<<@ROSETVSHOW says : 0782840562 Ushaka kuvugisha Clarisse>> <<@ntende-q9f says : Ka advert niko pe.>> <<@Ngobyiduhetse123 says : Uyu inzozi ze nurufaranga gusa>> <<@Ngobyiduhetse123 says : Uyu ni bene babagore badakunda umuntu uko Ari ahubwo bareba ku ikofi gusa>> <<@kenyamboqueen says : Message irimo ubu niyihe?>> <<@UwajenezaEsther-y3b says : Waje gushakumugabose>> <<@tiny_hunter127 says : Niba yara yaranditse ayo mazu kuri nyina biragoye ! Wariwe ni mbwa>> <<@tiny_hunter127 says : Imana ya kurinze imbwa>> <<@tiny_hunter127 says : Arikose niba umuntu aziko atagukunda aba agushakaho iki!>> <<@MarylouiseNamagembe says : Komera mama uwange arenze uwo ngirango nashyingiwe umudayimoni>> <<@UmuhozaSolange-ce6uu says : Komera komera nshuti,izere Yesu niwe mugabo mwiza udahemuka>> <<@NadiaChinna says : Ndakunva.mama.najewe.vyaruko.navuye.inyuma.inzatwubakira.mama.ihagane>> <<@mutezinkindijeannedarc7391 says : Ariko inshuro ya kabili agaruka ajya he?uramubwira uti wahisemo hama kwa maman nawe ukarera ugasinzira>> <<@mutezinkindijeannedarc7391 says : Ubugoryi buzaze ryari se sha?>> <<@charlottedusabe405 says : Nshuti yanjye warababaye cyane Ariko ndagukomeje nanjye narakomeye Ibi ibintu byose wanyuzemo nanjye nibyo nanyuzemo Bigeze aho arahaguruka arigendera Ansiga mubibazo ansigira amadeni ansigira Umwana ukeneye ubuzima birangora Ariko ndakomera Maze ndakomeza twari tumaranye imyaka 23 Yesu aromora>> <<@JohnMwaura-fl7sp says : Ihangane uzabona umugabo ukwubaka humura natwe ntitworohewe>> <<@charlottedusabe405 says : Yooo ndakumva rwose nshuti umugabo nashatse yarameze nkuwo nagira icyo mbwira akambwira ngo njye noroshya ibintu>> <<@janenshimiyimana2924 says : Komela chane mubyeyi Ariko mukugarukakwe kibayarakwanditse kwayo mazu ndakunva abagoletunyuramuribyinchi nanje ntashakaga ngomenye ibyiwe ari agahokavugangi simuhamafaranga kandi diha inzu nawe akariha ariko ntanyurwa>> <<@utumwenayezuelysee921 says : Muvandi ihangane ibikomere biravirirana imitima yabagore imwe yaraboze ,gusa humura Imana izatwomora buri kintu kigira iherezo humura ,ni mma BENISSA KOMERA HUMURA>> <<@SemanzaNzabarinda says : Uguhanuriye.akakubesha.niwewakugiriyenabi kuko yabesheye imana kuko iyoimana ivuze ntiyivuguruza ahubwo uwomumuhanuzi yaravangiwe uzmwirinde name uzirinde gukoraikintu uhubutse>> <<@MurwanashyakaEmmanuel-n1c says : Rwose ababantu ntabwo bakundanye ahubwo buri wese yari afite tageti ashaka kuwundi uyu mumaman twaraturanye ndamuzi>> <<@ange423 says : Muduhe linked yikindikiganiro cya clarise nukuri>> <<@giseleuwanyirigira9344 says : uwo mugabo ni mama's boy😂😂😂>> <<@tuyisengejackison9779 says : Abagore nimwe mukunda kujya kuvuga nibyo ariko mujye mwibukako haribyo muba mwagizemo uruhare abagore biba amafaranga boherza iwabo nabi barhari kandi ntituvuga kandi byarangira ntibanubahe abagagabo nibyinshi gusta Niko twicecekera>> <<@Truelovekamikazi says : 😂 Jya ugumana umutima wawe rata !!!!>> <<@lbm3234 says : Ngo uramusabira umugishano kubaka rukaguma? Ubwose bivuye ku mutima kweli? Jyewe sinamugirira nabi ariko nta n'icyiza namwifuriza kabisa, nta buryarya>> <<@lbm3234 says : Abantu babaye incakura. Uyu yazanye iyi story kugirango atere imbabazi bityo azane ikibazo cy'amadeni bityo arebe ko mwamufasha. Najyaga nibaza impamvu abantu bamwe na bamwe bazana ubuzima bwabo kukarubanda ariko namaze kubonako baba bagamije inyungu zabo. Kandi mu baza hano si bose batobora bagasaba hari abazi amayeri yo kuzana ikibazo ariko ntasabe gusa mu buryo abivuga urasobanukirwa ko ari amayeri yo gusaba. Jyewe nikundira abaza bakavuga icyofuzo cy'ubufasha direct.