<<@muhorakeyeevanice3076 says : Waduhaye ikindi gice niba cyaratambutse cg utubwire igihe tuzajya tugikurikirana kuri radio?>> <<@JeandAmourNyirimanzi says : Kwigisha ijambo ryimana udasebanyije nibyo byiza naho ubundi. Murayobya benshi peeee.>> <<@alicensabimana2137 says : None pasiteri nawe ko agira pareille (yatuza)>> <<@Nduwayo-h4t says : Uwiteka Imana ari hejuru ya byose!!!>> <<@inyenyeriChanel says : Bakirustu benedata tureke ibya Mandine ahubwo twubahe amategeko y, imana kuko Ariyo nzira itugeza mw, ijuru Amen>> <<@benihirwejulienne7883 says : NANJYE NDABISOMA SIMBYUMVE RWOSE WERE KURENGANYA ABANTU. AHUBWO IMANA IGUKOMEREZE AMABOKO KANDI IKOMEZE IKWAGURE UHORE UTWIGISHA.>> <<@ntagahoragahanze5121 says : Ariko uyu mugabo agatsiko kabagore karamuvudukanye arabyemera koko nukuntu ari umuhanda azagaruka turamucyeneye>> <<@wisdom123-s3k says : Yewe mutubabarire mujye mudusobanurira nicho Imana yabashiriyeho. Erega impano ndisisa. Mwagiriwe ubuntu mwe mwabisobanukiwe>> <<@joiejoie3865 says : Ariko Nicolas ubwo koko urabaza nde? Babyica babizi byose. None se ayo ma churches yose yuzuye isi wibwirako ari injiji zitazi icyo zikora? Yesu azaturwanirira :) ababishaka ariko.>> <<@ntakirutimanajeandedieu8721 says : Abadiventiste mwirwa mwigisha ngo Daniyeli n, igitabo cy,ibyahishuwe mukirwa mubihuza na Kiliziya Gatolika namwe mwarayobye cyane. Muba mwumva kandi mushishikaye rwose mwumva murimo kwigisha ijambo ry,Imana? Simbaciye intege ariko ku munsi w,imperuka nibwo byose bizasobanuka.>> <<@ntakirutimanajeandedieu8721 says : Yezu kristu akiri ku isi yabwiye abamwumvaga icyo gihe ati "Ingoma y,Imana ibarimo rwagati" none uyu aravuga ngo Imana izaza gukuraho ingoma zo ku isi ishyireho ingoma yayo? " Kuva cyera Imana yari ifite umuryango yari yaragize ubukonde cg umwihariko wayo ariwo wa Israheli ari nawo Yezu yavukiyemo aje kuwukura mu bucakara bw,icyaha. Rero Ingoma y,Imana ku isi Yezu yasize ayishinze. Ikimenyetso cy, ingoma y,Imana ni ubukristu, ni Kiliziya ya Kristu. Kandi Kiliziya ya Kristu si ayo madini murimo kuvuga. Rwose wowe umwuka uzarinda ugushiramo wowe n,abandi mwirwa musakuza mutinda kuby,amadini. Niba waravuye mu idini warimo nubundi iryo urimo wazanye ku uru rubuga ngo abantu barikurikire naryo ni idini ryawe.>> <<@lydiemunezero2676 says : Nonese kwaturairana ibyaha bivugwa muri bibiliya bisobanura Iki>> <<@rosekalire2661 says : Urakoze cyane. Imana iguhe umugisha.>>
VideoPro
>>