<<@THECHOICELIVE
says :
Reba Filme Komisiyoneri ya Ndimbati,Kadogo,tukowote,Mc Nario,Phil Peter na Tamu: https://youtu.be/k7IBtvt-HXw
>>
<<@nayebarepeace4377
says :
I always feel hurt 😿 buri ukombonye iki kiganiro😭nzesimanyi nakumanya
>>
<<@smrtvtkeza4490
says :
Sha niyihangane
>>
<<@rosinengwnondebe96
says :
Iyo bitageda niko bimera ashobora kuba atarabasha kujya koga nkuririya yambaye kositume yabyo uzabona ko uriya mukobwa wundi ashoboye kwishimisha mu bihe byose niko bimera keshi abanyarwandakazi ashaka abasore batuye i burayi cg muli Amelika najye bajyerageza guhinduka ok
>>
<<@evoderakitic5341
says :
Urukundo RW,Ubu rumeze NK,umuyaga ruraryoha kndi rurababaza
>>
<<@ernestemunyantore5802
says :
Munyemerere Mbagire inama basore namwe nkumi. Nange ndi Umusore ariko tugire akiriro gacye na Feri. Mw'itegereze agahinda gasaze(depression) bamwe bakomeje. Guterwa no kutarambana nabo bubakanye bitewe no kudashishoza! MUGIHE UJYIYE KURW'UBAKA NUWO WAKUNZE ITA KURI IBI BINTU BITATU DORE KO USANGA NABATANDUKANYE BABA BAGIKUNDANA ARIKO BITABA BIGISHOBOTSE KO BAKOMEZA KURWUBAKA BIKARANGIRA MU BIKOMERE BY'UMUTIMA HABA KURI BO 2 N'IMIRYANGO YABO MURI RUSANGE! NANGE MUGIHE NTARABONA IBI BINTU BITATU KUWO NASABA KO TUBANA NZABA NDETSE IBINTU BYO KUVUDUKA NGO NDARONGORA SHWIII! KUKO ABADUKUNDA NABO DUKUNZE NTI BISOBANUYE KO KUBAKANA NABO BIZADUHA KURAMBANA. MUGIHE UMUNTU WAKUNZE ADAFITE IBI BINTU BITATU NTUZATE UMWANYA UROTA KO WAKUBAKANA NAWE. URUGO RW'UBAKWA NAMAHAME AKURUKIRA : 1.UBWENGE; 2. KUMENYA 3. KUJIJUKA. URUGO RUBUZE IBI NTI RURAMBA NIZO DIVORCE DUKOMEJE KUBONA URUKUNDO RWONYINE NTI RWUBAKA URUGO. IHANGANE KURI WOWE WUBATSE BIKARANGIRIRA MURI DIVORCE NA DEPRESSION.
>>
<<@uwimpayechristine7102
says :
Yeah! Birababaje ariko ubuzima burakomeza mutesi rwose turacyagufana.wowe uziyizire mu rwagasabo.sha couple yabo yaranyinspire bituma nange nkunda urwukuri kuko wabonaga Aurore abirimo neza.yatwigishije gukunda byukuri.kdi ni umuhanga ndaza kukwandikira umuvugo
>>
<<@micomyizayvone3614
says :
Ese harya bari baramaze kubana? Cy nibimwe byogukundana gusa?ubizi ansobanurire.
