<<@RenieNyiramikindo-h1k
says :
Yesuweee. Nisyano nishyano nishyano njye ndumiwe pe
>>
<<@RenieNyiramikindo-h1k
says :
Koresha impano yawe muhungu wakristo cukumbura mumbaraga zijuru nubwo wabizira wasinzira ntiwapfa twese ncyo dutegereje turagusengera kandi turi kumwe cyane
>>
<<@TumushimwePacifique
says :
Niba umuntu wekugiticye adashobora gushakisha ukuri kugiticye ahubuo agashimishwa nogukomeza kuguma muruhanderubi azafa yizize
>>
<<@MukanankubitoVestine
says :
Bakozi bimana kuraje imana ibahe imbaraga zokuvuga imana mushize amanga kuko muri kugera ikierenge mukintumwa zababanjirije kd nazo ntizemerwaga ariko mukomerere mumwami ntcyo tuzireguza imbere yimana
>>
<<@Habimanatheo-mg7zk
says :
Mwakoze cyane ❤❤❤
>>
<<@DioniseIribuka-m7g
says :
Umwigisha w'ukuri ntatoteza abandi,rero telephone za i phone turazi ivyozikora,nayo mashusho werekana yubunyoma ,mwoye gucira urubanza abandi kuko simwe mwashinjwe kuzatwara ijuru
>>
<<@Uwamahoroviolette-i6o
says :
Jyewe icyombona bashaka nabasigaye bataruhuka icyumweru kuko abandibarimo ntacyobabashakaho kuko bari kuri dimache yabo Uwiteka rengera abawe
>>
<<@iduhiregaston3681
says :
mfte ikibazo mumbarire munsubize .gusa ngewe nakunze iki kiganiro wowe ukora amateraniro kuwankangahe
>>
<<@ndayizigiyedamiano5061
says :
Bakozi bimana amadinii yaramaze kunywa ubumara bw ivyo ba beswe biragoye kubibakuramwo Mukomeze vyibuze hazavamwo numwe IMana ibaje imbere
>>
<<@sixbertm
says :
Itorero ry'ukuri ni umutima wanjye/wawe. Ibya Kiliziya gaturika/umushumba wayo birakabije, ariko reka no kuba umunyadini kuko Pentecote y'ubu ntago ari nk'iyacyera, kimwe na Gaturika ya cyera itandukanye niyubu! Mufashe isi kujijuka no gukizwa tukava mubyaha ataribyo kwigisha kubya matorero kuko nta torero rikiri iry'ukuri.
>>
<<@NiyomwungeriDieudonnee-uu8bb
says :
Ariko nibaguhamagara NGO ubivuge imbere yubucamanxa uramenye uzabe uhagaxe mukwizera usenge cyane kuko yesu arareba Uwiteka akujye imbere mboneyeho no kwamamaaza igitabo cyintambara iko meye kitaravaho uwiteka akube imbere muri byose
>>
<<@NiyomwungeriDieudonnee-uu8bb
says :
Soma ibyahishuwe :13 icyo give haratubwira ibyigishushanyo cy inyamaswa pe ESE kivuga kuri NDE ? Uwiteka absne namwe no gutohoza Imana ibane natwe twese intama so zirahari no muyandi madini mbeee ibi ko mbyumvise !! Pe
>>
<<@ChanceAnualita
says :
Ese ko numva amadini yose wayaharabutse wowe turamenya uri igiki koko ahaaaa
>>
<<@ChanceAnualita
says :
Subwo mwaretse amgambo yamateshwa murikubona yesu yiteguye kurwanirirwa namwe mugifite gusebanya nkuko.abwira petero ngo mva inyuma satani ntiyarashate kwita peter satani ahubwo umwuka wakoreraga muri petero nawe rero niba ntawamenya ikikurimo uretse yesu wenyine
>>
<<@ChanceAnualita
says :
Nkuko wirirwa ugenzura utubwira ububi bwa papa tutazi ni catolique nawe uwamenya amakuru yawe yimbere wasanga ibyumba byumwijima utunnze muri wowe birenze ibyikuzimu.imana ireba mumitima yavuzeko uzizera umwana wumuntu azavumwa nawe rero uwizera ibyuvuga avumwe.uwo kwizerwa ni yesu kd ntiyigeze acogora kuganiriza abamwizera
>>
<<@ChanceAnualita
says :
None c iri nijambo ryimana uzanye cg nurubanza uje guca muragowe ahubwo muzashya mwumve .izonyigisho urumva zimariyiki ubwami bw'imana uretse gusebanya kd tubizi nezako umwana wo kurimbuka ahari kd byanze bikunze mesiya azaza kd azatabara itorero ritarandura muvanaho itera bwoba umuka wera twahawe suwubwoba
>>
<<@eugenientihabose1196
says :
Twoye kugenda nk'imburabwenge Ivyavuzwe vyose bitegura kuza Ku Mwami Yesu kurasohoye
>>
<<@shemagentilestime5510
says :
Hhhh🤣🤣🤣🤣nonese ibyo byatubuza gusengeraho twizerera kuba umuntu yakora ibidakwiye se bivuzeko ari ryodinira narumiwe koko hoshi genda
>>
<<@bicangabenshi250
says :
Njyewe ndamwisabira iyo link yavuze ayimpe dushire impaka
>>
<<@claudettemunyana1935
says :
Yezu ntabwo yazanywe n'intungane ,ahubwo yazanywe n'abanyabyaha.nimumenye ibibareba kandi nimwiririre hamwe n'urubyaro rwanyu. Papa na eglise catholique mubahe amahoro .
