<<@nujujephilemon8332
says :
Mureke Dukurikize Bible Turuhike Isabato TwumvireImana Twekuyisiribanga TweKwiyobora Twumvire Umwuka Wera kandi Kristo nu Mwami W' ISABATO Amen.
>>
<<@nujujephilemon8332
says :
Ndasaba Munsobanurire Gukora Akazi kwiSabato ni cyaha?Nigute Twayubaha! Murakoze
>>
<<@chafiquetayler
says :
Ibyabadive ntabyo uzi pe !! Ucyeneye gusoma byinshi nawe umeze nka babayuda bari bategereje mesiya knd abarimo warumudive kwizina
>>
<<@chafiquetayler
says :
Ibyabadive ntabyo uzi pe !! Ucyeneye gusoma byinshi
>>
<<@chafiquetayler
says :
Ni ndese wakubwiyeko kukora imirimo mwiza kwisabato bibubijwe!!??
>>
<<@TuyiringireEmmanuel-q4c
says :
Ntabwo uriwe urumurubuzi Kandi ushaka kuyobya abantu ntibakumve
>>
<<@nshimiyimanajeanmarieviann2305
says :
Ntabwo wasengeye mubadive
>>
<<@NDUNGUTSEGodson-jr6f
says :
Amateshwa mwirirwamo iya babafungaga kweri amadini mukirirwa mumafuti muhanganye ndashima Leta yacu yafashe umwanzuro wogufunga amadini nuk itayamazeho
>>
<<@mamaericangeleric6515
says :
Ibyo vunabandi avuga nukuri nange narahumutse nahawe umuti wo gusgwa kumaso
>>
<<@PierreNzabamwita-et3iw
says :
3:10 3:10 3:10 3:10 3:10
>>
<<@PierreNzabamwita-et3iw
says :
Imana ifite itorero kwisi ryerereza ibendera ryamategeko yasiribanzwe nawendetse nabandibeshi muhuje imigambi nkiyo mibi muyobowe numutware wiyisi yumwijima muribeshi rwose pe ariko ntimuzanesha ijambo ryimana yicyubahiro niryo rizakomeza kuba imbere yibintu byose Kandi ugomba kumenya ibi ko byose bizakugarukira kumutsi wamateka ndetse nibyo gukorera murwihisho hanyuma yokugwa nutihana
>>
<<@setiturajibwami
says :
Yebabawe mbega uburyo umbabaje😂
>>
<<@setiturajibwami
says :
Muvandimwe mwene data ndagushimira kukiganiro cyawe gusaniba waramaze 8yomyaka yose mwitorero ukaba warahisemo kwica itegeko ryimana menyako witandukanyije nimana umuremyi
>>
<<@BarutwanayoBosco-r9s
says :
Komerezaho muvandimwe,muri kirisito umwami w'abami, Yesu niwe mukiza,iteka ryose!
>>
<<@kmundendy660
says :
Pastor Mpyisi Yavuze ko atamenye kiriya Gitabo(Bibiliya) ndetse ko n'abakizazanye b'abadive Bera batari bakizi ko yamaze Imyaka myinshi yigisha BINYOMA bitewe n'inamenya(UBUJIJI) uwaruhagaririye Abadive muri kano gace ka Africa ubuhinde, Robert S. Folkenberg, “I have spent time on my knees before God trying to understand ‘what happened’” said Elder Folkenberg: “I have come to one conclusion—the gospel did not fail. The cross of Christ did not fail, the Holy Spirit did not fail—we failed! You and I failed! We, as pastors, failed. Christian clergy and priests and pastors failed! We must, I believe, confess our sins before God. As religious leaders we let down God, Christ, and the people of Rwanda. We have been satisfied to talk about Christ. We have been satisfied to talk about the cross. We have been satisfied to talk about religion and denominations. We have been satisfied to talk about rituals, lives, and practices—externals. But the fruit of our relationship with Christ shows that we failed.” Muzabamenyera Ku mbuto zabo abigishwa Nyabo ba Yesu/yESU(ISA) Isabato ntikiri itegeko ry'Imana
>>
<<@RwanfiziHkmjado
says :
Nange ndi umugaturika ariko mbona ibyo twamize mumadini bizadukoraho.
