<<@inezamahoro1788
says :
Shn TK umuntu wegekaho undi inda ni umugome rwose
>>
<<@ruvushaandrew3743
says :
Nibamenye ubeenge bajye bakoresha DNA test ndabwira abasore wake up Get your DNA before it's to late
>>
<<@duf.jc2002
says :
Ibi ni umwihariko wa bamwe mu bakobwa b,abanyarwanda birababaje,ahandi ntibikunze kuba,isomo nuko bakwigishwa neza kwirinda gutwita nta gahunda(batabishaka)nabo bakabimenya neza nk,abagore b,ahandi
>>
<<@tekanezaviocheftv1949
says :
Ingozubu nigihokomere
>>
<<@peterbayizere5162
says :
Gusa biteye agahinda gusa p komera cyne biragoye
>>
<<@umugwanezazuhura1801
says :
Njenakubwirako ataruwawe ukicara ubizi ahubwo nkajya nsabimbabazi cg yashakaga amafaranga
>>
<<@ngangolouise6306
says :
Ariko ubundi abagore iryogabana dushaka igihe tuziko ntamitungo twajyanye murushako koko๐ข๐ข๐ข๐ข๐ขamasahani nibikombe twatahanye nabyo burya sibyacu Imana itubabarire
>>
<<@NshimyumukizaXavier
says :
Niba arukuri uwomukobwa yarabeshye cyane rwose,kand platin arasobanutse ntabwo arumuntu wo kubeshwa.
>>
<<@dadogasana6051
says :
Gushaka ni byiza kudashaka bikakaba byiza kurushaho
>>
<<@angry-customer
says :
Muve kubivume biri mumago mwana ngo ni ibicucu. Bagabo mujye kwishakira cash mubireke
>>
<<@kamikazidivine-wc9yu
says :
Pratin chr ihangane mubihe bitakoroheye nkibi chr
>>
<<@visible3263
says :
Ariko wa mupfumu mwajyaga muha ibiganiro ngo niba yaritwaga rutaburabishanga, niba ari ruterekabishingwe sinibuka neza izina. Wโamaduredi, yagiye he. Muzamugarure yongere ajye adukangakanga
>>
<<@musambk
says :
Nagahinda peppe uwomwana bahaye udimugabo turicyimwe?????????
>>
<<@uwamahorochristine6254
says :
Ngewe ndihanganisha platin kubyamubayeho birababaje pe ,sinashyigikiye umukobwa ugereka inda kutayimuteye ,arikoooo dukome urushyo dukome ningasire imico abahungu bagira yokwihakana abana ese baba bumva amaherezo arayahe koko yuwo muzirange abazabaho gute
>>
<<@nyandikira
says :
Byose biterwa no kwiyandarika ku mpande zombi kuko iyo byirindwa hombi bigabanya uwagutega ibyo utakoze!
>>
<<@nyandikira
says :
Yambereye Chien ๐
>>
<<@leontinenyiraturatsinze8602
says :
Mbabajwe nuyumwana naho abandi barimungaruka zibyaha
>>
<<@aloyskijana
says :
Kandi niwewe nyene tijara wagitinze mundirimbo yabo yitwa data ninde none ivya data bimukozeko
>>
<<@freddymediatv
says :
Hakimization theory it is a theory developed by a PSG footballer star since 2023. This theory comes on time to save our money from thieves girls. The guys who ignore that theory he will undergo the consequences.
>>
<<@nagabajoseline7133
says :
Yooooooo. I love you Tk Am telling you ubu ndimo kurira. Platin yatubabaje cyane coz we love him and Dream boys entirely. ๐ญ๐ญ๐ญ๐ญ๐ญ๐ญ
>>
<<@germainemukacumbi2569
says :
Iyo anabimubwira mbere wasanga yarikubyemera
>>
<<@germainemukacumbi2569
says :
Buriya ikigaragara nuko baryamanaga mbere y'ubukwe!buriya iyo yifata ntibaryamane,ntanduru ziba zivutse!kwifata nicyo cyambere.gusa umukobwa ugerekaho umusore inda nibibi cyane.ariko ntampamvu yo kugirango batandukane namurere nkuko yarera ipfumbyi yatoraguye!
