<<@BarutwanayoBosco-r9s
says :
Patrick kamanzi, Umwami Yesu nashimwe mwene yakobo, aguhe umugisha!
>>
<<@VesTine-z9t
says :
Birasobnutse kuko bibiliya itubwira ko imibiri nu umwuka birarindwe
>>
<<@deoniyonshuti2386
says :
Aliko numva ataribyo kwibasira Adventist nkumunyamakuru wakabaye neutre cg c ukabatumira tukumva verse yabo if not byateranya abizera.
>>
<<@PastorGAHUNGUJean
says :
Kristo Yesu Ashimwe. Umuhanuzi w ibinyoma niwe akuriye gahunda yo guhuza amadini ubu. Antikristo n umuhanuzi w ibinyoma n impwemu ziva kuri satani zikorera mu Bana b abantu Kugira ngo baduze ubugarariji. Aba paapa bakurakuranwa hamwe n ibihangange vya politike vyahaciye ni ba antikristo bariko barubaka bategurira benewabo bakuru bo kumusozo. Murakoze.
>>
<<@enathamukiza7355
says :
Ariko mwavuze ukuri mukareka kubica kuruhande mwavuzeko ikigendererwa cyibyo byose ari ugukuraho umunsi wisabato bagashiraho gusenga umunsi umwe gusa ariwo kucyumweru? Turabizi ko tutazemererwa kugura cg kugurisha nitwaga gusenga kucyumweru turabizi ko ibyo uri kuvuga aribimenyetso bitujyana kwitegeko rizaza rikuraho isabato rikayisimbuza icyumweru .
>>
<<@mugwanezaeric6755
says :
Aho numva utadusobanuriye neza. Ni gute utubwira ko kugira microship byagenga ubugingo bwawe ugatakaza mwuka wera!!! Niba ark bitaraza ngo bibe factual nawe nduma uvuga uhushura kuri ibyo bintu!
>>
<<@mugwanezaeric6755
says :
Ark ubundi nudasoma Biblia we ntiyareba!! Yesu yaravuze ngo turebere ko giti cyumutini!!
>>
<<@uzamukundarosine561
says :
Yesu sshimwe mwanshyira muri groupe
>>
<<@Rwagasabo
says :
Uwo mu apotre wavuze ko hagiye kuza ifaranga rimwe natangajwe nukuntu yavuze ko yemera Biden kuko ari president we kuko afite nationalite ya america anakangurira aba christo ku muyoboka kuko yabahaye ubwenegihugu kandi azi ibibi ari gukorera isi naramukemanze pe byarantunguye cyane
>>
<<@Rwagasabo
says :
Uwo mu apotre wavuze ko hagiye kuza ifaranga rimwe natangajwe nukuntu yavuze ko yemera Biden kuko ari president we kuko afite nationalite ya america anakangurira aba christo ku muyoboka kuko yabahaye ubwenegihugu kandi azi ibibi ari gukorera isi naramukemanze pe byarantunguye cyane
>>
<<@Rwagasabo
says :
Uwo mu apotre wavuze ko hagiye kuza ifaranga rimwe natangajwe nukuntu yavuze ko yemera Biden kuko ari president we kuko afite nationalite ya america anakangurira aba christo ku muyoboka kuko yabahaye ubwenegihugu kandi azi ibibi ari gukorera isi naramukemanze pe byarantunguye cyane
>>
<<@Rwagasabo
says :
Amen 🙏
>>
<<@MuramiraEric
says :
Imana induhe kuba maso
>>
<<@desirengzh4606
says :
Izina rya ANTICHRIST riramaze kumenyekana, yitwa SAMAN LEE ,atuye i Roma mu butaliyano arinyegeje kandi niwe afurnisa amafranga ya za ONG muri ONU ,niwe mutunzi wambere atazwi ,avugwa cyane na Jonas LUNKUTU MPALA, na Léon KASONGO, bakorana muri satanisme ariko barakizwa.(Cfr Témoignages de Jonas LUNKUTU MPALA na Léon KASONGO) , umuhanuzi w'ibinyoma nawe ni Pope wa Katolika (d'après Jonas LUNKUTU MPALA na Léon KASONGO)
>>
<<@just-help-poor-people
says :
iryo dini rimwe ntaryo nzasengeramo
>>
<<@amanipaul8741
says :
Murakoze cane bakozi b Imana kd Ibahe umugisha ! Yewe mudutegurire ikindi kidanira kuko ndumva Hari vyishi mugomba kutugezaho!!