>>
<<@placidemukhakarise7150
says :
Aurore wihangane chéri wacuuu uracyari mwiza ku mubiri no ku mutima kandi uwawe mukwiranye Imana yaramukurermeye rindira isaha ntiragera Humura uwiteka ari mu ruhande rwawe azagukiza ibikomere
>>
<<@godsloveceline6688
says :
Umwana w'umuntu aragusiga rwose, gusa Imana yo ntiyagusiga yokabyara🙏
>>
<<@macjunior6755
says :
Erega ntaniryo umuntu azafate. Uretse no kubukora
>>
<<@mahoropeac5707
says :
Buriyabyose byatewe numuhabo orore yararezwe numwanamwiza Kandi azikwihangana imyakayose agoragoza ariko byaranze nabirekerwose nabivemo
>>
<<@mahoropeac5707
says :
Urukundo burya ninkabombo isaza ishonga urukundo rusazankisabune isaza ishonga kubagaboho ishongavuba rushongavuba vuba vuba
>>
<<@Joanah_Beauty
says :
Mana weee cyakora byambabaje😭bitumye mbona ko ntamuntu utasenya pe😔Ntarukundo ruhoraho rukibaho kdi aho kubana n umuntu mutishimye mwatana ukamukundira kure aho kugirango mubeho nabi forever🙅♂️ntamuntu nkicira urubanza pe burya umuntu asenya yaragerageje ntawubyishimira nukuri😭jesus
>>
<<@rosineuwamahoro2658
says :
Yoooooooo birababaje cyokoza gusa ntakundi buriya harimpamvu bababafashe guhitamo gutandukana
>>
<<@julianno_official7531
says :
Ngaho
>>
<<@sikudhankaramaga5871
says :
eeee ndababaye cyane peeee gusagusa ntituziituzi ibyoibyo mwapfuye gusa musore ntanamahoro uzagira ndakubwiza ukuri
>>
<<@AboutYou345
says :
Nabonye warabaye nabi utubinga,yuyuyuyu Divorce nimbi iii
>>
<<@luciebella3327
says :
So sad kabisa. Ark buriya hakozwe igikwiye mugihe gikwiye.
>>
<<@AboutYou345
says :
Egide yaragusweraguye none yumvise utaryoshye nyine ubwo yahuye nabazi kugitanga neza cg amashuri yaranakunaniye abona ntacyo uzamugezaho yiciraho
>>
<<@Jussy7433
says :
So sad
>>
<<@kabandajeanlucchristian7113
says :
Very 😔 sad
>>
<<@albertinyarwanda8631
says :
😭birababaje
>>
<<@Thegraceofgod75
says :
Turahari Irené kandi turabakunda
>>
<<@ningabiredieudonne1148
says :
Sorry Dear 😭😭😭
>>
<<@AlicesHairverse
says :
Hahah Czech Republic turahari😅 ni ama Czech crowns 🤗
>>
<<@jacksonkabaneze8849
says :
Irene rongora ubone indero
>>
<<@marthanzeyimana6749
says :
Irene icyukoze urandyohrreza umusi uti izi mubona zashyuhagiye umusi zakonj wabeshyera inda yigikeri 😂😂😂😂disi yihangane ucye umwisimbanira ubu warakuze bamugutway urumwana
>>
<<@damix-ob3jn
says :
Mwampaye nomero yiwe nkamwihoreza kkkk komfite urukundo gusa
>>
<<@Reine257
says :
Uwambaye ikirezi ntabona ko cera 🤧😃aurore is a really Queen 👸 Irene wee yavuze ko atavyaye urya mwana nuwa mukuruwe
>>
<<@mukankusifrancoise1155
says :
Irene erega ntabihora biteganye nkamabuno!! amago yubu yabaye inshinwa.
