<<@iradukundahonore5357
says :
Kunvira Imana burayinezeza
>>
<<@iradukundahonore5357
says :
Kunvira Imana birayinezeza
>>
<<@SafariBilly-w4l
says :
Nubwo muba murabarokore nti muba mugomba gusurana kuko muba mushobora gukora jigigigi ππ nyuma yo gusomana c hakurikira ho iki ?
>>
<<@KayitesiImmaculate
says :
Imana nlmana ntiharikwa wamubyeyiwe uabwe umugisha
>>
<<@KwihanganaBrigitte
says :
Abantu nkaba nibo tuba dushaka rose uyu mumama na mukunze cyaneβ€β€β€β€β€β€β€β€β€β€
>>
<<@humureesther6582
says :
Woww iki ikiganiro nicyiza pee. Imana Imuhe umugisha uyu mumamaβ€
>>
<<@munyankindiJeandamour
says :
Bazabona ishyano ba Bahanuzi b'abapfapfa bakurikiza ibyo bibwira Kandi ntacyo beretswe :Ezekiel 13:3;6
>>
<<@JosephNSHIMIYIMANA-z1f
says :
Uranyubatse pe GS Imana ikomeze kugukomereza amaboko ,GS Uzi ubwenge
>>
<<@MamanAnge-f1g
says :
Roza ndagukunda gusabira umugishanawe ubana urubyaroβ€
>>
<<@PascalBikorimana
says :
Rose tubarize Aime uwo muhungu bakundanye ukwezi agahita amuhakanira si mbaraga cg musitafa
>>
<<@tuyishimepatrick181
says :
Uranshimishije p
>>
<<@tuyishimepatrick181
says :
π π π π
>>
<<@Mukamanaerivania
says :
Rose murako cyanee β€β€β€
>>
<<@theogeneniyonsaba2292
says :
Wowe ufite ikibazo gikomeye hanyumase Yesu yavugaga ko handitswe atabanje kubona uwo bavugana mubyukuri ntugasuzugure ibyo utazi utazazira ubusa rwose
>>
<<@MartineSindrell
says :
ATI bafate boseππππ
>>
<<@twagirayesujeanbaptiste6213
says :
Rose πΉ. Nkunda ukuntu useka ijwi rigasa nkiribuzeπ€¦ππ
>>
<<@wihanganyegloria346
says :
Hahhhhh π€£π€£π€£π€£π€£π€£π€£π€£π€£ Ahwiiiiii πππ
>>
<<@wihanganyegloria346
says :
π π π π π π π π π π π π π π π π π π π π
>>
<<@festusciza9078
says :
Rose, usa neza gusumba iyo wiseze bimwe bitukura.
>>
<<@byimanajeanpierre3494
says :
Imana ikomeze kukuba hafi mubyo ukora byose, ngushimiye uburyo utagize umutima wo gutendeka bamwe babikunda kubi,gusa Imana yabigufashijemo. Wagaragaje ko uri umukozi W'Imana.ikugenera ugukwiriye.
>>
<<@christinemuja1366
says :
Tumutegereje n'umugabo
>>
<<@inamahorogyslaine-ym4rw
says :
Uwiteka abahumugisha caaan nukuri nabakunze from Burundi nunva nafashijwe
>>
<<@martinndaribike5003
says :
Ubugoryi buba mumayerekwa ntibujyira , uko bungana . Kristo mubutayu ntiyatsindishije , iyerekwa. Yatsindishije , handitswe ngo.πππππππππππππππ Dukwiye , kumwijyiraho:
>>
<<@MoiseNkunzimana-i4v
says :
Vyose birigisha β€
>>
<<@augustinbimento6885
says :
22:01 β€β€β€β€
>>
<<@uwumukizapatricie9789
says :
Imana yarakize kunezeza umutima wawe Mubyeyi π nubwo byabanje kugorana arko birangira Imana iserutse. Kdi Imana ishimwe ko yakwambitse imbaraga zo kuba aho igushaka!