>>
<<@mudakikwaemmanuel1216
says :
Umuhanuzi wibinyoma ndatekereza ariyi myizerere iri kwaduka yo kwiyizereramo ko UNIVERSAL ari imana, naho umuntu akaba ikiremwa cyayo gishibora gukoresha Imbaraga zose zidasanzwe ziba muti UNIVERSAL binyuze mu kwigishwa uko ukora Meditation. bakoresha nibyanditswe byo muri Bibiliya bivuga kukwizera Urugero Yesu yaravuze ati ufite kwizera wabwira umusozi ugatabwa munyanja. Abazanyizera Bazakora ibitangaza biruta ibyo nakoze Hariho nibindi bitabo bitaba muri Bibiliya, byobavugango ba bivumbuye. Nkigitabo cya Tomasi baravugango hari aho bakivumbuye baragikoresha cyane muyi myizere mishya yo kwiyizereramo. Gusa Ni ubuyobe budasanzwe. Ariko buriwese ubayeho agamije kubaha Imana ntago azayoba. Icyaha Adam na Ev bazize cyokubaho ushaka kungana nImana Kandi urimubyaha: nomuriyo myizerere yumuhanuzi wibinyoma Niko Imeze. Murakoze kutugezaho Ibiganiro byanyu byiza❤🇺🇬
>>
<<@mushimeeline6119
says :
Nitwa elina Adventists twemera kuzamuka kw'itorero mumuzuko wA mbere .ubwo abazaba bakiriho nabo bazahindurwa mukanya nkako guhubya. Ubuhanuzi bwose bugomba gusohora,abana b'lmana bakarenganywa bikomeye batagifite yesu nkumuvugizi ugendana nabo ahubwo bahamya yesu ubarimo indani. Nyuma ibyahishuwe 16 ibyago 7 bizahagarika akarengane kabana b'lmana kuko hatabayeho kumeneka kwamaraso ntihabaho kubabarirwa ibyaha . None lmana izaba ibonako ntawugikeneye kwihana yesu areke umurimo w'ubuhuza. Abana b'lmana ntacyago kizabageraho ariko bazaba bari ahantu 3 ( mubituro,mubuvumo,munzu z'imbohe). Inkozi zibibi zimaze kubabazwa nibyago 7 yesu azaza abazima nabapfuye bamukunda bambikwe kudapfa bamusanganiye mukirere. N.B. ntamukiranutsi uzababazwa nibyago7 kuko umukiranutsi azaba yarimenyereje kubeshwaho no kwizera. Murakoze
>>
<<@kanyangefrancine7603
says :
Uwuteka aduhishe mumababa yayo ikuzigame mukozi 'Imana
>>
<<@YagaSogoku
says :
Ndabaramukije cane. Ndabashimiye mubwico kiganiro mwatanze. Ariko musubiremwo mwige ubugira kandi kuri Antichrist ndetse na 666 kuko uwo mubare ubwawe ari umubare w'umuntu nkuko biri mubyahishuwe 13:18
>>
<<@vava8702
says :
Ndabakunda cyane niba bishoboka mwashyira muri groupe yanyu murakoze
>>
<<@florencemubano4157
says :
Wowe igisha ijambo ry'Imana abe ariyo ntego yawe ureke guca imanza si nta bubasha ubifitiye. Umucamanza ni umwe..... Jya muri Bible Please
>>
<<@mudatinyamartin2248
says :
Mureke dushyire hamwe twirukane satani
>>
<<@mudatinyamartin2248
says :
Ndahambiriza imbaraga zasatani
>>
<<@uwinezaruth1651
says :
Ariko ivyo gukubitwa bizoba ishengero ryamaz gutaha ,hama abatarumvishe inzamba basigaye nibo bazicunguza amaraso yabo.
>>
<<@alicecolombe6651
says :
Mana Bana na bemera ❤
>>
<<@abdouelierugengamanzi965
says :
Iyo wambaye umwambaro urugero iyo wambaye umwenda uriho ifoto ya Bobu ubu umwamamaje.
>>
<<@abdouelierugengamanzi965
says :
Yesu ashimwe nishimiye ibiganiro
>>
<<@umurazatlandrade3169
says :
ni pastor se cg umuvugabutumwa??
>>
<<@anesiendaz9890
says :
Ante Christ yaje kera yatugezemwo, nutasomye yobibona ,none umaze kunyuranya n,Ijambo canke n,ugukora kw,Imana ,haba hategerejwe iki, ? Mupinga christo rero yamashita. None hamaze kuba kwabirana kwabagabo kubandi canke abagore kubandi, murindiriye iki?igihe kirageze abari maso bumve impanda.
