<<@NiringiyeimanaPierre
says :
Yesu aguhe umugisha mweneda uri mukuri komeza utubwire❤❤❤❤❤
>>
<<@tuyisabeesther5410
says :
Umva abantu twarayobaguritse😭 Ariko uku ni ukuri kandi kw'Ijambo ry'Imana. Imana iguhe umugisha mwishiiii pastor Jean luc
>>
<<@HopeInChristrw
says :
Ariko birababaje pe, gutegura ibiseke bitatu bine hakaburamo icy'abakene cg abarwayi😢😢😢, Mwami Yesu tabara!
>>
<<@ndayambajeemmanuel7381
says :
Urigisha ukuri 150%
>>
<<@IldephonseHategekimana-tt7rz
says :
Mwiriwe neza nonose muvandimwe Utariye waza kuvuga ibyo utariye
>>
<<@ntirenganyacharles8098
says :
J luck mwana w'Imana ntakindi nakora kereka kugusengera ngo yesu agukomeze akumare ubwoba ukomeze uhanure.usome abefeso 6:18--20
>>
<<@ErasteNzeyimana-p8h
says :
Icacumi ntigikwiye kuvugwa mwisezerano rishasha,niyo mpamvu bamwe bagitanga bagaca bahomba
>>
<<@ErasteNzeyimana-p8h
says :
Ndakumva mukozi w'lmana ivyuvuga ndemeranya nawe
>>
<<@nyamushanjadidier1537
says :
GUSA ICYACUMI NUBWO BAGISABA NABI ABAYOBOZI BIDINI NTAMATEGEKO AGIHANA UMUNTU UGITANGA NUMUTIMA UKUNZE NKUKO ANDI MATURO ATANGWA KUKO AYALONI TV TUYITANGAHO AMATURO YUMUTIMA UKUNZE KUKO TUBA DUKURIKIYE IBIGANIRO TWAGUZE MBS KUMAFARANGA UKO TUREBA VIEWS NYIRI AYALONI TV NAWE ABA YUNGUKA AMAFRANGA AVA MUKUMUKURIKIRA KUKO TUBIKORA NKUKO UMUNTU AGAMBIRIYE MUMUTIMA WIWE ATINUBA KANDI ADAHATWA NIKO 2ABAKORINTO 9:7 HATUBWIRA UKO BIKWIYE GUKORWA SI UKUBUZA ABANTU GUTANGA ICYACUMI NTIBYIGEZE BIHAGARIKWA NA YESU MURI MATAYO 23:23. YESU YAVUZE KO BATABIREKA NUBWO BITARI INYIGISHO NYAMUKURU . NJYE NGITANGA ICYACUMI NUMUTIMA UKUNZE NTAGAHATO KUKO NZI UKO IMANA IBISABA KANDI NZI NINYUNGU ZOGUTANGA NDETSE NIBIRENGA ICYACUMI KUKO GUTANGA BIHESHA UMUGISHA KURUTA GUHABWA. IKINDI IMANA YIGEZE INYIBWIRIRA ITANYUZE KUWUNDI NDIBUKA NARI MUMATERANIRO IJWI RY'IMANA RIMBWIRA KO GUTANGA ICYACUMI BIDASIMBURWA NUKO RYAVUZE MUCYONGEREZA NKABA MBISHIZE MUINYARWANDÀ CYUMVIKANA !. IJWI RYAVUZÈ GUTYÀ " TELL THEM THAT TITHE IS NOT SUBSTITUTABLE". IMANA YARIMO ICYAHA ABO TWARIMO DUSENGANA BISHOBOKE KO BARI BATANGIYE KUGIRA IBIGISIMBURA KUKO NJYE SINARI MPERUTSE GUTERANIRA IWACU AHO NSEGERA MBARIZWA KUMBE NA PASTOR WACU YARI ATACYAKIRA ICYACUMI NJYE NTAMAKURU NARIMFITE BYATUMYE NONGERA KUBIHA AGACIRO IBYICYACUMI KBS KUKO HARI UKUVUGA IBINTU ABANTU BAGAHAKANYA IMVUGO Y' IMANA BITWAZA KO BAKOSORA IBYANDITSWE KANDI IBYANDITSWE ARIBYO BIBEREYEHO KUDUKOSORA NKUKO 2TIMOTEYO 3:16-17 HAVUGA. DIDIER NUKO NTANZE COMENTS BAZITWAZE IBINDI BATAMENYE ARIKO IBYO TWAHAWE KUMENYA UMWUKA W'IMANA AKABIHAMIRIZA IMITIMA YACU BIZADUSHIRA MURUBANZA KBS IMBERE Y'IMANA.
>>
<<@karangwacecile3967
says :
👏🏼
>>
<<@dieudonnebayubahe8002
says :
Warahamagawe Koko Imana Ibahe umugisha mwinshi mw, izina rya Yesu Kristo
>>
<<@NyabyendaJosephine
says :
Turi kumwe mukozi w'Imana komeza utubwize ukuri .Imana ibahe umugisha.
