<<@gutabarwanimanatv1074
says :
Nihantari
>>
<<@gutabarwanimanatv1074
says :
Yesu wee 😢😢
>>
<<@BLAISINEUWIMPUHWE
says :
Ntimugace Imanza
>>
<<@DuhoranenayoIrene-n6u
says :
❤❤❤❤
>>
<<@TheCharity.
says :
Thanks.👍
>>
<<@NdayisengaGilbert-x4f
says :
Ndikubumvagose kand ndiko ndahinduka ndiburundi vyishi muvuga mumadini nanje ndabibona vuba ndafata icemezo cogusohoka idini need somere bibiriya ahubwo imana ibakomeze ntimugaceceke kubwubutumwa bwiza bwa yesu turiguhumuka kumaso imana ibahezagire
>>
<<@HansKlaüs-k6k
says :
Abo bajama nibigoryi nonese Bibiliya ntibayisoma ? Baba bakabya ngo babatinye babone uko bakomeza Gukamura intama bazivanamo Agafaranga nubutunzi
>>
<<@musanganiremariejosee5616
says :
Icyo ntabwo aricyo kirimbura abantu
>>
<<@uwimanimpayeclaudine-li4nm
says :
Ukuri rwose kurabohora
>>
<<@kayisirejeanpaul7968
says :
Turagukunda komerezaho Imana iguhe umugisha
>>
<<@JadoMusician
says :
murakoze cyane ku ijambo ryiza mutugezaho kandi Uwiteka akomeze abongerere imbaraga, ndabaza ikibazo kibaza kiti: Iyi sanduku y'isezerano Yohana yeretwe mubyahishuwe 11:9 itandukaniyehe niyo ,ugihe cy'abisiraeli? mbese ibiyirimo ni ibiki kandi bitandukaniyehe nibyabaga muy'abisiraeli bahoranye? ese uvuga iki ku isomo ryo muri Matayo 5:17?
>>
<<@MUKESHIMANADevotha-n5x
says :
Ese urumudiv
>>
<<@MUKESHIMANADevotha-n5x
says :
Ndagukunda good for you
>>
<<@efutapastorsalvator2064
says :
Imana izaguhe kumenya ukuri kuzuye kuko urikubivanga.niwamenyako uhamagariwe kuvuga ukuri uzagezaho kuvuga abantu uvuge ukuri.ahandiho nawe uzasanga umaze kuyobya beshi. ukuri nikumwe ni kristo .iyumuntu yamenye Yesu neza amenya no gutandukanya ikibi nicyiza . umwuzuro wa Yesu urahagije kudukiza bitarinze kutubwira abantu namadini
>>
<<@user-xl7eq7ol9j
says :
Woe ho ufite Irari rya views 🙆♂️
>>
<<@user-xl7eq7ol9j
says :
Uri nde woe wo guca Imanza? Harimbutse woe ushakira Views gusebanya. Kwiga niba byarakunaniye uzajye gukora imirimo yamaboko…
>>
<<@murengerantwariandre5752
says :
Ntagitangaje kirimwo mon frère Jean-Luc bavuga nka Shebuja Anti-Christo niwe Azoja hejuru y'Idini rimwe rigiye kuza yiyite """"imana"""" Nabo nuyo mwuka ubakoreramwo wo kwiyita Dady, Papa,Mamy, niba Chefs..... S'umubiri wa Christo Yesu, s'Umugeni wa Yesu, s'Umukumbi w'intama ufise ""UMWUNGERE MWIZA YESU """" N'ibirura vyambaye uruhu rw'intama, n'amasega aryana,n'ibirura,...... Urufatiro rw'Imana n'ubu ruracariho rwanditseko ngo """UHORAHO ARAZI ABIWE"""" Be blessed brother in Jesus Christ Jean -Luc
>>
<<@TRUEDESIREnature
says :
Mwibeshye ntago ari , Kubara 19:20 ,21 Ahubwo ni Kubara 18: 20..
