<<@Yvescomedian says : Wahora Niki jyewe nakijijwe mbana numugore mpitanjyamuri korari nonubu barampagaritse ngoninjye gusezerana>> <<@megdee777 says : Uyu mugabo n'intambara ze n'amadini 😂😂😂 ubu ukekako ingo zisenyuka kubera amadini?>> <<@mukagwirevestina8066 says : Amen hallelujah hallelujah 🙏🙏>> <<@mariembasabire5326 says : Ukuri kuzuye, umugabo cg umugore wo mubusore bwawe,niwe wemewe ,mukarera abo mwabyaye neza,none abantu barikorera ibyo bishakiye>> <<@rosekalire2661 says : Urakoze cyane Mwene Data. Iri somo riraryoshye cyanee. Yabaye Abantu Bari haga agaciro. Birirwa bamanitse amaboko kw, Ibendera barahira ngo bazabana by atera ka 2 bajajya muri ya Mazu basaryemo ngo ni insengero nuko uwiyita Umukozi w, Imana erega ni Imana biremeye Ati reka mbasezerante Ati ni murahire ko muzabana akaramata. Bakarahira nyuma y, umwaka bajajya mu nkiko kuvuga yo amangambure batandurana>> <<@MuberanyamboBitsuri says : Sibyiza nkumwizera gutandukana n'uwo twashakanye kuko yahinduka kubwanjye atahinduka ubwo nkaba nikuyeho kuzabazwa ubugingo bwe (aho kugira ngo wowe utane watanwa cg uwo mwashakanye agashaka gatanya wowe ntayo ushaka ) nubwo uba uremerewe gahirwa abihangana bakageza imperuka murakoze>> <<@christinemukamana1859 says : None se abatandukanye ,bakongera bagashaka,bakaba bafite imiryango ,bazata abo Bari kimwe basubirane cg umwe umwe yibane?>> <<@mustafamuyangokanimba1379 says : Murakoze kunyigisho muduhaye ,Ubu nibwo nunvise Ijambo iriba wifukuriye icyo bisobanura>> <<@hitimanavedaste5288 says : Muri American ngo hari urusengero rwahiye barimo gusezeranya abatinganyi ntamakuru mwaturusha niba ari ukuri?>>
VideoPro
>>