<<@JosueIrankunda-r1c
says :
uvuze amajambo meza kandi yukuri .arimwo ubugingo
>>
<<@We2k7
says :
Oyaaa Ijambo ryawe rimbwira ko udasinzira udahumeka. None ibitero matin midi et soir Kandi ngo malaika nawe ni garde corps none. satani kuki ariwe yagaragaye ko yahaciye. Yesu ahabaye nkuko yavyivugiye nta ma sengero yibinyoma abatozakori.
>>
<<@We2k7
says :
None Imana ibe itwisangira mungo kuko ni Data wa twese kuki ntashobora kwivuganira nawe mbaza guca kwa naka na naka ca aussi Mana wapi Mana why ? Nd'umwana wawe C'est toi qui me laire dans leurs mains sans changements
>>
<<@Hello50798
says :
Baravuga ngo uwibwira ko ahagaze yirinde atagwa. Pawulo we yanongeyehoko akoresha umubiri we uburetwa kugirango namara kubwiriza abandi atazaboneka ko atemewe. Rwose ibyo uvuga nibyo, ubuyobe buragwiriye mu isi. Ariko nawe wihereho usuzume niba ntabyo ugihagazemo wita ukuri ari ubuyobe. Komeza utubwire kandi nawe ujye wibwira. Imana igukomeze
>>
<<@uweraesther6949
says :
Igisha kuri Christo YESU ureke kwibasira abakozi b'IMANA, leave them for their MASTER please, ubu kugukurikira bitangiye kungora.
>>
<<@desirentunzwenimana3852
says :
Imana iguhe umugisha
>>
<<@claverniyonzi2334
says :
Iyi chaine ibayeho kugira isevye canke yategerezwa kuvuga ijambo ry'lmana.ndazi hari abakozi bigira abo lmana ariko ari abashatani mais tuvuge ibintu atamaranga mutima dushizemwo
>>
<<@byiringirosamuel9260
says :
wow! Kwizera Kwacu, Kurema Iyo Kuri mu Mana Irema, Wow, Ubwo nubundi ntaho gutaniye no KWIZERA KWA KRISTO, UBWO KURI MURI KRISTO,... Be blessed, biramfashije(KWIZERERA MURI KRISTO...
>>
<<@mukarugwiromarielouise3208
says :
Ndumiwe ubwami bw Imana Ni buze kuko isi yugarijwe n umwijima dukeneye Imana y ukuri ngo itwiyoborere
>>
<<@Rwagasabo
says :
Mana data ndeba untekerezeho Amen
>>
<<@liliuwitonze
says :
Abanyabinyoma barahari ariko ntampamvu yo kugeneralisa
>>
<<@scholastiquemukambabazi3819
says :
Abazima nabo mûbaturangire !!!
>>
<<@IreneKaneza
says :
Amahoro ya Yesu Kristo abane nawe.Abarongorwa n'a Mpwemu wImana ni bo Bana b'Imana kandi Umuherezi mukuru dufise si uwudashobora kubabarana natwe mu ntege nke zacu ariko ni uwageragejwe uburyo bwose yamara arihangana.None rero Imana Irakora n'a Yesu Kristo aracakora.Mwiyubare namwe umubi ntabatware akayombekere muri ukw o kuri kuko Hamwe nafashijwe ahandi sinafashijwe.Vyogushobokera twovugana nkaguha ubuhamya bwiwanje kuri Ayo madini.Navuyeyo mfise vyinshi twovugana KO .Yesu aguhezagire cane.
>>
<<@alicetuyishimire2091
says :
Yego ayo magambo arimo ariko asoza avuga ngo yabura guha umwuka wera abamumusabye,gusaba ubutunzi sibibi ariko icyambere cyazanye Yesu ni ukuduha agakuza,ijambo ry'Imana riravuga ngo mushake ubwami bw'Imana no gukiranuka ibindi izabitwongerera, urumva rero ibyo itwingerera niyo ibiduhitiramo sitwe duhatiriza ngo ibiduhe iyo iduhitiramo ibidukwiriye
>>
<<@alicetuyishimire2091
says :
Impamvu aribo avugaho nuko aribo bagiye kurimbuza benshi kuko bagoretse ubutumwa bwiza
>>
<<@niyigabatn-ji5sf
says :
Imana ldukomezanye mwenedata Clarisse
>>
<<@mambazisifa338
says :
Ndabwira abareba imisatsi batubwire aho Bibiriya itubwira kwiyigoshesha kumugore itubwirako Imana yahaye imisatsi umugore mukimbo cy umwambaro wokumutwe
>>
<<@Username-jl7ey
says :
Nonese kuki muri Matayo YESU yatubwiye ngo musabe muzahabwa mukomange muzakingurirwa.Nonese kubyo tugomba gusaba ubutunzi ntiburimo?
