<<@ByukusengeGentille
says :
Ihangane kand usenge cyn lmana izaguhe akazi ndetse ihindu ubuzima bwawe humura humura
>>
<<@NkurunzizaInnocent-e5e
says :
Ihangane wamubyeyiwe gusa birakomeye utabazimana niyishoboye kumuhindura
>>
<<@UWAMAHOROGENEREUSE
says :
Umva nshuti inama nakugira iryo terabwoba agushyiraho riteshe agaciro noneho nugira amahirwe ukabona igishoro ugende ukore usengere ibyugiye gukora bigende neza ubundi ube busy kuriwe kd ube uhagaritse kubyara hanyuma wibere inshuti nimana ikikugoye cyose ukibwire imana naho uwo mugabo numudayimoni umutuyemo satani yakoherereje ubishoboye wamureka kuko bene abo nibo birangira bishe abagore babo
>>
<<@inamahoroknadia9975
says :
Chr ntarugo ufite pe! Gusa umugabo wawe ashobora kuba yaragize ihungabana murukundo ikindi afite Egle ikabije urugorwanyu kugirango rukomeze nuko yagana abajyanama bubuzima
>>
<<@iradukundagentille7321
says :
Naringiye kureka kugira icyo mvuga kuko mbona bakubwiye byinshiiii, arko reka nkugire inama iruta izindi zose, wigeze kuvugako wavukiye mumuryango ukijijwe, namahirwe akomeye, ndagirango nkubwirengo egera Imana cyane biruseho, ubenshuti nayo cyaneeee, hanyuma wongere communication yawe, ujye umubwira utuntu twoseeee kuko utwo tuntu wumva ataringombwa kumubwira twubaka urugo Chr, buriya iyo uva guhaha ukamubwiruti Cherie uziko hahandi nasanze ntabihari nkahura numumotari akampa lift nkajya hahandi, uwamuhaye amakuru yarigusanga abizi, bityo akagenda agira ikizere, kuko urumva ntabwo akuneka gutyo kuko akwanze ahubwo aranagukunda cyane, ahubwo afite ikibazo cyokutigirira ikizere, Wowe rero senga Imana uyisabe ize imuvure arko Kandi mugihe atarakira usabimana iguhe imbara zokumwihanganira, uce bugufi umwubahe umugandukire umuhate care nukuri ibyo bizashira ndakubujije ntuzasenye peee, ibyobintu bizashira
>>
<<@KayitesiImmaculate
says :
Kuraho ubugoryi umugabo numwana wundi kandi komera
>>
<<@KayitesiImmaculate
says :
Wamanawe haguruka utahe uracyari mutoya ufite amaboko bitaribyo uzarwara stroke nangenuko byangendekeye mukurizamo kurwara ariko nyuma mpavuye najegukukira ubumeze neza
>>
<<@ChantalMuhawenimana-b4y
says :
Ihangane bizashira muvandi, nanjye byambayeho. Njyeweho umugabo yahuje terefone yanjye niye. Abampamagaraga nimwe wabitabaga, byarambabazaga . Arik lmana uhindura ibihe yarabihinduye.
>>
<<@MukabisengimanaElina
says :
Mukobwa mwiza ihangane abagabo bakiri batio baragorana gusa aragukunda niyo mpamvu agufuhira inama nakugira nugusenga nokwihangana wabona bikomeje kwanga uhamagare ababyeyi bawe nabe ubabwire ibikubangamiye bazamuganiriza kuko niba atakwicisha inzara ntaguce in Yuma nuko yabuze abamuganiriza ukobubaka buriya ntashuti nzima afite nawe nabe ubibabwire hanyuma baba
>>
<<@ishimwec3886
says :
Urwo rugo nta buzima rufite
>>
<<@ishimwec3886
says :
Nabyumvise umugabo wawe ni umusoldier
>>
<<@ishimwec3886
says :
Ark disi ndumva agukunda p, ntaguca inyuma ngo akurishe umutima, urumva udufaranga akoreye arabagaburira ntagutererana, ntagushishibuza uretse control agukorera gusa! Ihangane p Azahinduka, senga
>>
<<@UwaseNyiramwiza-d4m
says :
Yoo imana igutabare
>>
<<@ProvidenceMukeshimana-p5t
says :
Yewe mbega ubuzima hari byinshi duhuje pe ! Ako kantu kitike kankoze kumutima rwose hamwe nibindi wavuze pe
>>
<<@YvonneMUSEKARAME
says :
Kereka tuganiriye naho ubundi abarushye turibenshi
>>
<<@mukasekurujeannine9380
says :
Nubwo utavuze akazi akora ariko imiterere ye yatumye nkamenya,ihangane niko bamera no kuba yahinduka ntubitegereze ahubwo usabe IMANA kubyakira nubona utazabishobora uzikure hakiri kare
>>
<<@nkundimanajoseph2020
says :
Mureke usubire murugo usenge imana iguhe icyerekezo iyo ni prison urimo kndi ikunde kurusha uko watekerako agukunda iyo niyo nama izere imana kuko uwo siyo mana
>>
<<@inezajoselyne631
says :
Sorry si ukuguca intege, ariko biragoye ko umuntu yahinduka kd kubaho gutyo bizatuma upfa udashaje utirereye n'umwana, kubwanjye ndumva wabohora ubuzima bwawe, gusa ugishe n'inama umubyeyi wawe.
