<<@BertinMurigande
says :
muvandi nimwemucyewe muriyiminsi yanyuma ngomurohore benshi twarohamiye murayamadini
>>
<<@NsabimanaEmile-r7h
says :
kuvuze ngo mwigisha ubutumwa bwiza gusa sindi kubona musaba ninkunga ra? ubwo nyine murigisha mukanasaba ibyigifu
>>
<<@MbarushaEnzo
says :
Ese ubwo si amadini muri gushinga?
>>
<<@FiacresonJames
says :
Yeah !! Umaz guhindura bangahe , umaz guter iyihe ntambwe mwijamb ryImana ?? Still Liking you Man Of God
>>
<<@MbarushimanaGodefraid
says :
Imana yokwizerwa iguhe umugisha Kdi ntiduteze gucogora gukomeza Kumva ijambo ryukuri kw Imana Amen
>>
<<@ufitamahoropaul1822
says :
Wa mugabo we ufite amagambo aryoshye
>>
<<@MThérèseNSHIMIRIMANA
says :
Turikumwe mukomere cone
>>
<<@ntirenganyacharles8098
says :
Ntucibwe intege n'amagambo mukozi w'Imana Data was twese.ab'ukuri barakumva komeza ujye mbere.aya madini Ni irembo rijya ikuzimu. Abagutuka kuko bakunda amadini yabo badashobora kuyavamo kuko bafashwe mpiri ntibikubuze guhanura.nubwo hakumva umuntu umwe muri million 12 zituye uRwanda Imana izanezerwa peeeee !!! Umwe gusa azatuma impundu zivuga mu ijuru .
>>
<<@ntirenganyacharles8098
says :
Jye mpafararanye nawe mukozi wa kristo warahishurpwe koko!! Wahishuriwe ikitwa " Ubushukanyi mu mumwuzuro wabwo
>>
<<@franceoliviergatabazi6387
says :
ADEPR wayiretse !! Ukamamaza ubutumwa bwiza !! Ese ADEPR uzi icyo aricyo ? Buriya harimo ibice bibiri muri ADEPR : 1.Ababyawe na ADEPR abo ni na benshi cyane 2.Ababyawe n'umwuka wera (itorero) abo rero bazi ibyo barimo kandi ubifate mu mutwe itorero rya Yesu mu Rwanda riri muri ADEPR niba utarimo kandi uri mu Rwanda ntabwo uri umunyetorero ariko aba ADEPR bose si abanyetorero !! Rero wowe uzaba nka Nzikoraho mu bukorirkori bwe !! ADEPR yireke abayirimo bazi ibyo barimo
>>
<<@ntahomvukiyeanastase3463
says :
🎉courage Mwana w'Imana
>>
<<@pierrebyiringiro1033
says :
Pastor Jean Luc , Imana iguhe umugisha, ni ukuri UKURI kwarapfundikiwe, iki ni igihe cyo kugira ngo abantu basobanukirwe bave mu buyobe
>>
<<@IrabiziBruno
says :
Aho ahogusa komerezaho mukozi wimana turavuga ukuri aba kirisito bagende banyure mwirembo binjire muri rwa rurembo
>>
<<@NZUMVIRDavid
says :
Idini nimyigishirize ihabanye nubutumwa bwiza ntabwo Ari ariya masinagogi mbakundira cyane rwose uburyo mutubwira kwirinda umusemburo wabafarisayo nabasadukayo gusa Yesu yavuze ko twirinda iyo myigishirize mibi naho rwose ushobora kuba umunyedini ushimwa n'lmana urugero Collunelio yari umunyedini ushimwa n'lmana igikwiye nukubwira abantu kwirinda iyo myigishirize mibi naho kubabwira ngo bararimbutse bararimbutse bararimbutse ntabwo Ari byo dutumwe keretse guhamya ukuri Kwa Kristo Matayo 16:12 Nuko bamenya yuko atababwiye ko birinda umusemburo w'imitsima, ahubwo ko birinda imyigishirize y'Abafarisayo n'iy'Abasadukayo.
>>
<<@MbabaziDariah
says :
Ubundi nowowe wange peeee❤❤❤muteranirahe
>>
<<@THEO777O7
says :
GOD BLESS YOU..
