<<@VincentNtahonkuriye says : Jembona yarigeragejakwishura ndiburundi igitega azabanbanye nibindi>> <<@NsabimanaDamaour says : Branamu ubuyobe bukomeye yiyita Yesu wagarutse ,kuri buranamu umusaraba n ugutsindrwa twebweho Kristo yaratsinze ni muzima niwe mizero yacu ni damour Imana lbashyigikire>> <<@marthemukarugira5266 says : Mbese bavandi ko ndeba mwibasiye amadini na amaturo nkaba ndeba mwrashyizeho nimero ya account na momo yo gushyiraho amafaranga mwebwe bite ariko ndabumva ibyo mukora ntibyakunda nta financement none andi madini ko ari associations kdi zitafonctiona nta financement none mukaaba muca intege abanyamuryango mugushyigikira amadini mugamije iki? mbese nukumenyekana cyangwa nukugirango umurimo wi IMANA UCIBWE INTEGE nonese muragirango uwizera avukirehe arererwehe ? nonese ubundi ibyigisho byanyu bigamije iki gusohora abantu mumadini ngo babe abana bo kuri iyi mihanda. MUHUMURE ABAZI IMANA YABO BAZAKOMERA KDI BAKORE IBYUBUTWARI>> <<@NdikumukizaTheoneste-gk1tm says : Bibibiriya kuva mwitangiriro kujyeza kurishya ntahobitandukaniye kereka nayo ibamo ibice bibiri>> <<@KubahaUwitekanibwoBwengeTv says : Mugire Amahoro bavandimwe Umwami w'Abami Yesu kristo Ashimwe mbifurije kwemerwa n'Imana buri wese yita kw'iherezo rye, Yobu:28:28 Maze Ibwira Umuntu Iti Dore kubaha Uwiteka ni bwo Bwenge Kandi kuva mu byaha niko kujijuka, Imigani:8:13 Kubaha Uwiteka ni ukwanga ibibi ubwibone n'agasuzuguro n'inzira y'ibibi n'akanwa k'ubugoryi ni byo nanga, Mariko:1:15 Igihe kirasohoye Ubwami bw'Imana buri hafi nuko Mwihane mwemere Ubutumwa Bwiza.>> <<@ishmaelirumva6410 says : Komerezaho pe. Twigishe abandi ubareke pe.>> <<@ishmaelirumva6410 says : Komerezaho pe. Twigishe abandi ubareke pe.>> <<@NSABIMANAPeter-h8e says : Uzasobanurire abantu Daniel 8:14,ubihuze n'lbyahishuwe 10, nicyo Laodicea bisobanuye,abasigaye ni bande bavugwa mu Byahishuwe 12:17.>> <<@estellaniyonzima3031 says : Ako karirimbo gatangura karirimbwe nande?>> <<@estellaniyonzima3031 says : Jewe nashaka ndamubaze KO yemera ko abagore bakwiye kuba aba pasteurs>> <<@gilntihe4445 says : Murakoze cane kunyigisho zitangiwe ngaha ,ntarinze kuvuga vyinshi nshimye gutuma Missionary Jean Luc k umukozi w Imana Pasteur Musisi canke nawenyene arashobora kunyishura Mbe ko kera ikijanye NAMASHIKANWA N IBIGIRA CUMI bitari bifatiye kumafaranga ahubwo vyatangwa mugwego gw ivyimbugwa n ibitungwa ariko ubu bigafatira ku mafaranga gusa hoba hahindutse iki kugirango bibe bityo nkuko umengo aborozi n abarimyi ntibakirekuriwe kubitanga ahubwo ikizimbere arikijanye n amafaranga gusa.>> <<@rebahejuruubehoofficial says : Musisi we, nange unyumve neza nange ndi umunyantege nke, ariko uri mu bantu bantera agahinda kuva nakumenya kuri Radio amazing grace. Uri bwenge bw'isi, kd uri umwiyemezi cyane... Ushobora kuba utajya unasoma cg ngo wige ukuri kuzima, kuko ushobora kuba wibwira ko ibyo utazi bitabaho. Mu kuri sinkwanga kd sinkirwanya, ariko ntaguhishe ufite ingorane yatera umunyabwenge agahinda.>> <<@DufatanyeEric says : 📖🤝🙌🙌🙌🙌>> <<@SindayigayaEdouard-of9no says : Uragira uti nibyakera umubwiriza haravugango ibyacyera nibyo bizongerakubaho>> <<@SindayigayaEdouard-of9no says : Nonese wabwirwa Niki ko ibyoyeretswe Atarukuri>> <<@sajumasjokes5326 says : Kandi uzarimbuka wamugano we kuko niba utarabimenya wowe ukorera antikristo>> <<@ndacyayisengajeanclaude6772 says : Murakoze kuriyongingo mwaganiriye gusa kubirebana mimyizerere yabahamya bayehova muzatumire umwe muribo aze asobanure musisi ibyo atumva iyo ushaka kumenya imyizerere yidini ubaza banyiraryo baririmo. Kuberako ubajije umuntu utarisengeramo ashobora kukubwira ibitaribyo.