<<@isaiahkarekezi5225
says :
Lack of passion, confidence, enthusiasm is the common issue In Rwanda health care. In developed countries people take their position very seriously (accountability is the must )
>>
<<@habimanajeanpaul1031
says :
Jyewe madame bakuruye umwana , akuramo kurwara hydrocephalus, kumuvuza byantwaye 14M
>>
<<@chapteronekigali
says :
Imishahara , better Ubuntu yishyurwe kwi ischaemia other than that byagorana ..cyane ko batinda kwishyura...Bande???😊
>>
<<@manyblove
says :
Muraho ninjye wamubyeyi King Faisal niyo navuzahaho umwana nyuma yoguhura nuruva gusenga abanyangirije ni Kwa Nyirinkwaya LaCroix du sude.
>>
<<@ishimwechristophe7345
says :
inama ya mugitondo yitwa medical staff abakozi baba Bana handover , ibijyanye no gusinyisha byose biterwa nubwirinzi kungaruka zabarega abaganga . byo ntibishobora kuvaho. imibereho y'abaganga yo ni ikibazo.
>>
<<@TheonesteNDAYISENGA-d9j
says :
Gicumbi referral hospital, umuntu yagiye kwa muganga kuri 29/01/2024 muganga amuha rendez-vous ngo azasubireyo le 4/02/2024. Agezeyo muganga amubwira ko batamufasha kuko randez-vous ari iyo mu Kwezi gushije (hashije iminsi 7) kdi aribo bari bamusabye ko yazagaruka. Muzatubarize uko babara ukwezi.
>>
<<@abidaltan4647
says :
Ariko nkibi muba mubeshya muzi ko hazagera mu ka bibazwa?Rwanda Day turaziranbiwe mu zazikorere mu rwanda aho mwirirwa mubeshya ibifobagane.
>>
<<@uwishemalosine4252
says :
Dufite abaganga bake Kandi bahembwa make.cyane abo muri Leta.niyo mpamvu ntacyo biba bibabwiye wapfa wamugara ntacyo kuribo bitayeho
>>
<<@yizerevalensyv2503
says :
iby'abaganga byo biratangaje uribuka ko aribo bagikora amasaha 9 ku munsi mu gihe abandi bakozi Ari 8 uretse ko n'ayo 9 bahora bayarenza kuko uwakubaza umuganga uruhuka Saa sita wabona mbarwa njya nibaza impamvu nibura Leta idatenganya ka cyayi ku baganga Saa sita baky abafatira ku kazi ahubwo ngatangara iyo mbona mu biro by'abayobozi ho baba bafata ka cyayi Saa yine koko aba technician baravunika hagahembwa aba....
>>
NEXT VIDEO
>>