<<@ROSETVSHOW says : https://youtube.com/@familypillars?si=JsfBN58244f5Y47P kanda hano urebe ibindi biganiro byiza byabo👌🏻ushobora kandi no kumuvugisha kuri +250 783 817 067 Kanyana😍👌🏻>> <<@JeanPaulHakizimana-y3l says : Njyewe ninjyera Murwanda nzamunshaka abanzé anyigishe mbere yokubaka>> <<@JeanPaulHakizimana-y3l says : Uyu Mu Mama arasobanutse pe!, ufite ubwenge kbs njyewe ndagukurikirana Cyane burimunsi.>> <<@ToyotaAline says : yoo>> <<@NDENGOemmanuel says : Brido shawa nigihinde bakina naho aribishobo babica kuko nababagira inama nabyo bakora>> <<@Amanda-pm5mw says : Ubwo se ubaye love language yawe ari quality time, ntayikubonere nk'uko guhura samedi cg ikindi gihe, ubwo ibyo bintu byaba byerekeza he?>> <<@mugabodavid3006 says : Kanyana ufite ubuhanga burenze; n'uburyo usobanura ibintu mu mvugo ituje, birerekana ko udashakisha. Uti burya iyo ukunda koko, kubaha birizana; uko niko kuri nshuti. Bless you indeed !>> <<@ndikuriyodiore3129 says : Muracyari abana bta kintu muzi pe>> <<@mutabazijackson5831 says : Yewe uziko nzira kutavuga>> <<@helenemarierobert8557 says : Mana ubwenge ntibugira imyaka, ntibugira ubwoko, ntibugira isura. Dushake ubwenge no kujijuka>> <<@helenemarierobert8557 says : Urukundo = determination>> <<@helenemarierobert8557 says : Hello Kanyana 👋Welcome back>> <<@umulisadivine6680 says : Kanyana azubwenge wamwigiraho byinshyi pe ni marene kwa Rose kbx>> <<@Papalain says : Ko hari uwo ubwira ko umukunda akagutuka,wamubwira ko yambaye neza aka gusubiza ko Atari wowe wawuguze,wamubwira ngo waramutse ati ndakwiyamye Jya ureba ahandi ujya guhagira,wamuha impano akayanga,wamukoraho akagutuka cg akaguhunga ,ubwo wamugenza ute?>> <<@eeveelisa9613 says : Merci kukiganiro kiza.Nanjye nkunda umuntu untega amatwi>> <<@giftsoso7383 says : Kanyana bwiza ndagukunda cyane Rose we rero urwo ngukunda nikimeza ndagukunda numutima wanjye urabizi niyo nsenga ndagusengera kdi imana nsenga nizera neza ko igukunda kdi harumunsi izagushimisha nicyompora ngusabira kdi ndayizeye 🤍🤎💜💚>> <<@speciosemukagahima9089 says : Kanyana inyigisho zawe zikwiye kurenga imbibi ! Utekereze uburyo wa kwagura bikagera ibwotamasimbi ( Family Pillars ) yubahwe ♥️!>> <<@amrirutsobe6818 says : you so smart lady !! 🇺🇸>> <<@Carineeu says : Hello, Sha Kanyana azi ubwenge cyane ❤ ndamwemeye ahubwo nzagushaka pe ufite Ubumenyi buhagije Bravo 🙌🏾 ndagukunze cyane>> <<@juvenalturatsinze1734 says : Nibyo rwose! Ingo nyinshi zisenyuka kubera ubumenyi buke mu kubana kwabashakanye no kubaka urugo. Urukundo gusa ntiruhagije, kuko abatandukana cg ababanye nabi, baba barakundanye cyane, ndetse kenshi bagikundana. Hakenewe rero amasomo yo kubaka ingo zizaramba akaramata. Iyo gahunda ya Family Pillars ni ingenzi. Ni ukuyitabira, cyane cyane abagiye kurushinga, cg abamaze igihe gito bashakanye!>> <<@IngabireIlluminée-m5e says : Rose ma chr wakoze cyane kutuzanira Kanyana turabakunda yatumye niga byinshi pe Imana imukomereze amaboko yarakoze ku murema nuwumumaro kuri benshi>> <<@denismuragizi6595 says : Ahubwo mumpe number za Kanyana>> <<@denismuragizi6595 says : Ariko cya Kanyana kizubwenge weeeee Sha umugabo wawe yarahiriwe kbs naho Rose we narinsanzwe mwikundira ariko noneho arantagangaje pe ngo umugabo afite inda ebyiri hhhhhhhhh ariko Ro urimubi shahuuuuu !>> <<@ishimweolive3497 says : Wampaye number ye>> <<@jacquelineuwitonze2175 says : Rose wakoze kuzana Kanyana Ibintu bya relationship arabyumva abisobanura neza.>> <<@jeandamascenesafari8239 says : Uzamugarure cg umuntu yabona Téléphone ye gute?>> <<@jeandamascenesafari8239 says : Uravugisha ukuri kbs>> <<@pelagiemukapelagie1087 says : Nyamara kanyana na gakobwa gato,ariko nagateze amatwi kazubwenge pe .>> <<@lilyininahazwe6658 says : Ufise ibitekerezo bihenze cyane bose babikurikije nukuri twakubaka neza merci kunama nziza cyane>> <<@pelagiemukapelagie1087 says : Karibu kanyana wacu, 🌹 urakoze kongera kutuzanira uyu mukobwa wumuhanga👏👏👏👏>> <<@akianglique says : 👌👌>> <<@lilyininahazwe6658 says : Bravo Kanyana nari nanjye kubisuzugura ariko nibyambere merci beaucoup chenge>> <<@ib1799 says : Nunvise aribyo rwose izi nyigisho nizo Murakoze>> <<@ib1799 says : Ndasetse>> <<@christella5092 says : Sha mwagerageza kweri ibi ba Mama na Badata ndibazako ntavyobigeze bumva nukuri ubu uravye inyigisho zirahari nukuri bavyeyi muhezagigwe nukuri mukomeze mutuganirize>> <<@mne3354 says : Kanyana ndamukunda kabisa wise woman ❤>> <<@harerimanaemmanuel8078 says : Nukuri ibyuvuga nibyo Kandi biratwubaka peeeee>> <<@emmanuelniyitegeka7176 says : You are intelligence woman>> <<@mukahigiroanneemarie3381 says : Uyu mu maman ndamukunda kdi avuga ibyubaka pe>> <<@violagahimbare4129 says : Ubundi jew mba mbona abantu bakunda kuvuga ko ba belle famille ari babi,kenshi Abo nyene nibo mba mbona ari babi>> <<@Meetrealitydaily says : 💗>> <<@gajuangevanessa7607 says : Nibyo pe>>
VideoPro
>>