>> <<@ndacyayisengajeanclaude6772 says : Byaba byiza uwomunyamakuru uyoboye ibiganiro agiye agaragara kuri camera>> <<@bankyolusegun3716 says : Ibyi Imana mujye mubigendamo gake kuko nibwiru>> <<@antoinettensabimana8271 says : Mwotumenyera eklezia cathorika yatanguye aruko yabonekewe n'a mariya? ikindi naco mbe ivyo sekibi ivuga mubimenya gute Aho kumenyas inkuru nziza ya yezu christu>> <<@annemarieinakanyange5314 says : Pasteur abo bagutuka, bashaka kuguca intege, ubime amatwi. Komera wongere wigishe hari benshi bamaze kujijuka. Imana iguhezagire igukomeze>> <<@isokoyubuzimatv6232 says : ibisambo byibimana gusa bibiriya ivugiki bazayobya nintore zimana arikowe konabonye lmana itanga umujyisha kuwatanze amaturo nicyacumi niwitejyereza ubukene bwatajyiye ahutajyiye kuyobya abantu bakiba lmana ahubwo nutihana uzarimbuka urintumwa yasatani mubemaso abasesengura ibyimana baragwiriye abantu bakuho nibyanditwewe>> <<@seth-AZ says : Mutabazi niwe ujya uvuga ibya dimension ya 4 yo kumva ibintu kurwego ubivuga ashaka ko byumvikanaho imvugo yawe uzayimanure igere kumyumvire y'iki gihe. Amaturo ni icyacumi no comment.>> <<@Alain_five says : Yesu ntago ari Imana kuko aramutse ari Imana ubwo byaba bisobanuye ko igihe yapfaga ku musaraba agahambwa akamara iminsi 3. Byaba bishatse kuvuga ko Imana yacu yigeze gupfa ikamara iminsi 3 yarapfuye,so Yesu si Imana ahubwo ni umwama w'Imana>> <<@eliphazendahimana7122 says : Ubutumwa wahawe muntu w'Imana nukuri kutavangiye Imana idushoboze kuva mukinyoma naho twagikuriyemwo ariko igihe Niki ngo haboneke ubuvyuke abantu basenge Imana nyamana.pastor MUSISI na BAHATI Laurent,na CLARISSE nemeza ko bahishuriwe vyukuri ukuri kwimana nubuyobe amadini yazanye.UMWAMI YESU CHRISTO abongere imbaraga zo guhugura abantu mubavana mubuyobe kubwinyungu za christo.>> <<@ericitangishaka2780 says : Hezagigwa mukundwa abamv bazumva batoranijwe nabo abayovye bo biragoye kugira bumve ntimuze murambirwe kuvuga ivyibwina vyasatani aho satani arajingitwa cane musenge cane>> <<@ericitangishaka2780 says : Hezagigwa mukundwa abamv bazumva batoranijwe nabo abayovye bo biragoye kugira bumve ntimuze murambirwe kuvuga ivyibwina vyasatani aho satani arajingitwa cane musenge cane>> <<@NtibankundiyeAthanase-dp8sq says : Aba Branam banyuranya na Bibiriya 80/00>> <<@NtibankundiyeAthanase-dp8sq says : Idini n'inzira ijana mw'Ijuru CK mumuriro>> <<@NtibankundiyeAthanase-dp8sq says : Wawa>> <<@NtibankundiyeAthanase-dp8sq says : Ukuri kuva murukundo>> <<@safarijeandedieu775 says : Musisi kugirango umurimo wImana ukorwe hakenewe ibirenze icyacumi ndetse namaturo ni make . Reka nkubaze ,wowe uzi inkuru za NANIYA na safira mbese ntibazize kudatanga ibiguzi byose byisambu yabo? nkanswe icyacumi cg amaturo Hakenewe byinshi biruta amaturo ,ntimuyobye abantu. Musisi konziko ufite umurimo ,harya ririya shuri ukoreramo ntacyo bagusaba , ibitabo uhora uvuga ko ushaka bizava hanze , uzabihabwa kubuntu hanyuma bize mundege kubuntu ? Ukeneye gutandukanya ibintu kurutaho ,nge mbona hakenewe ibirenze icyacumi namaturo kugirango itorero ryunguke kurushaho.>> <<@ayijac7740 says : Ese wayoboraga irihe torero? Tumare amatsiko pe>> <<@confiamutima5373 says : Muzatubwire kuri 40000 byabantu ubudage bushaka gutangomo akazi mbese haraho bihuriye ni migambi ya eliminate cg harundimugambi wasatani ubyihishinyuma ,pst Mukomerezaho kubwinyigisho nziza zikiza kurimbuka>> <<@Dative109 says : Ariko niwowe wahishuriwe ko amatorero yoseyayobye niwowewemewe nimana wenyine ahubwo niwowe antikristo bavuze>> <<@Dative109 says : Waravangiwe abantu nibatakwitondera uzabayobya bitondere ibyuvuga>> <<@Dative109 says : Uyumugabo ntamwukawimana umubamo ahubwo niwemuyobe wambere niwowe ukorananasatani ngo madame wait yakoreshejwe nasatani wowe uruwogusengerwa>> <<@mugiranezanaftar2917 says : Wikwihamya kdi Ibyo uvuga niba arukuri bizaramba ariko niba arikinyoma ntibizatinda rwose kugaragara naho Guhakana Icyumweru ndetse nicyo kivuze abwabyo bigaragara ko haramakuru udafite cga utabisobanukiwe>> <<@mugiranezanaftar2917 says : Amakuru yanyu Musisi afite ikibazo kbs>>
VideoPro
>>