>>
<<@kasafazila3028
says :
Abagabo bashobora kubyihanganira ni mbarwa.
>>
<<@uwambazamariyachristine7872
says :
ESE ubona umusaba komuryamana akemera kuki ataha nabandi? Mureke kuryamana igihe kitaragera niyo nama nabagira , abagiye kurushinga
>>
<<@uwishemalosine4252
says :
Abahungu b'iyiminsi mukanure amaso cyane kuko abakobwa b'ikigali ni bamubazi.barakubara ubundi mugasezerana ivanga mutungo.mujye musezerana ivangura mutungo risesuye.Platini ntamahirwe afite murushako.ariko yihangane Imana izamushumbusha
>>
<<@belyseofficia
says :
Ndabababaye pe ๐ข๐ข๐ข kuki abantu bakunda guhemuka koko gusa reta igomba kuzatora itegeko rikurikirana abantu bashyira abandi inda zitarizabov
>>
<<@Haussmanni
says :
Kurubu uko mbibona : Gushaka Umugore Naba bana babakobwa bariho Ubu ( Kuko nukubanza Ugashishoza Inshuro Zirenze 70 ), Iyo ataje abara imitungo Aza Akuzaniye ibyazanye, Cyangwa Akabigukorera Mubana. - Cyane cyane aba Dushaka Bakaza basanga byose Bihari Ntanicyo Azanye, Guyz Byakaze Muriki kinyejana Turimo. ๐ฎ๐ข
>>
<<@emmanuelsibomana1327
says :
Birababaje cyane biteye agahinnda ,stay strong Planti ๐ฅฒ Nyuma yububuzima ubuzima burakomeza
>>
<<@solangekabatesi1189
says :
Ubyo uvuze nibyo rwose nanjye turemeranya ,gusa wegere uriya mugabo umukomeze kuko uriya mugore ni umuhemu,ni umutindi kumutima, umugabo nakomezwe nuko amutahuye hakiri kare ,Imana izamuhoza amarira,kdi yo Rugira byose ni mukomeze imuhe imbaraga zo kwihangana no kutiheba. Ubuzima burakomeza
>>
<<@soson9465
says :
Ababakobwa babona bagabo bafite cash niyompamvu bifata nabi๐
>>
<<@Sportpla
says :
Wamubyeyiwe uri umuhanga kandi ndakwemera cyane uvuze ukuri ibyo wavuze byose
>>
<<@noreenmugabo2038
says :
Sha bakobwa uzanyegekeraho umwana inda will deal with you ๐
>>
<<@Hozianaa
says :
Ubundi kiriya kigabo cyanze umwana mbere kuko ngo Olivia yakibwiye ko atwite kiramwihakana,abaibwiye Platini arabyemera,none ko mbere cyari cyamwanze ,ubu kibonye bubatse nibwo cyagombye kuza kivuga ubusa๐ฎ๐ฎ๐ฎ๐ฎ๐ฎ๐ฎ
>>
<<@uwayezueugenie8816
says :
Twongereho ko nta kintu kibera mu isi y'ijuru kitagira iherezo
>>
<<@kanezadigne1372
says :
Ariko mwababariye uyu mwana koko!!!amafoto yuyu muziranenge mukomeje kwandagaza kwizi mbugaaaa,ese mwibajije ko uyu mwana azokura akabona ibintu bamwanditseko???? Ese aka gahinda azogakizwa Niki muvuge abakuru kuko nibo babishize hanze,??TK umuhungu wawe umukomeze Kandi akomeze gukunda umwana uko biri kose yaramaze kumwinjiza mu buzima bwiwe,atsinde ishavu yibuke ko uriya mwana atacaha yakoze.