>>
<<@alphonsehatangimana247
says :
Utwo tuntu two gusomana nitwo sawa kbsaπ π π π π π
>>
<<@denismuragizi6595
says :
Rose ndakwikundira uri mwiza uvuga neza Kandi rimwe narimwe ijya uzaba nibiganiro byumbwenge
>>
<<@nkurunzizapontien4070
says :
Iyo ntabwo ar Imana ni imyuka y abadayimoni , humura Imana ntiyakubuza uwo wakunze
>>
<<@uwizeyimananadine8427
says :
Wawuuuu lmana ikomeze kukwagura muri byose
>>
<<@cecilebukuru2298
says :
Umudamu mwiza avuga ukuli. Birasanzwe erega ,usivye ko Abarokole bashora kubesha. Love story nziza pe.
>>
<<@micoaugustin2547
says :
Ntaho twahungira Imana kukontaho Itaba ( kubaha Uwiteka nibwobwenge).
>>
<<@MugabeGuillaume
says :
Ariko,iyo igize amahirwe yokurota,ikakwiyereka nabyo birafasha cyane.urumva imana yaguhaye invitation.
>>
<<@nkundumukizaprovidence3954
says :
Hano ni ugusaba imbabazi zo gukinisha umutima wumuntu kuko umwana w'ahakana ibintu hakiri kare Kandi iki kintu kiradutsinda inshuro nyinshi
>>
<<@byimanacerestin2784
says :
yg ntabwoturabacu nkotwigenge
>>
<<@DushimimanaVestine-g3v
says :
Ikikiganiro ndagikunze
>>
<<@speciosebizimana1307
says :
Non ww ntavyowarikurondera utabiziga kumuhungu igih agutaye ucuhinyuka kwimibereho uyiziga kuri ww
>>
<<@IradukundaYvette-uc1lg
says :
Aime uri storyteller mwiza rwose π€£π€£
>>
<<@janemulishi9902
says :
πππππ
>>
<<@ruteranarichard5288
says :
Warakoze kubaha Imana no kuyubahisha uzakomeze uyubahe kdi uyubahishe . Yesu aguhe umugisha
>>
<<@genestekwizerimana7816
says :
Wewr ndakumva cane kuko nanje niko nari meze ntarashaka .Nariyubaha kandi nkirinda ,Imana nayo Ibana nanje.Shimwa Mana wewe wandindiye mu bukumi nkabuvamwo neza .
>>
<<@NkundimfuraVedaste
says :
Ndagaratse. Kugushimira. Aime. Ryose. Watowe. NIMANA. Ok. Ukwiye. Kuzazana. Numugabp wawe. Kuriys chanu. Mugahugura. Cyane. Abakobwa
>>
<<@NkundimfuraVedaste
says :
Eeeee. Rose. Uzanyumuntu. Umeze. Nkoko. Imana. Ishaka. Mwigishe. Ibikobwa. Bya payutse.
>>
<<@SamBaingana
says :
Hhhhhh ππππ
>>
<<@mucyowilliam-t8i
says :
Nagi URI mubi hahhhhhh?
>>
<<@MugishaTresoro-ny5cc
says :
Niba yaragusomye Ata gusweye nikigwari .Yagombaga kugusoma agahita anakugarika kuburiri akaguhata amabya
>>
<<@NdagijimanaMalcer
says :
Nukuri pe ikiganiro cyawe n umutumirwa kiranshimishije kdi Imana igukomereze urugo rwizaaa kdi rw umugisha.
>>
<<@NshimyeyezuMichel-ij8ve
says :
Murikigihe biragoye kubona umukobwa wumutima nkuyu
>>
<<@dymediaplus9466
says :
Nibwo bwambere ndebye ikiganiro cyawe ntasimbutse.,Ongeeerrraaa
>>
<<@Buduwe
says :
Abarokore ni abana beza tu!
>>
NEXT VIDEO
>>