<<@mutabaziinnocent7983
says :
Inzu y'Imana n'Ijambo abantu bashobora guha ubusobanuro butandukanye, mu zindi ndimi hari *denominations*, *temple*, hakaba na *kainonia*. Rero byaba byiza musobanuye inzu y'Imana muvuga iyo ariyo muri izi. Yesu n'abigishwa be nta denomination cg Isinagogi bayobotse, icyakora niwe wavuze bwa mbere ku Itorero rishya yendaga kubaka. Magingo aya ikibazo ni ukumenya niba natwe iryo tuvuga ari iryo ryubatse ku rufatiro rw'Intumwa n'Abahanuzi.
>>
<<@Mugangagakondo
says :
Ikibazo cy'ama infections Ku gitsinagore, ni ikibazo gihangayikishije ababyeyi n'abakobwa benshi, aho usanga bamwe barabuze urubyaro, abandi barabuze imihango cyangwa ikaza nabi, abazana ibintu by'umweru mu gitsina cyangwa impumuro mbi, hari nabo usanga nta bushake bagira cyangwa barabuze amavangingo mu gihe cy'imibonano. Niba mudukeneye ko tubavura infections cg kumenya ibindi Tuvura Kanda ahanditse *MUGANGA* hejuru Aho comment itangirira urahita ubona nimero yacu kuri profile utwandikire✍️
>>
NEXT VIDEO
>>