<<@ROSETVSHOW
says :
https://youtu.be/0pl4W9vAtvE?si=Zk7s7TLRAfybvXIf
>>
<<@honorinegaju6201
says :
Sha uvuze ukuri pe Haruherutse kunsaba ama Ecouteurs sans fil ndamubwira nti uziko nanjye ntarazigurira
>>
<<@mukamusoniclotilde3147
says :
Ariko ngirango usabwa nuwo mufitanye isano yunva ko haricyo wamumarira
>>
<<@Djamila-kf3zk
says :
Wamubyeyiwe ibyo uvuga nukuri pee
>>
<<@ianntare7064
says :
Hari ikindi kintu kibabaza kubi,ukigora ukagurira umuntu ikintu wikokoye ubonako aricyiza wakimushyira ugiye muri Africa akaguseka ngo ubu ikinigiki yanzaniye?Ibaze birababaza nindashima gusa.ubunafashe umwanzuro ko ntamuntu nashyira ikintu
>>
<<@obitv-c4b
says :
Sha Yvonne ibyuvuze nukuri pe nanjye sicyitaba numba iyariyo yose urebye ukuntu bantuka na mama wabyaye ntayo abona
>>
<<@murekatetechantal7600
says :
Indege ziracagenda nabo nibaze bakore bareke kwirirwa basabiriza kuko babigize umucyo uratuvugiye Urakoze cyane
>>
<<@nsabimanaperesi4962
says :
Nukuri pe
>>
<<@kandamutsaevanice2485
says :
Cyakoze utubwije ukuri nuko ukuri kuryana๐คฃ๐คฃ๐คฃ
>>
<<@UmurerwaJessca
says :
ase ubundi uyu n'imana bo bagiye bakora kuburyo nabo babasaba mn hanze ubuzima ntabwo bworeshye
>>
<<@Dative109
says :
Kandikibazo niyomuhaye ayarya nkinzihiye nukwezi kutarashira ukunvarahamagaye ngoyashize ukagirango harideniwamujemo
>>
<<@Dative109
says :
Ariko nkumuntu ukubwira ngonguririรฑzu Kandi nawe utarayigurira ugikodesha uracyiyubaka uwomuntu umezukonguko arababaje harinuwo uha 100 akayagaya ntanagushimire
>>
<<@Rm-zo7ro
says :
hari umwana wabwiye mugenziwe ngo afite impano yo gusabiriza ,Rero buri muntu akwiye kwirwanaho gusaba ningeso.
>>
<<@murengentwari_jb
says :
Barakabije,bateye,isesemi,nukuri,mange bamazekungera,๐ข
>>
<<@MediatriceManiriho
says :
iPhone zirarikora nimwe mwaboroye reka babateshe umutwe
>>
<<@niwemugeni
says :
Muri rusange , Canada kwivuza nubuntu kuri bose .
>>
<<@niwemugeni
says :
Ikirenze nukuntu abantu badashima . Iyo 100 $ bapinga hari nabakozi bafite diplome batayakorera muri Africa ariko ukumva umuntu yayagaye. Ikindi nacyo bibagira nuko atari wenyene abakeneye help.
>>
<<@niyomugaboemmenuel5378
says :
Cyakora ujyira umutima mwiza Imana izaguhe ubugingo
>>
<<@JKooky-ih8hm
says :
Rose abantu banona food stamps na insurance yubuntu nabantu bakorera amafaranga macye.ntamuntu wize wabibona unless afite nkabana 6 kandi ariwe wenyine ukora murugo nkumugore adakora. Kugirango ubone ubwo bufasha ugomba kuba waraje byemewe namategeko atarimaguye, zamaguye nyinshyi nabo baza gusura bakahaguma cyagwa kwiga visa yishuri yashira bakahaguma. Ibyo yavuze byo gusaba intwererano na gift barabikora cyane. Kandi ugasanga babibwira twe abari hafi yabo iyo batabizi. Gusa diaspora bagomba guca akejye bagafasha igihe aringobwa.
