<<@THEO777O7 says : God continue to be with you Amen Haleluya 🌸🌷>> <<@IgnaceBizi-th7wo says : Arko ubundi mwisi yose mu madini yose ninde muhanga wa kurusha abandi mugusoma Bibriya kuko mugusobanura buriwese iyo afashe umwanya mugusobanura imyemereye bose bakoresha ibyanditswe uwo uteze amatwi umwigisha wese wunva ibyo avuga aribyo ukuri rero gusobanura ibyo wize ninzira wanyuzemo nibisanzwe ariko nimujyera aho gucira urubanza bajyenzi banyu mujye muvuga muziga mubiharire nyirabyo Nyagasani Isumbabyose.>> <<@ALPHA-k7q says : Uyu mu Pasta Ni inararibonye,ariko mwunganiye Ni uko kubatizwa mu mwuka wera ariko kuvuka bwa kabiri nyirizina>> <<@Valanusi says : Amazi menshi byanditsehe muri Bibiliya ? Yesu yabatirijwe muri yorodani, ubwo rero n'abandi batabatijwe muri yorodani wavugako batabatijwe. Kubatizwa sibyo bivanaho ibyaha niyo bakwibiza incuro 10, kubatizwa ni umuhango cg Ikimenyetso cyuko wemeye.>> <<@lambertsophie3258 says : Pastor Mpazibirego, ntabwo ubugingo buheshwa no kwegera igaburo ryera. Ahubwo igaburo ryera ni igihango cyuko abantu bakomezanyije kuba abigishwa cg intumwa za Yesu. Umumaro w' igaburo ryera ni ukongera imbaraga zo kwera kwababikoze. Kwandikwa mu gitabo cy' ubugingo bibaho mbere y' uwo muhango. Umuntu ufite ikibazo cy' ubugingo ni umuntu utumvira umwuka wera. Ibyinshi kubirebana n' igaburo ryera bizabazwa abategura uwo muhango kuko bo ubwabo batasomye neza ijambo ry' Imana bakaba aribo batamenya uko babwira abantu. Ntabwo abantu barenze 12 banywera ku gikombe kimwe. Abakristu baturanye 12 bakagombye kozanya ibirenge, bagasangirira ku gikombe kimwe kandi koko bagakundana bagafatanya umurimo wo kukorera ubwami bw' Imana.>> <<@mutuyimanaisabelle3950 says : Reka nsabe ababavandimwe, mugerageze mwe kujarajaza abana b'Imana vrement kuko namwe muri mubasobanura Bible aho isezerano rishya ryo gucungurwa kwacu ritangirira, muvugako ryatangiye kumusaraba Yesu avuzengo byose birarangiye Kandi Niko biri. Hanyuma Yesu ntiyaje gukuraho ibyari biriho mw'isezerano rya kera Kandi Yesu yagombaga gukora ibyo abo yasanze bakoraga mugihe yabonaga ntacyo bitwaye kugirango abiyegereze batamwishisha, ninabwo buryo Yohana yamubatije, kugirango yemerwe muri society, kuko Yesu yaraje ariwe mubatiza mukuru nkuko Yohana yabihamije ngo hazaza ubatirisha Umwuka n'umuriro ariko umubatizo s'ingano y'amazi kuko iyaba aringano y'amazi Yohana yarigukomeza kubikora Yesu ntiyirirwe aza. Ahubwo Yesu yaje gucungura abantu kuko ayo mazi ntiyari yabacunguye. Bitsyo rero mureke kubahuka imibatizo y'amadini atandukanye, koko n'ikimenyetso gusa kugirango bagenzi bawe bamenye mwenese, ariko Yesu niwe uyoboye umubatizo Kandi abatiza mu Mwuka n'umuriro, ninawe Uzi ababatijwe n'abatabatije.>> <<@dusabimanamariam1879 says : Peterose yabatijwenande?cg yesuyabatijende?muri ababeshyipe?>> <<@rwandapaul1850 says : Try to minimise introduction, nanga kwihutisha ngo hatagira ikincika Uwiteka akomeze abahe umugisha.>> <<@sifaqueen-wo2ii says : Nonese mumihango komutavuga uwogushyingira wo ntiwemewe?>> <<@sifaqueen-wo2ii says : Murahoye tubashimira ubutumwabwiza bw'Imana mutugezaho nimukomere cyane>> <<@megdee777 says : Iki gisaza rwose n'ibinyoma byacyo, uziko wagirango nicyo Mana yaremye isi n'ijuru?>> <<@joaskanyampeta9998 says : Uyu ndabona adasobanukiwe, amazi yaba make yaba menshi ni ikimenyetso ntatanga agakiza.Yohana yalivugiye ati, ndababatilisha amazi aliko inyuma yanjye hazaza undusha ubushobozi azababatilisha Umwuka n'Umuliro. Umwuka n'Umuliro nibyo bitanga imbaraga alibyo byo gukomezwa. Uwo mugabolero akwiye guhugurwa kandi ubutumwabwe bwekuba ubusenya ibyo abandi bubatse.>> <<@mugwanezaeric6755 says : Ark abantu aribo batanga you ubugingo ubanza twazabubura twese!!!