<<@GakubaBenjamin-ll6uf says : Ok>> <<@MungaAnna says : Uwiteka akomeze abahe imbaraga.>> <<@UwimanaAimee-q3g says : IMANA umwana numwuka wera ntaho bavuga na nyina ahubwo niwowe ubyifitemo>> <<@UwimanaAimee-q3g says : Ibanga wamenye ntago riba rikiri ibanga se>> <<@niragireceline4992 says : Mukosore iriya title mwanditse IBYIKA 10... ( nkeka ko ari IMYAKA 10 ) Tthanks.>> <<@NGABOYUBUTWARIAbdoulkarim says : YOHANA :15-umuntu wese. Wakiriye KIRISTO ntiyere imbuto yogukiranuka ntajuru atengereje numwana wokurimbuka ikindi ibyo mwita amatorero Ariyo tubamo ntago aritorero rya YESU ni amadini itorero ryanyaryo nukora ibyo YESU yadutenjyetse nokwera imbuto zikwiriye abihannye ntamungeni YESU afite murayo madini IMANA itubabarire tumenye icyo UMWUKA ashaka mwizina ry, YESU>> <<@NdikuriyoEdidiee-zm8qz says : Mukomere,twifate dute?muri bino bihe nibiriko biza ,umukristo aribwifate ate?>> <<@munyanezapierre1966 says : Twungurane: "Nta torero ritazavamo umugeni".Ibi ni ukuri. Itorero turyumve mu rurimi rwacu nk'itsinda ry'abantu runaka rihujwe n'ikintu bumvikanyeho(intore,abakinnyi bandi,abasenga,etc). Yesu aduhamagara adusanze muri ayo matsinda tukamwizera,byaba ngombwa tukava muri ayo matsinda kuko tuhabonye ibitabangikanywa na Kristo. Nta tsinda rero ritabonekamo uwakizwa. Amatsinda y'abasenga mu madini iyo hari abatsimbaraye ku nyigisho zirwanya Kristo;abo ntibashobora kuzabona ubugingo buhoraho.>> <<@DidierirumvaDeffff says : Nankumbuye musisi kuri ayaroni>> <<@kayihurajohn7347 says : ❤❤❤❤❤❤ Imana yamahoro ikwishimire ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤>>
VideoPro
>>