<<@NDAYIKENGURIKIYESamuel
says :
Hezagirwa!ivyo ni UKURI kwibihe vyose!
>>
<<@claudemuhire1327
says :
Ndabaza ikibazo J Luc,none ko mubwira abantu gusohoka mu nsengero kuko turi insengero none Yakobo mwene se wa Yesu ko yayoboye itorero ry'i Yerusalemu ntabwo bagiraga urusengero,Yohana yabaye umushumba ari nintumwa ntibagiraga abizera babaga mu nsengero,ese Paulo ko inzandiko ze dusoma ari ijambo ry'Imana,amatorero yose yatangijwe na Paulo,agashyiraho abashumba(Timoteyo muri Efeso,Tito Kirete)none aba ntibagiraga abizera mu nsengero zubatswe.Amatorero nka Filipi,Tesaloniki,Roma,Korosayi aya matorero ntiyagiraga insengero,njye ikibazo mbona atari insengero zubatswe kuko abantu babayemo bakizera neza Umwami ntibyababuza kuzajya mu ijuru,kandi kuba abantu basohoka mu nsengero ntibyababuza kuyoba,aho na we wayobya abantu pe,iyo ushatse kwigira umwere cyane ukagaya abandi nabyo nubuyobe. 1Tim 5:17 Abakuru b'itorero batwara neza batekerezwe ko bakwiriye guhabwa icyubahiro incuro ebyiri,ariko cyane cyane abarushywa no kuvuga ijambo ry'Imana no kwigisha.None se aba Paulo yavugaga si aba Pastori bayoboraga itorero locale rizwi. Umurongo wa 18(Umukozi akwiriye guhembwa). Heb 13:17 Mwumvire ababayobora mubagandukire kuko ari bo baba maso barinda imitima yanyu nk'abazayibazwa.Nuko rero mubumvire kugira ngo babikore banezerewe kandi batagononwa kuko kubikorana akangononwa kutagira icyo kumarira mwebwe. Ndakubaza abavugwa barinda imitima nibande si abayobozi b'Itorero?wowe urayobya abantu wibwira ngo urikubakiza,jamais. Ibyakozwe 20:28(Mwirinde ubwanyu murinde n'umukumbi wose Umwuka Wera yabashyiriyeho kuba abarinzi kugira ngo muragire Itorero ry'Imana iryo yaguze amaraso ye.None uyu si Paulo wabwiraga abakuru b'Itorero rya Efeso abasezera agiye i Roma?none se si itorero ryari ahantu runaka nkaya ya none?kuki wigira umunyabwenge nkaho ari wowe wasomye Bibiliya wenyine,urayobya abantu kandi ukoresheje bibiliya. 1Petero 5:2(Muragire umukumbi w'Imana wo muri mwe mutawurinda nk'abahatwa ahubwo muwurinde mubikunze.....(uyu si Petero wahuguraga abakuru b'itorero bayoboreraga mukirere se?)kuva muri 70 nyuma ya Yesu ibuka ko abayuda batataniye kwisi yose,niko ubutumwa bwiza bwageze ku mpera y'isi bagenda babwiriza ubutumwa bwiza ntabwo insengero zagombaga kureka kubakwa kuko abantu ntibareka guhura ngo baterane. Najyaga kubaha indi mirongo mwasoma ivuguruza ibyo uvuga kuko guteranira mu nsengero sicyo kibazo ku Mana,murakoze
>>
<<@NdayisengaGilbert-x4f
says :
I'mana iguhezagire
>>
<<@NossaAbudul
says :
Rwose Uwiteka akwishimire
>>
<<@NossaAbudul
says :
Turabakunda cyne rwose bakozi b'Imana kandi turabakurikirana ariko byarananaiye gukora join muri group yanyu ngo tujye tubana
>>
<<@ME-mg3lv
says :
Imana iguhe umugisha
>>
<<@melchiorniyongere6394
says :
Courage mugenzi kritso agukomeze🇧🇮🇧🇮
>>
<<@kayihurajohn7347
says :
Abashumba bayobeje abgenzi Imana izabahana
>>
<<@murengerantwarijeandaniel
says :
Amen Ndi Umutambyi Rwose. Barajyaye hehe ko Ijuru Ridutabaye?? Bihane
>>
NEXT VIDEO
>>