<<@NZABAKURAMYAJEANPIERRE
says :
Imana. Irusheho kukwagura
>>
<<@claudinenyirahirwa5067
says :
Ariko ubu umuntu yakubona ate koko?
>>
<<@mdoman5229
says :
Amen
>>
<<@izibyosejeannette1903
says :
Ushoboze yesu nange unyigishe kubuwumumaro muribike wampaye kugirango mbe ihumure ryabagenzi bange❤🙏 God bless you pastor 🙏
>>
<<@ruganyirajustin2685
says :
Uyu mugabo afite inyigisho nzima rwose. Bless you man of God
>>
<<@ildephonsenzamurambaho1508
says :
Kutagirira abandi umumaro kenshi biterwa n'umutima ukomeretse bityo tugakomeretsa abandi. Imana idufashe
>>
<<@wisdom123-s3k
says :
Nonese Matayo 11:28 Kohanditwe ngo: yemwe abarushe nabaremerewe ni muze iwanjye ndabaruhura, sibisobanura kuruhukira kuri Yesu kristo gusa harubwo arikunabantu?? Isi yose irarushe nicho kibitera kuko ujya gutakira umuntu ugasanga akurusha ibibazo, uburuhukiro buri mu Imana nijambo ryaYo gusa. Murakoze.
>>
<<@twahirwafidele
says :
Iyi nyigisho iyo bishoboka ikabwirwa benshi Imana ibahe umugisha
>>
<<@angeritha1439
says :
Be blessed Man of God
>>
<<@sylvestresendacyeye3505
says :
Uwiteka aguhe umugisha wubaka ubugingo bwange buri munsi
>>
<<@ireneuwimana5385
says :
Imana iguhe umugisha Nanjye nabuze umfasha mu mahitamo imana nayo iracecetse
>>
<<@mukayirangajulienne5383
says :
Be blessed entirely
>>
<<@gagagrace6789
says :
Imana iguhukugish Kandi inshoboz kugirir abandi umumaro
>>
<<@nkumusirikare5947
says :
Amen
>>
<<@Raila_22
says :
God bless you pastor! Mana unshoboze kuba umunyamumaro🙏🙏🙏🙏.
>>
<<@dusabekevin7950
says :
Muhezagirwe cane
>>
<<@iradukundaviolette2719
says :
Amen Muhabwe umugisha
>>
<<@uwizeyeclaudine3306
says :
Imana y,Amahoro ikomeze igusukeho amavuta yayo
>>
<<@uwizeyeclaudine3306
says :
Imana y,Amahoro ikomeze igusukeho amavuta yayo
>>
<<@uwizeyeclaudine3306
says :
Imana y,Amahoro ikomeze igusukeho amavuta yayo
>>
<<@jurumariechantal1352
says :
Uhoraho aguhe umugisha Pastor kubwiyinyigisho , Uhoraho adushoboze kuba Abumumaro muriki gihe cyacu
>>
<<@danielniyomugabo1
says :
Ndagukunda pastor,nkufata nkumubyeyi wanjye wo mumwuka,icyo nkeneye cyose uragihishurirwa hanyuma ukacyimbwira.nifuza kuzakubona amaso kuyandi nkaguhobera nkumva nduhutse.
>>
NEXT VIDEO
>>