<<@nkundaberacyprien1713
says :
Thank you Hubert.
>>
<<@SmilingHoneyBadger-zm4jb
says :
Baravuga ngo uzangaye guhera mtuzangaye gutinda
>>
<<@claudineuwamahoro2502
says :
Number za,Hubert plz
>>
<<@MukabuteraClemence
says :
Ni ukuri mpa number yawe ndifuza ko wafasha mu kibazo fite
>>
<<@MukabuteraClemence
says :
Ni ukuri mpa number yawe ndifuza ko wafasha mu kibazo fite
>>
<<@odetteniyitegeka3067
says :
Igitangaje nuko abantu bitwaza faiblesse za bagenzi babo bakabona kugaragaza ko aribo babi. Ariko Huber nta bagabo uzi bafite abagore batazi guteka (urugero) kandi wenda uwo mugabo we abizi aho kumusupportinga akagenda asebya umugore we ngo nashatse umugore w'umupfapfa ngo no guteka ntabyo azi. ngire ngo ni hake urugo rukora nka team.
>>
<<@ariellakankurize6216
says :
Ndakunda Rose cane
>>
<<@dusabebellamarlene6644
says :
Rose turagukunda from Burundi ariko il faut que w, améliora les images
>>
<<@chantaltumusifu4565
says :
Hubert yatumwe n'Imana nuko abagabo badashaka kwiga kubaka nkabagore kuko aho babyigira uhasanga abadamu cyane, nibo bafite ubushake cyane
>>
<<@DivineUmutoniSongwe-iz5bz
says :
Ese umuntu yabona numero ya sugira gute?
>>
<<@TimbanaNyanzarake
says :
Nigute nabona numero hubert mwamfashije
>>
<<@mutesiclaudette5210
says :
Muranyubatse
>>
<<@godblessme7354
says :
Iki kiganiro ni kiza. Twakura he number ya Hubert? Or mutubwire aho akorera. Murakoze
>>
<<@TheJoyofCooking24
says :
Ese nka bariya bantu bafite personality disorders ko kubaka nabo bigoye...ndavuga nka malignant narcissist, sociopath, psychopath, etc. They are very manipulative kuburyo kubana nabo nawe bituma ugira emotional problems. Nabo ubutaha mwazabavugaho. Murakoze.
>>
<<@emmanuelntivuguruzwa3849
says :
You are super my brother
>>
<<@Mfcsolis
says :
Bwana Sugira,you are the best teacher,nanje ndemeranya name urugo rwiza rurashoboka cane mbifitiye ubuhamya.courrages.
>>
<<@francoiseh.1032
says :
Twakubona gute inbox ngo udufashe! Thx
>>
<<@willygatsinzi1664
says :
Iki kiganiro kije nari ngikeneye pe ,nibazaga etape ikurikiye mubuzima bwange none ndayibonye, murakoze kuduha ibitekerezo ninyigisho.
>>
<<@kayitasireclarisse6192
says :
Izo courses zibaye online byaba ari sawa byafasha benshi
>>
<<@ahishakiyeclementine2151
says :
Hubert uri umuhanga cyane Uwiteka akomeze gushyigikira iyerekwa ryawe kuri mariage
>>
<<@mariepauldusingize3003
says :
Intanga ngore / intanga ngabo bijya bivugwa
>>
<<@mukampabukaolive2114
says :
Hubert wee uraho urakomeye.courage pe Wenda hari bake bazagenda bumva.iyi topic ndayikunda.
>>
<<@gahungusekagandajoseph2652
says :
Umugore ninkaho harimo kwihorera
>>
<<@Emy_sse-dc8mp
says :
Always bella 🌹😊
>>
<<@GasanaLawFirm
says :
Always a blessing to listen to @Hubert’s wisdom! You have no idea ukuntu utwubaka. Izo courses turazishaka online natwe zitugereho. Congrats brother!