>>
<<@MukobwaEmmcule
says :
14:24
>>
<<@MukobwaEmmcule
says :
Mukomeze nti mutinye lmana irikumwe namwe
>>
<<@kitomurhububa
says :
Imana iguhe umugisha Uri mukazi k'Imana naho gutukwa ko bazagutuka kuko nabatubanjirije bagiye babizira ndetse bakanicwa ibyo rero nta gitangaza kirimo wowe komeza utange ubutumwa bwukuri❤
>>
<<@UwinezaFeblonie-uc1po
says :
Imana iguhe umugisha yesu azaza ntazatinda
>>
<<@EdouardNtirenganya
says :
Uragwaye mumutwe nibagutware indera🐷
>>
<<@EdouardNtirenganya
says :
Nawurumunyabinyoma mubandu,bibliya nihehe ivuga kwisabato arumunsi wa 6 subira kwishure🏃
>>
<<@uwasepeggy112
says :
😢😢😢😢😢😢https://youtu.be/mVghLd2oQXA?si=iiOCM2hSK5wbtd01
>>
<<@semushivincent1578
says :
Niyihe mpavu igutera kuvuga ayamagambo urunva utandukaniyehe ninyigisho ziyobya
>>
<<@roseb8052
says :
Ubu amadini yomusi yibanze mubya porotic
>>
<<@HategekimanaEmmanuel-o7u
says :
Amen Amen..! Past
>>
<<@chantalnyirahabimana5681
says :
Imana iguhe umugisha
>>
<<@kayirenzimarie1518
says :
Komera luc!uje mu gihe gikwiriye be kugusebya, bakugenzuze ijambo ly"Imana .bazamenya ko ufite umwuka wera.
>>
<<@hiukr2589
says :
Shaka guhura nawe kuri AYALONI_TV cy zom
>>
<<@abelmusengimana4244
says :
Gusa bibaye byiza warangira abantu iryo wowe urimo abantu bakarijyamo cyane ko mu bigaragara iryawe niryo ryiza peeeeh. Abandi bose barayobye nk'uko ubivuga. Iyo uvuga bigaragara ko wageze iyo ujya peeeeh😂
>>
<<@sinayobyejpaul
says :
Muhoza abantu mubwoba, mubakangisha ijuru, iryo juru mwebwe mwarigezemo?
>>
<<@sinayobyejpaul
says :
Ese mwagiye mutuva mu matwi, ibyo mwita idini nibyo mwita ijambo ryimana mukaryibwira?
>>
<<@MukeshimanaVestine-hi2un
says :
Ibyiza ni uko iki gitabo cyashyirwa online tukakibona bitqoroheye naho kugishyira kuri za courier ntaho bitaniye no kugicuruza so niba givuruzwa mutangaze igiciro ariko bibaye bityo mwazisanga namwe ntaho mutaniye n' abandi
>>
<<@KubwimanaEgide-u6u
says :
muraho neza bavandimwe dufatanyije urugendo? amahoro aturuka k'umwami wacu Yesu Kristo ahorane namwe. (Ibyakozwe n'intumwa 17;22) Nuko Pawulo ahagarara hagati ya Areyopago aravuga ati "Bagabo b'Abanyatenayi, mbonye muri byose ko mukabije kwibanda mu by'idini". byumvikane ko tudakwiye kuba imbata z'amadini ahubwo dukwiye kugana itorero. Uwiteka atuyobore muri byose.
>>
<<@horimberepeace7376
says :
HALLELUA HALLELUA HALLELUA HALLELUA HALLELUA HALLELUA HALLELUAAAAA URAKOZE GOOOSEEE YESU CHRISTO 👏👏👏👏👏👏👏👏👏📢📢📢📢🎸🎸🎸🎸🎸🎸🎸🎸📢📢📢📢📢📢📢
>>
<<@Uwamahoroviolette-i6o
says :
Ntago bible muyigisha neza ukoyanditse
>>
<<@Dakar-Quatre
says :
None se amadini wagira ngo akore ikindi ki kitari ibyo? Dutandukanye IDINI n'ITORERO.
