<<@AfrimaxTV says : Hamagara 0788718131 niba wifuza kuvugana na Mama Dada.>> <<@RukundoDesire-ch6pb says : Yoooo barasa>> <<@HADIDJA-q5h says : Umwana avuze neza kbs uzabiture ibyiza bakweretse mwanawa>> <<@sodrt6009 says : Imana ninziza>> <<@martheuwaje2887 says : Ariko disi barasa na maman we>> <<@Temoriken says : Get your shoes off my bed>> <<@rukundoalex330 says : Uwomwana baramukunda nuku biragaragara nawe arabakunda>> <<@mamymaduhu8357 says : nampore mama>> <<@ntihabosereverien8361 says : Ariko umwana nubu bigaragare bisanuko yasimuswe>> <<@ntihabosereverien8361 says : Ariko ubundi umubyeyi nuwareze wamuteriki ahubwo nawe ntabwenge>> <<@thieriniyorukundo2365 says : Uyo mugore n'umugabo wiwe,nabo ba tèmoin ( bakwiye gufungwa no kutiha abo bavyeyi indishi y'akababaro>> <<@thieriniyorukundo2365 says : Muri Etat-civile abo bâ téimoin babo bemeje yuko uyo mwana ari uwabo- kandi baramwivye abavyeyi : ikibakwiriye ni:>> <<@thieriniyorukundo2365 says : Ariko ubutabera bw'Urwanda ntibugikora? Abo bambuzi bivye umwana bimumarana imyaka 15 ,bikamwandikisha>> <<@vanessankurunziza7610 says : Afrimax muzigore mubwire mama dada azo shimire uwo mugore yamutwaye nubwo vyagenze guryo amwereke umutima mwiza kuko yamureze mugihe mama dada nawe atarabishoboye>> <<@uwizihiwesolange3967 says : Mwisi nuku biri nyine be sorry>> <<@niyigabafabien198 says : Ibyo ukora biri mu maraso kabisa! Imana ijye ikongerera imigisha.>> <<@niyigabafabien198 says : Muhirwa wa Muringa wa........ ndakwemera cyane. Urakora kandi uri umunyamwuga munyamakuru mwiza.>> <<@rachelmurebwayire2606 says : Ariko harikintu murimo kuvuga hano niba uyu mudam baramutwariye umwana batamumusabye ngo nuko bamukundaga ibyo ntibibaho mu rwego rwamategeko uyu muryango wakabaye uhanwa byintangarugero kubera kubuza umwana uburenganzira bwo bwo kurerwa nabyeyi be bwite nuko mama dada yabyoroheje ariko ni ikosa rikomeye bakoze>> <<@tekanezaviocheftv1949 says : Waaa>> <<@losylosy775 says : Yewe nukuma inomero zanyu nababona gute>> <<@fanyangel8732 says : Barasa peeeeee>> <<@ej4579 says : Uyu mwana ararize nanjye ndarize>> <<@yvettedusabe547 says : Barasa cane>> <<@ej4579 says : Mumbabarire uwo mwana ajyeajya kubasura kko bamureze neza mureke urwango rwabanyarwanda ibyo bamukoreye ntimubyiteho kko numubyeyi ukubyara haribyo mutumvikanaho kantswe uwo usa gutyo batanamubyara>> <<@annynyagatare6813 says : Ntimwatubwiye uko bamwibye>> <<@abatarisangagroup3903 says : Ohhhhh Mama dada uzihangane uyu mwana umusubize aho yabaga kdi uzabashimire mwongere mube abavandimwe kdi uyu mwana uzamuhe uburenganzira abe aho ashaka !kdi kuba baramwiyandikishisheho niko byari kugenda kugira ngo abona ibya ngombwa nkenerwa birimo MUSA,birimo kwiga nibindi uriya mubyeyi ntakosa afite Mama dada !>> <<@umwaminyarwanda2495 says : Gushima byari byingenzi madam bakoze akazi kanini kukurera>> <<@annygandin161 says : Cyokora abo bantu na bantu beza peee bamureze neza bamukunze,bien sure bamutwaye ufite ibibazo udashoboye kurera abana bose, uri cecekera,none ubuzima burahinduste umwana uramushaste.Ariko nyine umwana wumuntu nigikomeye birunvikana.Ariko rwoseee uzaba shimire.Barakurereye.>> <<@leoguambe3468 says : Yesu agira neza peee>> <<@hyadeseinvestment8596 says : They are both good parent ,may almighty God help them to be together and love her both and make one family. She can be given chance to visit them..