<<@KangeleLavoisier
says :
Bro uri kwamamaze ben nukajye uhuza ibitagana
>>
<<@kabazayireangelique4012
says :
Melody ntimukamugereranye na the Ben kuko ben ararenze
>>
<<@TuyishimeJeanpaul-f5b
says :
Ngewe nemerako brucemelody Ari umuhanzi ukomeze Arik ntabwo arikurwego rwa Ben na meddy. Kuk siniyumvisha uburyo wakigereranya nabasaza mubihe utabasha kubona indirimbo uririmbira imbere yabayozi muri Rwanda day. Ibaze imbere ya president ukaririmba: samoya, akinyuma, ndakwanga,ntuge unkinisha,,,,,, Ubwo Koko urumva ubutumwa waba uriguha abanyarwanda bimbere mugihugu ndetse nabarihanze nubuhe??? Mureke kugereranya ibitagereranywa. Ben, meddy, Ni ubutaka bw'igihugu.
>>
<<@TuyishimeJeanpaul-f5b
says :
Ngewe nemerako brucemelody Ari umuhanzi ukomeze Arik ntabwo arikurwego rwa Ben na meddy. Kuk siniyumvisha uburyo wakigereranya nabasaza mubihe utabasha kubona indirimbo uririmbira imbere yabayozi muri Rwanda day. Ibaze imbere ya president ukaririmba: samoya, akinyuma, ndakwanga,ntuge unkinisha,,,,,, Ubwo Koko urumva ubutumwa waba uriguha abanyarwanda bimbere mugihugu ndetse nabarihanze nubuhe??? Mureke kugereranya ibitagereranywa. Ben, meddy, Ni ubutaka bw'igihugu.
>>
<<@ericsontg
says :
Taikun uri fake mn wowe melodie uramwita umuturage mubuhe buryo๐คฃ๐คฃ
>>
<<@farzanvalentin2307
says :
Melody turamukunda cyne gusa,ntimukamugereranye,nabahanzi baciye agahigo ko kuriza abantu bumva indirimbo zabo,bakarira bakanaboroga,indirimbo slowly ya meddy,abantu batanumva ikinyarwand usanga barayigize ring ringtone muma telefone yabo legend always will be respected
>>
<<@EmmyClanks
says :
Man uriraya gusa kumpande zombi Bruce ararenze
>>
<<@Isaiahkids
says :
Kuba humble subujiji sha izige kubitandukanya nabyo
>>
<<@SONiC-r2e
says :
Genius NDAHIRO
>>
<<@EmmanuelNIYONZIMA-j7r
says :
Aka kaniga nagasazi mn sinz icyo gapfa na melody Nako bagatamike kazibe
>>
<<@niyigenaalexis365
says :
Cyaze utumye nmurura ibintu kbd ukuri ni cw๐ฌ๐ฆ
>>
<<@HappyCricket-pk9sc
says :
Ibyo uvuga bishobora kuba ar sawa arko ugaragaza kwiyumva
>>
<<@Kglrun
says :
Taikun ushaka hit kuri melody arko uribeshya umuhungu yaragafashe kd mwemereko abo bahungu muvuga badakora
>>
<<@cyatareyuhielyse9835
says :
Tayikuni ibyuvuga nukuri tukurinyuma
>>
<<@umwigisha
says :
Taikun nawe hano ni ukwishakira attention gusa! Ubu se analysis we yakoze uretse amarangamutima wagira ngo hari icyo bapfa, facts yatanze ni izihe?? Nawe wagira ngo hari icyo mupfa ni ukwigira umuhatari kd ndabona nta kintu wallah. Uziko ugiye kwigira nka Gentil Gedeon kuri Green P mn
>>
<<@IshKevin-nc9mm
says :
Bro nubwambere mbonye umunyamakuru uvugisha ukuri abandi nukugendera mukigare ndahiro respect
>>
<<@jamescyuzuzo2749
says :
Uyumutipe mujye mumutumira azigusesengura kurenza abandi baswa
>>
<<@Topballers1
says :
Mn Rema Nawe ntabwo araba successfully kakiba muri lebel
>>
<<@mazimpakayvan-rs7gr
says :
Taikuni iyi nibwa yabuze aho ikura
>>
<<@IshemaVick
says :
Taikun , You are so genius brother,I like your truthโค
>>
<<@ndayishimiyefulgence4550
says :
Nari nsanzwe nemera uyu mutipe, gusa sinzi icyo yishingikirije kuko nziko abanyamakuru bose babatamika ngo bavuge neza uwo muntu melody amaze imyaka irenga 10 arwana nokwigereranya kuli ba meddy ese abo batipe iyi myaka icuma muratekerezako bo bari bicaye? Ese imyaka icumi yose bayimaze bashaka kujya kurwego rwa kinyusi? Man kutiga biraga melody mind ye iri very low ntimuka mugereranye naba batip
>>
<<@JulesAim
says :
Melody ntabw ari smart ubanz ari byo!! ๐ ๐๐
>>
<<@kennedyrukundo
says :
This Ghee Taykun niba ari nako babyandika he biased af... anyone whose been around in past 15 years in the Rwandan music knows Bruce is arguably the best musician Rwanda has ever seen.
