<<@FerdinandNdayisenga-wy8cu
says :
Yesu kristo nashimwe cane jean luc nukuri abantu baramaze kwinjira mubuyobe ariko iconzico nuko ishengero rya kristo rihagaze kandi rigaragarira abashaka kuribona ndakwinginze rero umpamagare tuyage ndi umwe mubo mwavyaje ubutumwa bwiza ndingaha iburundi ingozi naramaze gufata ingingo yokwitandukanya nimyuka iyovya kandi kuba muri kristo birampagije ariko nokumba hafi vyonshimisha ndi samuel ndayikengurukiye muhezagirwe cane
>>
<<@NiyonsengaMarie-y8j
says :
Amene IMana iguhe umujyusha
>>
<<@biganzamoise8816
says :
Twirinde cyane kwishuka koko ntawarushuje intumwa kubana na Yesu ariko zageze ku munsi wanyuma bataramenya Yesu uwariwe, kugeza n’ igihe bamwihakanye turusha Petero kumukunda, ariko lmana ishimwe kuko Yesu yadusezeranyije Mwuka Wera uzatwibutse ibyo twiga byose ni byo yatubwiye byose Yohana 14:25,26 Kandi ati: ”Ufite amategeko yanjye akayitondera ni we unkunda, kandi unkunda azakundwa na Data, nanjye nzamukunda mwiyereke. Yohana 14:21
>>
<<@biganzamoise8816
says :
None se ko urwanyije ibyo Yesu yivugiye? Ahubwo waba utazi uho uri? Kuko Yesu yavuzeko afite intama zitari izo muri uru rugo, ko nazo zizumva ijwi rye zikaba umukumbi umwe. Yohana 10:16. Ikindi kinyoma kwitorero uvuze, ubuse itorero ry’ intumwa za Yesu Yuda yakoraga iki? Ntiyamugambaniye, wowe se ugira ngo ni wowe wakqemeza abantu muri ayo madini yose urwanya hariyo abo lmana yemera mu buswa bwabo babyera bataryarya imitima yabo. Abo rero igihe cy’ lmana izabagira ishyo rimwe. Kandi wibuke ko agakiza gaturuka mu Bayuda abandi musenga ibyo mutazi Yohana 4:22
>>
<<@PapaKing-bz1fg
says :
Wakoze mukozi w Imana jean Luc kuba utugezaho amasomo ajyanye n agakiza. Komeza kuduhugura uko twakwitwara surtout kuri iyo minsi nka Noël ,Pasika, les anniversaires,uriya minsi makuru yo gutaha inzu,kumurika indaya ( Brad shower......)
>>
<<@MukamanaAlphonsine-p4x
says :
Kd ubu wasanga akora amaniveriseri y,abana hamwe naye Ahaaaa narumiwe Ijuru bamwe mwarigize iryanyu ndakurahiye Nkurikije ibyo uvuga Wazarijyamo wenyine ndakurahiye
>>
<<@nyirangirimanajoselyne8649
says :
😂😂😂 nonese kuva 12 :1-28 havuga rwiki ntimukatuyobye 😢
>>
<<@FelicienNtamugabane-lj4co
says :
Ibyo uvuga ntabwo ubizi kuki wowe wizihiza aniversaire yawe ?
>>
<<@ijambo_ry_Imana
says :
Ese kwibuka urupfu rwa Yesu no kuzuka bikura abantu ku Mana cyangwa bituma bayegera??? Njye mbona udakwiye guta umwanya uvuga amadini ahubwo wavuga ubutumwa bwiza ibindi nyacyo bimaze
>>
<<@UmuganwaClaudette-rm3id
says :
Ariko se Pasika twizihiza: Twibuka ukuzuka Kwa Yesu kristu.!!!!!!!!! Nonese urumva bidakwiriye kumwibuka??????? Numunsi wintsinziiiiiiii None tukavuga ibyabaye kugirango bitugeze ku munsi nkuyu wa Pasika. Yewe muragowe adashaka keihimbira bibiriya yanyu mu bwenge bwanyu.......
>>
<<@n.p.theogene
says :
Ubu se wahamiriza umuntu runaka ko Ari umwana w' imana? Umuntu niwe wihamiriza kuko ntiwamenya ibiri mubitekerezo bya mugenzi wawe!