>> <<@HabakukiFuraha says : Uzambarize uwomwigisha cyagisambo cyarikumwe nayesukumusaraba koyacyemereye kubanacyo muriparadizo cyitabatijwe ubwonacyo cyirimurubanza ntibyababyerekanyeko yesu yagishutse akagishora mumanza zomuriparadizo cyikaba gifungiyiyo?>> <<@HabakukiFuraha says : Uzambarize uwomwigisha cyagisambo cyarikumwe nayesukumusaraba koyacyemereye kubanacyo muriparadizo cyitabatijwe ubwonacyo cyirimurubanza ntibyababyerekanyeko yesu yagishutse akagishora mumanza zomuriparadizo cyikaba gifungiyiyo?>> <<@rwanfizihakmj3636 says : Icyo gitabo ukuri nahishwe kigura angahe kiboneka gute?>> <<@TekvalTekval says : Yesu yavuze byinshi kandi byiza kandi byuzuyemo ukuri ariko kuko benshi imitima yabo ihora ibarega gukiranirwa kuyirimo bahisemo kwihimbira gukiranuka no gukomera kumijyenzo niyompamvu mugirira ikizere amadini mukishingikiriza kumihango ariko kristo naza azareba niba kwizera kukiturimo ikindi kandi azareba imbuto zacu. Igisambo kumusaraba ninde wakibatije ko cyatashye ijuru? Idini yukuri ni ifasha imfubyi nabapfakazi. Idini yukuri ni umutima wuzuye kubaha lmana. Ntimuyobe>> <<@mariekamikazi9308 says : Abadive uratubesheye pe mumwaka dukora ifunguro ryera 4mumwaka nukuvuga rimwe kumezi atatu ubworero iyomuvuga ubutumwa mwirinde kubesha>> <<@jeanpascalniyomugabo3409 says : Bibiliya ivuga ko hariho Imana imwe,umwami umwe ariwe Yesu christo, Umubatizo umwe,kwizera kumwe. None ko wumva hariho umubatizo umwe ,akaba ari nawe Yesu yabatijwe,bakaba batarawubatijwe,bishuka bate ko babatijwe ? Bakwiriye kubatizwa koko.>> <<@jeanpascalniyomugabo3409 says : Noneho uranshekeje, papa se arusha icyubahiro Christu ?ko we yabatijwe,akibizwa! Arusha icyubahiro uwo avuga ko ahagarariye!>> <<@byabenejean5497 says : Kumenya abitabira umuhango w' ifunguro ryera ntibyakagombye kuba ikibazo cy' impaka. Ifunguro ryera rishushyanya UMUBIRI WA KRISTO. Bityo rero, n' abawitabira ni ABAGIZE UMUBIRI WA KRISTO. Abagize umubiri wa Kristo ni abafite KWIZERA KUMWE, UMUBATIZO UMWE, IMANA IMWE, UMWAMI UMWE. None, abadahuje ibyo, bahurira ku ifunguro ryera gute? NTIBIKWIYE.>> <<@ntakirutimanajeandedieu8721 says : Isakaramentu ry,ugusigwa kw,abarwayi turisanga muri Yakobo 5,13-18. Uko ritangwa n,abaritanga. N,andi 6 asigaye arimo. Kuvuga ngo Yezu ntiyayashyizeho ni ukuyobya imbaga kuko nibyo Yezu yasize adakoze yabishinze abo yasigiye Kiliziya ye yashinze aribo intumwa n,abazizunguye kandi byose babikora bayobowe na Roho Mutagatifu. Keretse utazi Kiliziya Gatolika n,utarigeze ayimenya nkamwe mwese n,abo sekibi akoresha ngo bayisebye nimwe muvuga gutyo>> <<@ntakirutimanajeandedieu8721 says : Abagatolika mukurikira iyi channel niba koko mufite ukwemera mujye munyomoza ibi bintu cg se niba mushaka kuyoba nababwira iki. Amahitamo ni ayanyu>> <<@ntakirutimanajeandedieu8721 says : Muvane ubuyobe bwanyu aho ntimugasebye ibyo mutazi nta sakaramentu na rimwe Kiliziya ifite ritari muri Bibiliya. Ikindi Batisimu ku bagatolika si ikimenyetso gusa ni Batisimu ifashe kandi yemewe. Niba waravuye mu Kiliziya Gatolika nyine wiyemeje kuba umuhakanyi ariko wibeshya abantu.>> <<@byabenejean5497 says : 14 Nuko rero, ubwo mbogeje ibirenge kandi ndi Shobuja n'Umwigisha, ni ko namwe mukwiriye KUBYOZANYA. 15 Mbahaye icyitegererezo, kugira ngo MUKORE NK'UKO MBAKOREYE. (Yohana 13:14;15) Abavuga ko batakozanya ibirenge ngo ni benshi, ngo biraruhije, bazemere ko n' abagatolika bari mu kuri iyo bavuga ko kubatiza mu mazi abantu benshi biruhije, bakaba barawusimbuje uwo ku gahanga.>> <<@NtibankundiyeAthanase-dp8sq says : None pasteur abantu ighumbi bakoresha igikombe kimwe botaha ryari ?>> <<@byabenejean5497 says : N'ababatijwe mu mazi menshi mu butatu barahuzagurika, na bo ntibabatijwe.>>
VideoPro
>>