>>
<<@RuhubiraClaude
says :
Njya nkukumbura na madam claudine kubera urumuri mubyumwuka mwamurikiye nubusanzwe wagiraga imico myiza ariko umaze gukizwa biba akarusho ndagushimira ko ugikomeje umurimo wimana baribiwa sana
>>
<<@RuhubiraClaude
says :
Kamanzi patrick mukozi kandi mwana wimana ndagusuhuje nitwa claude R mwakundaga kwita bagosora kukibuga i kanombe
>>
<<@NyirahabimanaFlorence-ht3lg
says :
Icyambere nukwakubatizavugango nkubatije mwizina ryimanadata namwana
>>
<<@kankindiagnesturahabaye7048
says :
Reka mbabwire mwa bagabo mwe, Yezu yavuze ko Ari we nzira, ukuri n'ubugingo! Ubwo abakurikiye papa ni akazi kabo! Namwe mwihinduye abacamanza Kdi umucamanza w'ukuri utabera Ari Imana namwe birabareba! Njyewe n'inzu yanjye tuzakurikira Yezu tuyoborwe n'Ijambo Rye! Muve mu iterabwoba! Muzabona ishyano namwe
>>
<<@itangirubuntuepiphanie1376
says :
Icyonzi Nuko buri wese azabazwa ibye, kuba mu idini ni location Gusa. mushaka mwamenya Imana nicyo ishaka ibyamadini mukabifata nkibisanzwe.
>>
<<@angelinagikundiro1463
says :
Yewe nukuri byo yavuze ngo muratukana mugatuka ni byo mutazi , niyo mpanvu yavuze ko muzahanwa bikabije ! Ibya Kiliziya byihorere komeza wirindagirire gusa , ariko Yezu na sanga Ug igiye ubwo bytes bwawe mukanwa uroga abana , nakazi kawe , turabazi Yezu yasize abatubwiye , iryo banga turarizi , Hague’s abavakurikira , wanjiji we uyobewe ko Yezu yasangiraga na banyabyaha ? Uyobewe ko Paulo yasingiraga na banyabyaha , none umunyabyaha utamwiyegereje wamuhindura ute ? Ufite umwuka wa shitani ubundi umuci wa manza ntabwo azakandigira Mw’ijuru ! Manabi ya uwongo we !
>>
<<@relaxreal4674
says :
ariko iyo mihango uvuga ya satani ni iyihe. mukangurire abantu kuva mubyaha namwe murimo. bakore neza bakiri ku isi. naho iby Amadini byo bizarangira uko byatangiye, by'uzuye ibinyoma gusa. Nta dini y'ukuri n'imwe ibaho njye narumiwe. Nawe uvuga, umenye ukuri k'unkomoko y'ubukristu wakumirwa. Yesu niwe mwami wacu , Naho ubukristu bwaremwe kubwinyungu zabantu zo kugurango bashyire abantu hamwe babone uko babategeko nk'intama zijya mw'ibagiro. dukikire Yesu nkumwami n'Umukiza dukore neza tukiri kwisi, Dukunde bagenzi bacu nkuko twikunda kandi tugirire impuhwe abababaye tubafashe, Ubundi tuzajya mu ijuru. Abanyamadini bo nawe urimo, ahaaaaa twarabamenye ni nkuruhererekane, mwigisha ibyo mwabwiwe gusa, ntabushakashatsi, ngo ni Bibikiya gusa nayo utazi aho yaturutse. Mugenzi wanjye uri gusoma iyi comment, kabone nubwo yakurya mumutwe, niko kuri. Dushyigikirane Dukore neza tureke gushyigikira abakora ibyaha natwe turimo ngo ni batanyanga. Ubuzima ni buto kurenza uko tubitekereza, tubukoremo ibishimwa n'Imana . kabone n'ubwo isi yadutera Amabuye, Imana izadukingiza ingabo yayo
>>
<<@kobebernard6011
says :
Kamanzi Imana iguhe umugisha kandi ikomeze ikwagure kandi igukomereze mu rugendo,ikomeze ikwagure muburyo bw'umwuka ndetse no mu mubiri,Uwiteka abe hamwe nawe❤
>>
<<@alphonsineBigirimana
says :
Kugira ugire jugement éclairé ku kintu, uba ufise maîtrise de tous ses contours. None nk'ubu, ivyo uriko uragirira critique, urafise tous les éléments du contexte vyabereyemwo? Ubwo ntubona ko ukwiye kwitonda na rirya utazi vyose kuko utari Imana? Urazi ko nk'ubu uriko urayovya benshi utabizi kuko hari abantu bafise capacité d'analyse ntoya?