>>
<<@HarindintwariGaspard-mm9vs
says :
Sohoza ubuhanuzi?
>>
<<@MukandahiroJosephine-zk3qr
says :
Imyaka 40 utazi ahuri ubusebwo urihe uteye agahinda urinze usaza utazi aho uri uravugango wataye igihe ahubwo ubuniho ugiye guta igihe iyumuntu ayobewe ingingo yokwihana imyaka myishi agwa mubuyobe
>>
<<@RedemptaMukasharamanzi
says :
Disi uyu musaza ni ukumusabira kuko nawe siwe yakira agakiza ntabwo yanyuze mu marembo y'ubuturo bwera ahubwo yurire inkike z'urugo rw'ubuturo bwera agwa mu rugo niyo mpamvu yayobye n'inzira ijya ku gicaniro nasabe Imana kuko igiteza amaboko kugirango uwayobwe imwereke inzira akwiriye kunyuramo nasubire inyuma ajye guca ku marembo baramuha karibu ab'ijuru kuko ndabona ashobora kuba atarize ubuturo bwera kuko yarabwize neza ntiyahindura amategeko y'Imana n'agace nagato!🤭🤭
>>
<<@RedemptaMukasharamanzi
says :
Jyewe mfitiye agahinda uyu musaza agahinda azamera nka yuda ubwo yagambaniraga amaraso atariho urubanza yahumuka amaso agasanga yaribeshye bikamuviramo kwiyahura nawe wa muzazawe usabe Imana iherezo ryawe ritazaba iryo pe amaso yawe yahumutse nabi satani atazakuriganya ubugingo bwawe!
>>
<<@karubambaadolphe9602
says :
Imyaka mirongine wari urimo kwitegura umurimo wabajesuite noneho watangiye kuwukora warateguwe byemewe
>>
<<@MurengeziDaniel-b4d
says :
😂😂😂😂 itonde dore watandukiriye reka kuyobya abantu nabatayemera basigaye bayemera kuko ntugakiniehe umunsi imana yaruhutseho ikaweza ikawuha umugisha
>>
<<@MurengeziDaniel-b4d
says :
Uvugako azi imana ntiyitondere amategeko yayo aba arumubeshyi.
>>
<<@MurengeziDaniel-b4d
says :
Nareke gukora lmana mujisho
>>
<<@MurengeziDaniel-b4d
says :
Uyu numusohoke 😢 umva muze urababaje nukuri guta umuronko warugeze mumyaka nkiyo rwose mwuka wera akugenderere agufashe mubyo uvuga byose ntabusobanuro ntibyumvikana .😢😢😢 Urambabaje cyane
>>
<<@MurengeziDaniel-b4d
says :
Niwowe uyizirura
>>
<<@MurengeziDaniel-b4d
says :
Wowe ntabwo wabura abayoboke
>>
<<@JaphetMpawenimana-db6gi
says :
😂😂😂😂😂😂uyumusaza ntabyazibyarikuvuga
>>
<<@ufiteyezupatrick7699
says :
Munyakuru nawe rero urakabya muguca urubanza. Ubundivantiste sitsinda ryabantu ahubwo namahame yakidivantiste. Rero banza wige ibintu ubone kurwanya .naho kwibasira byo. Sibyiiza. Ariko mujye mufasha abantu lmana itivuguruza?? Yakobo 2:10-13
>>
<<@ufiteyezupatrick7699
says :
Was musazawe unteye amakenga pe sinarinkuzi ark ibyuvuga binteye impungenge uti umwiteguro wimvura yitumba!!?? Nonese nicyabo!!!!???
