<<@niyoniringirajeanbosco
says :
Ushaka kuba mukuru mubwami mbwimana abe umugaragu wabandi uwigisha angane nuwoyisha bityo bityo.
>>
<<@kayirenzimarie1518
says :
Nibyo twarabuhishuriwe tubifata minenegwe none uduteye imbaragaImana iguhe umugisha
>>
<<@lou-ma7999
says :
Aliko nicyubahiro, abanyamahanga ntabwo bavuga ubakuliye mwizina! Sibyiza guhamagara umukuru izina. Nanjye ntali pasteur bampamagara "Maman" kandi niba clients, nanjye harabo nita Papa! London bati sweety babwira ba clients! Byikubabaza rero
>>
<<@Nkomezirumenera7312
says :
Bishop mukinyarwanda numwepesikopi
>>
<<@giseleuzabumwana2909
says :
Icyo urarebye usanga Ari cyo kibabaje
>>
<<@MUKABUTERAGorethetv
says :
Imana iguhe umugisha Imana iturinde kuyoba
>>
<<@blessedrwibutso4915
says :
Abefeso 4:11 [11]Nuko aha bamwe kuba intumwa ze, n'abandi kuba abahanuzi, n'abandi kuba ababwirizabutumwa bwiza, n'abandi kuba abungeri n'abigisha, Kwitwa title y'ibyo ukora kandi yanditse muri bible si ikibazo, ikibazo kiza igihe umuntu abikoresha ku bw'inyungu ze, kwishyira hejuru,... izo titles zindi zitemewe na bible nka mon seigneur, daddy, general, marshall,... zo zaba ari ikibazo gikomeye pe!
>>
<<@zuzuuwineza948
says :
Ubwose bitway'iki Koko? Ark mwareste iryo kosora ko bifite nyirabyo!!!?
>>
<<@anithandikumana7739
says :
Je sinumva nivyo uriko uravuga . Igisha Abantu ubutumwa Bwiza . Igiteyikibazo amashengero ya none sama titre nivyaha vyagwiriye mumasengero . Nay'ibindi ntaco bitwaye . Kiresteko niwa bwirako abakristu bavuga Ayo mazina barigucumura batazoja Mwijuru . Nay'ibindi numva ataco bitwaye uriko utumwanya wubusa . Ubwo n'ubutumwa bwo gusamaza Abantu bibagire ivyo bategerezwa gukora . KO mukunda gusevya abandi bakozi b'Imana . Ayo mafoto wayashiriyeki . Nkah umenga MWe ntama kosa Mukora
>>
<<@irenemusabyimana2138
says :
God bless u kbsa
>>
<<@ClaudineNiyonzima-m4m
says :
Muri matayo 28:16-20 ubundi ntabishyasha kimwe gusa ushyobora kuyobya benshi
>>
<<@ClaudineNiyonzima-m4m
says :
Mwene data ndabona ibyo uri kwirushya none ayo ma title ni murimo haricyo biriko ahubwo ndabona wokora icyo yesu yabwiye intumwa muri matayo 2822
>>
<<@muryeryeburora6589
says :
Mwene data mukundwa urakoze cyane Ariko nawe ibyo ngo mukozi w'Imana sibyo kuko turi abana b'Imana ntituri abakozi. Ikindi ndizerako uzagenda urushaho kubisobanukirwa uyu muburo tuwumenye hashize imyaka 35. Amahero yidini atwereka amaherezo yaryo. Ari inkwi ari amazi ntakirakorwa kuko ubuyobe bwaradutse.
>>
<<@gorethmukashaka563
says :
Yesu aguhe umugisha, ubundi se intama iragira izindi ibaho? Yoh; 10 , tuzabazwa byishi.
>>
<<@damascenengirinshuti2211
says :
😂😂😂😂😂😂Babwire Babwireeeeee
>>
<<@evelynekubwimana2414
says :
Murakozee caanee kuduhuguraa. Ndanyuzweee pee! Umutumire Yesu akomezee kumuha Umugisha
>>
<<@abiellabatarihotv1510
says :
Ariko kuva Imana itaragukoresha ntabwo wovuga ngo maraya numukozi w'Imana, ashobora kuba umukozi W'Imana.
>>
<<@abiellabatarihotv1510
says :
Nawe uragwaye mubandi, umutima wawe niwo uzi ukuri, nawe ugwaye ingwara imwe niyo abuvuga.
>>
<<@abiellabatarihotv1510
says :
Kuki uyumugabo arimugwanda kuki wewe yiyata ingénieur kuki wewe atabivuze mukinyagwanda. Niba apôtres bivuga intumwa, gukoresha apôtre bitaniyehe. Kimwe ni igifaransa ikindi nikinyagwanda.
>>
<<@uwinyangemarieclaire8783
says :
Bavandimwe benedata, nibyiza guhugurana ariko nimwibande kwigisha abantu bakizwe batunge Yesu mu mutima, umwuka wera azabayobora, abigishe ibikwiye byose. Abashaka kubahwa bubahwe , nibarengera bazabibazwa n'uwabahamagaye, dutinde mu kugerageza kuvuga ubutumwa bwiza bwa Yesu
>>
<<@clothildemugorewera7409
says :
Imana iguhe umugisha.Kandi Imana itwigishe guca bugufi.Nanjye ndabyanga.
