<<@BakirarwinshiJeandAmour-jm7oi says : Muzamumbarize impavu yohana Yesu yaje abatiriza mumazi bibiriya yo ivuga ko hakaza umurusha ububasha azabatiriza mumwuka wera ahubwo uwo yabayibukako yesu yamaze kuza? Niba uriya umubatizo wayohona warakuragaho ibyaha by'arimwisi yesu yaba yaraje gukora iki?>> <<@kuziririzaisabatosiitegeko7088 says : Uyumutama ndamwemera pe>> <<@megdee777 says : 😂😂😂😂😂 iyi business yo gucuruza views ntaho uhuriye n'ubutumwa bwiza. Ibi binyoma n'ubwibone mwihaye gukwiza ntaho bizabageza>> <<@byabenejean5497 says : Mwalimu we se ntashobora kugenda?>> <<@byabenejean5497 says : Paroisse ni iki mu Byanditswe Byera?>> <<@lambertsophie3258 says : Kubatiza ntabwo bikwiriye gukorwa n' umushumba gusa ahubwo byakorwaga nubwirije kd agasabwa nuwo yabwirije ati mbatiza ndizeye!>> <<@ukurikwijambodusoma1139 says : Tugere ikirenge mumvugo yuyu musaza avuga ibyanditswe byera amatorero ntakurikiza bibiriya bishyiriyeho imihango nubusumbane kutita kubakene nibindi,Kandi twibuke ko abizera yesu Bose bafite umuhamagaro wo kubwiriza ubutumwa bwiza Kandi bashobora no kubatiza no gutanga ifunguro ryera Mariko 16:15-18>>
VideoPro
>>