>> <<@iradukundaclementine4358 says : Imana ishimwe nukur kuko yabonetse akirimuzima uzanashimire abamureze pe>> <<@gikeritheoneste2370 says : Uyu mwana arasa na maman we bya hatari wagirango ni photocopy>> <<@niwemugenimediatrice5640 says : Umunyarwanda ati"UBURERE BURUTA UBUVUKE"NELLY ATI SINABIBAGIRWA KDI NZABITURA>> <<@niwemugenimediatrice5640 says : ARIKO UZIKO NAVUGAGA NTARUMVA,UYU MWANA NTANIKIZAMUTANYA NABARIYA BANTU PE!>> <<@lolaispure4296 says : Yari yaramutaye. Ibyo byose nibikomere wamuteye. Kumureresha ahandi. Uzaba ureba>> <<@mandelafrancois8993 says : Uyu muryango wareze neli mwakoze ikosa iyo mujya mubigo byi mpfubyi ko harabana bakeneye ubufasha mukareka gufata ufite ababyeyi but ntakundi mumbwire mbibafashemo mubone umwana wo kurera wababela uko mubyifuza murakoze>> <<@mandelafrancois8993 says : Maman neli ko ubona umwana agishaka gusubira mumuryango wa mureze niba mufite ubandi bana Koko ko wamaze kumenya aho aherereye neli ukamenya ukuri kose mwaretse neli agasubila mumuryango wa mureze akabana nabo niba Koko uriya muryango ntamwana bafite wundi mwa mubashubije koko>> <<@KalonjiCamil says : Oya rwose ntabwo wari waramubuze . Byoshoboka bite utashakisha umwana uzi amazina yabamujanye?>> <<@ufitinemadelphine4276 says : Ariko disi Umwana ntacyo yabaye yarakuze neza!!! Uzajye ubasabira nabo bazabone urubyaro. Mana ubarebane impuhwe zawe babyare bashyire ejuru.>> <<@nyiransabajacqueline8007 says : Rwose Mama Dada uzagire umutima w'impuhwe nuwa kibyeyi,ureke umwana ajye ajya kubasura arareyo yisanzure nk'uko babanye kirya gihe cyose.Nukuri pe,mworoshye kuko kutagira umwana biraryana,uborohere n'ubwo bitoroshye,pe mubane nkabavandimwe.>> <<@ishimwenaomy6297 says : Bazamumuhe bibanire nukuri aramukunda>> <<@uwitonzefelicite1013 says : IMANA yo mwijuru ishimwe>> <<@jeannekampundu5016 says : Uzafate Akanya ujyekubashimira kukobakurereye umwana neza>> <<@ernestngangura7 says : Dukeneye nuro yanyu ya watts UP kugirangwo tujye tubaha amakuru>> <<@kinggaming928 says : Hhhh nihatari kweli ni film kbsa urabona ingaruka zokutirerera umwana? Umwana urabona ko nubwo abonye nyina ntacyo bimubwiye,!! Babyeyi mwumvireho😭😭 nawe wabigizemo Uruhare wokumushaka Imyaka ingana ityo yose🙄🙄>> <<@jeannegakinahe3596 says : Yoooo, baramwibye disi none barafashwe gusa bamuhaye urukundo nicyo buri mwana asaba ntakindi>> <<@annetcomfortkayiranga2555 says : Mama Dada ndakugaye cyane nimana ntabwo yabigushimira .Koko abantu bakurereye umwana neza bigeze aha Koko ukaba ubituye amagambo yokubigiraho utyo Koko!kdi impamvu babigize birebire nukuntu wagiye usakuza ubateza abantu kdi baziko umwana wabo. Umwana baramukunze bamufa neza urarangara iyi myaka yose none usanze ameze neza atarangiriye afite discipline none uri kuhateza abantu wowe uriyita umunyakuri ukabita Babi imyaka 15 yose bakoreye.mana wigaye kabisa wigaye wigaye.imana izabibibukire ibagirire neza barakize cyane imana iBahe umugisha utagabanije>> <<@musabyimanateddy2873 says : Nibyo koko umwana bamufashe neza ariko ntitwiyibagize intimba umubyeyi yamaranye imyaka ingana kuriya ,uzi kubura umwana ukuntu bibabaza ,barakoze kumurera neza ariko nanone barahemutse kumwiba.kuko mama dada yahoranaga agahonda>> <<@bernadettekosani9465 says : Ico mbonye ni uko atawuja arogoya umugambi w'Imana. Ico Imana yavuze, igihe cayo kigeze kirasohora. Mama Dada uzamure amashimwe ku Mana kuko ikomeza gusohoza ivyo yagusezeraniye.>> <<@karekeziryamukuru5001 says : bibabaza umwana abe aho ashaka kuko si impfungwa>>
VideoPro
>>