<<@ManirafashaBerthilde
says :
Ese wowe Yesu aje wagenda?ese urejejwe cyangwa ni anda?
>>
<<@marierose4670
says :
Irinde guca imanza muvandi
>>
<<@St.Theresechoir
says :
nawe hari icyo ushaka, gusa igisha ijambo ry' Imana wikwigisha amadini kuko hari byisnhi Imana ishaka ko bamenya ntago andi madini ari ikigisho kigomba kwigisha, kandi ibyo wiyumvisha siko byose ari byiza. urakoze.
>>
<<@Alain_five
says :
Uvugisha ukuri pe!
>>
<<@ConcilieNiyomugaba-gk6iv
says :
Inaha muburayi muri summertime bafunga insengero
>>
<<@ConcilieNiyomugaba-gk6iv
says :
Ariko ntago idini ariryo rizajyeza umuntu mwijuru upfa kuba ukiranuka kandi wemera umwami Yesu nkumwami numucyiza
>>
<<@gajuselaphine3054
says :
Soma 1 timoteyo 3 cyose Paulo intumwa ya Yesu twemera yahamije ibyabepiscopi naba diakoni. Kumurongo wa 15hatubwira neza imico bagomba kuba bujuje. None wowe ngo ntibagomba kubaho. Twumve ibihe tureke ibihe?
>>
<<@jeandamourndereyehe7286
says :
Pawuro yari mwidini ninaho yesu Kristo yamusanze. Abazeroti Naryo ryari idini...bose bambara mumadini na Nikodemu yari mwidini
>>
<<@jeandamourndereyehe7286
says :
Uwiteka a kugirir ubuntu: ijambo ry'Imana ritubwira ko itorero ryabera b'Imana riyoborwa nabariyobora abo aribo. Urikuvanga amadini nitorero ry'abera b'Imana. Ntanarimwe ijambo ry'Imana riduhamagarira gusohoka mwitorero ry'abera. Ntabwo rwose dukwiye guhamagarira abera b'Imana kuba mwitorero ry'abera. Guma aho uri muri Yesu Kristo abe ariho ukorera umurimo w'Imana , hanze intare irigutontoma ishaka uwo yaconcomera. Ikindi mwitorero aho uri umurimo wivugabutumwa buhoraho kugeza tujyanywe mw'ijuru. Ndi murusengero rwumwuka sera ariko ntabwo turi itorero, cyangwa umubiri wa Kristo ahubwo turi ingingo umubiri wa Kristo niyo mpamvu itorero ry'abera ariryo mubiri wa Kristo dukwiye kuribamo Kugirango tubarirwe mungingo zumubiri wa Yesu Kristo.
>>
<<@jeandamourndereyehe7286
says :
Imana yaremye isi n'ijuru ubwoyo yashyizeho umunsi iruhuka imirimo yo kurema ashyireho nitegeko ryo kuruhuka umubiri w'umuntu muburyo bw'ubumana mubuhanga bw'Imana buri muntu muzima bwe bwa burimunsi mumasaha 24 Imana imushyira mukiruhuko cyamaha yijoro yategekewe mugihe cyayo kimwe nkibindi biremwa byose by'Imana : uvanahe ko umuntu adakwiye kuruhuka imirimo akora kandi n'Imana ubwayo yararuhutse ikanadushyiriraho amasaha yikiruhuko. Ibyo byitwa kuvuguruza itegeko ry'Imana. Niba umuntu Imana yaramutegetse kuruhuka akaryama agasinzira kiki ushaka kuvanaho iryo tegeko ryo kuruhuka Imana ubwayo yanditse mubugingo bw'iremwa byayo!?
>>
<<@irakozebelyse2432
says :
Erega turimubihe bibi kuki umuntu asenga ibishushanyo kandi atarivyo dukwiriye gusenga erega impamvu abagathorike bavuga ngo bikiramariya arabarinze impamvu ntibigera basoma bible nuko bategereza birya babasomera niyompamvu kabisa ahubwo burimuntu wese nasenge kugiti cee hama Imana imusobanurire burikimwe cose kuko turimubihe vyanyuma ncuti zanje murakoze hama pasta Imana iguhe umugisha ukomere nubwo bogutuka ntacobitwaye kuko uwo wakwirikiye nimuzima murakoze cane muhezagigwe
>>
<<@francoisemukambye
says :
Murwanya kiliziya Gatholika ntimuzayishobora! Umubyeyi Bikiramariya ahorana nayo.
