<<@niyoyitafrancois3336
says :
Uyu muntu yamenye ukuri abantu tujye tureka idini turebe Yesu niwe banze ryo kwizera Kandi tureke gusoma ijambo ry'Imana nkabasoma inyuguti gusa .Umwuka wera niwe muyobozi.
>>
<<@EmmanuelNiyonzima-k3n
says :
Satani yarakuyobeje nutihana uzarimbuka wamusazawe
>>
<<@JeannineAhishakiye
says :
Bavandimwe badive mukizwe muve mubyakera byabanyedini umwuka wera niwo wahumekeye mubahanuzi ibyanditswe byera Yabayeho kera nakare ubu tuwuganjemo mu iserana rishya yesu kristo yamudusigiye kumunsi wa penecoste amaze kuzuka
>>
<<@UwitekaNiwemana
says :
Imana ntizemerako abantu bayo bazira kutamenya ukuri Imana igushyigikire
>>
<<@UwitekaNiwemana
says :
Ntimugasebanye uyu mugabo ayobowe numwukawera nta wanyoye inzoga wavuga ijambo ryi Imana kuriya
>>
<<@NzayiramyaJoseph
says :
Surumudive ahubwo uri gushaka indamu
>>
<<@MakambazaMarcel
says :
Nukuri nange nibaza impamvu nta mudive wuzura mwukawera
>>
<<@nsabimanaolivier8536
says :
yewe niba utarize iby umwuka wera no gukizwa n ubuntu kubwo kwizera , imyaka 40 yose sinzi ibyo wakoraga! wari umunyedini pe! ikindi wamenya ni uko isabato yabayeho isi ikiremwa, mbere y uko Abayuda babaho! wongere wige Bible kandi usenge! Imana izakwigisha
>>
<<@NyiramugishaDamarce
says :
Jean Luc wirinde abadv bavangiwe
>>
<<@DusengimanaRosette
says :
Ahubwo urahumye witondere ibyo uvuga ngo muminsiy imperuka hazaza imyuka ibayobya mutangiye kwivamo mwitonde
>>
<<@ByukusengeJeanne-u3t2i
says :
Amena Imana iguhe umugisha nanjye nahishuriwe iyo ndirimbo ndi mugihigu cya abarabu ndayikunda cyane Yesu yansukiye kumwuka wera ,nahishuriwe byinshi kubyibi bihe ndetse no ku ba divecentist nanubu nagarutse murwanda ndacyahishurirwa mbona murusengeto rwaho basenga batatanye Imana ibagirire imbabazi
>>
<<@Tuyisabe-om1yw
says :
Abo nubundi ntibarabacu mubareke bagende.ntagitangaza nubundi abayuda nibyo bagambaniye ukuri( yesu niwe kuri.)ubwo rero weho ntabwo utubabaje.upfa kuba waramenye isabato .gusa ibyabayeho kera nibyo bizongera kubaho.ukuri gukwiye kugambanirwa.
>>
<<@MahinjoriJeanClaude
says :
Icyomupfa numwuka wera mutarawemera ntacyo mwavugaba Koko isabato yagukiza iki mbabaze yesu yaje kumariki ndabyumva cyane kuko nasengeye mubadive mvuye muri adrper ariko kutemera umwukawera nicyo cyambabaje nsengeyeyo igihe kinini ndavuga mwitorero riwemera nubu ndacyawusengera ntiwawiyuzuza nukubeshya mutekerezeko nubu ntarawuzura
>>
<<@SingirankaboEmable
says :
Yewe warayobye pe tera intambwe uyubahirize ube Umugorozi wemere Nivugurura
>>
<<@CelestenNteziryayo
says :
Abaroma 3:19-20
>>
<<@MbarubukeyeEzechiel-i3v9w
says :
Mwukawerasukwa. Harikuwakagahe
>>
<<@MbarubukeyeEzechiel-i3v9w
says :
Sobanurira igihe nigihe nigicekigihe byobi sha tsekuvugiki wabwiyek o wasomwe Byababihuriyehehe Ni mwa ka 23000 yatagiyerya yaragiye ryari.?