>>
<<@newcreature-J7
says :
Ef 1:16-23 [16]mbashimira Imana urudaca nkabasabira uko nsenze, Cease not to give thanks for you, making mention of you in my prayers; [17]kugira ngo Imana y'Umwami wacu Yesu Kristo, ari yo Data wa twese w'icyubahiro, ibahe umwuka w'ubwenge no guhishurirwa bitume muyimenya, That the God of our Lord Jesus Christ, the Father of glory, may give unto you the spirit of wisdom and revelation in the knowledge of him: [18]ngo amaso y'imitima yanyu abone uko ahweza mumenye ibyo mwiringizwa n'Iyabahamagaye, mumenye n'ubutunzi bw'ubwiza bw'ibyo azaraga abera, The eyes of your understanding being enlightened; that ye may know what is the hope of his calling, and what the riches of the glory of his inheritance in the saints, [19]mumenye n'ubwinshi bw'imbaraga zayo butagira akagero, izo iha twebwe abizeye nk'uko imbaraga z'ububasha bwayo bukomeye ziri, And what is the exceeding greatness of his power to us-ward who believe, according to the working of his mighty power, [20]izo yakoreye muri Kristo ubwo yamuzuraga mu bapfuye ikamwicaza iburyo bwayo ahantu ho mu ijuru, Which he wrought in Christ, when he raised him from the dead, and set him at his own right hand in the heavenly places, [21]imushyize hejuru y'ubutware bwose n'ubushobozi bwose, n'imbaraga zose n'ubwami bwose, n'izina ryose rivugwa uretse muri iki gihe gusa, ahubwo no mu bihe bizaza. Far above all principality, and power, and might, and dominion, and every name that is named, not only in this world, but also in that which is to come: [22]Kandi yamuhaye gutwara byose ibishyira munsi y'ibirenge bye, imuha Itorero ngo abe umutwe waryo usumba byose, And hath put all things under his feet, and gave him to be the head over all things to the church, [23]na ryo ribe umubiri we ushyitse kandi ushyikirwamo na byose. Which is his body, the fulness of him that filleth all in all.
>>
<<@NdesSylvere
says :
Uwite kk a agukomeze! Kampire Clarisse yagiyehe?
>>
<<@ishmaelirumva6410
says :
J. Luck Imana igukomereze amaboko.
>>
<<@antoinekayitare5331
says :
Ariko ntahantu Yesu yigeze avuga kubyapaska ngo tugege tubikora ibyo yabivuze Ari gutanga igaburo asezera abigishwa be naho Paska iri mu isezerano rya Kera .
>>
<<@NyiramahirweSoline
says :
Yesu ati muge mubikora bibe urwibutso rwanjye
>>
<<@barabaranisautitv
says :
1abakorinto 5.7.8
>>
<<@Mahanayimu
says :
Ese navuga iki??? yesu aguhe umugisha gusa Kandi agukomeze ndize
>>
<<@emanuelemaombi7310
says :
Kd Imana ige ibashoboza gushyira ukuri ahabona
>>
<<@balthazardusabeyezu6695
says :
Amen! May God bless you Pastor. Abafite amatwi yo kumva twumvishe.
>>
<<@ME-mg3lv
says :
Ese ku bijyanye no gutoranya muzadusobanurire abaroma 9 igice cyose
>>
<<@oscarHaragirimana
says :
Wamugabo uteye ubwoba duhereye no kuri mose lmana yari yaramutegetse iminsi yo kwibuka none tureke kwibuka none se nkubaze no kwibuka nibibi jya usonanura neza mubintu byose ugomba ko haba ikiza ariko nikivanga mticyaburak kuko satani ntarabohwa
>>
<<@twizerimanaelisa7478
says :
Ibyo twumva nibyo dusama cyangwa dusomerwa bishobora kutuyobya natwe ubwacu tutarembye neza.najye nakubaza mwigisha ,ese kwizihiza pasika nkuko yesu yabibuze ngo tujye tubikora kugira ngo tumwibuke bitwaye Iki mugiye twaba twizihiza pasika tugamije kongera kwibuka nogutekereza urupfu rwe bitwaye iki umwizera? None niryari abantu badakora ibyaha ? Njyewe kugiti jyanjye kuri iki kigisho unteye confusion .
>>
<<@ishmaelirumva6410
says :
J.Luck Imana nigukomereze amaboko. Kd ndagushimiye.
>>
<<@intekerezo2023
says :
Mbese ijambo AYALONI bivuga iki?