>>
<<@rugwirojolly7127
says :
Yoooooo!!!! Mana weee😭😭😭😭
>>
<<@uzaramasophieturabemera1146
says :
Abagabo ntibanyurwape uyu mukobwa ukuntu arimwiza nge nanubu ntamu miss ndabona kuva miss yatangira nge mwita miss wibihe byose nukuri abanyarwanda nti banyurwa gusa birambabaje cyane ariko ntakundi ndihanganye uyu mukobwa imana izamuhe umugabo uzi icyo ashaka
>>
<<@Djfusoo
says :
Rutambi na smith bigezehe mn
>>
<<@davidmujyambere1441
says :
Egide yarinyesebuye abona nta birenze wana hahhaaha arangije akubita hasi
>>
<<@cldcld7294
says :
Reka nawe ntukabeshye ntamwana bari bafitanye
>>
<<@mugangagentille7143
says :
*_RYOHEREZA UMUKUNZI WAWE📷_* +250 783 694 987(whtsp,call& SMS) *_📷 Ese waba ugira ikibazo cyo Kurangiza vuba?_* *_📷 Ese waba ugira ikibazo cyo Kutagira ubushake?_* *_📷Ese waba Ukora agaturu kambere ariko gushaka aka kabiri bikanga?_* *_📷Ese uri umudamu cg umukobwa ariko ntamazi ugira cg ufite make?_* *_📷 Ese Intanga zawe zacitse amazi cg zigenda gake_* *_📷Ese wabaswe no kwikinisha cg ufite zimwe mungaruka zabyo?_* *_Wigira Isoni Nyandikira cg Umpamagare Nkukorere Umuti._* *_#+250 783 694 987📷_* *_[WhatsApp,Call, SMS) Ese waruziko iyi miti yacu yakugeraho niyo mumahanga uri? Igisubizo ni yego .Mutugane tubahe services nziza cyane.....
>>
<<@marieclairerusanganwa8542
says :
Irene Aurore yivugiye ko nta mwana afite ntiyigeze abyara
>>
<<@thetruthtvshow6101
says :
Couple itazatandukana niya Bahavu Jeannette (diane,kami) kuko aratuje aranasenga kndi yubaha abantu bose
>>
<<@Uw.claudine
says :
Ntamwana bafitanye wiza kubeshya
>>
<<@maombigrace6384
says :
Nanjye ndababaye disi , ni satani rata utishimira umunezero hagati yabakundana.gusa twarabakundaga wabonaga hari bond ikomeye ya love hagati yabo
>>
<<@bazamugangaaphlodis2989
says :
*NIBA UCIKA INTEGE MUGIHE CYO GUTERA AKABARIRO KORESHA "REVIVE capsules"* bikire burundu binahe urugo rwawe umunezero. REVIVE ikozwe mu byatsi bizwiho kongerera igitsinagabo imbaraga mu mibonano mpuzabitsina no gutuma imitsi ikora neza. REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N'igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w'ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y'Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya. Iki gihingwa kimaze imyaka isaga ibihumbi bibiri mu Bushinwa gikoreshwa nkicyongera imbaraga z’abagabo ndetse no mu kuvura imikorere mibi ku mubiri wa kigabo. REVIVE yateguwe byumwihariko kugirango yongere ubushake bw'imibonano mpuzabitsina, yongere ubwinshi no gukomera kw'intanga, yongere imbaraga za ogisijeni mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha. IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE: ✅Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. ✅Yongera libido ku kigero cyo hejuru. ✅Irinda ikanavura ububabare bwo mu kibuno. ✅Yongera umusaruro w'intanga mu bwiza n'ubwinshi. ✅Ituma ubwonko bukora neza ikanongerera umuntu imbaraga. ✅Ihangana n'ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro ✅Ivura guhorana umunaniro ukabije... INGARUKA NZIZA ZO GUKORESHA REVIVE mu rugo iwawe. ✅Umugabo wakoresheje revive atuma amarangamutima n'ipfa ry'imibonano ku mugore bishira kubera kukunezeza. ✅Irwanya kwiheba no gusa nabi ku mugore. ✅Nta ntonganya n'ubwumvikane buke cyangwa gucana inyuma biba mu rugo. UWAKORESHEJE REVIVE: ✅Ubwawe wumva ko uri umuntu wifitiye ikizere kandi akenshi uzasanga umukobwa wese ushobora kuryamana na we azakwiruka inyuma kubera ibyishimo umuha, cyangwa ntazigere akwibagirwa. ✅Gukoresha revive bigufasha gusohora mu gihe ushaka gusohora ibyo bikakurinda gupfubya uwo muhuye. UKO REVIVE IFATWA: ⚠️Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi ashyushye y'akazuyaze. Uyikeneye Call&WhatsApp: +250788366285
