<<@Jacques-q5h
says :
Duhe number yawe
>>
<<@Jacques-q5h
says :
Sandra
>>
<<@Jacques-q5h
says :
Muduhe number yanyu
>>
<<@umukunziementine3444
says :
Ariko Rose koko wazaje ukadusuhuza rimwe gusa ugasubirayo. Disi Sandra uyu nawe baratandukanye yabivuze ahandi mu gihe cya vuba.
>>
<<@umutesiphoibe3397
says :
Rose ndagukunda cyaneee
>>
<<@MarcelineDusabirema-q6k
says :
Nadia uranyubatse cyane
>>
<<@FaustinUwajeneza-iq8kv
says :
Ntago urimubi humura
>>
<<@iradukp
says :
Rose ndagukunda kd wakoze kuzana Sandra numukobwa mwiza ndamukunze kurushaho ❤
>>
<<@nteziyaremyefrederic8727
says :
Ibitecyerezo byose watanze nibyiza ariko icyo usorejeho ngo ntabwo waganira numugabo wawe mukuguca inyuma ,kandi abagambiriye kugusenyera bazashakisha ibishoboka byose ngo babasenyere !!??hariya usubije nabi rwose ndakugaye cyaneeee!!!....
>>
<<@richardhabimana7892
says :
Umva nkubwire Nadia iyo Imana ituremera ikagira abakobwa bose nkawe kurinjye byari ku a Paradiso.
>>
<<@AgnesICYIMPAYE
says :
Nadia twaritugukumbuye Rose wakoze kutuzanira Nadia imana Iguhe umugisha❤️❤️❤️
>>
<<@JBM-l6f
says :
Nakunze ikiganiro cyanyu. Nifuje kubasangiza aya magambo: 1 Timoeyo 6:6-11. Icyakora koko kubaha Imana iyo gufatanije no kugira umutima unyuzwe kuvamo inyungu nyinshi, kuko ari nta cyo twazanye mu isi kandi nta cyo tuzabasha kuyivanamo. Ariko ubwo dufite ibyo kurya n’imyambaro biduhagije tunyurwe na byo, kuko abifuza kuba abatunzi bagwa mu mushya no mu mutego, no mu irari ryinshi ry’ubupfu ryangiza, rikaroha abantu mu bibahenebereza bikabarimbuza. Kuko gukunda impiya ari umuzi w’ibibi byose, hariho abantu bamwe bazirarikiye barayoba, bava mu byo kwizera bihandisha imibabaro myinshi. Ariko wehoho muntu w’Imana ujye uhunga ibyo, ahubwo ukurikize gukiranuka, kwihangana n’ubugwaneza.
>>
<<@JBM-l6f
says :
Proud of you girls. You are so young and yet so mature. Mukomereze aho gutanga ibiganiro birimo kubaha Imana no kubaka umuryango nyarwanda. Rose ukomereze aho. Ntujye muri wa mwanda w'abirirwa batwika, batazi ko barimo gutwika imitima y'abantu. Hari ibiganiro byubaka. Nshima ko aribyo ukora. Komereza aho.
>>
<<@WILLAJEANNETTE
says :
Ohh Nadiya ndagufana cyane ndagukunda pe kereka duhuye nkagusuhuza pe .uri umwana mwiza ntuzahinduke
>>
<<@NyandwiBosco-b9m
says :
Watubwiriye Nadia akaduha number ye tukamuvugisha turamukunda
>>
<<@VincentNiyibizi
says :
Gusa Ndagukunda Nadia ariko wowe na Stiven mwaryoshyaga film, gusa nubu ndeba City maid kubera Stiven nawe navamo nzahita nyireka.
>>
<<@RuthBARAYISENGA
says :
Mana nkunda emotion za Sandra peuh!!! Biranshimisha kbx
>>
<<@fahadfhad6349
says :
❤❤❤
>>
<<@ndagijimanaannemarie5347
says :
Nadia❤.
>>
<<@Gwiza737
says :
Hello rose umeze neza ko wabuze?
>>
<<@marimini-ih8ym
says :
Iki kintu uvuze cyo kwicara ukabura icyo umariye abantu kdi ukora 😢😢😢😢 kirababaza sana 💔💔
>>
<<@MeryUwase
says :
Thank you Sandra ❤❤
>>
<<@fidelineigiraneza3121
says :
nanjye nibyo abana banjye baragukunda na DIA gusa nanjye nahise ngukunda
>>
<<@Mip.igikomangoma
says :
Great advices 🎉
>>
<<@MukahigiroGertrude
says :
❤
>>
<<@kindness1450
says :
Yego rata Nadia abana Imana idufasha badukunde Kdi Ibahe Roza nikundira Roza nanjye nsabira Imana izampe urugo rwumugisha ubundi unsabire Imana isubize ibyonyisaba nibi ndashaka kuzakubona urigukorana n'umuntu ikiganiro utwite Roza mwiza I love you more❤ Roza na Nadia Imana ibarebe icyore sibyo barata bamasha❤
>>
<<@kindness1450
says :
None C Roza nukuri ndakwikundira Imana iguhe ibyo ushaka byose.
