<<@FerdinandNdayisenga-wy8cu says : Yesu kristo nashimwe cane jean luc nukuri abantu baramaze kwinjira mubuyobe ariko iconzico nuko ishengero rya kristo rihagaze kandi rigaragarira abashaka kuribona ndakwinginze rero umpamagare tuyage ndi umwe mubo mwavyaje ubutumwa bwiza ndingaha iburundi ingozi naramaze gufata ingingo yokwitandukanya nimyuka iyovya kandi kuba muri kristo birampagije ariko nokumba hafi vyonshimisha ndi samuel ndayikengurukiye muhezagirwe cane>> <<@NiyonsengaMarie-y8j says : Amene IMana iguhe umujyusha>> <<@biganzamoise8816 says : Twirinde cyane kwishuka koko ntawarushuje intumwa kubana na Yesu ariko zageze ku munsi wanyuma bataramenya Yesu uwariwe, kugeza n’ igihe bamwihakanye turusha Petero kumukunda, ariko lmana ishimwe kuko Yesu yadusezeranyije Mwuka Wera uzatwibutse ibyo twiga byose ni byo yatubwiye byose Yohana 14:25,26 Kandi ati: ”Ufite amategeko yanjye akayitondera ni we unkunda, kandi unkunda azakundwa na Data, nanjye nzamukunda mwiyereke. Yohana 14:21>> <<@biganzamoise8816 says : None se ko urwanyije ibyo Yesu yivugiye? Ahubwo waba utazi uho uri? Kuko Yesu yavuzeko afite intama zitari izo muri uru rugo, ko nazo zizumva ijwi rye zikaba umukumbi umwe. Yohana 10:16. Ikindi kinyoma kwitorero uvuze, ubuse itorero ry’ intumwa za Yesu Yuda yakoraga iki? Ntiyamugambaniye, wowe se ugira ngo ni wowe wakqemeza abantu muri ayo madini yose urwanya hariyo abo lmana yemera mu buswa bwabo babyera bataryarya imitima yabo. Abo rero igihe cy’ lmana izabagira ishyo rimwe. Kandi wibuke ko agakiza gaturuka mu Bayuda abandi musenga ibyo mutazi Yohana 4:22>> <<@PapaKing-bz1fg says : Wakoze mukozi w Imana jean Luc kuba utugezaho amasomo ajyanye n agakiza. Komeza kuduhugura uko twakwitwara surtout kuri iyo minsi nka Noël ,Pasika, les anniversaires,uriya minsi makuru yo gutaha inzu,kumurika indaya ( Brad shower......)>> <<@MukamanaAlphonsine-p4x says : Kd ubu wasanga akora amaniveriseri y,abana hamwe naye Ahaaaa narumiwe Ijuru bamwe mwarigize iryanyu ndakurahiye Nkurikije ibyo uvuga Wazarijyamo wenyine ndakurahiye>> <<@nyirangirimanajoselyne8649 says : 😂😂😂 nonese kuva 12 :1-28 havuga rwiki ntimukatuyobye 😢>> <<@FelicienNtamugabane-lj4co says : Ibyo uvuga ntabwo ubizi kuki wowe wizihiza aniversaire yawe ?>> <<@ijambo_ry_Imana says : Ese kwibuka urupfu rwa Yesu no kuzuka bikura abantu ku Mana cyangwa bituma bayegera??? Njye mbona udakwiye guta umwanya uvuga amadini ahubwo wavuga ubutumwa bwiza ibindi nyacyo bimaze>> <<@UmuganwaClaudette-rm3id says : Ariko se Pasika twizihiza: Twibuka ukuzuka Kwa Yesu kristu.!!!!!!!!! Nonese urumva bidakwiriye kumwibuka??????? Numunsi wintsinziiiiiiii None tukavuga ibyabaye kugirango bitugeze ku munsi nkuyu wa Pasika. Yewe muragowe adashaka keihimbira bibiriya yanyu mu bwenge bwanyu.......>> <<@n.p.theogene says : Ubu se wahamiriza umuntu runaka ko Ari umwana w' imana? Umuntu niwe wihamiriza kuko ntiwamenya ibiri mubitekerezo bya mugenzi wawe!