<<@AfrimaxTV
says :
Hamagara 0788718131 niba wifuza kuvugana na Mama Dada.
>>
<<@RukundoDesire-ch6pb
says :
Yoooo barasa
>>
<<@HADIDJA-q5h
says :
Umwana avuze neza kbs uzabiture ibyiza bakweretse mwanawa
>>
<<@sodrt6009
says :
Imana ninziza
>>
<<@martheuwaje2887
says :
Ariko disi barasa na maman we
>>
<<@Temoriken
says :
Get your shoes off my bed
>>
<<@rukundoalex330
says :
Uwomwana baramukunda nuku biragaragara nawe arabakunda
>>
<<@mamymaduhu8357
says :
nampore mama
>>
<<@ntihabosereverien8361
says :
Ariko umwana nubu bigaragare bisanuko yasimuswe
>>
<<@ntihabosereverien8361
says :
Ariko ubundi umubyeyi nuwareze wamuteriki ahubwo nawe ntabwenge
>>
<<@thieriniyorukundo2365
says :
Uyo mugore n'umugabo wiwe,nabo ba tèmoin ( bakwiye gufungwa no kutiha abo bavyeyi indishi y'akababaro
>>
<<@thieriniyorukundo2365
says :
Muri Etat-civile abo bâ téimoin babo bemeje yuko uyo mwana ari uwabo- kandi baramwivye abavyeyi : ikibakwiriye ni:
>>
<<@thieriniyorukundo2365
says :
Ariko ubutabera bw'Urwanda ntibugikora? Abo bambuzi bivye umwana bimumarana imyaka 15 ,bikamwandikisha
>>
<<@vanessankurunziza7610
says :
Afrimax muzigore mubwire mama dada azo shimire uwo mugore yamutwaye nubwo vyagenze guryo amwereke umutima mwiza kuko yamureze mugihe mama dada nawe atarabishoboye
>>
<<@uwizihiwesolange3967
says :
Mwisi nuku biri nyine be sorry
>>
<<@niyigabafabien198
says :
Ibyo ukora biri mu maraso kabisa! Imana ijye ikongerera imigisha.
>>
<<@niyigabafabien198
says :
Muhirwa wa Muringa wa........ ndakwemera cyane. Urakora kandi uri umunyamwuga munyamakuru mwiza.
>>
<<@rachelmurebwayire2606
says :
Ariko harikintu murimo kuvuga hano niba uyu mudam baramutwariye umwana batamumusabye ngo nuko bamukundaga ibyo ntibibaho mu rwego rwamategeko uyu muryango wakabaye uhanwa byintangarugero kubera kubuza umwana uburenganzira bwo bwo kurerwa nabyeyi be bwite nuko mama dada yabyoroheje ariko ni ikosa rikomeye bakoze
>>
<<@tekanezaviocheftv1949
says :
Waaa
>>
<<@losylosy775
says :
Yewe nukuma inomero zanyu nababona gute
>>
<<@fanyangel8732
says :
Barasa peeeeee
>>
<<@ej4579
says :
Uyu mwana ararize nanjye ndarize
>>
<<@yvettedusabe547
says :
Barasa cane
>>
<<@ej4579
says :
Mumbabarire uwo mwana ajyeajya kubasura kko bamureze neza mureke urwango rwabanyarwanda ibyo bamukoreye ntimubyiteho kko numubyeyi ukubyara haribyo mutumvikanaho kantswe uwo usa gutyo batanamubyara
>>
<<@annynyagatare6813
says :
Ntimwatubwiye uko bamwibye
>>
<<@abatarisangagroup3903
says :
Ohhhhh Mama dada uzihangane uyu mwana umusubize aho yabaga kdi uzabashimire mwongere mube abavandimwe kdi uyu mwana uzamuhe uburenganzira abe aho ashaka !kdi kuba baramwiyandikishisheho niko byari kugenda kugira ngo abona ibya ngombwa nkenerwa birimo MUSA,birimo kwiga nibindi uriya mubyeyi ntakosa afite Mama dada !
>>
<<@umwaminyarwanda2495
says :
Gushima byari byingenzi madam bakoze akazi kanini kukurera
>>
<<@annygandin161
says :
Cyokora abo bantu na bantu beza peee bamureze neza bamukunze,bien sure bamutwaye ufite ibibazo udashoboye kurera abana bose, uri cecekera,none ubuzima burahinduste umwana uramushaste.Ariko nyine umwana wumuntu nigikomeye birunvikana.Ariko rwoseee uzaba shimire.Barakurereye.
>>
<<@leoguambe3468
says :
Yesu agira neza peee
>>
<<@hyadeseinvestment8596
says :
They are both good parent ,may almighty God help them to be together and love her both and make one family. She can be given chance to visit them..