>>
<<@nyandikira
says :
Sugira urugo rwashingiye ku binyoma rwubakwa rute ?!!
>>
<<@nyandikira
says :
Ese urugo abarwubatse banyuze sens unique nka ya yindi yo mu mubanda rushobora kubaho ! Mbese barineshyanyeho?!!
>>
<<@alinekanyamuneza-it4um
says :
Murakoze cn.ikiganiro ni ciza cn
>>
<<@kayikiresedie3743
says :
Muzambarize uwomugabo icyo iyompeta yiburyo imaze nk'umuchristo! I am sorry for that ngira amatsiko !!
>>
<<@BahavuJeanetteStories411
says :
Iyo minyururu yambaye mwijosi ibyo nibiki sugira weee😢😢
>>
<<@rudahungalineva5770
says :
Rose please mwampaye Numero zuyu mu Papa. Merci
>>
<<@manzialexis
says :
Wampa namba yuwo mugabo
>>
<<@manzialexis
says :
Murakoze cyane
>>
<<@lucillekankazi8073
says :
Dore abantu nkaba nibo dukeneye! Merçi Rose and Hubert! Society iragukeneye mubyeyi!
>>
<<@ijwiryabatavuga6710
says :
Bishobotse iki kiganiro cyashyirwa muri Français et Anglais plz
>>
<<@ijwiryabatavuga6710
says :
Iki kiganiro nicyiza cyaneee Imana Ikomeze Ibahe imbaraga natwe iduhe ubwenge bwo kwiga tugafata
>>
<<@liberathebazigaga8589
says :
Ikindi kibazo nibaza niba umwe mubashakanye ari umusinzi cg umusambanyi hanyuma undi ntabyo akora rwose kandi ufite ibyo bibazo adashaka ubufasha, atumva inama z’abantu bandi mbese we akora uko abyumva ese uwo wundi udafite ikibazo afata iyambere ate? Ashaka umuti ate kandi atariwe urwaye kandi umurwayi adashaka kwivuza burundu?
>>
<<@denysehakizimana4143
says :
Rose nawe ndagushiye.
>>
<<@denysehakizimana4143
says :
Sugira urakoze cyane Imana iguhe umugisha.
>>
<<@Yasseryves
says :
Rose urakoze cyane Ujyumutuzanira kenshi 🙏
>>
<<@aimeekayitesi771
says :
Ntegereje nizeye nanjye pe birashoboka
>>
<<@peacemahoroumutoni1646
says :
I love this man❤
>>
<<@kekekaka7315
says :
Muraho mwampaye nimero yuyu mu papa ?
>>
<<@jeanninewilliams8961
says :
Please mwaduhaye numero ya Sugira🙏🙏 Imana isubize aho yakuye
>>
<<@FAMILYMINISTRY-FM
says :
Hubert,Imana ikomeze ikwagure ufashe benshi cyanee,inama zawe ziranyuze cyaneee,Imana idufashe,iduhe ubwenge ni mbaraga,ndemeranya nawe💯% 1:06:44
>>
<<@FAMILYMINISTRY-FM
says :
Rose mfasha rwose umpe nimiro ya Hubert 44:02
>>
<<@FAMILYMINISTRY-FM
says :
Mwadufasha mukaduha nimero ya Hubert🙏🙏🙏 42:39
>>
<<@bazubagira2763
says :
Ukuntu uba wikiriza cyane birambangamira cyane ku buryo mba shaka kumva ibiganiro byawe ariko simbirangize kubera iyo mpamvu
>>
<<@christelleiteriteka3777
says :
Imana iguhe umugisha wamu papa ufise ubwenge bw'Imana muri wewe.
>>
<<@Nova7726
says :
Na Antoine Rutayisire yarabivuze nta rugo rubi n'urwa nyuma dutekereza rutaba rwiza igihe abarwubatse babigizemo uruhare urugo rwose rwahinduka rukaba paradison.Uwiteka azubake rwose
>>
NEXT VIDEO
>>