<<@petronillawanipendanakintu2921 says : Kudashake hari Icyo Bibiliya ibivugaho,no kuva KERA Bose solo nashakaga.Ntabwo Wibuka Abanaziri!>> <<@AlexMuzungu-i3i says : Umvugira Yesu neza cane shishikara kumuvugira ndababazwa n'abantu baboshwe na karande y'idini aho kumva ukuri kuri kuvugwa bariko birabira imishatsi gusa Yesu ashishikare kwihishurira abantu bareke kubohwa n'idini babayemwo ariko bashire umutima kw'ijambo ry'Imana>> <<@astherie3138 says : Clarisse ubunibwo ndikurushaho gusobanukirwa ibyo wavuze murikikuganir>> <<@KayigambaJoseph says : Ngarura icyigisho kivuga kumisatsi>> <<@NtahoEvariste says : Uvuga ukuri arko nawe urabe ingeso zawe ko zibishingira intahe>> <<@Niyo-Franc says : Ariko Bwana Jean Like, nawe warahabye bigeze aho? Mbabajwe nukuntu numvise ko wigeze kuba umudivantiste w'umunsi wa 7. None nawe wahisemo kuba icyambu cyambukirizwako ibinyoma. Koko, ukicara ugatega àmatwi umuntu usiribànga Bibiliya n'umwuka w'ubuhànuzi? Ukamuha urubuga akérereza ipfa ry'inda, agàshyigikira kutírinda mumirire, atonesha kuryà inyama ugaceceka ntunamuhe umucyo ngo umusomere ko, Bibiliya ibuza àbera bose kuba mu iteraniro ry'abaryi b'inyàma? Ese ntunibuka ko mumwuka w'ubuhànuzi handitse ko umuntu uzakomeza kurya inyama AZAKURWA M'UBWOKO BW'IMANA...????>> <<@uwimanajoyce5760 says : Za Dady naza Mumy zo muri iyi minsi nzaba nzibarirwa>> <<@uwimanafaustin says : Tu parles la verité mais ..comparer souvent tes paroles avec la parole de Dieu>> <<@HabinezaEmmanuel-f2b says : Ariko iyo misatsi ikujyira umwibone uza reke kuyidefiriza ushyireho natirere>> <<@dukuzumuremyifrancois9627 says : Imana iguh'umugisha mukobwa wanjye>> <<@salimajosephine1673 says : Uranyubaka muvandimwe ❤❤❤>> <<@NGABOYUBUTWARIAbdoulkarim says : IMANA ibahe umugisha mwizina ry YESU Amen>> <<@NsabimanaDenis-e7t says : Nukuri Uvuga yesu neza ndagukunda komerezaho>> <<@kayihurajohn7347 says : Yesu aguhe umugisha mwinshi>> <<@mugiranezanaftar2917 says : Benedata Yesu Umwami Wacu agirati Ninjye Mwungeri mwiza kdi Wemera gupfira intama ze Yoooo ntabwo aragirira ibihembo Umwami wacu mucyo tumwizere kdi twemere kwiga Ijambo rye kdi Ndabahimiriza nimwiga kdi musenga Uwiteka azabiyereka kdi azabasibanurira mukomere Ndabakunda mwese abaharanira kwigira kubirenge By'Umwami wacu>> <<@mugiranezanaftar2917 says : Ufite ikibazo ho gato Kubaka ku Ntumwa n'Abahanuzi ntabwo ibyo wasobanuye aribyo? igihe ibintu birikuba ntabwo buba bukiri ubuhanuzi bityo rero ntabwo Yohana arumuhanuzi nintumwa za gendanye na Yesu siko arabahanuzi uwavuyemo numwe Ni Yohana Ukundwa wahawe Ubuhanuzi Bwanyuma busoza Amateka yisi. Iyo rero tuvuze Abahanuzi sumuhanuzi umwe kuko Mwisezerano Rya Kera Abahanuzi bari benshi kdi bahanura kuza kwa Mesiya Umwami Imana ikomeye Umwami wamahoro bahanura nuko azitwara nuko azabambwa bitaraba hanacaho imyaka myinshi butegerejwe na benshi biryo rero igihe cyose udaye akaciro isezerano rya Kera ntushobora gusobanukirwa nirishya ndetse nongeroho nti ntiwasobanukirwa.