<<@habyarimanagratien7971
says :
Kigura angahe
>>
<<@julietteingabire5628
says :
Adpr iyobowe n,abakozi ba satani
>>
<<@Hebrewschristians
says :
https://youtu.be/kpShbGPDk5E
>>
<<@gulgalgospel2025
says :
Erega nawe ndabona washinze iryawe dini nindi myizerere
>>
<<@gahungujean-cb2bb
says :
Amahoro Frère Mossionnaire Jean-Luc. Nagomba ufashe abadakomeye mw Ijambo ry Imana , Kuco mwavuze kubijanje n ukureka amadini , kuva kera harabaye ishengero rirongowe n intumwa i Yerusalemu , Timoteyo i Kirete , Macedonia, Efeso , Sarudi , Percamo , Laodikiya,...
>>
<<@uweragrace5265
says :
Ese wamuganiko ko utemera maturo mbona nawe warashyizeho aho bayatangira
>>
<<@uweragrace5265
says :
Nibatwirukana musengerose tuzajya turifatirahe
>>
<<@shemainnocent6699
says :
Ahubwo se wakijijwe gute wakijijwe iwawe wigira ibyiyinzira iwawe?ahahhhh Tugeze mubihe byanyuma koko
>>
<<@jeanbaptistebizimana
says :
Ubu se ko murimo mukangurira abantu kuva mu nsengero mubazana kuri izi mbuga, ejo internet nivaho bazabakura he? You Tube nibafungira bazabakura he? Ni ukuba maso.
>>
<<@jeanbaptistebizimana
says :
Ubu koko twabwirwa n'iki ko ari mwe mutayobye? Ababatega amatwi bitonde ahubwo!
>>
<<@Iwawereallyestate
says :
Ngo Abadivantist ngo bayobye nabi bikomeye ndakubwiza ukuri ko ariryo torero rikibumbatiye amategeko 10 y'Imana kndi rirarinzwe ntacyo imitero byumwanzi byarikoraho, kndi muzabona ishyano mwe muzana ibigusha mubantu?
>>
<<@mukamurenzimariejeanne9359
says :
Bjr, iyo link ko tutayibona?
>>
<<@uwingabireedith4328
says :
Tuzatangiriraho gusenga
>>
<<@uwingabireedith4328
says :
Mwavuze itsliki ariko ukwezi ni ukuhe?
>>
<<@twagiramungusimon2152
says :
Link nayo mbona?
>>
<<@nzilimosamuel1307
says :
Ikiganiro nikiza Imana izatubashishe muri auo masengesho kuko turi abarwayo badiyabete numuvuduko
>>
<<@MukamunanaJeanne-zq8tf
says :
Ntawo p umwuka.wera.wagiye.kera.imana ifite.agahinda mukozi wimana Measham dusengere izo ntama ziri kuyoba zize.abaziyibora ikindi basigaye bajyana umurambo ngusengerwe murusengero bifatanije no.kwa padiri
>>
<<@angelinagikundiro1463
says :
Ariko mwagiye mu menya gushishoza mukamenya Roho iva ku Mana , ubwo murikushima uwakubwira ibyuwo mugabo kweli , aba Yezu yaravuze , hagowe abamukurira, nukuri yabaye mufite ubwenge ntimwanushinma Kabisa .
>>
<<@angelinagikundiro1463
says :
None se wa mugabo we , ko mbona utuka abadini yose , bose weho Uri dini ki ? Mbese uwakugize umu ca manza ninde ? Muzikoraho ! Ok , surugutunga abantu urutoki rumwe , none se Izo zisigaye zo ziravuga iko ? Ahaaa , sibwo nemeye ko haduka abirasi mu minsi y’imperuka ! Rekeraho ubwibobe bwawe bwo gusuzura abana b’IMANA no kubacira inanza add i wowe Rurema .😅
>>
<<@angelinagikundiro1463
says :
Reka kuyobya abana b’IMANA , Yezu yaravuze ngo ni mwebwe muzahanwa bikomeye , Kuko muyobya umuryango W’IMANA .
>>
<<@mumvanezapeter1901
says :
Muraho neza Icyinjyeneye ayamasenjyesho konumva nabiyungaho Apoter we
>>
<<@clemencebamureke8082
says :
Link iri hehe
>>
<<@BONGWA1TV
says :
Ntibyoroshye pe birakomeye ariko nyiradyo aribereye maso bene data tube maso
>>
<<@NitondeCharles-bl9bh
says :
Kuki buri gihe ntabundi butumwa ugira mu kanwa kawe uretse kunenga ibyabandi ?