>>
<<@MusaniwaboDanyse-n5j
says :
Yooo🥲🥲🥲 Pool even
>>
<<@uwerabetty117
says :
Imitima yabenshi yarakakaye dutin6a gusenya ariko nabonye iyo akomeje gutegeka ukamwerekako nawe itekereza ageraho agatanga agahenge gato
>>
<<@UwamariyaDiyane
says :
Mureke utarandavura ubanze usenge uwosumugabo nimarine
>>
<<@mukaremerarebecca
says :
nukuri inama iruta izindi ni ukwihangana urugo rushya rutarabona imitungo rubarukeneye kurwihotorera ntago urugo rushya urugereranya nurwuvuyemo iwanyu rwimyaka 30rwose humura kuba umugabo wawe ariho murikumwe imana izamutungisha ndabizi niwihangana ukamuba hafi mubukene no mumibabaro yose ugaca bugufi ntiwirwanirire ngo ushake akazi kugirango wihahire noneho byamubabaza yahota abonako ugaye ibyo akora byose ujye umushimira ducye yaguhaye nubwu tudahagije mugirire urukundo ndakwinginze kandi ndagusengeye imana iguhe amahoro asakare umutima wawe amen.
>>
<<@mukaremerarebecca
says :
inama nakugira ihangane ayo mabwiriza uyakurikize ndabizi azakugeza ku insinzi urugo uruyobore nawe wisanzure unatante uhe nabandi
>>
<<@mukaremerarebecca
says :
niwihangana urwo rugo rwiza uzarugira ariko nunanirwa hakirikare utararumaramo ni imyaka 6 ntago uzarubamo ihangane ukunde umugabo wawe kandi umwubahe cyane ikindi umugirire ibanga mbega .
>>
<<@mukaremerarebecca
says :
ntabwo arukukwanga rwose murumuna wanjye
>>
<<@mukaremerarebecca
says :
uzajye ujya kwasobokwe kenshi ariko iwanyu uzajya ujyayo uherekejwe na fanta na primus y,umukwe n,iribaya rishyashya ninkweto nyine wamwubahishije
>>
<<@mukaremerarebecca
says :
kandi abagabo babuza abagore kujya iwabo atari ukubanga kuko baba bashaka icyubahiro iwanyu ntago wagenda utaguhaye ubushobozi bumugaragaza neza urugero abashaka ko uzajyayo wateze iyo moto cyangwa yakodesheje iyo modoka mbega ibintu bimuhesha agaciro
>>
<<@mukaremerarebecca
says :
kuba umugabo wawe adafite amafaranga aguhagije iyo akubonye uvugana nabandi bigitsina gabo abaziko bagushukisha ubushobozi bafite
>>
<<@mukaremerarebecca
says :
ibyo kuganirabyo nabandi bagore iyo haje abashyitsi cyanecyane ababagabo abagabo bacu baradusohora murisaro ukujya uza aruko aguhamagaye aniyemera ati mada zani icyayi igihe nakakubwiriye ntiwumva nawe ukuza wihanagura mu intoki uti karame nabitabye ,agahita yovugisha ubuse ni ayamatase ufite mada ,kandi abizineza ko ariyo mufitegusa akakwimoza ukamwara ibyorero birasanzwemungo nyinshi
>>
<<@mukaremerarebecca
says :
uwomuhungu ugomba kumuhomba kuko nnyine aramufuhira.