>>
<<@TuyishimeAngeliqwe-gi9gc
says :
Ndagukunda cyane najye uzankoreshe icyiganiro
>>
<<@ItangishatseChristina
says :
Nukuri ndashaka nomero yanyu. Ndabakunda❤
>>
<<@kamanziangel3596
says :
Uncuiii
>>
<<@IsimbiRyaChriss
says :
❤❤❤❤❤❤
>>
<<@muganwajudithkeene9592
says :
Ntakuntu Sandra yazadusura kuri Jo twins show abashyigikiye mumpe twatuntu
>>
<<@denyseuwizeye
says :
Thank you for your advice Sandra I really want to tell you that I wish I could meet you couse I love you ❤️❤️🥰
>>
<<@NiyontezeVestine-yf6fw
says :
Ooohhhh Nadia Ibazeko ikikiganiro cyose nkirebye ntana 1minute ntambutse ndagukunda cyane ❤️🙏 N'Imana irabizi kd ndushijeho kugukunda bby wange Courage uri Umukobwa mwiza physical appearance arko ufte n'ubwenge bwinshi cyane uri Umukobwa wo kwifuzwa na buri umwe wese ufite ubwenge ndagukunda cyane Nadia❤
>>
<<@UweraElyse-u1p
says :
They way rose a hypinganga nibyo byanjye❤️🩹🥹😂
>>
<<@AHOME5145
says :
I love love Rose so much❤❤❤❤❤
>>
<<@simbisarah3406
says :
Abakobwa ba Yesu sha ndabakunda cyaneeeeeee mwese❤❤❤❤❤❤muri beza in and out
>>
<<@nyiransengiyumvadevotha998
says :
Steve yari yarapfiriye ukuri incwii❤❤
>>
<<@musengimanasamuel1154
says :
Ndagukunda byukuri iyo nkubony mount Kenya ninya kugusubuza 😂ariko🤍🤍🤍🤍🤍🤍
>>
<<@nadineumutoni3906
says :
Sandra ntago narinziko usetsa gutya, gusa ndagukunda cyane pe iki kiganiro ndacyumva nkagisubukura sinkirambirwa , Rose thank you ko watuzaniye Sandra
>>
<<@adelenshimirimana5323
says :
Ahugiye muri gereza muri film niko batubwiye Steve ari kumuburanira😂
>>
<<@comendikuriyo8564
says :
Ariko rero Sandra ba wirekura ncuti yanje ndabona ako kajipo karakujena sana kakakubuza kwidegemvya.ese we wiyumva gute?
>>
<<@alexmusore5357
says :
Rose ndagukunda cane from Uganda
>>
<<@chanceigabeineza123
says :
Imirimo Ukorera Mwisi yose Yandikwa Mugitabo Yaba Myiza cyangwa Mibi niyo izaguherekeza Mukomeje kunyibutsa kuminsi Yanyuma yo Gutaha Imana Izabahe Iherezo ryiza
>>
<<@chanceigabeineza123
says :
Woooow lmbere cyane Dear Sandra Kumenya lmana nibyo byambere rwose Nta Mana Ntabuzima , Ubirimo neza Yesu Agushyigikire Rose 🌹 🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹
>>
<<@DivineUwamwezi
says :
❤❤❤
>>
<<@DivineUwamwezi
says :
❤❤❤❤
>>
<<@udukundadenyse503
says :
Nadia ukwiye ibyiza ukunda Imana twahuriye muruhango
>>
<<@rehemaishimwe6414
says :
Yego Sha Sandra ntiyiyemera peeee numwana mwiza cyaneee
>>
<<@ntirenganyamichel3174
says :
Sandara nakugirinama 1 niwumva kumugabo nagucinyuma uzasenya nkugiriyinama uzabanze umenye impamvu yaguciyinyuma kuko anzagucinyuma bitari rimwe ibitari 2 ibi uzahora ubyibuka koharumuntu wabikubwiye yibereye maputo Mozambique 🇲🇿 😎
>>
NEXT VIDEO
>>