<<@Raggaf102 says : Nimwe bajesehuit bavuze kbsa muminsi yanyuma muzatuvamo mugende kwa shobuja Papa>> <<@KanzayireJacqueline-t8w says : Muvandimwe umuntuwese uzashaka ibimushyigikira mukuyobakwe ntazabibura ubwo nawe haraho wabonye inyunguu>> <<@Emma-qe7ql says : Nukuri Imana ishimwe pe. Nubwo amadini yangije Agakiza ka Yesu yazaniye abari mwisi, amadini yagiretse ukuri kubwo guhindura ibikorwa by'Imana business zokubona amaramuko, mbone ko koko Yesu agiye kugaruka. Kuko mbere yo kugaruka ubutumwa mwiza buzambwirizwa amahanga yose, abantu bahumuke bave mumwijima nubutware satan yashyize mumadini ye. satan yashinze amadin ashyiramo ibishushanyo bye: " kuvuga izina rya yesu mukinyoma, imihango yiyobokamana yikinyoma,... kuburyo abantu baba mumadini bagakomeza ari abanyabyaha). Imana ishimwe Nepo. Komera shikama Imana ikuzuze ubugingo buhoraho yashyiriye Abazizera Izina rya Yesu.>> <<@hategekimanaseth6496 says : Wamusazawe uteya agahinde urabeho nawe siwowe>> <<@NiyotsabaIvona-mw3rm says : Ibyo twabihonye cyera wowe waracyererewe twabitahuye 2012 gusa witonde kuko yose nikimwe nujya murindi uzaba uhungiye ubwayi mukigunda>> <<@PhilbertHategekimana says : Ni ubundi ntacyo wakoze abadive n'ubundi ibitabo bya Ellen White barabiretse kuko bivuga ukuri kuriho kandi kwigaragaza nawe ishakire indonke ariko ibi bitabo byo nge uwabimpa nkabisoma byimbitse kuko ibyo byavuze byose byinshi narabibonye>> <<@JosianeBATAMULIZA-ci2le says : Ndamaze niba ntagira idini>> <<@iradukundaolivier8536 says : Ah ngaho tanga umucyo gsa ntago ari sawa wowe menya imana ureke kugendera kumadini>> <<@nsanzamahorofaustin7088 says : None se we icyo yemera ni iki? Natange umucyo ni hari icyo ashaka kugorora, igikenewe ni ukuri>> <<@uwasececile6555 says : Ndahamanya nawe nanjye nariwe maze kwiga nsanga basoma ibyo badashyira mubikorwa iyumwuka amanukiye umwe muribo bahita bamureba nkaho yasaze. Ikindi bavugako umwuka azakurwa mwisi kandi umwuka azavanwa mwisi itorero ritashye. Nonese adusize twaba dusigaranye nande>> <<@irankundabonaventure109 says : Ahhhhhhhhh Amadini aragwira>> <<@zacheemuhoza3438 says : Cyakora nanjye ibyo bitabo sibyemera. Nemera bibiriya gusa ibindi mbifata nkimpfashanyigisho kugirango bacuruze.>> <<@zacheemuhoza3438 says : Erega amadini ntazajyana abantu mu Ijuru tugeze mugihe cy'iminsi yanyuma. Ni tutaba maso abigisha ibinyoma barahagurutse kuyobya abantu.>> <<@zacheemuhoza3438 says : Kuvamo siwo muti wikibazo ahubwo wagumamwo ariko ukizera bible ibyo bitabo bindi ukabireka.ahubwo ukizera Imana yawe naho kuvamo ukajya ku mayutube nawe urashaka impiya kugirango winjize amafaranga. Ubu ataribyo ushaka wahangana ugahagarara kubyo wamenye.biri muri bibiriya. Nanjye ndiwe ariko nemera ibiri muri bibiya gusa i indi bitarimo simbigenderamo.>> <<@Isabukurucomedytv says : Good imana ikumpere imigisha>> <<@iradukundajanvier6692 says : Woweho urantangaje soma neza igitabo cya Daniel>> <<@iradukundajanvier6692 says : Wowe urumuyobe kbx>> <<@gasenga1630 says : Ntawakurenganya wazize kutameny'ubuhanuzi,gusa uzongere usenge neza kuko ahubwo niwowe wavangiwe. Kuko kutamenya icyo ririya gare bavuze icyo bivuze byerekana ko urumuswa mubyubuhanuzi pee, ariko ntubuze byose ubaye umusitari kbs.