<<@ROSETVSHOW
says :
https://youtube.com/@GAKURUNAGATO?si=JHXjNCINLBT2aTjs Ushaka kubakurikira😍😍
>>
<<@mugorukeyeregine5963
says :
Ninde se utabakuda koko
>>
<<@NyinawumuntuSipesiose
says :
Disi ni beza cyn ndagukunda nukuri nkundukuntu mwivugira
>>
<<@mukamunanafatuma8044
says :
Mbega ba Alice na aline
>>
<<@gabishyasabineniyitegeka5060
says :
Thanks vraiment these twins are special ❤
>>
<<@richcleme
says :
Iyi accent y'ikinyarwanda niyo mukahe gace?
>>
<<@gloria4708
says :
Ile kinyarwanda, yoguhera mu mizi una yitoshawapi gato?
>>
<<@gloria4708
says :
Ariko nza basura ni ngaruka I kigali nza basura .
>>
<<@gloria4708
says :
Ariko muri bezaaa mama bene Kalisa. Murasa kuva kera
>>
<<@ElliminataNahomvukiye
says :
ivyo nukuri roza impanga zimwe zivuka zisa cyane zikora bimwe pe 😂😂😂
>>
<<@Butoya-x3l
says :
Ndi mpanga ariko sinagize amahirwe yo gukurana nayo yapfuye mfite irindwi 1994
>>
<<@agnesmurangwa3507
says :
Rose urasa neza,urikumwe kdi n'abantu beza
>>
<<@MukundeEllyNicia
says :
Waouh 25 ans de mariage 🥰🥰🥰❤️💯 ndabakunda ❤️
>>
<<@ngaboammanuel9740
says :
Mbega aba Mama bezaaaaa❤❤❤
>>
<<@christinemahoro1041
says :
Twabakunze ❤❤
>>
<<@christinemahoro1041
says :
Wowuzi gusonga uruwanbere 🥰
>>
<<@christinemahoro1041
says :
Batubwire ibyo barya ibaze imyaka 25 bubatse warashatse ufite 22ushatse bafite ntihuye nuko baboneka
>>
<<@christinemahoro1041
says :
Uyu mukamera ntiyaberekanye neza pe
>>
<<@christinemahoro1041
says :
Muri beza ❤❤
>>
<<@ishimirweemelyne-2713
says :
Aba Jo twins show ♥️♥️
>>
<<@mukamasabodonatha
says :
Asa na shaddy boo
>>
<<@nadegenadegeumutoni1695
says :
Muvuga neza shawu
>>
<<@masisi62
says :
Ohhh mbega impanga nziza, muvuga hagati y'ikirundi n'ikinyarwanda biraryoshe cyane❤❤
>>
<<@mariejoseeuwamariya5190
says :
Ngo yagize amahirwe arwara amaso 😂 ariko muri abana beza pe ! Imana ibahe umugisha .
>>
<<@MuhongerwaJeannine
says :
Ndabakunze aba twin jo
>>
<<@MahirweDiane-zh4bz
says :
Yooo mbega byiza nanjye nifuje kubyara impanga pe
>>
<<@uwine123
says :
oooh nibeza ndabakunze peee😍
>>
<<@jozianemunyaburanga9149
says :
ariko mana inpanga nziza mukomeze mukundane ❤❤❤
>>
<<@manzirosette817
says :
❤❤
>>
<<@annetteniyomwungere825
says :
❤❤❤
>>
<<@ChellaNiyinshoboza
says :
Ariko mundangire umuti w'ukudasaza yoooooooooo ndumiwe bashobora kuba bashikana 40ans noe umeng ni abana ba 22 ans ikindi naco muri bariya ba jo twins umw ni maraine w'uwundi biraryoshe
>>
<<@ChellaNiyinshoboza
says :
Murasa yemwe jewe kuviyo naboney bariya ba Jo twins sindabatandukanya
>>
<<@IngabirecynthiaIngabirecynthia
says :
Rose mubuzima ndashimira abo babyeyi peee barafashije cyane maman kalimba Alain yarafashije cyane mubyukuri yankoreye ubukwe peeee naramubuze ni Jojo kalimba mama Aline warakoze cyane shaka kuzongere kukubona peeee ndabakunda cyane Imana ijye ibampera umugisha buri munsi
>>
<<@ChellaNiyinshoboza
says :
Waooo
>>
<<@DusabimanaMarieaimee
says :
Nkunda impanga pe
>>
<<@nishimwejose3807
says :
Utabakunda yaba andwaye.
>>
<<@mukandayisegahilarie6343
says :
Nsuhuje izindi mpanga Aline na Courage
>>
<<@euosengeshow.6117
says :
Lots of love ❤️ ❤️❤️❤️❤️❤️from Euosenge Show. Turabakunda cyane mwese kdi murab’agaciro.
>>
<<@MUKUNDECynthia-ky3yf
says :
Nkunze ukuntu aba ba mama batuje some how❤ thank you Rose😊Uri keza😊❤
>>
<<@HavugimanaSamweri
says :
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
>>
<<@stanleykazuri8515
says :
❤ love
>>
<<@karakepeace3598
says :
Yooo murimpanga nziza, your loved dotaz, Gye ndi mama wimpanga. Nabakunze cyaneee. Ikiganiro ndagishoje. God bless twins❤❤❤❤❤❤
>>
<<@UwingeneyeRose-de1yl
says :
❤
>>
<<@tuyizerejeanine1769
says :
😂😂😂😂😂nubu muracyabacanga aha muranyishe
>>
<<@nishimwejose3807
says :
Mega byiza
>>
<<@Marieange-fx6bh
says :
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤ndabakunze
>>
<<@rosemaryineza8619
says :
Ese rose urabizi ko usa na yaspi kazimili igisonga cya nyampinga
>>
<<@jobabajo8911
says :
Impanga aho ziri hose munsengere nzazibyare nubwo mbura nka 5ans ngo ncure😂😂😂😂
>>
<<@jobabajo8911
says :
Ariko munanyibwirire abantu musaba like zikora uwuhe muti? Mbona muzisaba nkazibaha tu ariko😂
>>
<<@karigirwafrancoise3688
says :
Hahahaha!!! Alice nagusuhuje disi nkuheruka tukiri ku ntebe y ishuri!!! Uziko mbona nkuyobewe gusa ndabona ari wowe wambaye urunigi
>>
NEXT VIDEO
>>