<<@AngeBoubou-c5s says : Ihangane disi!>> <<@MuhireAboubakall says : Uumugabo utahashye ntakwiyekurya>> <<@NzabahimanaPierre-l9e says : Ihangane>> <<@JacquelineMURORUHORE-m7m says : Ndapfuyeee weeee komera maman dufite Imana>> <<@NiyoncutiClaudine-u3j says : Jewe yamuzanye nomucumba iwanje iyondavyibutse numva agahindakweri>> <<@NiyoncutiClaudine-u3j says : Ihangane ncutiyanje wehoo mbona twofatana urugendo ivyagovyagushikiye bisanivyiwanje>> <<@KayitesiImmaculate says : Yoooo mama ihangane abagabo ninyamanswa>> <<@snobbishruk751 says : Ntimugasuzugure abakozi bo mu rugo. Kuba umuntu agukorera mu rugo ntibivuze ko umurusha ubwiza. Iyo titre irimo gusuzugura abakozi bo mu rugo.>> <<@mwizasarah says : Murakoze cyane nukuri kubwuwo mubyeyi ampaye inzira ngomba gucamo>> <<@ahishakiyefrancine4722 says : Rose wacu umeze neza?ko wabuze c ni amahoro?garuka urakumbuwe>> <<@NyiramirindiJeanne says : 😊l>> <<@mbabazijacky-q8t says : Yooo rose impore bambe>> <<@Umugwanezachristine-z4i says : Mbega intimba yabantu bashatse nawe weee😂😂 uwampuza nuyumudamu namushima nsanze twenda guhuza ubuhamya😭😭>> <<@varelieniyongira-i8y says : ihangane mubyeyi benshi Niko tubayeho>> <<@Arnauldbugingo says : Ni mwiza pe>> <<@MarieLouiseNzoyisaba says : Abagabo nkabo barangiza nabi baba bibaza ngo bayugiriye nabi ariko birangira akwifuza gusubira kukuronka bitagikunda humura ico ubivye Nico wimbura Imana ntibesha .>> <<@uwimanawanda9731 says : You're my twin Aline Ariko humura komera Yesu aradukunda nukuri ntituzamwara>> <<@MUSANABERAJeannedArc says : Imana iguhe umugisha mubyeyj mwiza>> <<@UmuhireDenise-f3r says : Narinziko uwanjye bamuroze>> <<@bisigandeemmanuel5108 says : Aho Niho Runeshereza Abana Bimana Nshuti Yu Musaraba>> <<@CyomoroMegara says : Ndumuhamy yuko Imana ivuga nukuri ihora inyiyereka munzozi peeeeeee Aline nshuti courage peeeee gusa yesu agira neza koko>> <<@MasengeshoSalomon says : Ukunturimwiza disi why ...>> <<@Dalitso-y2s says : Sha mujye mukura imiteto aho kubaka urugo nukwihangana Cyane abadamu benshi bagendana ibikomere byinshi>> <<@RobertLwambi says : Umu mama yarose umugabo bumvikana ntaze yirirwe adasenze ashima.lmana abadamu benshi baratuntuy>> <<@RobertLwambi says : Imana iguhe umugisha ubwo buhamya umenga nubwanj yarankubita bugaca navyibagiy ariko byarangiye ndahavuy ukomere niyo dufise lmana itabara>> <<@pierreclavernduwimana1974 says : Sha nimwiza pe. Iyomba ntarimfise uwanje naca ndamwikorako. Ariko nticobuza ko dukundana naduhe nunero tuvugane>> <<@rabsonlungu828 says : Nonese ubwo yakuburanye icyi umudamu mwizankawe>> <<@murekatetemarie-aimee1546 says : Uri umudamu mwiza cyanee, uvuga utuje. Imana ikugirire neza wowe n'abana bawe.>> <<@CyoomuhangyiUg says : Impore, yewe nubwo ndi umugabo ariko sinabasha gufata amarira pe.>> <<@KanzayireAngeles says : Wikwishinja ibyo uvuga bivuge nubwo nkurikiye ubuhamya bwawe ndira ,amarira aranyishe ariko nshimye lmana kubwawe mubyeyi>> <<@nahimanaremi8449 says : Utaranka umwana ntiworonka ingene wanka nyina bimeze gutyo.>> <<@EmmeBileki says : Abagabo barikunda kandi ntibibuka ihangane❤❤❤>> <<@eugenientihabose1196 says : Mw ijuru Hari Imana iri hejuru y,ìbibazo vyacu. Ndabuze uko ndabivuga>> <<@eugenientihabose1196 says : Abagabo bafatwa n,amadayimoni pe>> <<@eugenientihabose1196 says : Mbega umugore mwiza wee.😅 mpore mpore. Jewe nibwirako nashikiwenivyo vyagushikiye kumbure ko ntari mwiza .Yesu Tabara abakenyezi ndakwinginze>> <<@MukandahiroJosephine-zk3qr says : Gusenga nintwaro ikomeye cyane nanjye ibyobyambayeho nunvako ubuzima budashobora gukomeza ariko icyafashije nugusenga komera cyane ukomeze wisunge IMANA ntabwo ijya itererana abayo>> <<@BizimanaJbatista says : Ihangane mubyeyi>> <<@deborahnyamahirwe4112 says : Rose watuma umuntu abamwiza kd atarimwizapee kubera ukuntu ubivuga chr❤❤❤❤>> <<@MurangwayireLiliose-xe8lf says : ❤❤>> <<@Yahweh-x3i says : Warakoze kuzana Aline wacu 😍>> <<@Mbabazi15 says : Nyagasani arahari kd niwe utamga byose izagushumbushe umugabo uzaguhoza amarira>> <<@INTAHETV-ni5pq says : she looks😭 exactly like my mother who pass away last year in December.>> <<@mupenzi4718 says : Uzi ko umuntu avuga ubuhamya bwe ngahita numva njye ntacyo nabaye.>> <<@LibereeUwamahoro says : Mw'Ijuru hari Imana>> <<@duabeadventine7288 says : Uyumugore wakunze umugabo umurutisha bana😅ni gute uburaza abana ngo ise aze arye abasigire ?? Ndumva arubwenge bucye abagore mubikora kabone niyo ise yaba ariwe ubihaha mubireke kuko niyo yareka gutanga icyo gitoki nubundi abana bawe ntibaba bakirya ho.>> <<@UHAGAZEMarieLouise says : Yooooo!!!Rose uyu m ubyeyi yarababaye pe,avuze kurunda ibiryo mudusashe nibuka ukuntu nogerezaga abanyeshuri amasahane twiganaga nanjye mbaho gutyo shaaa>> <<@MukamusoniMaria-kc3zh says : Iyo nunvise ibintu uvuga nunva dusa nibyanjye uvuga pe harimana itabara ababaye bihebye>> <<@UwiragiyeBeltirde says : Amagambo umuntu akubwira burimunsi mabi arakwica cyanee😢😢😢>> <<@umutonicarine8735 says : Nukuri yesu atanga ihumure ❤>> <<@alaingilbertmwerekende8025 says : Neno weeeeeeeeeeeeee! Haleluaaaaaaaaa!!>>
VideoPro
>>