<<@FlorenceCadette
says :
Arko c neza neza umuntu abana n undi igihe kingana gityo utabona ko umuntu mubana atagukunda Koko!!!?paa ahaaa
>>
<<@iribagizavenantie1295
says :
Si ari ni ko umuntu wize aba injiji gutya
>>
<<@ingabiresandra7179
says :
Mbega Umugabo wumupfapfa!!! Yahombye Umugore kabisa, ntabwo yakwigera kubona undi nkawe. Indeed she's a wife material. Ubundi Abagabo mukunda iki kweri? Ndumva Umugore nkuyu ariwe Umugabo wese yagaharaniye kubana nawe ariko ni vice versa. Otherwise much โคโค my sister uri umuhanga.
>>
<<@yvettemunezero2706
says :
True umugore arababara akamara igihe aryamye ariko iyo igihe cyigeze arahaguruka akongera kugaruka.
>>
<<@NtibaziyandemyeNaome
says :
Vggbjfjbkvjbhgg๐๐๐๐ฒ๐๐๐๐๐๐๐๐๐
>>
<<@NtibaziyandemyeNaome
says :
Djajmfnzbxbzgf ๐๏ธ๐
>>
<<@uwamurerajeanette-r6y
says :
Naje gusanga buri mwana azana ake gashya
>>
<<@uwamurerajeanette-r6y
says :
Abavuga baba batarabona, ubwenge bwumugabo
>>
<<@mbabazicaroline-g3l
says :
Wa mu mama we ntabona irarenze pe,ugira umutima mwiza,ntabarokore bakibaho niwoweeโค usigaye.
>>
<<@MuhorakeyeOdette-bc6xq
says :
uwakunyereka wamudamu weโค
>>
<<@mukaremerarebecca
says :
umwana yanze kose amuterura ariko nase ntiyamushakaga ni ukumutsindiraho kubwo amategeko naho iyo umugabo atakigukunda nabana bawe ntababa abashaka . ikindi harinibindi uzicuza urugorwawe bararutashye
>>
<<@mukaremerarebecca
says :
ro umbabarire si ukumena isosi ariko abagore bikigihe barashaka ibintu abagabo batashobora Kandi niyo waba uhembwa menshi kurusha umugabo umugabo uramusaba ni umutware ni umutwe wurugo
>>
<<@mukaremerarebecca
says :
Kandi ntabwo abagore dufite uburenganzira bwo guhora tubwira abagabo ko tubakunda umugabo yabikwangira pe ahubwo uramwubaha ugaca bugufi , ukaganduka ukagira amahoro ugatanga amahoro ubundi urugo rukaba paradizo
>>
<<@mukaremerarebecca
says :
ibyo abagore biha gutekerere urugo no kwishyura inzu kurihira abana ishuri guhitamo aho kubaka , guhitamo plan yinzu muzubaka abagabo ntibatekererezwa n, abagore ahubwo yakwica . Kandi ni ukwihiraho imigogoro itariyawe , mbega ubundi incingano zawe uba wazujuje mbere yokwivanga muzabandi , ikindi abagore bazubaka ntibita umwana uwabo uravuga uti umwana wabandi maaa atarira nkakabona , ubwo Uzi ko ninda utavuga ko ariyawe madaaa uravati India yabandi idahungabana Kandi sindabona umugabo watekeye umugore ngo nuko yabyaye nyoko se cyangwa nyokobukwe baba bamaze iki wagize amahirwe aza kugutwara ndumva Usha ibintu umugabo atashobora twebwe ntashobora no kukuzanira ibiryo Aho uryame noneho umugabo uterura umwana ubundi ntanubwo agucanira itara uwomugabo yari imana yirwanda ahubwo umushake
>>
<<@Tjk-q7p
says :
Mbega umugore uvuga buhoro agatwara time.
>>
<<@brigittemukandoha6057
says :
Hari igihe ibikomere twakuranye bitubuza kubaho neza mu ngo zacu! Natwe tukaba ba Nyirabayazana.pole sana
>>
<<@murekateteclaudine7851
says :
Uyu muntu ateye ubute kumwumva ashyiramo gutinda kwinshi mu byumvikana ni umuhanga arko ntiwamwumva ngo usoze ikiganiro.
>>
<<@ndahayoolivier-oi4oc
says :
Ubwo niwowe mujura
>>
<<@mariemurekatate7626
says :
Kuko nsanze twahuje umubabaro yambera umuvandimwe akanduhura umutima nabaye igicibwa mumuryango natawe numugabo abana 2 mbese namateka nanjye.
>>
<<@mariemurekatate7626
says :
Kuko nsanze twahuje umubabaro yambera umuvandimwe akanduhura umutima nabaye igicibwa mumuryango natawe numugabo abana 2 mbese namateka nanjye.
>>
<<@mariemurekatate7626
says :
Muraho! komera mubyeyi haracyari ibyiringiro imana izadu shumbusha rose wambaba riye ukama nimero yuwo mu mama?