>>
<<@mukaremerarebecca
says :
iyo umugabo adafite amafaranga avuga nanabi ujye ucunga yabonye amafaranga umuganirize umwitetesheho urebe ntakibazo azagira azishima
>>
<<@Letitgonow
says :
Papa Rukundo uramuvuze sasa
>>
<<@gacuriroimmacule
says :
Sorry iyi nkuru nyibonye ntize gusa Sinareka kuvuga, uwomugabo wawe ntabwo akwima amafaranga aruko ayafite, impamvu atayaguha ni imibare aba yifitiye, shaka akazi ukore umwunganire byose bizagenda neza rwose . Naho ubundi aragukunda kd ntaho uzabona marayika, hanze nihabi abariyo ntibanezerewe nagato, uzaruvamo abagabo baguteshe umutwe. Iga kunyurwa kuko hari abazirimo bitunze bagatunga nabo bagabo
>>
<<@jeanneumurwaneza8835
says :
Ikibazo si cyo akazi arakazi mwabiganiraho ugashaka icyo gukora ahubwo ugiye mukazi ntiyatuma ugakora ahubwo mureke hakirikari
>>
<<@MukashemaFloride
says :
Rero kubwamahirwe iwabobarabimenye imiryangoyombi nibombona babikemura umugabo akaganirizwa bakamubwirako uwo arumugore atarumwana kuko mugihe bataganira ngobahane ibitecyerezo ntago byavamo ikindi wamubyeyiwe abantunkabo babaho ingozose ntizubakwakimwe nawe ufate ingamba kukarimo wakora kandi ntuzahangane nawe nakubuza jyubireka umuntufuha ntabayoroshye mugihe bitaracyemuka jyawumvanakubuza kugenda ubireke
>>
<<@UmukundwaCopine
says :
Njyewe navuyeyo mfite ibiro mirongo itatu kubera stress nyishi nahoraga rwaye umutwe udakira waburi mutsi knd nari narahahamutse nonengo azahinduka wapi pe wikibeshya
>>
<<@UmukundwaCopine
says :
Nuba ikigoryi azakubyaze undi isi izakubona uzarira ayo kwarika hunga mbenabo ntibajya bahinduka barinda bapfa ahubwo agutakariza igihe
>>
<<@UmukundwaCopine
says :
Ubu njyewe narize nahogoye pe ameze nkumugabo twabyaranye najye nuko yarameze umva njyewe navuyeyo hakirikare da
>>
<<@kampireceline
says :
Uwo ntuzamushobora ntukake uruhushya nturi muri interna muganirize niyanga ugende uwo ntamugabo umurimo azakuzonga
>>
<<@KanzayireAngeles
says :
Abantu benshi bafite ibikomere byokwihambira ndetse bamwe nogupfa barapfa,va k,umuntu nkuwo
>>
<<@KanzayireAngeles
says :
Umva mukobwa mwiza inzira zigendwa hakirikare ,uwo mugabo ntiyenda kuzahinduka kuko utagiriye impuwe imfura ye nimubyara benshi azabamira pe,fata umwanzuro hakirikare uruvemo kuko haribyihanganirwa uwo ntazahinduka pe
>>
<<@MirembeJoy-tx7mw
says :
Mukobwa mwiza 😭😭 urumwana cyane gusa niba wayobewe fata umwanzuro kuko utakumva hehe nokukumva ngewe nguye murugi😢ndira kubera abana beshyi hunga udapfa
>>
<<@UmugwanezaDevotha-op9hz
says :
Ese ro bino bintu birakora nange nzaze mbabwire ? umugabo umezutya ntajya akira aba afite ubumuga butagaragara nubwo gusenya ari bibi arko ugifite umwana umwe iruka umuhunge ntacyo kwicuza uragira kdi disi pole abagore bashakakubaka bahura nabagabo bibigoryi
>>
<<@NiyikizaEgide-y5e
says :
Pore ihangane bizashyira.
>>
<<@nyiranezapascasie1304
says :
Byumvikana ko uwo mugabo afite kamere,teranya bacye mumiryango yombi musase inzobe nubona byanze uruvemo hakiri kare wazasara.Kuko kamere nkiyo ntakizere ko yayireka
>>
<<@marineuwimana6486
says :
Ntago uwo muntu umeze gutyo azatuma nako kazi ugakora,unakabonye, ngewe Inama nakugira nukureba ubuzima urimo umutima nama wawe akaba ariwo ugisha inama,wabona byanze ukabivamo uracyari muto kdi wirinde kwongera kubyara.
>>
<<@NkinzingaboAthany
says :
Umugabo numwana wundi sha , nta bumuntu afite nagato, inama nakugira sanga mama wawe akwigishe umwuga ubundi wibesheho numwana wawe uracyari muto ntukwiye kubaho ubabaye mukobwa mwiza
>>
<<@helenemarierobert8557
says :
Uwo bamwita “pervers narcissique” azakuzonga uwo ntakira ni uburwayi igisubizo ni “uguhunga “ nta kindi! Urambabaje, nushaka ubuzima uzahunge ariko abo bantu bameze nk’urupfu, upfa uhagaze, ugasara, uzashake imibereho umute niko bimeze! Kandi ntubyare umwana wa kabiri! Reka kubyara wa mugore we ba uretse kuko ntibizarama!
>>
<<@UWASEKURUCLEMENCE
says :
Niko zubakwa menya guhugira kukintu runaka ,ureke gushaka kugenda genda cyane maze usenge cyane ,wishakire icyo uhugiraho❤twagukunze
>>
<<@BoyBoyboy-v8b
says :
Ihangane muvandi
>>
NEXT VIDEO
>>