>>
<<@liberenyabenda6646
says :
None mwebwe murwanira amadini KO avuga murirusangi komuzikidini yanyu izobashikanaku Mana bibabariza oki? Tubwire namwe ukuri kuruta ukwavu ga tubemere twebwe turamwemera Kuko avugaibigaragara
>>
<<@jeanmarie6736
says :
Ntibanyishuye
>>
<<@uwizeyemarieclaire-fe6ox
says :
Wowe urita abantu injiji? Kucumuzwa nubusa, amadini siyo azatujyana mu ijuru, jijuka
>>
<<@jeanmarie6736
says :
Biyibagiza ko Yesu Ari we mazi ntibamwizere vyukuri nabajije abapasitori bagenzanje atimbega amadini azafungwa azize iki?
>>
<<@ABERAJudith
says :
Yewe ijuru niba ariryasowanyu ntawuzaryinjiramo pee,Muba mwishakira viewers,Ipagasirize muvandi.Naho jyewe Umuntu usenya abandi simukunda.Yego turabizi neza yuko abavuga Mana,Mana bose atariko bazajya mubwami bw'Imana,Ese twabwirwa niki konawe utari murabo?
>>
<<@bayisabechris
says :
Ntuye i Burundi.Nivyo amadini menshi yuzuye ibinyoma, ubupfumu n ibindi bibi, ariko gufatira hamwe amadini yose atanarimwe rizima ririho, uba uri kuyobya abantu.Babwire bave mumadini y'ikinyoma baje mu madini y ukuri kuko arahari.Amazima ariho.Ureke kubwira abantu ngo bave munsengero.
>>
<<@megdee777
says :
Ni wowe uzarimbuka wowe wigize umucamanza w'abandi, uri igiki usibye impumyi ishaka kurandata izindi? 😂😂😂😂😂
>>
<<@watchtowertv5436
says :
Iby'imbabazi byo ushatse wakwicecekera kuko Imana si mugenzi wawe! Yaravuze ngo nzababarira uwo nzababarira nzagirira ubuntu uwo nzagirira ubuntu! Kugena abazababarirwa n'abatazababarirwa byo aho uba warenze umurongo.
>>
<<@e-squaretechnologyltd4907
says :
Mwaramutse ese umwami wumunyamwaga azima ryari? Ese azima Itorero ryaragiye
>>
<<@hindukamushya9673
says :
Ndi umuyoboke wurwo rusengero uri kwigisha ubu niryo torero ryanjye mbarizwamo Amen Imana ibakomeze
>>
<<@hindukamushya9673
says :
Mugihe iyo ugiye kuvuga ubutumwa Bishop wawe akureba nabi ngo ugiye kumutwarira abayoboke cg icgubahiro? Uri intumwa ya Yesu byukuri Iyo niyo Ministri ya Yesu kwiga ugakura ukajya kwigisha abandi
>>
<<@hindukamushya9673
says :
Wowe urigisha gukuza abantu bakajya gukora umurimo wa Yesu
>>
<<@hindukamushya9673
says :
Olalaaaaa mbega ubutumwa bwiza
>>
<<@hindukamushya9673
says :
Imana igukomeze kugeza ushoje umurimo w’uwagutumye ari we Yesu
>>
<<@hindukamushya9673
says :
Urigisha ukuri kuzuye
>>
<<@hindukamushya9673
says :
Oya ntago yajya mwijuru asambana keeetse yihannye akabireka
>>
<<@hindukamushya9673
says :
Kwirinda
>>
<<@hindukamushya9673
says :
Amen
>>
<<@hindukamushya9673
says :
Imana iduhe kuba mubushake bw’Imana gusa kugirango tuzicare iburyo bwa Yesu aho twasengera hose nuwatubwiriza wese ariko tugire Umwuka wo guhishurirwa kumenya ukuri kuko birakwiye Kandi Yesu aduhe guhinduka no kwera iImbuto nibyo nunva atwigisha ari abakozi ari nabizera twese twambare ingambato itariho ibizinga kuko Imana ari Iyera dushakashake icyo Umwami ashaka? Twunguke kumenya Imana
