<<@ROSETVSHOW
says :
0782840562 Ushaka kuvugisha Clarisse
>>
<<@ntende-q9f
says :
Ka advert niko pe.
>>
<<@Ngobyiduhetse123
says :
Uyu inzozi ze nurufaranga gusa
>>
<<@Ngobyiduhetse123
says :
Uyu ni bene babagore badakunda umuntu uko Ari ahubwo bareba ku ikofi gusa
>>
<<@kenyamboqueen
says :
Message irimo ubu niyihe?
>>
<<@UwajenezaEsther-y3b
says :
Waje gushakumugabose
>>
<<@tiny_hunter127
says :
Niba yara yaranditse ayo mazu kuri nyina biragoye ! Wariwe ni mbwa
>>
<<@tiny_hunter127
says :
Imana ya kurinze imbwa
>>
<<@tiny_hunter127
says :
Arikose niba umuntu aziko atagukunda aba agushakaho iki!
>>
<<@MarylouiseNamagembe
says :
Komera mama uwange arenze uwo ngirango nashyingiwe umudayimoni
>>
<<@UmuhozaSolange-ce6uu
says :
Komera komera nshuti,izere Yesu niwe mugabo mwiza udahemuka
>>
<<@NadiaChinna
says :
Ndakunva.mama.najewe.vyaruko.navuye.inyuma.inzatwubakira.mama.ihagane
>>
<<@mutezinkindijeannedarc7391
says :
Ariko inshuro ya kabili agaruka ajya he?uramubwira uti wahisemo hama kwa maman nawe ukarera ugasinzira
>>
<<@mutezinkindijeannedarc7391
says :
Ubugoryi buzaze ryari se sha?
>>
<<@charlottedusabe405
says :
Nshuti yanjye warababaye cyane Ariko ndagukomeje nanjye narakomeye Ibi ibintu byose wanyuzemo nanjye nibyo nanyuzemo Bigeze aho arahaguruka arigendera Ansiga mubibazo ansigira amadeni ansigira Umwana ukeneye ubuzima birangora Ariko ndakomera Maze ndakomeza twari tumaranye imyaka 23 Yesu aromora
>>
<<@JohnMwaura-fl7sp
says :
Ihangane uzabona umugabo ukwubaka humura natwe ntitworohewe
>>
<<@charlottedusabe405
says :
Yooo ndakumva rwose nshuti umugabo nashatse yarameze nkuwo nagira icyo mbwira akambwira ngo njye noroshya ibintu
>>
<<@janenshimiyimana2924
says :
Komela chane mubyeyi Ariko mukugarukakwe kibayarakwanditse kwayo mazu ndakunva abagoletunyuramuribyinchi nanje ntashakaga ngomenye ibyiwe ari agahokavugangi simuhamafaranga kandi diha inzu nawe akariha ariko ntanyurwa
>>
<<@utumwenayezuelysee921
says :
Muvandi ihangane ibikomere biravirirana imitima yabagore imwe yaraboze ,gusa humura Imana izatwomora buri kintu kigira iherezo humura ,ni mma BENISSA KOMERA HUMURA
>>
<<@SemanzaNzabarinda
says :
Uguhanuriye.akakubesha.niwewakugiriyenabi kuko yabesheye imana kuko iyoimana ivuze ntiyivuguruza ahubwo uwomumuhanuzi yaravangiwe uzmwirinde name uzirinde gukoraikintu uhubutse
>>
<<@MurwanashyakaEmmanuel-n1c
says :
Rwose ababantu ntabwo bakundanye ahubwo buri wese yari afite tageti ashaka kuwundi uyu mumaman twaraturanye ndamuzi
>>
<<@ange423
says :
Muduhe linked yikindikiganiro cya clarise nukuri
>>
<<@giseleuwanyirigira9344
says :
uwo mugabo ni mama's boy😂😂😂
>>
<<@tuyisengejackison9779
says :
Abagore nimwe mukunda kujya kuvuga nibyo ariko mujye mwibukako haribyo muba mwagizemo uruhare abagore biba amafaranga boherza iwabo nabi barhari kandi ntituvuga kandi byarangira ntibanubahe abagagabo nibyinshi gusta Niko twicecekera
>>
<<@Truelovekamikazi
says :
😂 Jya ugumana umutima wawe rata !!!!
>>
<<@lbm3234
says :
Ngo uramusabira umugishano kubaka rukaguma? Ubwose bivuye ku mutima kweli? Jyewe sinamugirira nabi ariko nta n'icyiza namwifuriza kabisa, nta buryarya
>>
<<@lbm3234
says :
Abantu babaye incakura. Uyu yazanye iyi story kugirango atere imbabazi bityo azane ikibazo cy'amadeni bityo arebe ko mwamufasha. Najyaga nibaza impamvu abantu bamwe na bamwe bazana ubuzima bwabo kukarubanda ariko namaze kubonako baba bagamije inyungu zabo. Kandi mu baza hano si bose batobora bagasaba hari abazi amayeri yo kuzana ikibazo ariko ntasabe gusa mu buryo abivuga urasobanukirwa ko ari amayeri yo gusaba. Jyewe nikundira abaza bakavuga icyofuzo cy'ubufasha direct.