>>
<<@MbarubukeyeEzechiel-i3v9w
says :
Mwa vuzeko imisi23000 arumusi atarimwa musame danyeri9:25-27
>>
<<@MbarubukeyeEzechiel-i3v9w
says :
Muzemu zabazemwege bibiriya ivuga isabato icuro149 Munyerekigihe yaviriyeho
>>
<<@MugiranezaAlphonse-g1n
says :
Uyu musaza arabeshya pe arahuza abagaba b,ingabo n,abami b,Isi mumpe number ze musobanurire Daniel 4;7 na8
>>
<<@MukandoriMariajean
says :
Muzabona ishyano mwebwe abiyita abayobozi kandi muri impumyi zirandase izindi abantu wagushije uzababazwa
>>
<<@UWIRAGIYEROSE-u6b
says :
Niba isabato itariho hariho iki
>>
<<@Moore-q2
says :
Iyo mwatangiye kuyoba mwita ibintu ko ari iby'abadivantiste iyo uvuga uti bibiliya ivuga ko isabato ari ikimenyetso cy'Imana ntabwo ari abadive babivuga sibyo se Muzee,abanga isabato bo baragufana ari benshi ariko ubwinshi bw'ibinyoma ntibibuza ukuri gukomeza kuba ukuri
>>
<<@Minaniminani-rp2wz
says :
Abantu nkamwe bibiriya irabavugako
>>
<<@uhagazephilbert9930
says :
Haraho wibeshye, ntabwo pope ariwe wakuyeho isabato, ahubwo impamvu nuko kuva Yezu yazuka ntabwo tukizihiza isabato yaba isirahe bizihiza uko bavuye muri Egypt, uburero singombwa kuyizihiza, tugomba kwizihiza Isabato y''Izuka rya Yezu, keretse niba abadive batemera ko Yezu yazutse
>>
<<@hategekimanaalex9592
says :
Abadivantist nkabo muge mubanza kumenya icyatumye basohoka mw,itorero wasang arumunywi w,inzoga umusambayi yakuwe kubuyobozi nibindi.....
>>
<<@TumushimeBonane-ix6pd
says :
Urabeshye muvandimwe nanjye ndi umudivantist ntabwo iminsi yose ibarwa nk'imyaka
>>
<<@MunyeshyakaVianney-x3l
says :
Oh!! Mbega umugabo ubabaje! Kubayarakijije uwomuntu nicyokibazo ukeneye ubuntubwimanape
>>
<<@MunyeshyakaVianney-x3l
says :
Handiswengo ikinicyo cyitumenyesha kotumuzi nukotwitondera amategekoye uvugakwamuzi ntiyitondere amategeko uwanumube shyi ukurintikurimuriwe , ubworero wowe ibyowavugabyose nabadayimoni babizi kukurusha.
>>
<<@MunyeshyakaVianney-x3l
says :
Ariko kuki ubeshya? Isabato yabayeho kubwantu abantu sibobayeho kubwisabato ubworero isabato niyabose siyubwoko bumwe ukeneye kwiga Abaroma: 3-29-30-31.
>>
<<@MunyeshyakaVianney-x3l
says :
Urambabaje
>>
<<@EvaristeNdayavurwa
says :
Bt namahoro twashaka muzatubarize umushingantahe vunabandi ikibazo kivugango :harigihugu coshobora kubaho kidafise ibwirizwa shingiro ngaha kwisi ritegeka ukwibintu vyogenderwako muricogihugu? Nimbangakwisi ibihugu bifise ibwirizwa shingiro ativyogendagute komwijuru atamategeko ahari agenda ivyimana yaremye mugishingo cibwirizwa shingiro rigenga ibihugu nfahamwisi: Imana nayo yaratanze amategeko nfahamwisi agenda ahantu ngaha kwisi ayonayo tuyasanga mukuvayo 20:1-17: kivugango Aho ngwisabato ngoyarakuweho agasigurako ahantu badasabwa kuyiruhukako icambere namushize mumurwi wintumwa zasatani :atikuki nukojewe nemeza kwivyimana bidahinduku' zaburi 89:34:kandi nicanye umwamiwacu ngahakwisi oya avugango ntimugirengo najegusenyura ivyagezwe cankamajambo yabavugishwa nimana sinaje kubisenyura naje kubishitsa: abandanya avugangondababwire ukuri gushitsa ahijurunisi bisi bizoviraho ;ntakanyuguti nakamwe canke nakazatsa bizova kuvyagezwe gushitsa ahovyose bizohera herezwa ;matayo 5:17-19:kubesha ntaco bimaze yesu amaze guhambwa mumva abaribamujanye kumuhamba barasubiye inyuma kandi kwisabato bararuhuka nkuko vyagezwe 'ruka 23:54-56; Imana ivugango ahantu bakwivye kuyiziririza ;kuvayo 20:8-11; ikindinaco abadivandiste turizerako atamuntu atsindanishirizwa nibikorwa bibwirijwe nivyagezwe kukwivyagezwe arivyo bimenyekanisha icaha' abaroma '3:20; kubwivyorero iyo Turenne ibwirizwa narimwe ukwaricumi tuba dukoze icaha' imbere yimana :kubavugango isabato ngoyarakuweho Alentejo arintumwa yasatani ndamutwenzeš¢