>>
<<@irabiziJeandenis
says :
Imana idutabare weeeee!!!!!!!!! nukuri satani yaje aje
>>
<<@uwimbabazistella2137
says :
Ese nkubwo utubwirije irihe jambo ritujyana mu ijuru kuvuga abandi bakozi niryo jambo utubwiye iryo ni ishyari riba ryakurenze ubutumwa busebya abandi ntibubaho
>>
<<@ntezimanacorneille-zu5pf
says :
None se 1/10 ko cyabayeho mbere y'amategeko urugero:Yakobo ati nubana ukandinda sinzabura kuguha 1/10 Abraham ko yagihaye Mercusedec?
>>
<<@ntezimanacorneille-zu5pf
says :
Uri mukuri rwose
>>
<<@TesireAlphonsine
says :
Wowe se kuki wigisha ijambo ry’Imana uvuga abandi ba Pasteur nawe Nta buto wera abandi urashaka views
>>
<<@kwizeraderic2269
says :
Bari kwaduza itorero ry'Imana kuko abigisha nabacya ntabwo aro gutya bikorwa suko paulo yabikoze ntabwo ariko Yesu yabikoze oyaaa!!!
>>
<<@kwizeraderic2269
says :
Bene data be careful kubyo twimva ,,,ijambo ry'Imana ni rigari cyane kuburyo buri muntu ushaka kuyobya abantu arikoresha!!!ibi bintu bavuga bigaragara nkaho ari ukuri kandi bimwe nabimwe nukuri...gusa ibyinshi ntago ari ukuri ... hubwo pawulo yabwiye abefeso ngo ndasengera ngo Imana ibahe Umwuka w'ubwenge no guhishirurwa (abefeso1:16-27) ariko mwibuke nguhamagarwa kwanyu kwambere naho mwahagariwe bwambere.
>>
<<@africaunited7
says :
Haaaaaaaaaaaaa! Umuntu wubaha ukamwita Daddy canke Papa bivanye nico akumariye nta kibi kirimwo !
>>
<<@maryamarya4161
says :
Bwira abantu ivyokwihana urekekuza ucirimanzabantu kuko simana yabigutumye
>>
<<@AbizermanaGilbert
says :
Ngembona murabateka mutwe kuki mwirwa Muhora muhanganye kubusa mwigishe abantu kuva mubyaha ibindi mbona mupingana
>>
<<@Hello50798
says :
Ariko hari ikintu dukwiye gusobanura neza, umuntu wizera Imana wese akwiriye kugira uburyo ashyigikira ibikorwa by'ivugabutumwa mubutunzi afite. Kuba rero idini runaka ryashyiraho umurongo wo gukorera Imana nk'icyacumi, mbona jye bafasha abantu badatanga kuko hariho abantu muri kamere yabo badatanga. Nkuko wabivuze, tunatanze n'ibirenze icyacumi biba byiza kurushaho. Nubwo hari abayobozi b'amadini bakoresha ibitanzwe nabi, ntibyatuma tubuza abantu gushyigikira ibikorwa by'Iyogezabutumwa. Gushyiraho gahunda yo gutanga jye mbona ntacyo bitwaye, ahubwo icyo twakwibaza, ibitanzwe bikoreshwa gute muguteza imbere umulimo w'Imana?
>>
<<@Hello50798
says :
Nibyo abapfumu bitwaza Imana baragwiriye mubilinde. Kandi Yesu yabivuze nezako abahanuzi benshi b'ibinyoma bazaduka. Tube maso. Ikindi nemeranywa nawe nuko ibintu bitatu biyobeje abayobozi b'amadini benshi: impiya, icyubahiro, kwimikwa bagasimbura Imana. Aho kuyobora abantu mukubaha no gutinya Imana, baramaranira kubahwa no gufatwa nk'ibitabashwa. Imana ibarengere
>>
<<@rebeccandikumana68
says :
Turi mu gihe c'iherezo kweli Critiques tout,twebwe baradufasha mu kutugaburira I jambo ry'Imana,ni birambire abo ba Masasu na Gitwaza
>>
<<@irenemusabyimana2138
says :
Urumuntu wumugabo ntawundi wabitinyuka baratinye kubivuga neza, God bless u
>>
<<@ikambaryakaruvaritv
says :
Uri nde wowe ucira bene so urubanza? Ubwose wowe urakiranutse?
