<<@DushimimanaSandrine-s4h
says :
None wowe ucira abantu urubanza ngo barayobye urinde??
>>
<<@TuyikundeJacques
says :
Watsimbara kuwiteka gute Kandi urimokuyobya ubwoko bwayo
>>
<<@GodbertheIradukunda-m3c
says :
Agakiza agakiza agakiza twese dutekereze kugakiza ibijanye namadini tubirekere abanyamadini yesu araduhagije
>>
<<@HabimanaJean-r8t
says :
Kumaramo imyaka myinshi siko kumenya Kandi siko kwizera
>>
<<@NzamurambahoPascal-y2y6m
says :
Iyuo lavou
>>
<<@nizeyimanajeanpierre-qw8io
says :
Imyaka umuntu amaze ntibibuza ko satani amukoresha
>>
<<@nizeyimanajeanpierre-qw8io
says :
Uyu musaza yaravangiwe
>>
<<@Elianenyirahabimana-y4l
says :
Warayobye
>>
<<@Elianenyirahabimana-y4l
says :
Nakuvumbuye nimwe mwadusenyeye umuryango uratorongera mwiyonkoye kubadive
>>
<<@AbariyusengaXavera-k8y
says :
Weretswenabadayimonintabwarimanaisabatonikimenyetsokimanarekagusebanyanasataniarahanura
>>
<<@MudahogoraAline-r2v
says :
Mwitonde bene data satani yatangiye gukorera mu bantu ,azayobya abantu muminsi yanyuma mwitonde
>>
<<@umubwirizaenock
says :
@ UMUBWIRIZA Enock komera IMANA iragushyigikiye komera hishura ukuri
>>
<<@JajaNiyo-f2s
says :
non wew uracavugako urumudiva kandi utacemera inyigisho zabo
>>
<<@niyitegekapaul7994
says :
Iby'umwuka bisobanuzwa iby'umwuka bindi. Ese niba agahembe gato ko muri Daniel 7:8 ari Antiocus Epiphanous, ni gute uhuza ibi? Antiocus Epiphanous yabaye umwami wa 8 mu bami 23 bayoboye intara ya Macedonia mu bwami bwa gatatu bw'ubugereki, kandi agahembe gato ko kaboneka ku ntamaswa ya kane ari yo Roma. Ntibishoboka ko wahuza umuntu wo mu bwami bwa 3 n'ubwa 4. Niba atari ukuyobywa, ni imigambi yateguwe kuko iyi nkigisho ari iy'Abajezuwite.
>>
<<@RutabagishaJeanpierre
says :
Mwaje kwishakira viuse uwomusaza ntabyazi arateka imitwe
>>
<<@AbrahamZha
says :
Umva wamunyamakuru we twebwe twifuza kumenya ukuri kubuyobe bwamadini yicyigihe plz uzatubarize uwo mugabo namugenziwe rutagengwa nabonye Bazi gucukumbura kumadini uzababaze kubyerekeye abahamya ba yehova twuve icyo babavugaho plz murakoze
>>
<<@ndamyinanajeanpaul9683
says :
None x woe muzehe munabandi woe ho turabwirwa Niki ko mumayerekwa yawe utabeshye? None ko ukiyita umudivantiste kd Ari abayobe wakweruye ukavuga uwo uriwe? Ese iyerekwa ryari turaryizezwa Niki ko ryavuye kuwiteka kd amategeko yuwiteka uje kuyasiribanga ukaba utakuyeho? Ongera wisuzume neza nshuti yange
>>
<<@karekezichristophe8841
says :
Saza utanduranyije musaza
>>
<<@KALASIRA-x9s
says :
abadive nanjye mbona barayobye, iyo yubahirije isabato aba yumva ijuru yarikoreye byarangiye
>>
<<@esperanceniwemutoni9111
says :
Uyu munyamakuru aratuma tutumva ubusobanuro neza byaba byiza uretse agasobanura byimbitse ingingo ikumvikana.Merci!!
