<<@clarissegomez3062 says : Mwigize intyoza muby'lmana>> <<@philomenenyirasafari7127 says : Isezerano rishya nibeshe nandika iryakera>> <<@philomenenyirasafari7127 says : Icyampa Imana ikaguhumura amaso ugasobanukirwa isabato icyo Ari cyo kuko wahumura benshi nabo bagasobanukirwa .muri matayo 5:17-20 mwitekerezako naje gukuraho amategeko cyangwa ibyahanuwe ahubwo yaje kubisohoza mukomeze muhasome na matayo 12:8 niba kristo ar'umwami w'isabato nabyo ntubyemera?ngo ntaho byanditswe mu isezerano ryakera ?ndinginga Imana iguhe umuco w'isabato.>> <<@Papchacha says : Gukizwa n'amaraso yabo sindabitahura nagira nabo bazoba bakijijwe n'amaraso ya Kristo kuko bazoba bamuhindukiriye bakamwizera kuko watwigishije ngo agakiza kazoba kasubiye mu bisirayeli?>> <<@Papchacha says : Missionary Jean-Luc, ukwicunguza amaraso yabo ku bazosigara bakemera kwicwa bagashinga intahe (batari ab'isirayeli) muri grande tribulation nyuma bakajanwa mw'ijuru kandi bakaganza Ku ngoma y'imyaka 1000, bizaba ryari ?>> <<@cizaemmanuel5745 says : Ikiryoma. Cambaye ubusa ngo yusu azatwara itorero ngo hama antikristo acaza wapi uko sukuri>> <<@espoirdiane6952 says : Ese icyo gitabo ko ntarumva uvuga igiciro cyacyo ni ibanga? Cyangwa ugurisha umuntu bitewe naho ari?>> <<@ziribugirejeanjeremie3934 says : Ezekiyeri 20,12 ndetse nuwa 20 hatubwira ikimenyets cy' Imana Isumba byose ko ari isabato,gusa ikiza cyanyu birangira mubwiye abantu gusoma Bible kuko Umwuka wera azajya adusobanurira. Murakoze>> <<@ziribugirejeanjeremie3934 says : Nonese Yezu kirisitu muri matayo 12,8 hatubwira ko Yezu kirisitu ariwe umwami w' isabato none ni gute isabato muvuga ko atari ngombwa kandi umwami wacu Yezu kirisitu ariwe umwami w' isabato?>> <<@ziribugirejeanjeremie3934 says : Umuremyi wa byose abane namwe kubwa Yezu kirisitu umucunguzi. Muzadusobanurire umurongo wo mu baherayo 4,1-12 kuko havuga ku isabato.>> <<@JustinManirambona-kt3qz says : Nibazako woza uritonda ugakoredha bible kuki ivyo uvuga ntahobiri muri bible>> <<@Jesuslightfc says : Amategeko ntadukiza ariko niba utabona icyo isi iri kukwereka mukwanga amategeko yImana umunsi umwe uzumva icyo kumvira amategeko bivuze reka gukoresha nabadaimoni kuko bahemba urupfu>> <<@balthazardusabeyezu6695 says : Amen>> <<@nyamushanjadidier1537 says : Ndaje nkumve mbe mfashwa>> <<@twayigizejeanpierre8106 says : Muvandi niba Abadive Ali aba farmaçons naba jesuhuit nkuko ubivuga bareke Rubanda ruzabatera amabuye nkuko wamuhanuzi wali wigize we abeshya Rubanda bamwiyiciye Naho niba ubutumwa batwaye Ali Ubwumwami Imana ntacyo bazaba.Naho gukangulira abantu kudafata urukingo rwa COVID 19 ibyo byo Hali ababishibzwe bazagusaba ibisubanuro.Intashyo naguha Yakobo1:19_21.>>
VideoPro
>>