>> <<@shyogwe says : Arikorero.koko.ntabwo.abayoborwA.baba.nkimpumyi.yarasomye.abura.umusobanurira.nikibazo.cyidini.ryabadive.tugomba.kwizera.ibyotuzii.ntabyo.abayoboke.aramatungo.umuntuyahura.ahwashaka.nDi.evariste>> <<@soleyegahundayimana5550 says : Nti museke uyumusaza Mbe niba mutemerumwuka wera Impanda nivuga muzaguruki Sha yahemababa umwukawera Nkariwe vitensi yokujya mwijuru Ibintu yumusazavuganukuri mugume mwidiniyanyu arikomukizwe nzi umuntuwavugaga Iyohatabanki sabatombankeretse esenkisabatonihobacyizwagusa dusha kubwami a bwimana bigishoboka amadinintazajyamwijuru numuntukugitike tuzabazwa>> <<@dianedusabamahoro says : Ntabwo twizera ellen.G.white twizera Imana>> <<@tuyizerevincent4583 says : Muraho neza icyo nabwira vunabandi nuko ijambo ry'mana ntiryigwa ririzerwa ikindi nuko ari gushaka kugera kukuri ariko mugihe nawe atarakira umubatizo wa bibiriya mwizina rya yesu kristo akaba aracyafite urugendo>> <<@duhuje says : Uzasaza nabi mu gihe cyose utazi kwigenza>> <<@minaniantoine9556 says : Ubonye nta business uzashinga mubadive none uri kubasebya nja mumacaci nihohari business ariko urike gusebanya>> <<@NZIRA99 says : Ushaje nabi>> <<@bikorwaplacide1213 says : HAHHAAHA mba mbona kera kabaye abantu bazazengurka imyizerere yose nyuma basubire ku Mana y'i Rwanda>> <<@theresamusole3042 says : Satani azayobya n'intore niba bishoboka>> <<@theresamusole3042 says : Sab'Imana ubwenge niyo yonyine yahishur'ukuri naho naw'uravug'uko ubyumva>> <<@theresamusole3042 says : Twitonde uwibwira ko ahagaze yirind'atagwa>> <<@STELIRTablet0139 says : ! Ko avuga ko Ellen G White yavangiwe, kandi yaravugaga ukuri kwa Bibiliya, we ashingira kuki avuga ko atavangiwe? Iki ni igihe Satani azayobya n'intore niba bishoboka, uzi ubwenge agume mu buyobozi bwa Mwuka bitabaye ibyo karabaye ku bigeze kumenya ukuri!>> <<@MasengeshoDidas-zs9rb says : Knd wamugabowe wahanze ayaroni TV. nikenshi uhondanya imitwe yamadini vuga ubuyobe bwamadini uvuge gusubira inyuma kwayo ari ko abahanuzi bimana batubanjirije bashyire kuruhande.ushobora kuba uziko urikuvuga ubutumwa bwimana ark urikwikururiraho umuvumo wimana>> <<@ShyakaDanny-u9l says : Ahubwo sima zaburi 51 .12.21>> <<@NsengimanaEmmanuel-sd5bv says : Ishingiro ry ubutumwa bwiza bwa yesu kristo kwizera yesu kihana ibyaha umubatizo wo mu mwuka wera kwihangana no kung'atuka gutwara itorero ryera mwene data mukomere mubyo kwizera>> <<@KizigenzaBuringi-gj9ui says : Satani yacyiwe mu ijuru nta ntambara ihabereye? Ubuhanuzi bwara gucyanze , Yesu yavuze mumigani ntibabyunva, natwe ni uko. Teketeza ubuturo bwera bwo ku is ni icyo bwashyushyanyaga maze ureke amaranga mutima>> <<@menya-tu8menye5hk2x says : Uyu mugabo ukuri kwe nakubuze ,uranyomoza ark ntiyerekana ibikurikiye kubyo unyomoza uko byagenze,ikindi abantu urabakangurira iki gishya nibasohoka mu idini ryabadivantiste ukuri kwawe n'ijambonwizera bagenderaho nirihe? gukurikiza ubuhanuzi bwa Ellen G white,ntawe babwira ko ari itegeko ,buri wese afite ubwenge no gucukumbura akagaragaza ukuri,ndumva iyo uba intwari ntiwari guhunga itorero ahubwo wari kubemeza ibyo wizera wenda bo bakakwirukana . Yesu aza mu isi ntago yivymbuye ubwo benshi batamweraga .yarahatanye kugeza ku munota wanyuma ,ko Uwo uvuga ukorera ntacyo tubona umwigiraho .wowe twakwizera gute ko utari kimwe n'abandi bose bameze nkawe ?