<<@micomyizaalexis7958 says : Uzakomeza uvuge Gitwaza Imana ikomeze ku muzamura,uwo Imana yahamagaye ikamusiga nubwo wakwirigwa umutuka ntacyo yaba>> <<@ubuyisilamubwumwimerere says : Hatari❗❗❗❗>> <<@ibangaryubuzimamubimerajon9520 says : Adventist ntibizera Ellen G white ahubwo bizera Yesu ,ahongaho uravagiwe cg uravanze mpise nkuvumbura njye ko nakiriye Yesu ni Ellen G white ? Uri umuhanuzi w'ibinyoma urwanya Imana n'amategeko yayo uwasomye yamenya uwo uriwe .>> <<@francineingabire9360 says : Imana iguhe umugisha Mukozi W'Imana, komeza urangurure umwana w'Ubugingo azumva.>> <<@nshimyumurwavalens7800 says : Humura mwenedata Jean Luc , ubutumwa bwiza wigisha hari benshi burigukura munzira ijya gehinomu bukabereka inzira ifunganye ya Kristo Yesu, kugutuka ni ikimetso cy'uko ugera ikirenge mucya Kristo Yesu @ kurengana uzize ubutumwa bwiza , be blessed>> <<@Ahmedi1234 says : Shaaa wajyiye wijyisha ijambo ry'imana gusa wakabyarawee ntuvuge kubant cg amadini ko tugukunda ark uko uba wivanga>> <<@JacquieIninahazwe says : Shalom Ukaba uvuga ko uri umukozi w'Imana, vuga Yesu gusa Ureke kuvuga abandi Gitwaza umusengere kandi umurondere umurondere umuvugishe Ureke kumuzana hano>> <<@KingMussai-n7q says : Abarikugwa congo nihuzwa ry’ayo madini ribica koko. Uvuga ibintu bimwe ukagirango niba bizabaho harikizabibuza>> <<@KingMussai-n7q says : Ntakindi ubona wavuga>> <<@AbdulBibutsuhoze says : Nanubu ndacyakubwira nti? banza usobanukirwe mbere yogusobanura>> <<@josephndayisaba9971 says : Arko narumiwe Koko🤭 ni yesu utari Kristo kuko nabadayimoni ngo bafite yesu wabo. Imana irengere abari muri iri Dini arko natwe dufite umukoro wo kubabwiriza ukuri kwijambo rya Yesu Kristo no kubasengera.>> <<@NZUMVIRDavid says : Ariko uyu Mugabo muba mumwumva Koko uburyo avuga ukuri gutomoye ayobowe na Mwuka Wera nukuri.?>> <<@ccogrwanda2493 says : Ntamuntu n'umwe kuva isi yaremwa utārumviye , utumvira , utazumvira amategeko y'Imana uzinjira mu bwami bw'Imana.>> <<@BagiruwigizeJDamascene says : Ndushijeho gusobanukirwa uramfashije Imana iguhe Umugisha.>> <<@UwacuConcord says : Amen>> <<@THEO777O7 says : AMEN>> <<@davidbyarugaba9420 says : ❤❤>> <<@izabayopascal7721 says : Umubyeyi Gitwaza ibyo utwigisha yabitwigishije mbere yuko wowe usesekara hano kumbuga za Youtobe, abana yabyaye mumwuka abenshi natwe turi kukigero cyo kwigisha abandi. Aba basaza bombi, (Gitwaza & Rutayisire) bihorere rwose, uruhare rwabo mukwigisha ubutumwa bwiza nitwe turuzi, uko kuri utubwira bagutanze kuguhishurirwa! May be bishoboke ko waba warasamiye hejuru ibyo basobanuye, ariko nibwira ko ibyo ubavugaho atariko kuri! Uratubwira ibintu byiza ariko sibyiza ko abakozi b'Imana bahinduka imfashanyigisho!>> <<@rutebukabienvenu-jw6bf says : Gitwaza numugabo kbs, arabatunze , Topics ni Gitwaza, Masasu, Rutahisire, Catholique, hhhhhhhh mwabuze izindi topics? Mwavuze Yesu mukavuga Bible mukareka abantu?>> <<@Ghille-v9d says : Ibyo uvuze nukuri arko yesu yari ahari arko atarambara umubiri ngo adupfire kuko muricyo gihe cyu mutimanama uvuze habonetse abakiranutsi imbere y'Imana babiheshejwe nubuntu kubwo kwizera batabiheshejwe namategeko kuko amatege ko yaratara tangwa Kandi amategeko akaba yaratanzwe kugirango agwize ibyaha ubuntu nabwo bubone ukobusaga ibyo rero byere kanako yesu (ariwe buntu bw'Imana)ariwe wakoraga muricyo gihe cyumutima nama agahesha uwizeye wese gukizwa atabiheshejwe namategeko cyane ko muricyo gihe yari ataratangwa mwisi, murakoze.>> <<@albineuwimpuhwe8751 says : Nukuvugango kuri bariya bagabo, abapfumu, abacuraguzi,n' abaterekerezi ijuru ni iryabo kuko bakoze ibyo bizira bashishikaye???? Bashatse kuvugako Yesu yatubeshye mu butumwa bwiza bwa Yohana 14, 6 aho avugango ninjye nzira, ukuri n' ubugingo, ntawujya kwa Data ntamujyanye.!!!>> <<@abahishuwe says : Mana Nyagasani weee Abapfute ngo Yesu abasangayo akabeza?Kandi umuntu yizera Yesu akiri muzima... Mbega ubuyobe bw ibihekane.>> <<@ChristianNenolamungu says : Abezwanimuze twezwe aband Ye bagume banduye, icompa Abantu bakumva, ubutumwa Bwiza butavangiy nyabuneka>> <<@nshimiyimanapatrick2020 says : Reka mbisobanure neza inzira ijya mwijuru nimwe:nukwizera Yesu nkumwami numukiza mubuzima bwawe.>> <<@mukamanaspeciose2505 says : Hhhhhh ndasetse ngo nibagera mû ijuru bazabaha akayeri(akabyeri)>> <<@nshimiyimanapatrick2020 says : Gusa nkunda ukuntu wigisha ijambo ry,Imana>> <<@muvunyiinnocent3848 says : Amen kdi amen>> <<@kayihurajohn7347 says : Yesu❤❤❤❤❤aguhe umugisha mwinshi ❤❤❤❤❤❤❤❤❤uritanga cyane❤❤❤❤❤❤❤>> <<@justinebella7647 says : Hallelujah! Inzira ni imwe si i Roma ngo zose zigera,mu ijuru inzira igerayo ni imwe nta yindi ni Yesu Kristo wadupfiriye ngo tubone ubugingo.>> <<@murengerantwarijeandaniel says : Turagukurikiye Mwigisha Dukunda Imana Yaduhaye. Imana Ikomeze Ikurinde Ukomeze Utwigishe Turagucyeneye.>>
VideoPro
>>