>>
<<@marieroseururabo734
says :
Imana ikomeze imurikire abadive kugirango bamenye neza umwuka wera
>>
<<@AdidjaIrankunda-k7e
says :
Wapi wewe ntiwigeze uba umudive numusi umwe wapfa gutonda murusengero nakwumvise mbere uri numujesuwite
>>
<<@Ashitella
says :
š
>>
<<@AlliancebeniseUhorukeye
says :
Ushatse kuvuga ko amategeko y'lmana yavuyeho c warahabye cyn uzasome Matayo 5:17-18
>>
<<@RubayizaJeanPierre
says :
Natwe turiteguye
>>
<<@NiyonizeyeSylvie
says :
Ndabasuje amahoro ava kumana nokumwana wayo yesu kristo bibane namwe. bazayobya nintore niba bishoka yesu ntiyazanwe nogukuraho amategeko nibyanditswe ahubwo yazanwe no kubikomeza ushingira he? uvuga ko isabato atar'iyukuri? imyaka wamaze mwitorero ntiwari wosoma ngo hahirwa uwo ibyange bitazayobya uwo ari yesu ubivuga none wowe birakuyobeje wasomye neza ariko usobanukirwa nabi ongera usome neza usabe mwuka muziranenge agusobanurire utazisanga satani uguhinduye igikoresho cye nibenshi basoma bibiriya kugirango babone uko bayobya abandi bifashishije ibyanditswe kuko satani aziko intore zitunzwe no gusoma azitegera kubyanditswe ubisoma abyitondere kuko igihe kiri bugufi nawe wamunyamakuru we umushyigikiye witondere ibyo urigushyigira nuhanaka isabato uzaba wemeza ko imana ntakintu nakimwe yaremye kuko isabato ar'ikmyetso kirema jya utinya amambo imana yiyandikishirije urutoki rwayo wowe urinde wokuyavuguza ni wica rimwe muri yo uzaba uyakomerekeje yose ijuru ni si bizashira arko amagambo yange nazavaho nagace ki nyuti mubyitondere rero murakoze.
>>
<<@NshimiyimanaJaphet-x4t
says :
Mwarahanuwe cyane mugihe twegere gutaha mwijuruā¤
>>
<<@NshimiyimanaJaphet-x4t
says :
Muzehe we ntukirumudivantiste eruru wahinduta umuyisiraheri winangiyumutima kugezubwo abanyamahanga bazinjirira mwitorero bagahinduka ubwoko bw ' Imana , kugwa kwabayisiraheri binangiye imitima byaheaheje agakiza abanyamahanga soma Abaroma 11....... Nuko warikoreye watanze umwanya hinjiyemo undi
>>
<<@DusabeImmaculate
says :
Uwiteka abahe umugisha ntange bendaga kumindura
>>
<<@Nzirandende
says :
Ibyawe ni nk'ibya Tewuda ! 15:07
>>
<<@Nzirandende
says :
Umwuka warakwemeje koko ! Ubonye iyo uvuga uti Yaranyemeje (banza umenye n'ikibonezamvugo,wa na ya)
>>
<<@Nzirandende
says :
Ntuzabone batagutayeho igihe ngo ugirengo uri m'ukuri 3:53
>>
<<@Nzirandende
says :
Ni ibindi binyoma yongeye kubindĆ® 1:49
>>
<<@niyojotv7313
says :
Soma kuva 20:8-11 usuzume ibintu byahawe umunsi w'isabato urabona ubwongera kuvuga.
>>
<<@niyojotv7313
says :
Isabato kuva muri Eden ntategeko riva kumana riyikuraho kereka umuntu wigomeka niwe wayikuyeho kdi rubanda nyamwinshi baramukurikira.
>>
<<@niyojotv7313
says :
Urumva ko amahame wayahakanye. Ntabwo rero uriwe
>>
<<@SAFARIJeanPierre-p3m
says :
Musaza, komera kd komeza!!
>>
<<@denistugarukirumuremyi3423
says :
Nago twabonumwanya wo kuburana nabanyabinyoma badasoma bibibiliya ngo bayisobanukirwaš¤«
>>
NEXT VIDEO
>>