>>
<<@maylaburundiantv9519
says :
Ukuri kwuzuye
>>
<<@Chachaima1985
says :
Mana wee aya magambo nanjye nayagiyeho impaka n'umuntu pe.😢
>>
<<@TheogeneNibishaka-gr7lp
says :
Amen 🙌🙌
>>
<<@EricHatangimana-hy6pg
says :
Uvuga ko Gitwaza arimbuka.Imana ntiyirwanya niyo yahamagaye Gitwaza ayikorere.genzure Mpwemu Yera iba muri mwebwe.nimba Imana Gitwaza avuga aroyo uvuga gute umuharabika?
>>
<<@Peter823
says :
Amen Amen
>>
<<@labanbizimungu9385
says :
Aba bagabo mwirirwa muvuga haribibihumbi byishi bitanga ubuhamya kubwabo harabo bakuye muburaya ubusinzi mubikomere biteye ubwoba none nawe ngo wowe ufite nangahe wakuyaho ngo Basi nawe bazakwite Dadi
>>
<<@labanbizimungu9385
says :
Urebyeneza nawe ndawadufashije nukuri kuko keranajye nikorarindi kwirirwa mvuga abakubandi nibyo byandaga umusi Yesu yanyiyeretse navuye mwizomanza mwirirwa muca ngomurikwigisha I'mana ndireba nguko abantu bareba mwamushobora kuba mureba ngantu mutekerza ngabatu mwakitonda uryamusi wurubanza ko bizasobanuka
>>
<<@labanbizimungu9385
says :
Ahha ndibyoroshye yemwebantu mwareka gucanga abantu Koko mwavuze ubutumwa mukareka amatiku ahubwo nimwe mufite ikibazo
>>
<<@niyimpaangelique5814
says :
None gutanga icyacumi ntabwo byemewe?
>>
<<@colombe9659
says :
Jeremie 9:1
>>
<<@colombe9659
says :
Yoh, none se, wowe ubarushije iki? Uwiteka niba yaragutumye cyangwa n'isobanukirwa ryanyu? Kuko ndumva ahubwo uciye items, ntabwo uri kutwubaka nkuko utangiye uyubivuga. Kuki turi gushaka kwiyemeza ku bandi !!! Twere imbuto, ubundi abakurikiye inyigisho zitarizo, bazatugarukire.
>>
<<@NelsonyedidiyaYedidiya
says :
Kuvyica cumi sintahuye kk icacumi ntabwo c'azanwe n'amategeko itanguriro 14:20 28:22
>>
<<@ganzachris5085
says :
Hahaha ibi ntago mbibona ko byarimbuza umuntu kuko biterwa n imyumvire kuba bamwita Daddy cg undi mummy none se kuba ari data wo mu mwuka bitwaye iki ntimugakomeze ibintu,ntago nsengerayo ariko namwe ntimugatera abantu ubwoba ngo bazarinbuka ntaho bihuriye rwose
>>
<<@hasabumutimaoscar2044
says :
Nyamara Paulo yita thimothée kw'ar'umw'ana wiwe yabyaj'ubutumwa, yes'akita abigishwa biwe abana
>>
<<@gahongayirelillian966
says :
Ayo ma title ya daddy na mummy ababibita ntabwo bazi icyaha kirimo. Aho kubacira urubanza bugishe baramenya ukuri. Imana ikugirire neza
>>
<<@NkundabantuMoise-rr2ou
says :
Ntamugaragu wimbura mumaro kuko turabana bimana ntamwana wimana wimbura mumaro unaho
>>
<<@didierirumva7035
says :
Paster avuze atyo mahita nsohoka
>>
NEXT VIDEO
>>