>>
<<@user-um4fr9rm1o
says :
Burundi biteye ubwoba. Umuntu wese ni pirate. Inyanja itwikiriwe na pope yabo barya kuko hari abirabura benshi. Ikintu kibi muri byose nuko ari UMUKARA! Ubwoko bwangirika cyane bwabanyafurika kubaho. Ni abimukira kandi bakwiriye gupfa mu gihugu no hanze. Abo Burundin Scumbags bakwiriye kuba imbata, iyicarubozo, gutemagurwa, kuzimangana, kandi imibiri yabo yajugunywe nabanyagitugu, ingabo, abaterabwoba hamwe n’abashyigikiye Jenoside bashyigikiye Burundin nkanjye. Uburundi n’ikindi gihugu cyatsinzwe gifite abanyapolitiki bononekaye, badafite akamaro n’impunzi zidafite akamaro zinjira mu Burayi Sinzigera ntura muri africa kuko nzicwa n'inzara! nanone abantu benshi bambaye ubusa ngaho nzagumaho ndagumye! :) Isiraheli babifashijwemo n’ibihugu byunze ubumwe by’abasosiyalisiti 'Bidafite akamaro' & Umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’Uburayi. Kohereza bose kubabicanyi.
>>
<<@user-um4fr9rm1o
says :
Uburundi ni co gihugu kibi cane, ni OBSCENE kandi turarwajwe n'urupfu rw'ukubona ubwo bukozi bw'ubukozi. Abamwishe bategerezwa kuja mu muriro udahera. Abantu b'ibijuju bagurisha amatungo n'amatungo yabo. 10.10.2016 2016 19:23 15 16 16 16 20 16 16 16 16 20 20 201 18 20 18 N'umurushwa ategerezwa kuba afise ubwonko buke, kugira ngo arabe ko atari bwo buryo bwiza. Nturye inyama! Si iy'abantu! Ariko rero, iyo umuntu ariye inzoka nka G.Depardieu arya inyama z'intambwe, ibi ni ibintu bibabaje cane. Ni igiki covuga ko gikenye kandi kirafise ingaruka mbi mu bijanye n'ubutunzi, kandi rimwe na rimwe kijamwo iterabwoba? Ntidushobora no gufata ibikoko vyacu hano i Buraya bubaha abami ba Ebola, ulcer, malariya, meningitis, hepatite B na C, indwara y'igituntu n'izindi nyinshi. Kukaba nkako, vyose bitegerezwa kuba ari amafaranga make kandi ku giciro kinini co kugura. Hari aho woshima kuba ico ari co cose. Jewe ndi mu Burundi, ndashobora kuvuga ikintu canke ico novuga.
>>
<<@NdikumukizaTheoneste-gk1tm
says :
Wowe ntaho ujyira uteranira idini arko sitorero itorero rizwi na Yesu wenyine
>>
<<@pastorsdcgom6634
says :
Namahoro Mwubahwa Pasteur,vy'ukuri twebwe turunva ukuri muvuga,ariko ivyanyu biratuyobera kweli! Kuko namwe muhinyura ayandi mashengero,none mwebwe ko munenga abandi ariko ubwanyu ntimutwereka vy'ukuri Imyizerere yanyu vy'ukuri,ahubwo muca imanza zayandi mashengero,none mwebwe mwizera iki murivyo ushaka abizera bizere iki? Cukuri?