>>
<<@kananisilas4031
says :
Misago turamukumbuye ayobora ikiganiro tugafashwa
>>
<<@bizimanacelestine5047
says :
Muraho bene Da?ntabwo amaturo nibyacumi bikorwaho iyoburaka amazu yamateraniro kirazira gukora kumaturo ni yacumi badubira in Yuma bakabwira aba Kristo ngo bitange bubake inzu y,Imana
>>
<<@MukandahiroJosephine-zk3qr
says :
Ubundi abantu bakwi gutanga i cyacumi nabantu bamaze kubyarwa ubwakabirî umuntu wamaze kubyarwa ubwakabiri aba afite agakiza uwo ntawumwigisha gutanga icyacumi aragitanga abatarabyarwa ubwakabiri iyomubaste icyacumi mubamubibye mubamubaye abajura harumurimo wazanye YESU mwisi nukugirango abantu babone agakiza ntabworero tuzabona agakîza kuko twatuye ntituzaheshwa agakiza nimirimo yamaboko
>>
<<@NGABOYUBUTWARIAbdoulkarim
says :
YESU Abahe umugisha mwizina ry YESU Amen
>>
<<@ISITURIMO1177
says :
Komerezaho ❤
>>
<<@KidumuJean
says :
Kowibagiwe kuvuga ituro bita imbuto niryo bita ituro ryumutambyi narumiwe
>>
<<@UBUTUMWATV6072
says :
😂😂 aba ba pastors ntabwo bazi uburyohe bw'ituro
>>
<<@HategekimanaEmmanuel-o7u
says :
Yesu abahe umugisha past
>>
<<@YESUKRIST
says :
Nkunda iyo muri kumwe biranyubaka Uwiteka abampere Imigisha!
>>
<<@uweragrace5265
says :
Ibyuvuga birashoboka ntago yesu kristo yapfiriye amafaranga ari mumadini ahubwo bakabaye batwigisha ubutumwa bwiza tukumva tukamenya tugakora imirimo myiza atarategetswe namategeko ubundi iyo wigishijwe neza umutimaa wawe namwuka wera akubwira icyo gukora nahubundi amafaranga yo aravuza ubuhuha kuko udatanga icyacumi. avamuei korari ntaba kirumukristo wemewe kd kristo yaravuzengo Data ibitambo namaturo ntiwabishatse ahubwo waranyiteguriye
>>
<<@NtibankundiyeAthanase-dp8sq
says :
Ikiracumi kugitangisha n'ukwiba abagitanga n'ukubesha Ishengero kuko ntaco KRISTO yigishije uworonka umurongo n'umwe wo mw'isezerano risha azampinyuze
>>
<<@NtibankundiyeAthanase-dp8sq
says :
Amaturo nimeza iyo atangishijwe kunguvu
>>
<<@MelanieNyirashyaka
says :
Ayo ntakorwaho ayubaka izo nsengero Ava mubakristo
>>
<<@MukazimpakaFaith
says :
Ukubise ahababaza Mukozi w 'Imana babwire yanda bakumva 😢
>>
<<@niyimpaangelique5814
says :
Munkubise mumwuka pe
>>
<<@kayihurajohn7347
says :
Fr niyo ashenye amatorero kabaye akazi
>>
<<@mukrist
says :
Usibye kuba mwikuraho urubanza kubwuhamagaro IMANA yomwijuru yabahamagaye ,nahubundi ntibashobora kumva ngo bahindukire , cyakora intama zimwe na zimwe Umwuka Wera yaziha kumva imbuzi , kuko ibyamadini byo nibindi bindi ,abantu imitima yabaye nkamabuye ntibumva ,abantu bishyiriyeho uburyo bwo gukizwa uko babyumva biboroheye ,ikibabaje nuko bagiye kuzagingukira kwirembo batatekerezaga kdi bidashoboka gusubira inyuma ngo bace mwirembo rifunganye
>>
<<@MushimiyimanaBohneur
says :
Ibitureba ni ugukiranuka
>>
<<@MushimiyimanaBohneur
says :
Ntimukarondore ibyanditswe ksd ibyanditswe byose byahumetswe nimana Kandi bigira umumaro wo kumwigisha nokumutunganya 3:05 3:05 😂
>>
<<@UwaseYvonne-nm8zi
says :
Ariko murashaka kuvanaho ibyanditswe byera gutura biri muri bibre
>>
<<@kizzamary8556
says :
Cunguza uburyo umwete❤ igihe kirasohoye. Stay blessed
>>
<<@edusawaedusa6605
says :
Uzaduhe number zawe rero tujye tukiguha ndumva ariwowe muzima usigaye pe .
>>
NEXT VIDEO
>>