>>
<<@Elvin77s
says :
Ari hasi nka cement peee (ndahiro)
>>
<<@All_timetv_rwanda
says :
Ndakwanga muri Rwanda day๐๐๐๐ yewe umuhanzi arahape melody ahaaaa๐๐๐๐
>>
<<@mwene_bizimungu
says :
Melody is a real Goat ๐ ibyo Ndahiro arimo ntazi ibyarimo๐ข๐ข
>>
<<@UwimanaYves-y1b
says :
Cyaze ibyo uvuga nibyo muhungu wacu. Ndahiro. Bruce๐ aracyari down kuribariya basaza
>>
<<@Ist_anelka
says :
Taikud๐คด๐ฅ
>>
<<@niwamuraratv
says :
Ikikigoryi ubu mwakijyanagahe koko
>>
<<@Didier505
says :
Genius mindset๐ฏ Melody Ari hasi
>>
<<@NiyikirengaBassamu
says :
utanze ukuri kbs uw mudajma ntakintu apf na melody ahubw arim kuvuga ukuri guhari kbs
>>
<<@NiyikirengaBassamu
says :
uravuga ukuri bruh yego melody ararenz Arik meddy Ben Christopher naba legend ndetse Christopher arorimba nez cyane kurush melody
>>
<<@abimanaliliane8256
says :
Kbs taikun uvugishije ukuri pee ๐ ##Tyga and Meddy nibo Big fishes abandi nibihuha pee๐ ๐ .
>>
<<@FredrickDaka
says :
Woe urabeshya ntakigenda cyawe
>>
<<@FredrickDaka
says :
Melodyy is the best ๐
>>
<<@MwarimuMushya2020
says :
Tkun namwemeraga ark noneho ndushijeho man ibyuvuga birimo inyurabwenge reka nongereho kundirimbo za melod ziriya abahahanzi baziririmba barikenya bapfa bakenyutse kuko ntibazabona umbwijukuro bwazo muzabukuru byaba bimwe dpg yariribye ngokubona umusaza utamirijwe imvi mumutwe wuzuye amazi hhhhhh
>>
<<@mugumefrank9818
says :
Ndahiro aravuga ukuri rwose
>>
<<@niyonkuruelie1078
says :
Uyu niwe munyamakuru nemera wenyine kbx
>>
<<@habimanaegide1802
says :
Man this guy is on top, great analse
>>
<<@IshKing250-u3z
says :
Cyz taikuni uvuze ukuri ibyo abanubacagakuruhande irabivuze byose kbx taikuni ndakwimera foo jyumenumuceri umuhungu
>>
<<@thepipo250
says :
Melody muramufana uziko ikiganiro cyose ari melody gusa aka kajama kuzuye urwango gusa kandi ni ubufu.
>>
<<@thepipo250
says :
Uziko uyu mujama ntakintu cye kizima kavuga. njya nkumva mu rubuga rw'imikino karyagaryaga ubundi ngo ni umukomediye none ngo ni analyst you can stop melody bro. Gusa uyu munyamakuru nawe ari hasi cyane.
>>
<<@MubarakNsengiyaremye
says :
Ureba kure mn melody numwiyemezi uraho na mustar wirigwa mubugambo aca amazi bagenzibe the ben na meddy na balegendy
>>
<<@sibomanacallixte1
says :
Na tom close yarabivuze arko uyu mutipe areba kure๐๐ฉโ๐ป
>>
<<@Twigetwige
says :
Uyu muntu sinari muzi ariko afite package kabisa. Uyu ni we nshaka kujya nkurikira. Umuziki arawuzi. Avugisha ukuri kdi I like his confidence kuko ntiyitaye ku byo abandi birirwa bavuga. He wants to be himself..
>>
<<@RwasiboRacheal-gp6kc
says :
Ark mana Irene turagukunda utuzanira udushya burigih kbx
>>
<<@richmanofficial9769
says :
๐๐๐๐ mpise nseka koko
>>
<<@MugishaPaccy-by9zq
says :
This man is genius uyu niwe Twabuze kuva kera nanjye ndabyemera kinyusi yishira kuri level Itariye even na christopher โค aramurenze
>>
<<@UndeberaikiFRICAN
says :
Amaco yinda
>>
<<@kasha2375
says :
Taikun avuga ukuri kuzuye
>>
NEXT VIDEO
>>