>>
<<@nzayisengapascaline5411
says :
Sha nanjye nzaza ubwo umuti wakoretse wo kutagaragaza ishusho
>>
<<@WHEREELSE21
says :
Arรฌko ukoze critical analysis uyumugabo wamusabye ibyo adafite ikindi ushobora kuba wivuze neza ariko ataribyo
>>
<<@rocktower7412
says :
Mbega umugabo wumugome!
>>
<<@km_gospelupdates
says :
Nkunze ukuntu yahishe identify ye.
>>
<<@vestineshami928
says :
Harimo ikintu ki derangea. I guess the microphone ๐ข
>>
<<@uwimanacathy5458
says :
Ariko ye,nkava mu nzu,nta mafrw,salaire yose igenda,nta ntebe,nta gitanda,nta safuriya,nta sahani? Ngo bitagenda bite se?
>>
<<@uwimanacathy5458
says :
Igihuru kizavamo igihunyira kiboneka kare.
>>
<<@uwimanacathy5458
says :
Gusohora amafrw biroroha,ariko kuyinjiza cg kuyasubizwa bikunda kugorana. Niba ufite uko wayabona,yakomereho,wiyatera inyoni,wiyategeza imisega.
>>
<<@uwimanacathy5458
says :
Harya ngo gukunda ni uguhuma? Nzaba mbarirwa.
>>
<<@JeannetteMuhawenimana-g2c
says :
Rose,nkunda ukuntu ugaragariza umuntu imvamutima โค
>>
<<@uwinezaconsole8523
says :
Yoooo disi bibaho
>>
<<@niyomucyonadine387
says :
Rose kwariwowe uboneka mumafoto
>>
<<@manzilydia6644
says :
Nimba kutagaragara byemewe muzantumire nange mfite inkuru ikomeye
>>
<<@aminauwera2646
says :
Yabuze umugore sinzi ko nkuwo apfa anubatse ngo aremye.
>>
<<@Josingab
says :
Ndumva Uyu mutumirwa ari umugore wa Ndimbati muri papa sava.
>>
<<@chany9950
says :
Manawe niho bavuze kwabagore atabwenge tugira pe wamugore we umbabarire wakoze ubujuju sinokubesha
>>
<<@chany9950
says :
Komera mama
>>
<<@Fofopretty
says :
none se Ubwo izo micro zanyu ,mutwishe amatwi gusa
>>
<<@kianatvshow9575
says :
Komera.mukobwa mwiza
>>
<<@anatholiekantengwa5683
says :
Ubu buhamya burimo isomo rikomeye cyane ,warakoze mubyeyi kutangisha umwana papa we .Rose ni umunyamakuru mwiza kandi akaba na mwiza hose merci ku buhamya
>>
<<@machanical01
says :
Mbega indirimbo ndikumva inyuma aho nashize uwahangeza,uretse ko iki kiganiro cyandijije gusa wa mumama we uri intwali njyewe nti byashoboka byaba uzaza jet lee cg nkaba naratandukanye kera uzi kwihangana pe
>>
<<@faveur710
says :
Madame tu es une dame Formidable Ntakwankisha Umwana Papa we Suis d'Accord avec toi๐๐๐๐ Bravo๐น๐น๐น๐น๐น๐น๐ฅโค
>>
<<@faveur710
says :
Rose Ndagukundaaaaa Yesu weeee imana ikurinde na Familles Yawe tu es vraiment une Rose ๐น๐น๐น๐น๐น๐น๐น๐น๐นโคโคโคโค Grace From Belgique ๐ง๐ช
>>
<<@faveur710
says :
Komera komera ma , Tu es vraiment forte Chapeau๐น๐น๐น๐น๐น๐นโค Grace From Belgium
>>
<<@muhawenimanaalphonsine2361
says :
rose urimwiza sha
>>
<<@delphinecyuzuzo3610
says :
Uri a strong woman mama. Uwo mugabo yaguprofitiye mu rukundo rwinshi war'umufitiye na personality yawe yo koroshya ibintu. Ariko byose biberaho kutwigisha, humura. Imana izaguhanagura amarira. Jye numvise ufite umutima mwiza udasanzwe pe. Keep it
>>
<<@roserusingiza1286
says :
Rose nkunda ukuntu ureka umuntu akavuga, ukamuha umwanya, ntu muce mwโijambo ๐๐ฝ๐๐ฝ๐๐ฝ.. Kandi nโawe uli mwiza pe ๐
>>
<<@JanviereIngabire-p9z
says :
Kuko mfite inkuru ndende
>>
<<@JanviereIngabire-p9z
says :
Rose nukuri ndishimye pe ukuntu wahishe isura yu yumama nange uzamvugishe ntange ubuhamya nange isura yange itagaragaza
>>
NEXT VIDEO
>>