>>
<<@EmmanuelSibomana-r4i
says :
Jean-Luc, jewe sindi Pastori canke evangeliste ariko unteye amakenga, kuko na Yesu aho yavuga ivyo kugaruka kwiwe Matayo 24, Mariko 13, Luka 21 abigishwa biwe bamweretse amabuye y' urusengero ... none s'aho basengera? ... Yesu Aca Ahera aho abigisha ivya son retour n'iherezo ry'iyi si !! .. Ikindi naco, jewe sindumva umuntu anyigisha ko itorero riri mw'ibanga, ndakuze cane ndakuruta caaaaane, ariko ndazi ko Yuda Iscariote yeri umwana wo kuranduka. kuko aribyo yari yarahisemwo
>>
<<@EmmanuelSibomana-r4i
says :
Jean-Luc, jewe sindi Pastori canke evangeliste ariko unteye amakenga, kuko na Yesu aho yavuga ivyo kugaruka kwiwe Matayo 24, Mariko 13, Luka 21 abigishwa biwe bamweretse amabuye y' urusengero ... none s'aho basengera? ... Yesu Aca Ahera aho abigisha ivya son retour n'iherezo ry'iyi si !! ..
>>
<<@EmmanuelSibomana-r4i
says :
Nzobaza Pastori Musisi ko tudakwiye kwibuka urupfu rwa Yesu. Kuko Pastor Musisi ndamwemera kuko Azarenka urugero!
>>
<<@EmmanuelSibomana-r4i
says :
Mbege wowe ko wigishiriza ku mbuga, ntuzi ko hari abantu benshi batagira internet naza za youtube?
>>
<<@EmmanuelSibomana-r4i
says :
None Jean-Luc, Yesu ntiyigeze kuja kwigishiriza munzu bise Isinagogi? Vyinshi uvuga ndavyemera ariko ico kuvuga ngo urusengero rwubatwe n'amatafari ntakurusengeramwo?
>>
<<@knowledgeNew12tv
says :
Yoo twaritwayobeye mwidini komeza utwigishe
>>
<<@yvonnekwizera-n3n
says :
ego kabisa pasika ni urupfu rwa yezu hama ibikorwa mwiyominsi yayo irahabanye nurupfu yatupfiriye , abarikwiba bari kwiba abari gusambana baca bisambanira ngo ni pasika kandi yategerezwa kugandarira urupfu rwe
>>
<<@JonathanK-d6g
says :
Misiyo Yesu yasigiye abigishwa be hari bimwe mubihugu( byinshi nubigendera kumahame ya Islam)bigoye cg bisa nibidashoboka, muricyo gihe hakorwa iki?
>>
<<@rakaieva5472
says :
Hallelujah Hallelujah Glory be to Jesus
>>
<<@rakaieva5472
says :
Amen Amen ubarikiwe sana Mtumishi wa Mungu Asante sana
>>
<<@NGABOYUBUTWARIAbdoulkarim
says :
🙏🙏🙏🙏🙏
>>
<<@IngabireAlice-f5k
says :
Amen ❤️🙏🙏👏👏👏
>>
<<@NGABOYUBUTWARIAbdoulkarim
says :
Najye ndacyari mwidini ariko nanjyiye kubona imingenzo nimihango ikorerwa mumadini ihabanye ninzira itunjyana MWIJURU YESU adutabare adukureho igitwikirizo cya stani mwizina ry, YESU
>>
<<@bizimanajeandedieu7079
says :
Uhabwe umugisha
>>
<<@NGABOYUBUTWARIAbdoulkarim
says :
MANA weee dutabare udukize umwuka widini mwizina ry, YESU
>>
<<@IngabireMarieJosee-l3r
says :
Ntago abantu bumva ukuri ngo bazigwizaho abigisha banjyanye nirari ryabo Niko mumadini bimeze
>>
<<@kayihurajohn7347
says :
Nibyo ntibumva ukuri❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤bakunda ibibanezeza❤❤❤❤❤❤❤
>>
<<@marionthegreat5261
says :
”He took some bread and gave thanks to God for it. Then he broke it in pieces and gave it to the disciples, saying, “This is my body, which is given for you. Do this in remembrance of me.” Luke 22:19 NLT
>>
<<@emmanuelrwibutso6491
says :
Yesu ashimwe cyane, Ntago nzi impamvu abantu twese twitirirwa Kristo ariko ntitube twasengana, Twagnira muburyo bwuzuzanya,Ibi byose by,amcakubiri bigaragaza ko tutaremerera mwuka wera ngo atuyobore, tumeze nka Petero atarajya kwa,Colonelio
>>
<<@DivineImanizabayo
says :
😮
>>
NEXT VIDEO
>>