>> <<@lbm3234 says : Sinari kwemera ko agaruka atanyanditse kubyangombwa by'ayo mazu yubatse. Wabaye injiji kandi yari yarakumenye.>> <<@lbm3234 says : Gusezerana yabikoze ngo agufatishe neza neza, umwizere ko ari umugabo wawe agukunda kandi iyo stratégie yarakoze.>> <<@lbm3234 says : Ariko se uyu mugabo yari yuzuye mu mutwe? Cyangwa yari umugome?>> <<@ol12. says : Ariko se Imana irashyingira bwacya igasenya? Twagiye dukura Imana mu mafuti yacu koko.ibyakubayeho ntawe bitageraho ariko kuzana Imana ngo niyo yabahuje sinjya mbyumva rwose>> <<@EstherNeema-d9w says : Komera wihangane ,ariko rero rwose twese tugenda tuvugako RI chr chch riko iyo tugezeyo birahinduka nukuri bisaba nkwihangana kndi bagore mumenyeko murikigihe mugomba gukora kugirango mwubake ,naho ibyo guteta tubireke maze ntwubake ,ntago wajya gusaba akazi ahobubaka nguzane guteta Uba ugomba gukorera boss neza ,mureke twihangane ntwubake rwose>> <<@mukahirwaathanasie9957 says : Ariko Ayo mazu bazayagurisha mugabane none c ntimwasrzeranye ivangamutungo cyangwa yayanditse Kuri nyina?>> <<@munezejoyeuse says : Ati mutware😅>> <<@uwababyeyiolive9607 says : Rose 🌹 plz pinninga ikiganiro cyabo cyambere turebe sibyo turakuramo isomo>> <<@bernadettemukahirwa7600 says : Ese ubwo yajyaga iwabo akavuga ko aje gukora iki ?>> <<@violetkabarenzi8102 says : Komera mama wahuye ni kinyoma. Uri muto Kandi Imana izakubakira gusa ntuzinve Ibyo abandi bamubwira uzavugane n Imana yawe. Hari abanyamadini babeshya ko navuganye n'Imana nyamara babeshya>> <<@paroledespoir2026 says : Ariko mana yanje nongeye kwumva undi mugabo avuga ngo kora ariko umfate nkaho ntabaho.hahahahaaaa>> <<@kandamutsaevanice2485 says : Ariko mutesi jolie yaravuze ati harinyanazimbwa bamuteramabuye, ubu c nkuyumugabo yariko Koko?😏😏😏🤔🤔>> <<@jeannedarcmukarwego8864 says : Komera tuza usenge Uwiteka azagushumbushe ukire ayo marira. Saba gutandukana atazagaruka kugusaba umbabazi mugihe azakora uwo wundi nkibyo yagukoze akakugarukira akaza gutwara nibindi wagezeho yaragiye.>> <<@nkazari says : Nanjye umugabo wanjye ya subiye iwabo! Amezi 7 ararangiye😭😭😭 buriya umugabo usubira iwabo nta kibazo abafite?>> <<@hirwaclaudetiv says : Ihangane bibaho ibyakubayeho nange byambayeho nkivagusezerana>> <<@ishimwec3886 says : Ko witaka cyane😂😂, gusa agahinda kawe ndakumvira mu misokoro😢😢😢😢😢😢 Papa King wabahanuriye akanabasezeranya ngo akoze agashya Ni umutubuzi karundura, ndabona yarabateye umwaku, urugo rugakasirwa😢😢😢😢😢😢!!!!>> <<@emiliennetiti7192 says : Wihangane. Uracari muto ntucike intege uzosubira wiyubake, witeze imbere. Uzoronka umutware mukwiranye. Imana izokuja imbere>> <<@19Mary says : Ababyeyi bashuka abana bubatse ingo bagakora babahereza basahura urugo ntabwo aribyiza pe cyaneko rimwe na rimwe abobahungu babo ntabwo baba bazigukora pe babona harakantu gato bakoze bagatangira kubajya mumatwi ngomukore ibi nibyobicyenewe kurenza ibyurugo rwawe babyeyi mwisubireho rwose pe kuko ibyobintu bisenya ingo pe.komera Maman warababaye cyane bikomeye ariko nakunzeko wizeye Yesu kwazakomora humura wizeye umugabo ukomeye>> <<@carinemanirambona2708 says : Va mubugoryi ngumukozi wimana baba bavuganye numugabo wawe harabiyita abakozi bimana batekimitwe baho umureke izombabazi mugirira abagabo ntazobabafitiye namba.>> <<@carinemanirambona2708 says : Arikose abagabo bubu komwigize utubwa koko?kuzgaruka kuri taget yokurya udufaranga twumugore.>> <<@inor8458 says : Ikinejeje ni uko wabyakiriye umeze neza urimo kuvuga ukomeye rwose kdi useka. Uri mwiza uri mutoya uzabona undi mwiza kdi ukwifuza>> <<@mapendofuraha6812 says : Umva mbonye inkuru yanjye kbs>> <<@mapendofuraha6812 says : Yewe ufite inkuru yanjye nda kurahiye>>
VideoPro
>>