>>
<<@bazamugangaaphlodis2989
says :
*NIBA UCIKA INTEGE MUGIHE CYO GUTERA AKABARIRO KORESHA "REVIVE capsules"* bikire burundu binahe urugo rwawe umunezero. REVIVE ikozwe mu byatsi bizwiho kongerera igitsinagabo imbaraga mu mibonano mpuzabitsina no gutuma imitsi ikora neza. REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N'igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w'ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y'Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya. Iki gihingwa kimaze imyaka isaga ibihumbi bibiri mu Bushinwa gikoreshwa nkicyongera imbaraga z’abagabo ndetse no mu kuvura imikorere mibi ku mubiri wa kigabo. REVIVE yateguwe byumwihariko kugirango yongere ubushake bw'imibonano mpuzabitsina, yongere ubwinshi no gukomera kw'intanga, yongere imbaraga za ogisijeni mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha. IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE: ✅Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. ✅Yongera libido ku kigero cyo hejuru. ✅Irinda ikanavura ububabare bwo mu kibuno. ✅Yongera umusaruro w'intanga mu bwiza n'ubwinshi. ✅Ituma ubwonko bukora neza ikanongerera umuntu imbaraga. ✅Ihangana n'ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro ✅Ivura guhorana umunaniro ukabije... INGARUKA NZIZA ZO GUKORESHA REVIVE mu rugo iwawe. ✅Umugabo wakoresheje revive atuma amarangamutima n'ipfa ry'imibonano ku mugore bishira kubera kukunezeza. ✅Irwanya kwiheba no gusa nabi ku mugore. ✅Nta ntonganya n'ubwumvikane buke cyangwa gucana inyuma biba mu rugo. UWAKORESHEJE REVIVE: ✅Ubwawe wumva ko uri umuntu wifitiye ikizere kandi akenshi uzasanga umukobwa wese ushobora kuryamana na we azakwiruka inyuma kubera ibyishimo umuha, cyangwa ntazigere akwibagirwa. ✅Gukoresha revive bigufasha gusohora mu gihe ushaka gusohora ibyo bikakurinda gupfubya uwo muhuye. UKO REVIVE IFATWA: ⚠️Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi ashyushye y'akazuyaze. Uyikeneye Call&WhatsApp: +250788366285
>>
<<@bazamugangaaphlodis2989
says :
*NIBA UCIKA INTEGE MUGIHE CYO GUTERA AKABARIRO KORESHA "REVIVE capsules"* bikire burundu binahe urugo rwawe umunezero. REVIVE ikozwe mu byatsi bizwiho kongerera igitsinagabo imbaraga mu mibonano mpuzabitsina no gutuma imitsi ikora neza. REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N'igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w'ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y'Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya. Iki gihingwa kimaze imyaka isaga ibihumbi bibiri mu Bushinwa gikoreshwa nkicyongera imbaraga z’abagabo ndetse no mu kuvura imikorere mibi ku mubiri wa kigabo. REVIVE yateguwe byumwihariko kugirango yongere ubushake bw'imibonano mpuzabitsina, yongere ubwinshi no gukomera kw'intanga, yongere imbaraga za ogisijeni mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha. IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE: ✅Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. ✅Yongera libido ku kigero cyo hejuru. ✅Irinda ikanavura ububabare bwo mu kibuno. ✅Yongera