>>
<<@muhireilidepfonse4760
says :
Stan afite imbaraga ark ntazirusha imana.ahubwi bantu muhumuke
>>
<<@sarahniyonzima4652
says :
Amen God bless you
>>
<<@OdetteManayatwese-p8d
says :
Mbega kuki abantu mushingwa na kilizia catolica?Murabe ibyanyu .
>>
<<@IrakozeProsper-kq3qq
says :
Kora akazi kugira uronke abanwanyi. Hamw na vuies
>>
<<@bageni.aimable
says :
Ese hari ubuyobe buruta ubwo kuvuga ku muntu ntahindukire ngo akwereke ko wavuze ubusa? Wakabaye uzana ibyawe byiza tukabikurikira, utabanje gusebya umuntu mugenzi wawe mwaremwe kimwe. Mwakwirinda kuba abafarizayo cyane kuko nta mwere kuri iyi si kdi twahawe ubwenge bwo guhitamo ibitubereye.
>>
<<@dianesikubwabo5431
says :
Murakoze cyane bakozi b'Imana kubw'ubu butumwa mutumenyesheje,Imana itabare abantu bayo izaduhishe ayo makuba ntazatugereho. Nimuhabwe umugisha amavuta agumye abuzure.
>>
<<@delphineniyonsaba3534
says :
Imana iguhaze uburame
>>
<<@delphineniyonsaba3534
says :
Umwuka numumaro witorero amen
>>
<<@jeanpierrehabumugisha4227
says :
Niba aribyo umuvadimwe papa yigane pe.
>>
<<@kwizerayvonne1950
says :
mukaba abashetani ndabarahiye , ndabihamwa ! ese abantu bagenda bahumirije ! ibimenyetso biriho . mwubahwe , Muze mumpa amakuru
>>
<<@myhobby4566
says :
Mwaduhaye iyo cite ya Vatican biriho tukabireba
>>
<<@odettemuba7564
says :
Si vous êtes un serviteur de Dieu, arrêtez de critiquer les autres églises, tu n'auras aucune récompense pour ça devant Dieu. Prêchez la bonne nouvelle de Jésus Christ notre Seigneur et Sauveur
>>
<<@odettemuba7564
says :
Sites zaba satanistes barwanya Vatican nizo mushigikura. Muzabyishura.
>>
<<@odettemuba7564
says :
Umuhamagaro wawe n'uwogusebya papa ? Cyangwa nuwogusingiza Jésus Christ ? Muribanyamadini gusa
>>
<<@Pascaline-w7b
says :
Buryawewe uracumura utabizi mube mwitondera isi kuko umuntu nimugari
>>
<<@ubananezaadeline9298
says :
icyokigo bamaze kugitaha Byabaye mukwezi Kwa 2/2023.
>>
<<@shyakagerard4914
says :
Asyi wowe
>>
<<@dodododo1881
says :
Ndunva kwimura Imana nabwo bibaye ubu byabaye kuva intumwa zagendanye na Yesu Kristo zose zimaze gupfa niho bakuyeho intorero rya Kristo ,kuko mwibuke ko bahise bafata imihango ibera kwa papa Francis mugatolika ,nayitwa ko aramadini yabarokore nabo iyo mihanga yokwirega ibyaha ,byaburimwanya ,gutanga amaturo yogushyima ,ibyacumi byose nibyabagatolika ,nonese ko Yesu Kristo koyapfanye natwe kumusalabara akazukana natwe tukaba turikumwe , Yohani 1:12-15 Mugwanya ubutunwa bwiza bwa Kristo bavugako ubuntu ngo ninyigishyo ,kandi ubuntu nu buzima Ubuntu ni Kristo ibyuzuye Kristo nubuntu bugeretse kubundi ,kandi natwe abamwizeye bose twahawe ubwobuntu bugeretse kubundi ,
>>
<<@venustehakizamungu9452
says :
Iki kiganiro ko mukigaruye?
>>
<<@venustehakizamungu9452
says :
Iki kiganiro ko mukigaruye?
>>
<<@uwasepeggy112
says :
https://youtu.be/mVghLd2oQXA🥺🥺😢
>>
NEXT VIDEO
>>