<<@muhorakeyeevanice3076
says :
Waduhaye ikindi gice niba cyaratambutse cg utubwire igihe tuzajya tugikurikirana kuri radio?
>>
<<@JeandAmourNyirimanzi
says :
Kwigisha ijambo ryimana udasebanyije nibyo byiza naho ubundi. Murayobya benshi peeee.
>>
<<@alicensabimana2137
says :
None pasiteri nawe ko agira pareille (yatuza)
>>
<<@Nduwayo-h4t
says :
Uwiteka Imana ari hejuru ya byose!!!
>>
<<@inyenyeriChanel
says :
Bakirustu benedata tureke ibya Mandine ahubwo twubahe amategeko y, imana kuko Ariyo nzira itugeza mw, ijuru Amen
>>
<<@benihirwejulienne7883
says :
NANJYE NDABISOMA SIMBYUMVE RWOSE WERE KURENGANYA ABANTU. AHUBWO IMANA IGUKOMEREZE AMABOKO KANDI IKOMEZE IKWAGURE UHORE UTWIGISHA.
>>
<<@ntagahoragahanze5121
says :
Ariko uyu mugabo agatsiko kabagore karamuvudukanye arabyemera koko nukuntu ari umuhanda azagaruka turamucyeneye
>>
<<@wisdom123-s3k
says :
Yewe mutubabarire mujye mudusobanurira nicho Imana yabashiriyeho. Erega impano ndisisa. Mwagiriwe ubuntu mwe mwabisobanukiwe
>>
<<@joiejoie3865
says :
Ariko Nicolas ubwo koko urabaza nde? Babyica babizi byose. None se ayo ma churches yose yuzuye isi wibwirako ari injiji zitazi icyo zikora? Yesu azaturwanirira :) ababishaka ariko.
>>
<<@ntakirutimanajeandedieu8721
says :
Abadiventiste mwirwa mwigisha ngo Daniyeli n, igitabo cy,ibyahishuwe mukirwa mubihuza na Kiliziya Gatolika namwe mwarayobye cyane. Muba mwumva kandi mushishikaye rwose mwumva murimo kwigisha ijambo ry,Imana? Simbaciye intege ariko ku munsi w,imperuka nibwo byose bizasobanuka.
>>
<<@ntakirutimanajeandedieu8721
says :
Yezu kristu akiri ku isi yabwiye abamwumvaga icyo gihe ati "Ingoma y,Imana ibarimo rwagati" none uyu aravuga ngo Imana izaza gukuraho ingoma zo ku isi ishyireho ingoma yayo? " Kuva cyera Imana yari ifite umuryango yari yaragize ubukonde cg umwihariko wayo ariwo wa Israheli ari nawo Yezu yavukiyemo aje kuwukura mu bucakara bw,icyaha. Rero Ingoma y,Imana ku isi Yezu yasize ayishinze. Ikimenyetso cy, ingoma y,Imana ni ubukristu, ni Kiliziya ya Kristu. Kandi Kiliziya ya Kristu si ayo madini murimo kuvuga. Rwose wowe umwuka uzarinda ugushiramo wowe n,abandi mwirwa musakuza mutinda kuby,amadini. Niba waravuye mu idini warimo nubundi iryo urimo wazanye ku uru rubuga ngo abantu barikurikire naryo ni idini ryawe.
>>
<<@lydiemunezero2676
says :
Nonese kwaturairana ibyaha bivugwa muri bibiliya bisobanura Iki
>>
<<@rosekalire2661
says :
Urakoze cyane. Imana iguhe umugisha.
>>
NEXT VIDEO
>>