>>
<<@iradukundaclementine4358
says :
Imana ishimwe nukur kuko yabonetse akirimuzima uzanashimire abamureze pe
>>
<<@gikeritheoneste2370
says :
Uyu mwana arasa na maman we bya hatari wagirango ni photocopy
>>
<<@niwemugenimediatrice5640
says :
Umunyarwanda ati"UBURERE BURUTA UBUVUKE"NELLY ATI SINABIBAGIRWA KDI NZABITURA
>>
<<@niwemugenimediatrice5640
says :
ARIKO UZIKO NAVUGAGA NTARUMVA,UYU MWANA NTANIKIZAMUTANYA NABARIYA BANTU PE!
>>
<<@lolaispure4296
says :
Yari yaramutaye. Ibyo byose nibikomere wamuteye. Kumureresha ahandi. Uzaba ureba
>>
<<@mandelafrancois8993
says :
Uyu muryango wareze neli mwakoze ikosa iyo mujya mubigo byi mpfubyi ko harabana bakeneye ubufasha mukareka gufata ufite ababyeyi but ntakundi mumbwire mbibafashemo mubone umwana wo kurera wababela uko mubyifuza murakoze
>>
<<@mandelafrancois8993
says :
Maman neli ko ubona umwana agishaka gusubira mumuryango wa mureze niba mufite ubandi bana Koko ko wamaze kumenya aho aherereye neli ukamenya ukuri kose mwaretse neli agasubila mumuryango wa mureze akabana nabo niba Koko uriya muryango ntamwana bafite wundi mwa mubashubije koko
>>
<<@KalonjiCamil
says :
Oya rwose ntabwo wari waramubuze . Byoshoboka bite utashakisha umwana uzi amazina yabamujanye?
>>
<<@ufitinemadelphine4276
says :
Ariko disi Umwana ntacyo yabaye yarakuze neza!!! Uzajye ubasabira nabo bazabone urubyaro. Mana ubarebane impuhwe zawe babyare bashyire ejuru.
>>
<<@nyiransabajacqueline8007
says :
Rwose Mama Dada uzagire umutima w'impuhwe nuwa kibyeyi,ureke umwana ajye ajya kubasura arareyo yisanzure nk'uko babanye kirya gihe cyose.Nukuri pe,mworoshye kuko kutagira umwana biraryana,uborohere n'ubwo bitoroshye,pe mubane nkabavandimwe.
>>
<<@ishimwenaomy6297
says :
Bazamumuhe bibanire nukuri aramukunda
>>
<<@uwitonzefelicite1013
says :
IMANA yo mwijuru ishimwe
>>
<<@jeannekampundu5016
says :
Uzafate Akanya ujyekubashimira kukobakurereye umwana neza
>>
<<@ernestngangura7
says :
Dukeneye nuro yanyu ya watts UP kugirangwo tujye tubaha amakuru
>>
<<@kinggaming928
says :
Hhhh nihatari kweli ni film kbsa urabona ingaruka zokutirerera umwana? Umwana urabona ko nubwo abonye nyina ntacyo bimubwiye,!! Babyeyi mwumvireho😭😭 nawe wabigizemo Uruhare wokumushaka Imyaka ingana ityo yose🙄🙄
>>
<<@jeannegakinahe3596
says :
Yoooo, baramwibye disi none barafashwe gusa bamuhaye urukundo nicyo buri mwana asaba ntakindi
>>
<<@annetcomfortkayiranga2555
says :
Mama Dada ndakugaye cyane nimana ntabwo yabigushimira .Koko abantu bakurereye umwana neza bigeze aha Koko ukaba ubituye amagambo yokubigiraho utyo Koko!kdi impamvu babigize birebire nukuntu wagiye usakuza ubateza abantu kdi baziko umwana wabo. Umwana baramukunze bamufa neza urarangara iyi myaka yose none usanze ameze neza atarangiriye afite discipline none uri kuhateza abantu wowe uriyita umunyakuri ukabita Babi imyaka 15 yose bakoreye.mana wigaye kabisa wigaye wigaye.imana izabibibukire ibagirire neza barakize cyane imana iBahe umugisha utagabanije
>>
<<@musabyimanateddy2873
says :
Nibyo koko umwana bamufashe neza ariko ntitwiyibagize intimba umubyeyi yamaranye imyaka ingana kuriya ,uzi kubura umwana ukuntu bibabaza ,barakoze kumurera neza ariko nanone barahemutse kumwiba.kuko mama dada yahoranaga agahonda
>>
<<@bernadettekosani9465
says :
Ico mbonye ni uko atawuja arogoya umugambi w'Imana. Ico Imana yavuze, igihe cayo kigeze kirasohora. Mama Dada uzamure amashimwe ku Mana kuko ikomeza gusohoza ivyo yagusezeraniye.
>>
<<@karekeziryamukuru5001
says :
bibabaza umwana abe aho ashaka kuko si impfungwa
>>
NEXT VIDEO
>>