>>
<<@smiley7469
says :
Abatutsikazi niko mwabaye nibyo mwatojwe muri indaya mbi cyane ! Kuva cyera hari abagabo b'abahutu bashakanye n'abatutsikazi , bakabaca inyuma bakabyarana n'abagabo b'abatutsi barangiza bakabeshya abahutu bakarera abana batabyaye !๐
>>
<<@lilianembabazi9750
says :
Ndababaye cyane abana benshi dufite ibikomere twatewe nababyeyi kubera kuvuka muri ubu buryo singaruka kubashakanye gusa bigera nokuri abo baziranenge bavuka muri ayo mafuti Platini komera pe inshacyiramuruho ntibaza amako Ikimbabaje nukuntu wababaye mubwana nubu bikaba bikigukurikirana But stay strong Brother
>>
<<@fannymbabazi695
says :
Uwamubona isura nziza siko uyu mugore asa imbere numwana mubi birenze
>>
<<@Imutakara
says :
Umugore mubi umuha ayera bikugoye ukamwicaza aho benshi baririra akanga akigira kagarara.
>>
<<@mbabazirehema4607
says :
Erega Satan arimo gukora,Niba abahungu bamwe nabamwe bavuga ko batasha umukobwa adatwite urumva amaherezo yaba ayahe,nibahame hamwe barere abana batari ababo
>>
<<@Beatvio3
says :
Tijara we ubusambo mu Rwanda ni hatari.
>>
<<@joliemugabekazi8223
says :
Ubundise umukobwa wi kigali koko ubwo yabuze uko abijyenza koko ikindi uriya mukobwa numurezi cyane umuntu uzana umuhabara munzu yumugabo koko ubwo ubundi numunyamugi wahe koko
>>
<<@harerimanadamour2153
says :
Ibi byose bituruka ku bahungu batangira gusambana na bafianse babo ubukwe butaraba iyo umusambanyije mbere uba umufunguriye inzira zose zogukomezanya ni nshutize zambere kuko aba avugako uwamutera inda wese wowe uzayirera kuko ntuzibuka kubara ibihe kuko nawe buri munsi wabaga urongora! niyo mpamvu uzumvango umwana asa na se amatwi ibitugu umutwe winyuma, nuko biza mwe basore mwirinde kuryamana nabo mutarabana nabo kuko iyo ubwirinze numukobwa aririnda kugirango hatagira umtobera ibirori ari kwitegura
>>
<<@zakiamoone1712
says :
Ariko c koko abasore nabo bagorwa kurundi ruhande Ibaze ikirori yakorewe aziko arikubeshya akabyara agahembwa ingufu zose yamutayeho unva reta nirebe kure ijye igira uko ikemura icyicyibazo Cyakoze namusohora agasohokana ibyo yazanye gusa ubyo yaguze tubana ntabyo yatwara Gusa Imana ifashe uyu musore ntazahitemo nabi yunveko nyuma yibi ubuzima bukomeza
>>
<<@jacksonmugabwambere8733
says :
Harya ko njyewe ntibuka uyu si umwe mu baririmbye data ninde none bisohoreye kuri umwe muri bo pe
>>
<<@themixtvRw
says :
Uko mbitekereza Leta yazajya yoroshya mukugendera ku isezerano mugihe case nkiyi ikomeye mugihe basanze umwana atari uwumugabo babana directly divorce + igihano kuruwo mugore + indishyi zakababaro zo kurera inda kugeza igihe umwana amaze + umugore akagenda uko numwana we ntanigitoboye ๐ข ntihagire untera ibuye ๐
>>
<<@nadiadushimimana5401
says :
Ark kugirango bakwegekeho inda nuko nawe halicyo muba mwarakoranye.bajye bilinda kugeza ubukwe bubaye ๐
>>
<<@visible3263
says :
Platini yakundaga ama baby cyane ntago byari kumuhira. Yari umwasama.
>>
<<@visible3263
says :
Hari abantu tutagira amahirwe mu rukundo. Duhora dukunda abantu turi ready yo gukora ibishoboka byose ariko bikadushwanyuza ๐ข. Urukundo njye ndi kugenda rwikuramo singiye gupfa nkiri muto.
>>
<<@visible3263
says :
Ariko ni gute naba narabimenye nibera mu mahanga. Wowe mamma wโumuhungu ukaba utari ubizi.๐๐๐๐
>>
NEXT VIDEO
>>