>>
<<@TheBassTVShow
says :
Ntacyo ubwo mwebwe mwayobye gacye mwigurire ka byeri
>>
<<@higiroprotogene7986
says :
Ahubwo nidini satani yishingiye ryigaragaza nkirikora ibitunganye ark dukuye mukwifana urebe ko iryo dini aya yagi protestant siryo ryayabyaye ntubona imyuka yirirwamo yubusazi ago umuntu ufite PHD rimugira injiji
>>
<<@higiroprotogene7986
says :
Yoooo, se Jluck burya nuko ubyumva numvaga ahari waramenye ikinyoma kuri mumadini naho nuko ntago adeper yigeze iba nzima kuva mumizi jye iryo dini niryo nakuriyemo ndimazemo imyaka 33 ntabuzima ryigeze ese nindimi no gutitira namagutiya maremare nudutambaro kumutwe
>>
<<@cyogerekyilan6424
says :
Ibyo uvuga nukuri kdi kugaragarira abashaka kumenya nabafite amatwi. Ntadini narimwe rikiyoborwa namwuka wera ahubwo riyoborwa namategeko. Buri dini rifite amahame ayagenga iyi utayubahirijwe urahanwa cg ugahagarikwa. Aho umuntu yihanukira ngo Imana yamweretse ko udatanga icya cumi izamuhana koko😢 mbega inzara😅 nyabuneka turi mugihe cyo kwezwa Isi iri munyongezo
>>
<<@Hello50798
says :
Ikindi cyavugwa, urebe neza ibyo wita siyoni bishobora kuba idini rishya uri kubaka, kuko n'abandi batangira banenga, barangiza bakazana intege nke zabo. Ntimwibeshye ko mwe muzaba ntamakemwa Erega nimwisengere Imana mwizere Kristo, kuko ntawe ukiranuka n'umwe ntimwibeshye
>>
<<@Hello50798
says :
Mubintu byose byogeza Imana, amaturo cyangwa inkunga biracyenerwa. Reba nawe wanditse aho inkunga yacishwa. Kuki ukomeza kwamagana amaturo kandi nawe uyasaba. Gusaba inkunga ntaho bitaniye n'amaturo dusabwa mumadini uretseko ari imvugo yahindutse. Gusa byaba inkunga cyangwa amaturo, igikwiye kurebwa n'uburyo bikoreshwa niba bishyigikira umurimo w'Imana cyangwa bihaza bamwe.
>>
<<@NestorNzohabwanayo-hx3ov
says :
Amahoro abanenamwe bavandimwe
>>
<<@byabenejean5497
says :
Dukeneye kubona mu Byanditswe byera aho isezerano ryo guhagurutsa muri iki gihe abakozi b' ukuri babwiriza Ijambo ry' Imana riherereye, atari ukutubwira gusa ko Imana yabikubwiye.
>>
<<@rosenkubana7109
says :
Ntimugashyie abantu mu gatebo kamwe mureke gusenya imurimo w Imana
>>
<<@mugiranezanaftar2917
says :
Nuwamaze kuva mubyaha akabizinukwa
>>
<<@ericerigy64
says :
Imana ishimwe kuko nukuvagango amadiniyo tuyavemo kuko ntacyo yatumariye banyirayo bakurura bishyira umuhamagaro bawugize akazi baba bishakira amaturo gusa ahogukiza ubugingo bwabo nabo bayoboye imana idufashe iduhe imbaraga zokunesha ikibi cyose kitugusha kubwa kristo yesu amen.
>>
<<@athanasehagabimana6700
says :
Ndagushimiye kubw' ijambo rifite REFERENCE
>>
<<@damusrulindo504
says :
Icyo gitabo kigura angahe?
>>
<<@hategekimanajeanbaptiste3238
says :
Muzatuzanire ubutumwa buvuga ku bagorozi kuko njye mba numva wagira ngo nta Mwuka wera bagira.
>>
<<@habimanacelestin2604
says :
Muvuga ibinyoma gusa!!
>>
<<@rosekalire2661
says :
Ceceka Muvandimwe Amadini yataye I aba bikomeye a azi ubwenge nibayavemo.
>>
<<@TWAGIRAYEZUEmmanuel-fj1ui
says :
Jean Luc,uraho! Ni ukiri ufite umurongo.Ubu se abayoboke bafashwe bugwate n'abanyamadini brakumva?Majorité YESU ndi umwana(1977) niga P.4.Ubu namenye byinshi Kandi sinzasubira mu byaha. Suhuza Clarisse en Belgique.
>>
<<@KubahaUwitekanibwoBwengeTv
says :
Mugire Amahoro muvandi Yesu kristo Ashimwe mbifurije kwemerwa n'Imana buri wese yita kw'iherezo rye, Yobu:28:28 Maze Ibwira Umuntu Iti Dore kubaha Uwiteka ni bwo Bwenge Kandi kuva mu byaha niko kujijuka,Imigani:8:13 Kubaha Uwiteka ni ukwanga ibibi ubwibone n'agasuzuguro n'inzira y'ibibi n'akanwa k'ubugoryi ni byo nanga, Mariko:1:15 Igihe kirasohoye Ubwami bw'Imana buri hafi nuko Mwihane mwemere Ubutumwa Bwiza.
>>
<<@thierrybutoyi-uf8qf
says :
Ivyo uvuga ni ukuri
>>
<<@dusabimanajeanpierre6238
says :
Turagukuri.kiye
>>
<<@SareenaSajov
says :
Bien organise
>>
<<@byabenejean5497
says :
Ariko abantu bagomba kugira aho bahurira, bagasangira ifunguro ryera. None se bazarisangirira kuri channels cg social media???
>>
NEXT VIDEO
>>