>>
<<@Niyongabirepacifique
says :
๐๐๐ฎ๐ฌ๐ ๐ง๐ข๐ค๐ข ๐ฎ๐ฏ๐ฎ๐ณ๐ ๐ค๐ข๐ซ๐ข๐ฆ๐จ ๐๐ฒ'๐ข๐ง๐ ๐๐ง๐ณ๐ข
>>
<<@Niyongabirepacifique
says :
๐๐ก๐ข๐ฌ๐ก๐ฎ๐ซ๐ฐ๐ ๐๐ข๐๐ฒ๐๐ก๐ข๐ฌ๐ก๐ฎ๐ฐ๐ ๐๐ฒ๐๐ก๐ข๐ฌ๐ก๐ฎ๐ซ๐ข๐ฐ๐ ๐ฒ๐จ๐ก๐๐ง๐ ๐ง๐๐ก๐๐๐๐ง๐๐ข ๐ง๐ฎ๐๐ฐ๐๐ค๐ ๐ง๐ ๐๐ก๐จ ๐ง๐๐ฐ๐ ๐๐ง๐๐ข๐ค๐ ๐ข๐ ๐ข๐ญ๐๐๐จ ๐ฐ๐๐ง๐๐ข ๐ค๐๐ก๐จ ๐ง๐ ๐จ ๐ข๐๐ฒ๐๐ก๐ข๐ฌ๐ก๐ฎ๐ฐ๐ ๐ง๐ฎ๐ฐ๐๐ก๐จ๐ณ๐ ๐๐ซ๐ฎ๐ฆ๐ฎ๐๐ข๐ฏ๐๐
>>
<<@MugeniShallon
says :
imyaka 40 umaze mwitorero ukaba ukoresha bibiriya yo muri fone
>>
<<@MugeniShallon
says :
.ni ukuberiki udafite bibiriya
>>
<<@TuyisengeDaniel-b7u
says :
Nimushake musebye idini ryabadiventiste ariko ntaho muzumva ryijanditse mubiza byikigihr .erega ukuri kurahari kuko kwanditse muri bibiliya
>>
<<@TuyisengeDaniel-b7u
says :
Abantu barimo gushaka ubuzima bakabushakira mumivumo ubwose guhimbira idini ryatoranijwe nimana ubwo wumva bizaguha amahoro.mureke guca imanza
>>
<<@Nzirandende
says :
Uragonga urukuta sha ! 31:13
>>
<<@Nzirandende
says :
Uwagihishuriye ni Satani
>>
<<@joselynenyiranshuti7304
says :
Mbona hari ijambo ryitwa isabato(uburuhukiro). Abantu badashaka kumenya(usomye Mariko2:27-28. Yesu yivugiye ko ariwe mwami w'isabato ndetse nayo. Yesu niwe buruhukiro nyakuri. Dimanche niho Yesu yazutse kuwa mbere w'isabato,....... Mureke twite kucyo Yesu yakoze kuruta amategeko kuko nuwayahawe ntiyayakiranutseho(Mose), Yesu wenyine niwe utarakoze icyaha niyo mpamvu uwamwizeye nawe azabona ubugingo.
>>
<<@UwiragiyePaccy-b7t
says :
Ntangajwe nuburyo uhakana ubuhanuzi bwa Daniel hamwe nibyahishuriwe yohan.ntiwatuyobyawowe Byivugane
>>
<<@YvetteNiyimbona
says :
Isabato ni umunsi wimana
>>
<<@elysmugenzi
says :
Kwubaha isabato nubuyobe?
>>
<<@NambajimanaNambajima
says :
Ikinyoma cyumusaza kirica 1Abami 13:18 13:29 uyumusaza arimubena kubona isomo ryo muri ezekeri 9
>>
<<@YusufYahaya-e5l
says :
None na duhe irindi torero rikuriraho irya 7
>>
<<@oliveuwi5048
says :
Isabato se yajyana umuntu mu ijuru atararikoreye? Umuntu wese acungane no kwizera kwe Mwuka wera atuyobore
>>
<<@oliveuwi5048
says :
Uko kwizera nukwabantu kugiti cyabo sibyitorero nonese Bible muri Matayo havuga ko ntawe uzi umunsi none ababivuga babikurahe? Mujye mubasaba imirongo ya bible ibihamya
>>
<<@kmundendy660
says :
ka twibwirire INTAMA zazimiye. INTAMA, hari umugabo wo mugihe cya Yesu/Yezu wari umuhanga cyane mubihereranye n'amategeko ( hakubiyemo 10 yari yandikishijwe urutoki rw'Imana Nzima) kandi wubahwaga cyane. witwaga Gamaliyeli (ibyakozwe 5: 34). Gamaliyeli Bwite niwe wari warigishije intumwa Pawulo amategeko (Ibyakozwe 22: 3) . INTAMA n'ubwo Pawulo yari azi amategeko n'ayo kuri Sinayi 10 kandi akayubahiriza hakubiyemo no kuziririza isabato, nyuma yaho amaze KWIZERA Yesu, reba amagambo yaje kuvuga ubyisomere (1Timoteyo1: 13). Yaburaga UKWIZERA butewe n'Intamenya (ubujiji) !! Nyuma Pawulo yaje kuvuga ko ATAGITWARWA n"amatekego yo kuri Sinayi by'umwihariko ISABATO ya buri mpera z'icyumweru (1Abakoriinto 9: 20-21) AHUBWO yavuze ko atwagwa n"amategeko yo KWIZERA (Abaroma 3:27) ariyo mategeko Ya Kristo (Yohana 14:21 & Abagalatiya 6:2) ayo mategeko ashingiye ku rukundo (Luka 10: 25-28) Intama Ni iby'ukiri ko Yesu Nawe ubwe Yubahirije amategeko y'ubwoko yakuriyemo harimo Kuziririza Isabato guhera akiri Muto ( Matayo 5: 17 & Abagalatiya 4:4) ariko iki ntikikakwisobe NTAMA, Yesu/Yezu amaze Kubatizwa ku myaka hafi 29 ibyanditswe byera bigaragaza neza ko Byatangiye Guhinduka ntiyaba acyubahiriza ISABAto ya Buri wa Karindwi w'icyumweru kuburyo batangiye KUMUSHINJA ko AREKA kuziririza ISABATO. Byisomere witonze NTAMA (Yohana 5: 5 - 18 & Yohana 9: 4 - 38). NTAMA zazimiye, Kuziririza ISABAto byaretse kuba itegeko Yesu akimara Gupfira ku Giti cy'umubabaro azutse igihe inyandiko yari Yandikishishweho Urutoki (Abakolosayi 2: 14 muri New King James Version Bible & Kuva 31:18) bivanyweho n"Imana nzima( Yeremiya 16:21) . Ntama turabikundira Pe kandi twishimira kuganira namwe. wazamvugisha tukaganira byisumbuye kuri Bibiliya nta kiguzi.
