<<@angry-customer says : Nyuma yo kubona ibyo sabin yakoze asamabana uyumugore aracyavuga canke nawe ari mundaya za sabin niyompamvu😮>> <<@rosemukambanda3456 says : L'aile uli sérieuse, rwose ibyo byose ni ishyari .Uramaze uwihaye imbwa ziramurya .Nibareke uwo mugabo arya abana ,yaramaze .Layila basobanulire byose .>> <<@andreokito9819 says : Que des bêtises!!!!!!!!>> <<@nyirahirwajeannemarie6630 says : Rekera aho rero se utaba intumwa y'amazimwe. Uraseka abavuze mbere kubera iki?>> <<@nyirahirwajeannemarie6630 says : Ese ubwo mwebwe mwagize ibanga? Mwagiye kubivugira kuri camera mwamennye ayamenetse.>> <<@IbyishakaMartin says : Sha sabe bihorere twikomereze iterambere kuko nishyari ahubwo akazakwirarika imbere uzakarongore nubwo nziko urumwemera mana>> <<@elynekaneza4250 says : Ariko kombon'isi yashaje lwarets'ishari riobashikana kuki ntako mutey'imbere murankana cane basi ucafuj'umuntu urunguk'iki? Mube maso yes'araje>> <<@judiaumuziga says : Amatiku muhora muzana hano muzatuma tureka kureba ibiganiro byanyu>> <<@jeanberchmasnizonzima6058 says : agasalo wahoraheree>> <<@oliverHakiza says : nawe arabizi ko ibyo arimo atari ubupfura cgangwa ubumanzi. si no kuba inyangamugayo ryahamye. Kuko ntiyigeze abivuga bigitangira. ni ishyari wangu. kd ishyari ni ishyano>> <<@BizimunguEugene-r8i says : Urimubi wenyine Mukarihe mucuruze amanjwe>> <<@hategekimanapatrick8645 says : Ark muba mwabuze icyo mukora ? Musigaye mukora inkuru z,amatiku,ubugambo,ni Amatiku Tiv>> <<@MINOUCHEMIREILLE says : Muraho ?? Nibarizaga Leila nawe ni Umunyakuru wandiste???>> <<@Daddysgirl12625 says : Shut up none nawe akurye!!!!😢😢>> <<@Daddysgirl12625 says : Baking 😂😂😂>> <<@nkundimanaalice-es6hz says : Ndakwumva 😂>> <<@ishimwe2594 says : 😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂 urya umugore w abandi alagutera umwaku😂 Sha nkukunda kubii kuva wavuga cya gihe kubwa kid .. Icyo nkukundira ukunda kuvugisha ukuli>> <<@ishimwe2594 says : Hhhhhaaaa😂😂😂😂😂😂 ntabwo uba uli muli eglise rata beauté>> <<@hillgift7773 says : Ntaburenganzira rata afite bwo gutangaza amakuru atakureba!>> <<@husseinmaniragaba3570 says : N'ubundi umugabo wivuruguta mubagore ni uko birangira mucuruze sha!!!>> <<@Uaduta4 says : Ntabwo byemeye gufata amajwi udasabye uruhushya Kandi ng,>> <<@venerandniyibizi2326 says : Sacrée Laila :uti arye abana ? Yukurya nawe>> <<@chantalchaniss7665 says : Mwembi muba murimwo gushakisha views gusa. None mwavugiye iki ko muza gukina ayo majwi ? Iyo muba muyafite ntimwari kuyakina? Ntayari ahari tu ? You would like just to get people's attentions or wasting people's time. Harico mwavuze se izindi youtube chanel zitari zavuze se???>> <<@lapin-fu5no says : Uyu mugore mbona ntabwenge sinjya numva ibye>> <<@EmmanuelHabyarimana-y4d says : Muri ababeshyi>> <<@EmmanuelHabyarimana-y4d says : Ubwo rero muradutuburiye amajwi turayabuze!?>> <<@EmmanuelHabyarimana-y4d says : Sabin ni umunyamakuru w'umwuga pe!