>>
<<@ufiteyezupatrick7699
says :
Uyiziruye ntakabure kwicwa . Gupfa Niki? Ubisonure mumwuka. Naho imihango yo kwisabato yo nanjye sinyemera ark isabato yo ntiwayishobora niyanyirayo jya wituriza. Ndakwibutsa yahereye kera irwanwa ark nubu iracyahari kd idakunzwe. Ubu wazenguruka isi uhamyako abadive bayobye???!!! Ugahamyeko ariwowe urimukuri??? Nukuri nkunda abantu bimana ark mwe ndabakemanga kuko ishyari rirabagaragar as ho. Niba warakiriye umwuka wera. Jya kumavi usenge kuko umwana ashobora kuvuk agapfa cunga neza. Umwuka!!!! Mute mugabanya nshuti. Keretse binkundiye ngahura mwe tukaganira
>>
<<@ufiteyezupatrick7699
says :
Nawe munyamakuru rero ndagusaba kugabanya kurwanya kuko uranabigaragaza cyane. Tumira umuntu uzi neza ko aba mubintu runaka ubundi uzane nubirwanya ubafashe mukiganiro bafashe abantu. Naho kuzana urwanya bigaragza uko udakunda ibintu. Niba Koko urumuntu w Imana.
>>
<<@ufiteyezupatrick7699
says :
Isabato: kuba 31:16-17 ahubwo twibaze ngo :abisirayeri nabande? Kd twibukeko bibiliy arimvugo yumwuka nabayumva bakwiye kuyumva mumwuka. Abisirayeri bahawe isabato bavuye( mububata) Adamu yayihawe amaze kuremwa. None wowe wayihawe ryari? Ndakubaza ikindi mbese Imana igira ibice byinshi? Kuburyo yavug ikimenyetso kimwe ejo ikavuga ikindi.... Nziko itivuguruza kd itabeshya rero uwatanzi isabato ninawe watanze umwuka wera ubwo byose ninsanga ningoyi ntiwabitandukanya kd byaratanzwe numwe. Ikindi nkubaza Niki mbese niba abadive barayobye mubyuri ubwo niwowe uri munzira tugukurikire? Mbese ufite URUKUNDO Koko yesu agusaba kugira? Uvuze nibyamategeko. Nimunkunda muzitondera amategeko yannjye. !!! Ahubwo ukwiye kumenya uburyo umuntu yitondera mateko ye. Ubundise kuki ubarwanije amaze kubavamo!!? Nibakoko urumuntu w Imana gabanya imanza no kurwanya ubundi uhugure uhane uteshe ufite kwihamgana kose.
>>
<<@ufiteyezupatrick7699
says :
Nijye wavuze ibyo gukebwa ndagusaba kujy wiga ibyanditwe atarukubisoma kd umwuka were niwe mwarimu
>>
<<@ufiteyezupatrick7699
says :
Gukebwa. Abakorosayi2:11-14
>>
<<@ufiteyezupatrick7699
says :
Jyusoma nshuti yanjye. Gukebwa Ni umubatizo. Abagaratiya6:11-16
>>
<<@jeremientawutayavugwa2718
says :
Nimwishakire cash
>>
<<@RaissaMukashyaka
says :
Gsa Imana igutabare ugeze kure peeeeeee!!!!?
>>
<<@RaissaMukashyaka
says :
Gsa Imana igutabare ugeze kure peeeeeee!!!!?
>>
<<@RaissaMukashyaka
says :
Gsa Imana igutabare ugeze kure peeeeeee!!!!?
>>
<<@RaissaMukashyaka
says :
Gsa Imana igutabare ugeze kure peeeeeee!!!!?