>> <<@newcreature-J7 says : Ef 1:16-23 [16]mbashimira Imana urudaca nkabasabira uko nsenze, Cease not to give thanks for you, making mention of you in my prayers; [17]kugira ngo Imana y'Umwami wacu Yesu Kristo, ari yo Data wa twese w'icyubahiro, ibahe umwuka w'ubwenge no guhishurirwa bitume muyimenya, That the God of our Lord Jesus Christ, the Father of glory, may give unto you the spirit of wisdom and revelation in the knowledge of him: [18]ngo amaso y'imitima yanyu abone uko ahweza mumenye ibyo mwiringizwa n'Iyabahamagaye, mumenye n'ubutunzi bw'ubwiza bw'ibyo azaraga abera, The eyes of your understanding being enlightened; that ye may know what is the hope of his calling, and what the riches of the glory of his inheritance in the saints, [19]mumenye n'ubwinshi bw'imbaraga zayo butagira akagero, izo iha twebwe abizeye nk'uko imbaraga z'ububasha bwayo bukomeye ziri, And what is the exceeding greatness of his power to us-ward who believe, according to the working of his mighty power, [20]izo yakoreye muri Kristo ubwo yamuzuraga mu bapfuye ikamwicaza iburyo bwayo ahantu ho mu ijuru, Which he wrought in Christ, when he raised him from the dead, and set him at his own right hand in the heavenly places, [21]imushyize hejuru y'ubutware bwose n'ubushobozi bwose, n'imbaraga zose n'ubwami bwose, n'izina ryose rivugwa uretse muri iki gihe gusa, ahubwo no mu bihe bizaza. Far above all principality, and power, and might, and dominion, and every name that is named, not only in this world, but also in that which is to come: [22]Kandi yamuhaye gutwara byose ibishyira munsi y'ibirenge bye, imuha Itorero ngo abe umutwe waryo usumba byose, And hath put all things under his feet, and gave him to be the head over all things to the church, [23]na ryo ribe umubiri we ushyitse kandi ushyikirwamo na byose. Which is his body, the fulness of him that filleth all in all.>> <<@NdesSylvere says : Uwite kk a agukomeze! Kampire Clarisse yagiyehe?>> <<@ishmaelirumva6410 says : J. Luck Imana igukomereze amaboko.>> <<@antoinekayitare5331 says : Ariko ntahantu Yesu yigeze avuga kubyapaska ngo tugege tubikora ibyo yabivuze Ari gutanga igaburo asezera abigishwa be naho Paska iri mu isezerano rya Kera .>> <<@NyiramahirweSoline says : Yesu ati muge mubikora bibe urwibutso rwanjye>> <<@barabaranisautitv says : 1abakorinto 5.7.8>> <<@Mahanayimu says : Ese navuga iki??? yesu aguhe umugisha gusa Kandi agukomeze ndize>> <<@emanuelemaombi7310 says : Kd Imana ige ibashoboza gushyira ukuri ahabona>> <<@balthazardusabeyezu6695 says : Amen! May God bless you Pastor. Abafite amatwi yo kumva twumvishe.>> <<@ME-mg3lv says : Ese ku bijyanye no gutoranya muzadusobanurire abaroma 9 igice cyose>> <<@oscarHaragirimana says : Wamugabo uteye ubwoba duhereye no kuri mose lmana yari yaramutegetse iminsi yo kwibuka none tureke kwibuka none se nkubaze no kwibuka nibibi jya usonanura neza mubintu byose ugomba ko haba ikiza ariko nikivanga mticyaburak kuko satani ntarabohwa>> <<@twizerimanaelisa7478 says : Ibyo twumva nibyo dusama cyangwa dusomerwa bishobora kutuyobya natwe ubwacu tutarembye neza.najye nakubaza mwigisha ,ese kwizihiza pasika nkuko yesu yabibuze ngo tujye tubikora kugira ngo tumwibuke bitwaye Iki mugiye twaba twizihiza pasika tugamije kongera kwibuka nogutekereza urupfu rwe bitwaye iki umwizera? None niryari abantu badakora ibyaha ? Njyewe kugiti jyanjye kuri iki kigisho unteye confusion .>> <<@ishmaelirumva6410 says : J.Luck Imana nigukomereze amaboko. Kd ndagushimiye.>> <<@intekerezo2023 says : Mbese ijambo AYALONI bivuga iki?