>> <<@TwizerimanaPeter says : Ark ntuzi no gusobanura ibyo wibwira kuzi😊😊😊 eweee Satani azakomeza gucanga abitwa ngo ni abasomyi ark basoma amajyenuru gusa. Ncuti bavandimwe nkunda ni mube maso, ni mube maso mwekwishinga abumwanzi ari kuvangira.>> <<@TwizerimanaPeter says : Hhhhh mbega !!!!! Ark rero Disi Umwanzi ari gukora rwose. Ni ikibazo gikomeye kugira amaso ark nturore . Itorero ry'Abadivantist ngo ryarayobye? Umva Satani afite abakozi benshi muri iyi minsi iheruka amateka yisi. Ngo uri umudivantist? Wariwe ku izina gusa kandi uretse nawe hari nabandi bazaza yewe bakurusha no gukomera kandi ibyo ntibikwiye guca abandi intege keretse abanyantegenke nkawe. Satani arigukoresha ubuhanga bukomeye . Ntago abarindagira bazabura kurindagira ark Itorero ryabadivantist bumunsi wa 7 rizahoraho kandi Imana irikumwe naryo.>> <<@Umurava605 says : Ese muze wowe wizera iki? Ntabwo uri umu divantiste kuko wowe udasobanukiwe ibya Yesu>> <<@Umurava605 says : Ahubwo banza usobanukirwe ubuturo bwera bwari mwisi bwasimbuwe nuburi mu ijuru icyo gitabo kirasobanutse Ahubwo wewe wavuyemo udasobanukiwe>> <<@Umurava605 says : Bavandimwe musobanukirwe neza ibyo kuva ku ntebe y'ubwami ni ubwo Yesu yari aje gucungura umuntu kuvuga ko azagaruka kujyana abantu ni ukuvuga kuza gutwara aba citse ku cyaha.>> <<@shyakaFred-u4w says : Ayo namatiku mwabagabo mwe>> <<@yambogoreyeemmanuel8007 says : Wowe n' ubundi wari umunetsi.mwe turabaxi ko murimo muri benshi ni byiza ko mutangiye kwigaragaza. N' abando mugaragare!>> <<@byukusengefrancois says : Ubu nibwo mbonyeko abadive bayobowe numwuka wimana kuko ibyo byose muvuga bo babimenye cyera ubu bo ntakintu bibabwiye ahubwo nimubivuge Cuba mwiruhure dore muraremerewe nimwiruhure cyakora muri kwikururira akaga muzabona ishyano mwankozi zibibimwe. Mwicare muzi nezako ariryo torero ryasigaye!!>> <<@irakozeclaudine8066 says : Muzadukorere ikiganiro kunva ninvano ya bibiriye inkomoko yayo kuko kurikike ibyo muvuga ndabona bibiriya yaba yaranditwe nabahanga ataruko imana ibavugiyemo ,ese Niba haribyahishuwe ubwo amateka ya bibiriya ntiyaba arimubyahishwe>> <<@Mugengajulius says : Murakoze ngirango Ari ibitabo bya EG W byanditswe nabantu ndetse nabibiliya utunze ugiye kureba wasanga harimo amakosa nko mwitangiro 6 Imana iricuza kandi tuvuga ngo>> <<@realtrutheventrte1806 says : abavugabutumwa b'ivugurura n'ubugorozi bagutanze kwerekana ko SDA bayobye gorora SDA ureke umujakazi w'Imana Elen G white.>> <<@ndoreepaphras6728 says : 😢>> <<@victoriabalisasa9880 says : Mubyeyi mwiza umwuka wera agusure maze avugishe umutima wawe. Bibilia irahagije ngo umenye ukuri gukwiriye. Abadive bagendera kuri Bibilia ariko miminsi yanuma binjiwemo nabishakira umugati bagenda bahindura nibitabo bya Ellen White kugirango bitandukane nibyo bibilia ivuga. Buriya ushobora kuba waragiye kuri bimwe muribyo. Mwukawera agusure niba koko uyobowe numwuka wera.>> <<@jesusiscomingsoonyesuaraje8773 says : Gusa wavangiwe pe shyiraho number yawe nkuvugishe>> <<@jesusiscomingsoonyesuaraje8773 says : Mvunabandi ndagusuhuje>>
VideoPro
>>