>>
<<@impandaministryjm2791
says :
Umuhanuzi w' ibinyoma ni Ecumenism cg ubuprotestant bwihuje na Leta.
>>
<<@dusabimanamariam1879
says :
Esemwe ntimwaba muribabahanuzi yesu yavuze bomubihe byanyuma?ntimukajye muyobya isi
>>
<<@charlottemukarwego
says :
Twizere lmana izaduha lmbaraga ntawanyishoboza
>>
<<@maryamarya4161
says :
Imana ibajimbere ibanshe kubereka nibitandukanye
>>
<<@odettemuba7564
says :
Ne jugez pas afin que vous ne soyez jugé Mutwigishe urukundo rw'Imana. Nokwihana. Naho inyigusho ryoku critika ayandi madin n'abayobozi baboi ntibyatujyana mw' Ijuru L' Esprit que nous avons reçu c'est l'Esprit de paix. La peur ne vient pas de Dieu. Convertissez vous et croyez à la bonne parole Priez pour la conversion des pécheurs et soyez humble
>>
<<@clementiragena5836
says :
Mwarawutaye
>>
<<@UmugwanezaImmaculee
says :
Abahanura,ifaranga,rimwe,siwamuhanuzi,wibinyoma ukora,muburyo,bwamayoberane
>>
<<@ingabirebe6571
says :
Yo hezagirwa papa nari narakubuze warafashije mubihe bya covid
>>
<<@kanyangogagermain1921
says :
Imana ikomeze kubambika imbaraga
>>
<<@josephnshimiyimana5776
says :
Antichrist ni ubupapa naho umuhanuzi w'ibinyoma ni amadini y'abaporotestant yaguye akemera kwifatanya na kiliziya gatulika. Nzi ko mucukumbura cyane muzakore ubushakashatsi muzasanga USA na Europian Union ariho ubupapa bubarizwa, bamaze kubaka ubufatanye bufite n'icyo bugamije aribwo kwigarurira isi bakayiyoboza igitugu. Abaporoso bo muri USA bazava ku nyigisho bigishaga biyunge n'ubupapa. Ubwo bufatanye mu kurwanya ijambo ry'Imana buzaba bushyize iherezo ku buporoso maze bashyire imbere agahato mu buzima bwoss harimo no guharira abantu gusenga mu buryo bunyuranye n'ijambo ry'Imana.
>>
<<@bettyuwamwezi1597
says :
Urakoze mwenedata. Ufitubwenge niyunve!!
>>
<<@nyirahirwamaria41
says :
Kwihananibyo fyasha
>>
<<@MasengeshoDidas-zs9rb
says :
Murkoze cyne
>>
<<@ngendahimanajeanbosco8834
says :
May God help all of us
>>
<<@oswaldnsabiyumva6892
says :
Muravuga ngo mu kwezi gutangiye ngo hazaba ibintu ntimuvige ibyo aribyo muba mutomboza ngo nihagira ikiba muzavuge ngo dore twari twaravuze
>>
<<@dmtr665
says :
Urakoze pastel Mukuri Imana ikurinde knd kugiticyange ndagusabakowansengera ndagusabye kuko ndaruhijwe numwanzi yaranyibasiye!ariko nizerakwazatsinrwa mwizina rya Yesu.
>>
<<@gutabarwanimanatv1074
says :
Yesu weee
>>
<<@DianneKanyange
says :
Mugire umugisha from Burundi❤
>>
<<@jeanpascalniyomugabo3409
says :
Ndabakunze,Imana ibahe umugisha.Bigaragara neza ko mushaka ubwami bw'Imana.umuhati mufite wo kumenya no kurarikira abantu ku gukiranuka,si uwubusa ku mwami! Ni ukuba maso naho umwanzi yaratangatanze!Abayobozi b'amadini,abenshi bagiye kwishakira agafaranga.Nubwo buryo bushya nibuza bazaduhata kugirango bihangire ku mirimo.Biratangaje kubona ko bavuga ko bahagarariye Imana ntibagire icyo bavuga ku mabendera y'ubutinganyi aherutse kuzamurwa!Have no gutanga umucyo!None bene Data ,umuntu ushaka kujya muri Kanani yo mu ijuru,niyisuzume,ayoborwe na Bibiliya atayiyica iruhande,uzagerageza kunyura ukubiri nayo,akiciro akandi Kayira Imana itamweretse,azazimira! Daniel yavuze neza ko iyo nyamaswa izabashishwa byose n'uburyarya,ikarimbura benshi biraye.
>>
<<@MukeshimanaChristine-g2y
says :
Shalom Shalom , Mukozi w'Imana.
>>
NEXT VIDEO
>>