>>
<<@hindukamushya9673
says :
Ahubwo ibyo avuga Abe abigenderamo nicyo twamusabira gusa Kandi aravuga ati ukora gutyo niyihane abivemo
>>
<<@hindukamushya9673
says :
Aravuga kwita kwiherezo ryacu kandi Yesu nibwo butumwa yasigiye Intumwa ze? Itorero rybatse kuri Yesu n’Intumwa ze? Yesu yaje yigisha kwizera kwihana n’ubugingo nibyo uyu nawe avuga
>>
<<@hindukamushya9673
says :
Ntago ayobya abantu dufite umwuka wera udusobanurira ukuri iyo aza kuba ayobya ntaba avuga kwihana abisobanurishije ibyanditswe Byera ayobowe n’Umwuka wera
>>
<<@hindukamushya9673
says :
Yohwana 4-23
>>
<<@hindukamushya9673
says :
Ahubwo musengere Imana imukomeze nawe ntazateshuke kukuri araburira abantu ushaka kunva yakunva ariko ntaho aca imanza pe tumusengere nabandi nkawe mu matorero yose Igihe kiraje ndetse kirasohoye kugirango abasenga Data bamusengere mu kuri no mu Mwuka kuko bene abo aribo Data ashaka ko bamusenga
>>
<<@hindukamushya9673
says :
Ntago aca imanza ari kwigisha ukuri kw’ijambo ry’Imana muvandi
>>
<<@hindukamushya9673
says :
Icy’gitabo nagitumye bazakinzanira nizereko izi number arizo kuko nizo natanze ngo bazahamagare
>>
<<@hindukamushya9673
says :
Uku nukuri kwa Yesu
>>
<<@hindukamushya9673
says :
Mbega inyigisho nziza wee
>>
<<@hindukamushya9673
says :
Yego wee
>>
<<@hindukamushya9673
says :
Ntakuruhuka rwose
>>
<<@hindukamushya9673
says :
Amen amen
>>
<<@Billmaster23
says :
Jean Eric komeza uduhumure rwose congratulations
>>
<<@proelieniyonizeye1259
says :
Uzi ingaruka mbi zarya mavuta basiga abantu Uzi ivyokwambaza abatagatifu reka reka imyaka nakubiswe namadayimoni nkiri murivyo nitwa ngo ndasenga reka bavuge ukuri Ntayindi nzira izotuma tuja mwijuru atari kwihana no guheba ivyaha vyacu no kwizera Umwami wacu Yesu Kristo
>>
<<@proelieniyonizeye1259
says :
Bandanya uvuga ukuri kuko ivyuriko uravuga nibigaragara ahubwo nuko ntari hafi yawe nibindi twobivuze amadini ariko ayobya benshi katorika umwana kuva akiri muto bamureresha kudasoma bibiliya kutihana kudahunga ivyaha nubundi buyobe reka bovuge wongere ubivu umbaye Kure nagufasha pe.nta munyedini azoja mwijuru
>>
<<@isaruratv4871
says :
Mwitondere uyumugabo arimo kuyobya abantu benshi batabizi! Mwitonda nyamuneka! Nabamwe yifashisha mubitondere cyane.
>>
<<@isaruratv4871
says :
Wowe urinde wiha guca imanza? Kd mwabantumwe!!!
>>
<<@alphonsineBigirimana
says :
Ariko murisuzuma neza ko atari mwebwe mushobora kuba muri abahezanguni. Nta dini na rimwe mutanegura? Gushika naho mugena abakwiye kuronka imbabazi z'Imana n'abatazikwiye? Murajwiye kwitondera ivyo muvuga kandi mugaca bugufi ivy'Imana biragoye.
>>
<<@letstalknature.9982
says :
Ni abahe se bagiye kuruhuka? None se pentecote mu Rwanda ntabwo iyobowe na rpf? Siryo dini ushimagiza? Icyakoze ufite ururimi iyaba byabaga bingana no Gukiranuka ufite Imana ikubonaho!
>>
NEXT VIDEO
>>