>> <<@NBony-ee2qd says : Fata Gitwaza umukure muri Zion>> <<@NBony-ee2qd says : Uyu mukobwa aravuga ukuri pe afite ubwenge>> <<@Alain_five says : Ntago twari tuguherutse Imana ishimwe ko ikugaruye ngo uduhe umuburo ukomeye God bless you>> <<@UtujeSandra says : Shalom maman Clarisse. Nabona gute link iriho inyigisho zose wagiye utanga. Yesu akomeze akwiteho. Ndabakunda>> <<@kayirenzimarie1518 says : Ni ukuri Aya madini afite ba nyirayo nta kristo uhari iyo ahagera ntibaba bagushakiramo ubucuruzi no kwiyitirira.idini.>> <<@patrickpaandi6759 says : I really want to be in touch with you on daily basis when you showing us the truth of the way to JESUS>> <<@nzarambafidele4169 says : Muribuka icyumba umugezi Muchristo yinjijwemo hanyuma agahabwa ibisobanuro, burya ni eyerekwa yahawe kandi nusoma neza ugasanga yarataragera kumusaraba, amadini ya pantekote dufite akunda kugeza abayikeneye bayo kuri icyo gice, ariko kubageza kumusaraba bikagorana, kuko babangamiwe inyungu z'abayobozi bidini. Iyo wageze kumusaraba umuyobozi wawe aba umwuka wera. Kdi abayobozi b'idini nabo baba bashaka kuba abayobozi ba mbere b' ibanze nyuma umwuka wera akabona gukurikira!>> <<@nzarambafidele4169 says : Amadini menshi akorana n'imyuka benshi bita myiza iba mu majuru icumi (10) ari mukirere nubwo clalisse we avuga amahuru 3 ariko iyo uzi ibya spiritualite niho umenya ibyayo majuru! Gukiza indwara bifite aho bituruka, guhanura bifite aho bituruka, umwuka w' ubushakashatsi n' ubuvumbuzi ifite ijuru iturukamo gutyo nindi myuka kandi hari uburyo umuntu agera mu ijuru rye kdi kimwe mubyo akoresha amadini yose agihuriyeho ni ukwiyeza no kwanga ikibi! Rero kuko aribyo duheraho mumadini yacu abantu bahura niyo myuka yo mumajuru yabo bakagira ngo babaye abana b' Imana. Ntakintu nakimwe cyakugira umwana w'Imana uretse kwizera Christo wenyine, kuko niwe mucyo w'ukuri, ariko ubundi hariho indi micyo myinshi cyane ariko ya pilate.>> <<@UwitingiyimanaAlphonse-zy1ct says : Yes Ndagukurikira Clarisse ariko c Gutanga icyacumi ntibyemewe Koko???>> <<@uwamahorodevothe8593 says : Ufite ijambo ryiza>> <<@buntubwimanasamuel6775 says : None c kuriwewe wemerako kurya Ingurube Byemewe nkumuntu wumu kristo ingurube nigagira uyiziririza ngo ntikaribwe uhamyako nawe abwiriza ibyimyuka yabadayimoni?>> <<@cedricgitwera3186 says : Imana Ikuzigame Maman Clarisse Iguhe umugisha>> <<@agnesnzeyimana4279 says : YESU Akwiteho cane mugenzi>> <<@aimablehabinshuti5970 says : Nta daimoni iruta kubona umugore abwiriza 💀💀💀💀💀.>> <<@MihigoSamuel-bi5jl says : Murakoze cyane>> <<@evauwera6423 says : Ukunda imana rwose Kandi ikomeze ibyare benshi bayikunda byukuri.>> <<@evauwera6423 says : God bless you>> <<@nandouboi2505 says : >> <<@noellaharerimana9204 says : Mwenewa ndafashwa iyo nkwumvirije Ariko iyo nkuravye kumutwe bintera kukwipfuriza gusaba Imana iguhishurire ivyimishatsi>>
VideoPro
>>