>> <<@EmmanuelHabyarimana-y4d says : Natwe abafana banyu hari ibyo turi gukura mu biganiro muri gukora:igitsina gabo kiri ku ruhande rwa clara ariko si bose n'abagore mwese muri kuri sabin>> <<@EmmanuelHabyarimana-y4d says : Gasaro we ayo mabanga yawe nayo rero!!ndaza kukunenga>> <<@odettentahiraja5752 says : Gasaro ugira introduction ndende.>> <<@irakozeyvette4547 says : Ubundi niwowe wacu shaa turakwemera mubyeyi mwiza❤>> <<@NanduhuraCHantal says : Wewe wamugorewe ntuteze kuzubaka layira icaramunzuwiyubahe>> <<@Nin-x1h says : Uyumugorore yubansemunsiyizurukoko😅>> <<@muhigirwajcloude1030 says : Gasaro najyaga nkwemera ariko nsanze nawe urikimwe nabandi amajwi wanditse kuri titre arihe?? abajura gusaaa>> <<@alphadee9021 says : ibyo mwavuga byose, ntituzava kuri Sabin wacu.>> <<@annickrugambwa1768 says : 😂😂😂 ukuntu witondaga kera ubu abantu barabizi Laila?>> <<@alinenizigiyimana8266 says : Yago araruhutse sabin araramukiwe muvuge sabin yuzuz 1 million pe>> <<@charlesnkurunziza4142 says : Nigeze kubona abantu bahana gift ya chocolate kuri camera Nkayoberwa rataaaaaaa Naho burya bajya bahatwikaaaaa>> <<@mukanohelileontine1389 says : Intangiriro yo kuba umurozi nishyari>> <<@janviereuwihirwe4506 says : Njyewe ndimo ndirebera utwo tumaquillage twutubara twinshi😅😅😂. Ikindi akajwi kawe kumvukana nkushaka kurira umenya uzikurira uhogoza pe!!!!! 😮😂>> <<@dinemahoro9012 says : Burimuntu abakeney kunvirizwa nukuboneka harabakwiriy gushaka ubundi buzi .>> <<@Nyirabagenzibamurange says : Nyuma yo kumva ibiganiro yagiye akora twasanze ataruko yaragambiriye kumena amabanga ahubwo twasanze arishari ryamuturikije yuko batamupromotingiye tv yiwe kandi bagenzi be barabapromotingiye ishari ryatumye gahini nica aberi ishari ryatumye esawu anyagwa umugisha we ishari? Ishari nishano muravunwa nubusa sabe ahageze ntimwabasha kuhamukura mureke kwiyanduranyiriza ubusa ntawuvuma uwimana itavumye>> <<@RodgersSmith-id3os says : Kbsa>> <<@uwasegihozoqueen9143 says : Ntacyowishe ntanicyo ukijije>> <<@sibomanaGrâce says : Oya chr ntiyareka gufasha abantu kuko ababivuga nabahaze nawe afasha abashonje nababaye>> <<@KubwimanaMarieClaire says : Ariko umuntu agaye ubufasha yahawe na chita agiye gusebya sabin arumva bizamuhira?>> <<@cyizatheophile9985 says : Kuba Manager uvuga ugurutsa Inyoni rero bizakugora. Ahubwo uhame hamwe Dorimbogo akubere Manager. Cgw mwese mugane Umusaza ngo ni peresida w'Imihanda aba Managinge cgw abashakire Management>> <<@imanaitangaihumure4207 says : Sabin mbona yarabonye impano muri aba babyeyi, anezezwa no gukorana na bo akaba yarabahaga support kuri caméra ariko na we igihe ashatse ko bakorana ibiganiro bakabikora.>> <<@imanaitangaihumure4207 says : Sabin mbona yarabonye impano muri aba babyeyi, anezezwa no gukorana na bo akaba yarabahaga support kuri caméra ariko na we igihe ashatse ko bakorana ibiganiro bakabikora.>> <<@hansbwanakweli1646 says : Hahahah arko ndumiwe uyunawe ahhh😂>>
VideoPro
>>