>>
<<@turikumukizaalbert636
says :
Ese mwakabyara mwe ko mbona gusoma ibitabo byinshi nibyo bintu mujyamo byo kubara iminsi nimyaka ubutumwa bwagiye buvugurwamo ko mbona ahubwo bizarangira bibashyize mubuyobe kuruta kunguka? Ese ubundi mutambeshye mubisabwa ngo tubone ubugingo buhoraho kumenya ayo mateka biri kumwanya wa kangahe? Niyompamvu iyo mibare mwirirwa mubara nimutitinda satani azabafatiramo birangire mwihakanye nImana mubyita kujijuka. Mana rengera abantu bawe bahora babwirwa ibintu bibavangavanga ubasange ubahishurire ukuri kuko inyigisho zuzuye iyi mihanda,izuzuye munsengero zitandukanye hatabayeho Umwuka wera hazayoba benshi.
>>
<<@BavakureClaude-n6n
says :
Itorero ry'lmana ni yesu nabamwizera si abadive
>>
<<@BavakureClaude-n6n
says :
Mwitonde amategeko mpama byaha mungoma y'lmana ntabayo kuko ntabyaha bibayo.aho niho turi
>>
<<@BavakureClaude-n6n
says :
Mubwami bw'imana ntamategeko mpanabyaha ahaba.isabato ni muri yesu nta munyabyaha uhaba
>>
<<@INGABIRECLAIRE-ef5jq
says :
Nagukurikiye mbona nawe iby'uvuga ntubisobanukiwe urimo urashakisha!Bible irisobanura kdi uyisomye ntusabe mwuka wera ngo agusobanurire wanayoba burya!rero wa musaza we ibyo nawe udahagazeho uza kuri camera ngo ubisobanurire abandi gute?!!bakwitegereze neza ibintu byose urimo gushidikanya!
>>
<<@NiyomukizaDamaseni
says :
Urabenshya ikinyomacyambaye ubusa twizera imana nyiribiremwa ibyo imanayahamije ni ukuri ntibeshya ukurikwayo kuruzuye ntikwogegwaho ntikugabanwa guhora ari ukuri satani sigaho kuyobya intore zimana mukomere mushikame ntimuyobywe
>>
<<@EgideHabiyaremye-r7i
says :
Saw
>>
<<@vannykmd6318
says :
Mbese Imanantifite Itorerorizima? Ni ukuriko ifite itorero,arikoni itorero ririkurugamba,si itorero ryanesheje.Tubabajwenโukoharimo abizerabโabanyantegenke cyane; aboni borukungu mumbutonzizaโฆ Nโubwomu Itorero harimo ibibi,bizagumahokugezaku iherezoryโisi.Muri ibibihe biheruka,Itorero rigombakuba umucyowโisiyanduyekandi yononwenโicyaha.Nikuri iryoTorero ryโirinyantegenke kandi rifite amakosa,itorero rikeneyegucyahwa,kubลซrirwa,kugฤซrwa inama,niryoKristo ahanzeho amaso muburyobuheranije.
>>
<<@MugabonakeIsaac
says :
Ongera amasengesho usobanukirwe neza utava munzira
>>
<<@rukandemaemmastine9298
says :
Nubwo mbonye iki kiganiro ntinze cyane, abashobora kubona coment yange bazasome ndetse nawe uzasome neza ubusobanuro bwa daniel bitonze cyanecyane igice cya 11 cya daniel kuko nsanze ufite ikibazo cyo kudasobanurwa neza icyo havuga kuko ibyo uyu musaza yumva iyo ahasomye bitandukanye nicyo havuga.
>>
<<@rukandemaemmastine9298
says :
Ikibazo kiri kuriwowe wabyumvise uko bitari. Itorero ry'abadiventiste ntabwo ryemerako ubutumwa bwahawe amatorero 7 buhuzwa nubw'abamalayika 3 ndetse na malayika wundi. Ikiriho ni coincidence y'abamalayika b'amatorero aheruka n'abamalayika 3 na wawundi.
>>
<<@Petermucho
says :
Let the man of God speak. You are not professional
>>
<<@Petermucho
says :
Hello The journalist is talkative Asking fake questions. I think you could speak when necessary and let the man of God convey his message.
>>
NEXT VIDEO
>>