>>
<<@jeanpierreimanizabayo159
says :
mushubati ni muri rutsiro iwacu
>>
<<@dodododo1881
says :
Bariya bose bemera bakabita Dadi , ababikoze bose nabakoze zaubautique zokurya impunye zitwa aba christo ,ariko tuzajya tubasengera rimwe umucyo w'Imana uzabamurikira bahweze aho bari ,bamenye ubuntu bw'Imana bwukuri bazahita bavamukurindagira
>>
<<@dodojafa1104
says :
Amadini menshi mu Rwanda yahindutse udukundi twabishakira imibereho. Utuzu twamadini.
>>
<<@marie-joselinebagarirayose2817
says :
Ni ukuri Imana ikoresha uwo ishaka uko yaba ameze kose ntirobanura k ubutoni ntireba nk abantu .
>>
<<@miburojerome8242
says :
Nsobanurira.1Tim3,aho bavuga abepiskopi n'abadiyakoni ni title.None se bitandukaniyehe n'ibyo uvuga ngo nta title zibaho?Fonction rero bivuga icyo umuntu ashinzwe.None ushinzwe izo nshingano bamwita ngo iki?Ndakwingize nsobanurira
>>
<<@amazinggraceofficial3509
says :
Tite, 1:7 - Car il faut que l`évêque soit irréprochable, comme économe de Dieu; qu`il ne soit ni arrogant, ni colère, ni adonné au vin, ni violent, ni porté à un gain déshonnête;
>>
<<@amazinggraceofficial3509
says :
Mon Ami lire Bien la Bible " 1 Timothée, 3:1 - Cette parole est certaine: Si quelqu`un aspire à la charge d`évêque, il désire une oeuvre excellente.
>>
<<@pascasiepasi2413
says :
yesu nagukoreshe kabisa kk beshi icyubahiro Nico kibishe baca bishira hejuru birenze
>>
<<@tuyizereildephonse3577
says :
Ubundi Bibiliya si igitabo nk'ibindi byose abantu bakoraho ubushakashatsi uko biboneye.Bibiliya ni Imana Jambo Yh 1:1 Niryo yaremesheje ibintu byose kdi natwe Twabyawe n'Ijambo uzongera cg akagabanya namwe murabizi!
>>
<<@honorineumwiza2895
says :
Uyu muntu w'Imana yagiye atuburira kuva keera ahubwo nitwe twinangiye. Imana itubabarire...
>>
<<@sin1966
says :
Mega umuntu yamenye ukuri we!1111
>>
<<@nizigiyimanafatmafatma3140
says :
Ni biyite abigishwa nkuko kristo yabivuze
>>
<<@annelunyirandikumana9671
says :
Oh my God
>>
<<@vyunamemichel7873
says :
Amahoro mwene Da Kirara, None ivyo bintu ko birwiriye urakoriki kugira bihagarare?
>>
<<@karirestella5283
says :
Imana iguhe umugisha kuvuga ukuri mwene Data.
>>
<<@karirestella5283
says :
Nicaha nyene kuko ntibaba bumviye ico Yesu Kristo yavuze. Igikuru nukumenya ukuri hama ukagukwirikiza.
>>
<<@uwanyirigiramariepaule8925
says :
Ibyo Yeau yivugiye biragaragara kandi birasobanutse ibisigaye biva ku mubi...
>>
<<@rurangwaoscar851
says :
Rwose ntibikwiye Pastor birahagije kumwita Papan birababaje cyane
>>
<<@odettenyiraneza8073
says :
Yoooo ndatangaye koko mbega ukuntu umwuka w,imana ari mwizaaaa ibi bintu narabihishuriwe ndanabyigisha ndishimyeko bigiye kugera kuri benshiiii
>>
<<@micomanasseh3497
says :
Iman'Ibahumugisha.
>>
<<@jean-moisensengiyumva8830
says :
Muri aka karere kacu ndabonye ubwa mbere umuntu asobanuye ukuri ... kugendera mukuri no kuvyanditse nico twakabaye dukora kandi tugendera... none ....ibyo byose biva kuki ....wavuze kare .....LES NICOLAITES....
>>
<<@nsabiyumvajeanmarie4043
says :
Ndiho aguhezagire muvandimwe,ikindi naco nabasaba muze mutugirire umushakashatsi Niki:nirihe zina ryukuri malayika yabwiye Mariya kazovyara umukiza?in Yesu?canoe in Yahshua?kuko mbonye murabashakashatsi.murakoze
>>
<<@gutabarwanimanatv1074
says :
Nukuri
>>
<<@coucou4413
says :
Murakoze guduhugura. Iki kigwa girakwiriye cyane. Kuko hari ubuyobe bwinshi. Dada n'umwe. Twese abavandimwe.
>>
<<@coucou4413
says :
Rabi bitera ubwibone
>>
<<@kayirenzimarie1518
says :
Uko ni ukuri kdi Imirimo yabo irabaranga
>>
<<@wisequotesempire6428
says :
Nigeria bavuga general overseer,urumva ko ari uwikirenga
>>
<<@verenedushimimana7524
says :
Amen Amen 🙏🏾 Imana iguhe umugisha mwene data Iy'Imana niyo kubahwa niyo guhabwa icyubahiro, twiyifobya iyi Mana irakomeye twirinde cyane gukomeza kuyikora mujisho
>>
<<@Bugingo1
says :
Birabujijwe gukoresha verse imwe wigisha cg usobanura bibiliya kuko byakuyobya, koresha verse nyinshi zivuga kuri father urazibona
>>
NEXT VIDEO
>>