira y'umusaraba mwabayemo rero ntukumveko nabubu tugomba kuyicamo.Niba hari ikintu kibiha kibaho ni ugukora biriya bintu utabishaka.Ngaho reba umugabo uzakurira uri mumihango😭niko se muziko abagore tutari abantu nkamwe!Iki kiganiro kinteye umujinya ikimbabaje kurushaho ni ukumva ibi bivugwa n'abagore bakabaye bavugira bagenzi babo baca mubibazo nk'ibi umunsi ku wundi kugera aho bazinukwa ubuzima
>>
<<@gajuujane8849
says :
Nkunda ko m nic agira ikinyabupfura ntavuga ubusa
>>
<<@roseuwase1616
says :
Nanjye narakibonye
>>
<<@rupyotosamunani6623
says :
Umutima w infumbyi watanze umutwe w umusaza kumera invi wa mudame we uzi ubwenge niba hali icyunga umugabo n umugore nubwoburyo iyo akugereye kungingo ubona ntawumuruta kwisi aliko iyo yanze nubwo yaba Ali ikizubazuba uhita wunva urwangano rurushaho
>>
<<@irumvankerabigwiinnocent6957
says :
Mama nick. 👍👍👍👍
>>
<<@nagabajoseline7133
says :
Mama nick ndamukunda cyane
>>
<<@nagabajoseline7133
says :
Mama nick ndamukunda cyane
>>
<<@alineirakoze3678
says :
Mama uvugish ukur.knd nryasab imana izampe kumera nkwaw
>>
<<@brn4504
says :
Ndatwika!👍
>>
<<@injishi1137
says :
Mama Nick azi gutetesha saana. Nigeze kumutumira mukiganiro avuye igisenyi aca kuri nyirangarama utuzanira amandazi muri studio 🤣🤣🤣
>>
<<@davygael16
says :
Iki kiganiro kiri full of so many wrong things on so many levels!!! It should promote self respect and mutual respect kandi vyongeye nta kosa rikwiriye gutuma umuntu akubita uwundi, gender based violence is a NO NO no matter what!!! In 2021 really?
>>
<<@uwasefiridaus5464
says :
Iyo style ya mam nik yashyize kumutwe wagirango nutunyamasyo yiteyeho 😂 it frustrating really
>>
<<@peruthuwabazimya8654
says :
Gufuha sibyiza sinacyo kigaragaza urukundo sinijyeze mfuha nagato na phone y,umugabo sinyirebamo sinayitaho kd turakundana niyo yabarikuvugana n,umugore sinamenyako arimugore bavugana ibyo mbiterwa nikizere mugiriez.
>>
<<@wilsonadamo6735
says :
Sabin noneho iki si ikiganiro ni ivangiri
>>
<<@Jackieuwe
says :
Ariko disi bano babyeyi ni abana beza ndumva abagabo babagize nka Spoiled kids😀 Ubwo se ntibiruta gushaka 2nd job🤦🏾♀️
>>
<<@uyisengajosiane1259
says :
Maman Nick, ndagukunda.Imana ijye igukomeza.
>>
<<@uwasebetty6933
says :
Maman nick ndagukunda cne uri umubyeyi mwiza kd wumusirimu
>>
<<@charlyrutare5897
says :
Hindukira so what???🤷♀️🤷♀️🤷♀️
>>
<<@zuzu1421
says :
Umugisha nuyu ,Sabin uzampuze na mm Nick
>>
<<@tuyishimejulienne7026
says :
mwakoze guhuza aba babyeyi bombi
>>
<<@akimanajoselyine8319
says :
Ariko sabin koko uyumusihoho agiranyegure noneho ngo kwanka guhindukira
>>
<<@lillylilly33gpnd19
says :
Téléphone cg ibyo byokwihumurizanya byo sibyo ako nanone ntimugashyire muburiri imbereeeeeee nkaho urugo ari muburiri gsa
>>
<<@lillylilly33gpnd19
says :
Maman Nick rwose🤔ngo ntiwaje kuba ururabo ? Nanone umuntu si ihene cg ipunda ngo baramwurira nkuwurira umugunguzi
>>
<<@luciemakombe1436
says :
Turabasuhuje
>>
<<@luciemakombe1436
says :
Ndazinduka koko kwa sabin Hahiye natanzwe😂😂😜
>>
<<@Crazybouyhabib
says :
Accountability in modern women is rare. Mama nick muzamuhuze naba feminist bubu
>>
<<@ingabiremaxime5780
says :
Number 7,mama nick ndagukunda cyane urumubyeyi mwiza ,inama utugira tuzazikurikiza mubyeyi.
>>
<<@Crazybouyhabib
says :
Yego rata. Old is gold. Reka abagore bubu.
>>
<<@Thisis-to1jd
says :
Ibiganiro nkibi byonona urubyiruko ahubwo mugomba kwigisha uko umuntu yihangira imirimo mukareka kwigisha uko basambana.
>>
<<@ingabirejackline1725
says :
Indamukanyo yabana b' lmana nukuvuga ngo Yesu ashimwe ndabaramukije mwizina ryayesu 🤝❤🥰
>>
<<@mindcleaner9290
says :
Sabin wadushakiye Ambassador wabakonsomateri please 🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏
>>
<<@munyarugereroarianebertine5593
says :
Mbaye uwa 5
>>
NEXT VIDEO
>>