>>
<<@RaissaMukashyaka
says :
Muze niba uri umusohoke rekeraho gusebya itorero ry'Imana warisebya utarisebya ntirizigera riseba kuko urihagarariye ni umugaba ukomeye.niba ushaka gushinga iryawe bikore ark ntusebye itorero ry'Imana
>>
<<@TheogeneNdayishimiye-xt2wo
says :
Kuba umazimyaka myishi mwitorero ntibyigeze bigiricyo bikumarira kko n yuda yiganaga nabandibigishwa bakamenya ukuri arko kokowe intecyerezoze zabaga zibereye muburiganya mubugome mubujura nicyocyatumye akora amabara ubworero kubusaziye mwitorero ntiwarukwiriye kubidukanjyisha ngutuyobye usibye woe nabakuruta ntibatuyobya gumana uburiganya bwawe nkubwaba farisayo abatabyi abayuda nimwebwe mwagambaniye umwana w lmana ninamwe muzatugambanira ibyongibyo tubizineza
>>
<<@TheogeneNdayishimiye-xt2wo
says :
Amahoro Ndumba mutangiye kare
>>
<<@iratabara-e2d
says :
Mwese Nta mwuka wera ubarimo Navukiye Ntabwo senga ku isabato kuko namenye ubwenge sanga murugo Basenga muri Adpr Ariko Ariko ndahamya neza ko Isabato ariyukuri Kuko Yesu yaravuze ngo Ni tumwizera tuzabasha no kumvira Amategeko y'Imanase wo mu ijuru Harikintu twibeshya ngo dufite mwuka wera ngo Ibyamategeko ntibikiriho ubu ni ubuyobe kuko Yesu we Yarivugiyeko Ataje gukuraho isabato Ahubwo yaje kuyikomeza kandi Numvise beshi baziko Ari we Mwami w'Isabato none niba ariwe kuki muvugako ntagaciro ifite Baratuyobya Cyane Bitwaje Imana batazi basobanura ibyo bitekerereje Nonese Kuki Amategeko Yabantu yo tuyubahiriza yewe hari nabubaha ayasatani None Isi nijuru bizashira ariko amategeko y'uwiteka ntazavaho ninyuguti nimwe Nonese Murigushakako abantu bahagararahe Konjye nasuye amatorero atarimake Nasanze Iribibazo mubujyo bwo gusobanukirwa Ibyo Yesu asusaba kandi aheshi bavugako bafite mwuka wera Ahubwo wowe muzehe Iyo myaka wamaze muri advantiste ntiwigeze ukizwa ,Kuko mumadini Yose ntabyera ngo de Ariko Yesu yaravuze ngo muzabamenyera lumbuto zabo Njye Ahubwo mbanumva Ayamadini yose yakwigaranzura kuri iroma akajya asenga ku isabato kuko numwami wabo ari umwami wisababato Mwirinde Mutagenda Mutagenda ikivuge kuko nzira yumusaraba iraruhije Izo sengero mwirirwa murata Aho kugira mukizwe Ariko ibihe turimo ntagitangaje Kuko mumisi yimperuka Bazirwiriza abigishwa Bibinyoma Bazaba bazaba bashaka kumva ibijyanye nirari jyabo
>>
<<@jeankamanzi3295
says :
Nonese kuki mutabatiza mwizina ry umwami wacu yesu Kristo kandi nintumwa ariko zabatije
>>
<<@HabanabashakaOlivier-ks8bb
says :
Kukibazo gikomeye cyane rwose kubona inyisho ziriho uwavugako arudubi rwinyisho siyaba abeshyepe ushaka Imana asome bibiriya ibindi asenge umwuka adusobanurira
>>
<<@nehemiekwizera1277
says :
Mwiriwe neza , jewe nafise ikibazo, mbese uwo mwuka wera avuga aha ni wawundi wigishwa nabizera ubutatu canke niwaMwuka wera biblia yigisha ariwo Yesu kristo uba muri twe?
>>
<<@RubayitaRukaka
says :
Ma Mpyisi yemeyeko.yayobye ayobya benshi😂😂
>>
<<@BashyitsitheogeneTheogene
says :
Uwomugabo ahagarariye anti kristo
>>
NEXT VIDEO
>>