>>
<<@lbm3234
says :
Sinari kwemera ko agaruka atanyanditse kubyangombwa by'ayo mazu yubatse. Wabaye injiji kandi yari yarakumenye.
>>
<<@lbm3234
says :
Gusezerana yabikoze ngo agufatishe neza neza, umwizere ko ari umugabo wawe agukunda kandi iyo stratégie yarakoze.
>>
<<@lbm3234
says :
Ariko se uyu mugabo yari yuzuye mu mutwe? Cyangwa yari umugome?
>>
<<@ol12.
says :
Ariko se Imana irashyingira bwacya igasenya? Twagiye dukura Imana mu mafuti yacu koko.ibyakubayeho ntawe bitageraho ariko kuzana Imana ngo niyo yabahuje sinjya mbyumva rwose
>>
<<@EstherNeema-d9w
says :
Komera wihangane ,ariko rero rwose twese tugenda tuvugako RI chr chch riko iyo tugezeyo birahinduka nukuri bisaba nkwihangana kndi bagore mumenyeko murikigihe mugomba gukora kugirango mwubake ,naho ibyo guteta tubireke maze ntwubake ,ntago wajya gusaba akazi ahobubaka nguzane guteta Uba ugomba gukorera boss neza ,mureke twihangane ntwubake rwose
>>
<<@mukahirwaathanasie9957
says :
Ariko Ayo mazu bazayagurisha mugabane none c ntimwasrzeranye ivangamutungo cyangwa yayanditse Kuri nyina?
>>
<<@munezejoyeuse
says :
Ati mutware😅
>>
<<@uwababyeyiolive9607
says :
Rose 🌹 plz pinninga ikiganiro cyabo cyambere turebe sibyo turakuramo isomo
>>
<<@bernadettemukahirwa7600
says :
Ese ubwo yajyaga iwabo akavuga ko aje gukora iki ?
>>
<<@violetkabarenzi8102
says :
Komera mama wahuye ni kinyoma. Uri muto Kandi Imana izakubakira gusa ntuzinve Ibyo abandi bamubwira uzavugane n Imana yawe. Hari abanyamadini babeshya ko navuganye n'Imana nyamara babeshya
>>
<<@paroledespoir2026
says :
Ariko mana yanje nongeye kwumva undi mugabo avuga ngo kora ariko umfate nkaho ntabaho.hahahahaaaa
>>
<<@kandamutsaevanice2485
says :
Ariko mutesi jolie yaravuze ati harinyanazimbwa bamuteramabuye, ubu c nkuyumugabo yariko Koko?😏😏😏🤔🤔
>>
<<@jeannedarcmukarwego8864
says :
Komera tuza usenge Uwiteka azagushumbushe ukire ayo marira. Saba gutandukana atazagaruka kugusaba umbabazi mugihe azakora uwo wundi nkibyo yagukoze akakugarukira akaza gutwara nibindi wagezeho yaragiye.
>>
<<@nkazari
says :
Nanjye umugabo wanjye ya subiye iwabo! Amezi 7 ararangiye😭😭😭 buriya umugabo usubira iwabo nta kibazo abafite?
>>
<<@hirwaclaudetiv
says :
Ihangane bibaho ibyakubayeho nange byambayeho nkivagusezerana
>>
<<@ishimwec3886
says :
Ko witaka cyane😂😂, gusa agahinda kawe ndakumvira mu misokoro😢😢😢😢😢😢 Papa King wabahanuriye akanabasezeranya ngo akoze agashya Ni umutubuzi karundura, ndabona yarabateye umwaku, urugo rugakasirwa😢😢😢😢😢😢!!!!
>>
<<@emiliennetiti7192
says :
Wihangane. Uracari muto ntucike intege uzosubira wiyubake, witeze imbere. Uzoronka umutware mukwiranye. Imana izokuja imbere
>>
<<@19Mary
says :
Ababyeyi bashuka abana bubatse ingo bagakora babahereza basahura urugo ntabwo aribyiza pe cyaneko rimwe na rimwe abobahungu babo ntabwo baba bazigukora pe babona harakantu gato bakoze bagatangira kubajya mumatwi ngomukore ibi nibyobicyenewe kurenza ibyurugo rwawe babyeyi mwisubireho rwose pe kuko ibyobintu bisenya ingo pe.komera Maman warababaye cyane bikomeye ariko nakunzeko wizeye Yesu kwazakomora humura wizeye umugabo ukomeye
>>
<<@carinemanirambona2708
says :
Va mubugoryi ngumukozi wimana baba bavuganye numugabo wawe harabiyita abakozi bimana batekimitwe baho umureke izombabazi mugirira abagabo ntazobabafitiye namba.
>>
<<@carinemanirambona2708
says :
Arikose abagabo bubu komwigize utubwa koko?kuzgaruka kuri taget yokurya udufaranga twumugore.
>>
<<@inor8458
says :
Ikinejeje ni uko wabyakiriye umeze neza urimo kuvuga ukomeye rwose kdi useka. Uri mwiza uri mutoya uzabona undi mwiza kdi ukwifuza
>>
<<@mapendofuraha6812
says :
Umva mbonye inkuru yanjye kbs
>>
<<@mapendofuraha6812
says :
Yewe ufite inkuru yanjye nda kurahiye
>>
NEXT VIDEO
>>