<<@GODRICH123
says :
Mwareste Diane na vital kweri ,mukavuga ibindi
>>
<<@cecilebukuru2298
says :
Madame uvuze Ukuli kabisa.Gukubitwa bibaho ku mpamvu zico umuntu aba yakoze.Kandi nyuma ishavu rishize mukabitunganya.
>>
<<@Geny2020
says :
Wasezerana numugabo wasinze ? Uwasinze ntaba afite capacité yo kumenya ibyo arimo! Byaba byiza iryo sezerano barisubitse 😊😊😊
>>
<<@ug958
says :
Izi nama ntazo nshimye avec tout mon respect. Abantu twese tugira défaut ariko gushyigikira abantu mu mafuti ntabwo ari urukundo. Uwo muba mugiye kubakana ntago uba umufashije kandi nawe ntago uba wifashije. Tolérer l'alcoolisme biri dangereux cyane. Ingeso hafi ya zose mbi ziva muri environnement y'inzoga nyishi no kutamenya kwiha limite nk'umuntu. Non seulement uba ugiye kubaho nabi, abana banyu bashobora kuvuka avec des séquelles physiques et mentales bakazakurana trauma y'urugo rumeze rutyo. Kuba hari abantu babaye mu ngo zimeze gutyo bakabasha gukuza abana ntibivuze ko abo bana bitabagizeho ingaruka. Abantu beza batari imbata z'inzoga, badafite urugomo barahari kandi n'uwo muri izo ngeso yazivamo bimututseho n'ubuntu bw'Imana ariko ntago wagira inama abntu kugana abantu baba irreponsable in hopes y'uko bizahinduka. Ariko as a public channel avec une audiance aussi large mwigisha abantu c'est vraiement irresponsable gutambutsa ubutumwa nk'ubu.
>>
<<@rubayitaadolphe6127
says :
Umutayeri se murashaka ko atekereza birenze hariya mwimurenganya ahubwo nimumufashe gutekereza kuko we ntabyo yishoboreye
>>
<<@rosemarie7426
says :
Kurongorwa n ukurongorwa nibyiza arikose umukobwa wese agomba kugumayo niyo yaba ari kunkeke, ahora ari mugahinda n intonganya wabwira umwana wawe ngo gumayo ? Abantu bose ntitunganya kwihangana kubyibyo ntitu kagaye abananiwe mwababyeyi mwe. Ibyo jyewe nawe twashoboye cg twihanganiye murushako ntibivugako n abandi bagomba kumera nkatwe rwose. Nshuti murugo habera byinshi jye ntamuntu nagaya uko yitwaye mukinazo cy urugo.ntawujya murugo ashaka gusenya
>>
<<@Narumiwe5332
says :
Ariko ninde washyizeho itegeko ryuko umugore azana amarido ubugoryi gusa umuntu wumugabo ko akwa ashaka umugore aba ashaka nibyo aza yikoreye ayabizanye wasara kucyi uwo vital atayaguze surugorwe ubuswa gusa kurongora batazi kubaka baziko kurongora ari muburiri gusa ntakwihesha agaciro nkumigabo
>>
<<@KARWA_08
says :
Uko kwihangana gukomeye guryo, ikibazo nuko usanga bisabwa umunyarwandakazi, ariko umugabo we bigasa nkaho bitamureba.
>>
<<@KARWA_08
says :
Mada aho urajijwe. Umugabo asanze umugore asambana yamusohora mu rugo, cyangwa agasaba Divorce. Mwikwimika violance peu importe la raison.
>>
<<@martinetuyishimire8067
says :
uri mwana w'umukobwa bamureke Diane, niwe uzi igikwiye kuri we,
>>
<<@mbabazivestine9684
says :
Ubwose aho kugirango bicane niyasubira iwabo
>>
<<@mbabazivestine9684
says :
Arikose ninde wababwiye ko basenye banyogokuru bo nibahukanaga mwabuze izindi nkuru arijye nabajyana mumategeko pe Diane bihorere bavuge ese mumezi 3 umugabo we kucyi. Atayaguze
>>
<<@MunanaC
says :
Aime ngukunda kubi❤❤❤❤
>>
<<@turabumukizatheogene426
says :
nyiramazu mu muturanyi
>>
<<@MukizaDiament-pe1xj
says :
Mwese muceceke ark nta Muhanga mukubaka namahirwe yumuntu nawe nti yanze kugira umuryango
>>
<<@sanchezrose1560
says :
Mwagiye mwambara mukikwiza koko 😢
>>
<<@mugaboedmon2305
says :
Wowe se ko rwakunaniye niwowe wabiteye? Areweeeee kuvuga bagenzi banyu nabi niyo gahunda mwihaye🤐😡
>>
<<@honorine150
says :
Ikibazo nabonye. Vital yasezeranije diane ifone ageze murugo yanga kuyimugurira..... Nyuma vital ni gute wagiye kugura iphone inzu nta malido arimo??😢😢😢😢
>>
<<@honorine150
says :
Jyewe iyo mba diane sinari gusanga Vital kuko kuva muri fiancaille yaramwiyeretse nezaneza....
>>
<<@AliceMukahigiro-ie7hc
says :
Jye mbona atari amarido ahubwo Diane mbona ashobora kuba atararekanye na ex be,ntakunda Vital ça se voit,kumuhamara mu mazina etc
>>
<<@nshimiyimanaeric7203
says :
Ako uyu mudamu arirya we aheeeeee Birekere abakiri bato
>>
<<@kundwa4978
says :
Umugoreniwe uhagarara kurugo
>>
<<@lucillekankazi8073
says :
Mubyeyi mwiza gerageza wikwize kugaragaza amabere numuco mwiza koko? Buriya singombwa kwambara imyenda ikubura naho waba mugufi gato ark utagaragaza ibice byibanga ntacyo biba bitwaye, erega haribenshi babafatiraho urugero nubwo mutabizi! Abasomyi ba comments ntimuntuke uyu mu mère ndamukunda cyane niyompamvu ndashaka kumubonaho amagawa!
>>
<<@ROSETVSHOW
says :
https://youtu.be/HV1nTrrFDLc kanda hano wirebere ibindi bintu byiza Aimée agufitiye👌🏻😍😍
>>
<<@ishimwec3886
says :
Rose yari yarabuze Muri saga ya vital na Diane rwaka😍😍😎
>>
<<@ingabiretuyisengeceline9944
says :
Ntampamvu yo Kwinaga mucyobo ubibona, ugize amahirwe ukabibona mbere wahagarika ubukwe ntiwihutire kubana nawe ngo nuko ntamalaika uzabona.abagabo beza barahari nabagore beza knd bose ntago baba bahuze ingeso
>>
NEXT VIDEO
>>