>>
<<@bizimanajeandedieu7079
says :
Ayaroni Imbere cyane Yesu abahe umugisha 🙏 Musobanura neza
>>
<<@ViyaneKiki
says :
Yewe birakomeye nugutyaza amavi tugasenga pe
>>
<<@NossaAbudul
says :
None nigute nabafatisha kuri watsap??
>>
<<@NossaAbudul
says :
Uwiteka nyiringabo abahe umugisha. Ndabakurikiranya cyane
>>
<<@balthazardusabeyezu6695
says :
Amen! May God bless you Pastor.
>>
<<@Hello50798
says :
Mukozi w'Imana. Wikora ibyaha wigira umucamanza kandi utari Imana. Shinga idini ryawe ushake n'abayoboke udasebeje abandi kuko siwowe upima ibitunganye n'ibigoramye. Nawe uwagushungura ntiyakuburamo inkumbi. Igisha bibiliya abatayigisha ntawabagutumye. Naho ibyo gukura byo no kuguma mugakiza ntucike intege ni intambwe nziza
>>
<<@Hello50798
says :
Umurimo w'Imana ntureba guhindura abantu gusa. Umwuka aha buri wese impano ifasha abantu b'Imana: kubwiriza, guhugura, gufasha abandi, guhumuriza, kuyobora, gusenga, gucyaha, kwita kubaguye n'ibindi. Ntabwo twese twahamagariwe kubwiriza no kugenda mu isi kuko ababwirijwe nabo bakeneye ababitaho muburyo bwose. Wikwibeshyako abo mutajyana aho bari ntacyo bakora kuko no gukomeza abakijijwe mubyo bizeye ni umurimo uruta kubazana.
>>
<<@NshimirimanaElias-d8o
says :
Shaka utange ninzu ubamo canke utange numubiri wawe wose uwuhe abarwaye bakire ntaviza yokubonijuru irimurivyo !!
>>
<<@Delphinemukamana-u7t
says :
Rwose nkunda ibyigisho zanyu, ariko, ngira ubwobacyane, iyomwigisha, abantu, mubigisha gukurikira Paulo 😥 Ubundi byukuri, Paulo mwamamaza, muzi uko yahamagawe ? Ese muzi impamvu yahamagawe ? Ese koko Paulo yakoreye Imana ? Ese kuki Yesu yavuze ngo, nuko kuri uwomunsi, bazavugango, ntabwo twakoze ibinibi, mwizina ryawe ? Ntago twakijije indwara, tukirukana abadayumoni mu izinaryawe ? Nuko rero nanjye nzababwira nti nimugende mwankozuzikibimwe sinigeze kubamenya 😢 Kuberiki rero Yesu azabihakana?
>>
<<@Delphinemukamana-u7t
says :
Ni mukanguke namwe ahubwo, kuko ibyo muvuga ntabyo muzi, nimudashaka kumenya uko Yesu agombakuza, icyo azazagukora, nuburyo azaza, nawe naza ntuzamumenya. Muzategerezakimwe nkuko abafarisayo nabayuda bategereje, kugezaniyisaha bagitegere , ubundi mwigishe abantu, uko bagomba gushaka Imana kuko igihe, Imana izaba yiyiziye ntago muzayimenya kuko uhanuzi bubivuga nezacyane, ahubwo nuko mudashaka gusobanura ukuri 😢
>>
<<@nyirayobokaleatitia8900
says :
Ibyuvuga nukuri rwose si torero ahubwo ninsenga yambuzi umukene ntibamureba birebera icofi
>>
<<@kayihurajohn7347
says :
Imana uguhe umugisha mwinshi ❤❤❤❤❤❤urakoze gukangura abantu
>>
<<@NdagijeJames-t2o
says :
Yesu aguhe umugisha muntu w'lmana!so,jewe nta vyinshi maze kumenyana muri Bible kuko kenshi nkunda kumviriza abavuga butumwa!umuntu yoba yigisha abantu ko ijambo ry'lmana uvuga ubesha abantu,uyo muntu arabe nezako nawe atayovya abantu!jean Luc hamiriza uvuga izina rya yesu Christo kuko ubifitiye umuhamagaro kandi muri iy'isi nibake bashobora kuvuga ukuri nk'uko wew wabihamagariwe!yesu akurindi intambamyi muri uwo murimo!
>>
NEXT VIDEO
>>