>>
<<@NibogoreMarieClaire
says :
Mwaranagowe nukuri
>>
<<@umuntu.333-iwacz
says :
Bakureke gose kugusaba naw ndabona uracishakisha.buriya mba mbona abasigay muri Afrika baturuta cyane haba mu myambarire mumiturire โฆ.๐ ๐ ๐ ๐
>>
<<@vanancianiyongira4665
says :
Mbariza izobwebwe zizakumihada gusabiriza zikoresha impanuka Zasharambuka Gato zigatangiragusaba
>>
<<@gentillemurorunkwere1767
says :
Sha Yvo wavugishije ukuri kose pe gusa watuvugiye thank you
>>
<<@mahoro2738
says :
Yvonne nibyo uvuga nibyo hhhhhh nanjye nageze ๐บ๐ธ maze amezi 4 gusa narintarabona nakazi pe njya kubona umuntu aranyandikiye ngo Ni mugurize 2 millions Mana we ndumirwa ๐๐๐๐๐๐
>>
<<@XavienneMukeshimana-ox2ms
says :
Dore ibiherutse kumbaho, mperutse gutekereza umuntu twaturanye ndamukumbura pe noneho ndamuhamagara yahise ambwira ko yarwaye akeneye amafranga yo ku ivuza , gewe kubwanjye sinashoboraga nokumubonera 10โฌ kuko hari umuntu wo mรปri famille warukeneye ubutabera hoherezwa 1000โฌ usaza wanjye ararongora byose nige bireba ndohereza amafranga yo kubashyigikira akana ka musaza wanjye kaba kararwaye kukavuza byasabaga 5 000 000frw kdi agomba gutangwa kugira ngo avuzwe none uyumuntu wansabye ubufasha ubonako yandakariye kuko namwimye none murumva ko nari kubigenza gute, icyantangaje nuko namubwiye ngo musabire ubufashakuri groupe mbamo kdi baramuzi aranga ngo ntasha ko babimenya ko yarwaye .kdi harimo bene wabo kuri iyo groupe.
>>
<<@XavienneMukeshimana-ox2ms
says :
Rose mba mรปri France uraza ugakubura bakaguha 1 500โฌ urumva rero ko ayo mafranga atari make ariko iyo uje nukore ubaho nabi ibyo gusaba byo hari ababigira injyeso kdi gewe byanga kubi umuntu wese akoze byakunda gewe nimeranya nuwo madame rwose bacike gusabiriza.ibitari ngombwa.
>>
<<@SedrickISHIMWE-o9s
says :
Ariko mwaretse gusaba ivoneko mumubangamira
>>
<<@mugishabonne9958
says :
what she is saying is true
>>
<<@mcn6849
says :
A ashaka ukuri bazakunve uvuga ukuri kwishi warakoze cane
>>
<<@clementinekaranga3416
says :
Sha Yvonne ntabwo bumva barasaba umuntu akagusa isombe yarangiza nyuma yiminsi 5 ngo muhe igiteka ya Sombe nawe unyumvire ๐ฎ๐ฎ๐ฎ
>>
<<@ujoli8642
says :
Umva Yvonne we baragusaba wabahudufarangaduke natwo utwikuyeho nawubwawe ufite amakenemenshi wakemura ariko bakagaya bakazaninshuro ngooo uzapfuyasige ,American simwijuru..... ntibizoroha
>>
<<@ujoli8642
says :
Hhhh barakwishuza ukagirango wuriyindege bakugujije ahubwo mbere yogusaba jyubanza wabaza uwomuntu usaba niba anakora umva sha mujyemugabanya buri mudiyasipora abafite bills nyinshi ,kwishurinzu,.....
>>
<<@naomiayi
says :
Yvonne chr urakoze cyane โคโค
>>
<<@Nnnnn-mo7wk
says :
Ngewe haruwansabye ngo mugurire Terevisio
>>
<<@Nnnnn-mo7wk
says :
Babwire
>>
<<@AnnikaNiyoyita
says :
Urakoze Yvonneโคโคโค abanyarda ntabwo dukunda ukuri๐ข๐ข๐ข Twese turi abanyakuri nkawe, ntabibazo twagirana n'abantu... Abanyarwanda turi ba RWABUZISONI ๐ข๐ข.. Usubireyo amahoro ๐๏ธ muvandi
>>
<<@emusa7895
says :
Harakantu kansekeje waruziko harabantu bacuruza number Zaba diaspora ๐๐๐๐๐ basaba amafaranga ngo aguhe number yumuntu wabuze ๐๐๐
>>
<<@Nalili5583
says :
Ibyo babikora abo muri USA abo muri Europe bayabarira nkabanyarwanda Europe ntuzumva ashwana nsbantu umunya buraya aguha nkuko waba ufite umunya kigali akaguha ๐๐๐ ntamikino
>>
<<@Nalili5583
says :
Ese kuki akugezaho ibyimishinga diaspora ni bank hari ikirusha abanyarwanda amafanga jye nzafasha umuntu uzangira inama yuko nakora umushinga nyuma nkamuha akazi naho kumbwira ibyo mbakorera rekareka
>>
<<@MarieFrancoise-q6o
says :
Rose hari ni mpunzi z abanyarwanda kandi beshi cyane!! Ivone babwire babwire kuko barakabya!! Kandi burya ukuri kuraryana!! Bahaguruke nabo bakore! !! Ntibakabatere stresses pe! Namwe munjye mw iteza imbere sha!! Munareke bana!
>>
<<@Umunyana1994
says :
Amafranga usaba kugirango urye ntacyo bikumarira, ibifite umumaro ni ugusaba ayo gukora umushinga kugirango ubashe kwigaburira ! Uyu mu Kobwa ibyo avuga birunvikana ๐ฏ๐ฏ
>>
NEXT VIDEO
>>