>>
<<@iradukundadavid5917
says :
Banza wogoshe uwo musatsi ibindi ubivuge nyuma
>>
<<@iradukundadavid5917
says :
Niwemera icyacumi niwemera amaturo nonese abakristo bagenewe kuba abakene baburahamu ko bahoze batanga ibicaniro imbere y’lmana reka kuyobya abantu wigira umukiranutsi
>>
<<@iradukundadavid5917
says :
Ariko mukobwa mwiza kuki burimunsi ukunda kwibanda kubakoze b,lmana sibyiza Nukuri wavuze ijambo ry,lmana ukareka kwibanda kubantu uwo numwuka wishyari
>>
<<@HabimanaEmmanuel-ws5ox
says :
yesaya 56:11 abafiripi 3:19
>>
<<@byukatorerotv2608
says :
😭😭😭😭😭😭😭😭
>>
<<@merciliston7371
says :
Murakoze cane kubutumwa bwiza Muzekutwandikira izina ryiyo YouTube
>>
<<@Blessedchica-l1l
says :
Urasebanya wahinduye ubutumwa nubwo uzi ko ushaka views uri antikristo uzashya nutihana
>>
<<@biziyaremyejeanbosco3022
says :
Sha nanjye naramwumvise uwo bita chris wo muri Nigeria avugango afite landlover ikijijwe.
>>
<<@claudettenaboya1144
says :
Imana ikwongereze ncuti Uri umugisha kubashaka ukuri kw’Imana komera caane 🙏
>>
<<@agnesnzeyimana4279
says :
Uhezagirwe mwamikazi. Ndafashijwe. Ayaloni Data abakomeze cane impande zose.
>>
<<@francoiseuwa7791
says :
Nukuri Imana ikora ibyishaka mugihe ishakiye
>>
<<@mbarushimanagodefraid5537
says :
Mweneda Imana iguhe umugisha namahoro
>>
<<@watchtowertv5436
says :
Ese abakozi b'Imana b'ukuri n'abahe kuri wowe? Kombona bose wabahinduye aba satani ubu tuzizere wowe gusa😳
>>
<<@benithakangabe
says :
Clarisse uri imfura cyane Yesu aguhe umugisha Uradukanguye cyane
>>
<<@gonzalo7115
says :
Ariko ndabajije?? Nne mu vyukuri ku bantu basengimsna mu kuri no mu mwuka holly ghost na fire biravugwa kandi ata bazimu uhamagaye. Nne tuzobitandukanya gute???
>>
<<@delicemizero7406
says :
Mugabo ntibibuza ko muguma mwirata ngo murakijijw ariko abeshi babivga nabasengera kwabo babeshi😂😂 nukwigarura tukemera inkuru nziza ntabindi
>>
<<@NGABOYUBUTWARIAbdoulkarim
says :
gusa wamuntuwe ihangane sikwibasiye imisatsi siyo tureberamo IMANA uwo ni umwuka widini YESU yaravuze ngo muzabamenyera kumbuto zabo murakoze
>>
<<@NGABOYUBUTWARIAbdoulkarim
says :
Nitwa ngabo samu nkunda inyigisho zawe none kukintu wabuze ngo turi imana najye Niko nabyizeraga Kandi Niko byanditswe muri YOHANA :10-34 uzasobanurire kuri iri jambo murakoze
>>
<<@jeanmariedusengimana2659
says :
Mama Kalalise nukuri yesu aguhezagire cyane ndabakunda cyane kubw ubuhamya muduha bwuzuye mukomere cyane
>>
<<@bizimanajeandedieu7079
says :
Karalisa uhabwe umugisha Ntukabure kumwuka wela Namwe ayaloni nimugubwe Neza.Mwizina rya Yesu Kristo
>>
<<@AHERACYANE
says :
Gusa wamubueyiwe iyomisatsi yawe nayo iradushisha niba ubugira Imana koko wazayikuyeho ukaguma ukowahamagawe
>>
<<@marima9708
says :
Gukora ku cya cumi ni ugukoza agati mu ntozi
>>
<<@mustafamuyangokanimba1379
says :
Murakoze umushumba ufata abo ayobora akabafata nkaho atarabantu aritungo , abapfumu bimukiye mumudini mukoze mutugezeho ibiganiro byiza muduha ukuri
>>
<<@Dieuesttout24
says :
Ukuri kutavamvanze.Imana igukomeze
>>
NEXT VIDEO
>>