umusaruro w'intanga mu bwiza n'ubwinshi. ✅Ituma ubwonko bukora neza ikanongerera umuntu imbaraga. ✅Ihangana n'ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro ✅Ivura guhorana umunaniro ukabije... INGARUKA NZIZA ZO GUKORESHA REVIVE mu rugo iwawe. ✅Umugabo wakoresheje revive atuma amarangamutima n'ipfa ry'imibonano ku mugore bishira kubera kukunezeza. ✅Irwanya kwiheba no gusa nabi ku mugore. ✅Nta ntonganya n'ubwumvikane buke cyangwa gucana inyuma biba mu rugo. UWAKORESHEJE REVIVE: ✅Ubwawe wumva ko uri umuntu wifitiye ikizere kandi akenshi uzasanga umukobwa wese ushobora kuryamana na we azakwiruka inyuma kubera ibyishimo umuha, cyangwa ntazigere akwibagirwa. ✅Gukoresha revive bigufasha gusohora mu gihe ushaka gusohora ibyo bikakurinda gupfubya uwo muhuye. UKO REVIVE IFATWA: ⚠️Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi ashyushye y'akazuyaze. Uyikeneye Call&WhatsApp: +250788366285
>>
<<@irmatsiko6387
says :
Muri check republic ndahari bro
>>
<<@MUGANGA-wimyororokere
says :
IGITSINAGORE TWITE KUBUZIMA BWACU. Ikibazo cy'ama infections Ku gitsinagore, ni ikibazo gihangayikishije ababyeyi n'abakobwa benshi, aho usanga bamwe barabuze urubyaro, abandi barabuze imihango cyangwa ikaza nabi, abazana ibintu by'umweru mu gitsina cyangwa impumuro mbi, hari nabo usanga nta bushake bagira cyangwa barabuze amavangingo mu gihe cy'imibonano. Gusa ibi biravurwa bigakira iyo ukoresheje HERBAL MAHARANI, chlorophyll, FATIMA na FEMININE WASH. Inyungu zo gukoresha maharani, chlorophyll,fatima na Feminine wash: ✅ Byongera amavangingo mu gihe cy'imibonano mpuzabitsina, ubushake n'ububobere. ✅Birinda kugira mu nda hanini (gutendera) bikanabikuraho burundu. ✅ Ikuraho infection urinaire cyangwa vaginale izo arizo zose kabone niyo waba warazivuje zaranze gukira. ✅ Ikuraho burundu kubabara mu gihe cy'imihango, kubabara umugongo, ndetse ituma imihango isubira kuri gahunda. ✅Ituma wisubiranya vuba umaze kubyara. ✅ Isubiza imihango kuri gahunda kandi igatuma ubona imihango niyo waba umaze imyaka utayibona cyangwa utarayibona na rimwe. ✅ ikuraho ingaruka zose ziterwa na onapo. ✅Ituma ugira uruhu rwiza. 9. abantu bazana imihango yavuze irabicagagura ikaza neza. ✅ Iringaniza imisemburo yose y'abadamu n'abakobwa ijyanye n'imyororokere. ✅ikuraho ingaruka zose zo gucura. ✅Ikura imyanda yose ndetse na infection mu myanya myibarukiro. ✅ Yongera ubushake mu kubonana n'umugabo. ✅ Ivura ibibyimba byo muri nyababyeyi bikagenda burundu batiriwe bakubaga. ✅ ivura kubyimbagatana kwa hato na hato. Turabamenyesha ko turi muri promotion izamara iminsi 15 aho iyo uguze umuti umwe ukaturirwa 30 %, rero ntimucikwe. Dukorera mu mujyi wa Kigali Mu gakinjiro ka Nyarugenge, dukorera kandi Huye, Musanze na Rubavu. Ku bindi bisobanuro naho mwayikura mwahamagara cyangwa mukwatwandikira kuri WhatsApp: *+250 782804734 Kora share kugirango n'abandi bafite ibi bibazo bagezweho imiti.
>>
<<@davinamuhozi566
says :
Ntacyowahombye yakwihereye documents mwihorere gafotozi uzabona undi uzitondegusa nubundi yariyaguhenze yaguciye ninyuma
>>
<<@merdriisapuuch7195
says :
Oh my Goodness, ibi nibiki koko birambabaje rwose ka Aurore disi.
>>
<<@uwiringiyimanaclenia5788
says :
Abastar iyobakundana birasakuza cyane ariko bashwana bikaba akarusho muransetsa pe
>>
<<@polygospeltv
says :
Bivuge cyane uti satani ni umurozi, umuhemu,.... it's so sad ark ntakundi bibaho
>>
NEXT VIDEO
>>