>> <<@EmmanuelSibomana-r4i says : Jean-Luc, jewe sindi Pastori canke evangeliste ariko unteye amakenga, kuko na Yesu aho yavuga ivyo kugaruka kwiwe Matayo 24, Mariko 13, Luka 21 abigishwa biwe bamweretse amabuye y' urusengero ... none s'aho basengera? ... Yesu Aca Ahera aho abigisha ivya son retour n'iherezo ry'iyi si !! .. Ikindi naco, jewe sindumva umuntu anyigisha ko itorero riri mw'ibanga, ndakuze cane ndakuruta caaaaane, ariko ndazi ko Yuda Iscariote yeri umwana wo kuranduka. kuko aribyo yari yarahisemwo>> <<@EmmanuelSibomana-r4i says : Jean-Luc, jewe sindi Pastori canke evangeliste ariko unteye amakenga, kuko na Yesu aho yavuga ivyo kugaruka kwiwe Matayo 24, Mariko 13, Luka 21 abigishwa biwe bamweretse amabuye y' urusengero ... none s'aho basengera? ... Yesu Aca Ahera aho abigisha ivya son retour n'iherezo ry'iyi si !! ..>> <<@EmmanuelSibomana-r4i says : Nzobaza Pastori Musisi ko tudakwiye kwibuka urupfu rwa Yesu. Kuko Pastor Musisi ndamwemera kuko Azarenka urugero!>> <<@EmmanuelSibomana-r4i says : Mbege wowe ko wigishiriza ku mbuga, ntuzi ko hari abantu benshi batagira internet naza za youtube?>> <<@EmmanuelSibomana-r4i says : None Jean-Luc, Yesu ntiyigeze kuja kwigishiriza munzu bise Isinagogi? Vyinshi uvuga ndavyemera ariko ico kuvuga ngo urusengero rwubatwe n'amatafari ntakurusengeramwo?>> <<@knowledgeNew12tv says : Yoo twaritwayobeye mwidini komeza utwigishe>> <<@yvonnekwizera-n3n says : ego kabisa pasika ni urupfu rwa yezu hama ibikorwa mwiyominsi yayo irahabanye nurupfu yatupfiriye , abarikwiba bari kwiba abari gusambana baca bisambanira ngo ni pasika kandi yategerezwa kugandarira urupfu rwe>> <<@JonathanK-d6g says : Misiyo Yesu yasigiye abigishwa be hari bimwe mubihugu( byinshi nubigendera kumahame ya Islam)bigoye cg bisa nibidashoboka, muricyo gihe hakorwa iki?>> <<@rakaieva5472 says : Hallelujah Hallelujah Glory be to Jesus>> <<@rakaieva5472 says : Amen Amen ubarikiwe sana Mtumishi wa Mungu Asante sana>> <<@NGABOYUBUTWARIAbdoulkarim says : 🙏🙏🙏🙏🙏>> <<@IngabireAlice-f5k says : Amen ❤️🙏🙏👏👏👏>> <<@NGABOYUBUTWARIAbdoulkarim says : Najye ndacyari mwidini ariko nanjyiye kubona imingenzo nimihango ikorerwa mumadini ihabanye ninzira itunjyana MWIJURU YESU adutabare adukureho igitwikirizo cya stani mwizina ry, YESU>> <<@bizimanajeandedieu7079 says : Uhabwe umugisha>> <<@NGABOYUBUTWARIAbdoulkarim says : MANA weee dutabare udukize umwuka widini mwizina ry, YESU>> <<@IngabireMarieJosee-l3r says : Ntago abantu bumva ukuri ngo bazigwizaho abigisha banjyanye nirari ryabo Niko mumadini bimeze>> <<@kayihurajohn7347 says : Nibyo ntibumva ukuri❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤bakunda ibibanezeza❤❤❤❤❤❤❤>> <<@marionthegreat5261 says : ”He took some bread and gave thanks to God for it. Then he broke it in pieces and gave it to the disciples, saying, “This is my body, which is given for you. Do this in remembrance of me.” ‭‭Luke‬ ‭22‬:‭19‬ ‭NLT‬‬>> <<@emmanuelrwibutso6491 says : Yesu ashimwe cyane, Ntago nzi impamvu abantu twese twitirirwa Kristo ariko ntitube twasengana, Twagnira muburyo bwuzuzanya,Ibi byose by,amcakubiri bigaragaza ko tutaremerera mwuka wera ngo atuyobore, tumeze nka Petero atarajya kwa,Colonelio>> <<@DivineImanizabayo says : 😮>>
VideoPro
>>