<<@bikorimanavincent6188 says : Ndashimira pastor amakuru atanga. Gusa nashakaga kubaza ese idini ry'umuntu umwe ribaho? Ese niba Koko idini rye Ari kristo. Mu buryo bwo kwagura idini rya Kristo niba abifite muri gahunda. Ni ubuhe buryo azakoresha kugira buri muntu wese akaronka ndetse akumva Kandi agasobanukirwa? ubutumwa>> <<@kaberaAllen says : Nonese ubwo niba udafite aho usengera ubarizwa hehe>> <<@hategekimanaeliphaz9928 says : aA sante sana. nkuyemo byinshi>> <<@HopeInChristrw says : Asante Pastor, uhabwe Umugisha n'Imana.>> <<@NtakiyimanaCharles says : Uzantumire dufanye guhannya ukuri past>> <<@MusabyimanaSpesiose says : Urikigusha wamugabowe>> <<@Rulinda-p9k says : Ellen whit ntiyayobye icyo amatorero yose ahuriyeho nukureka icyaha (Kandi icyaha ni ukwica itegeko)harimo n isabato>> <<@roshknight5249 says : 1 abakorinto 2:15 harandyoheye kuko ugeze ku Umuhanuzi w’Imana branham biragucanga uhuhaho urikomereza kuko bigucanze.bimwe ubivuga neza ark hari iby’umugeni byumvwa n’umugeni nyine ,jya usesengura amadini rwose kuko nibyo yubatswe na satan ndabyemera ark abakobwa b’abanyabwenge nyine barimaso.niyo mpamvu gusobanura ibya branham no kubisesengura bitagukundira biri muburyo bw’umwuka kandi iby’umwuka bisobanurwa muburyo bw’umwuka apana ukobikoroheye gusesengura no gusobanura ibyubatswe na satan>> <<@NZUMVIRDavid says : Ese ningombwa peee kuko Yesu ubwe yanenze abafarisayo kudakiranuka ariko ntiyabanenze icyacumi ahuko yababwiye ko bakwiye gukiranuka nabyo bakabukora Luka11:42 “Ariko muzabona ishyano Bafarisayo, kuko mutanga kimwe mu icumi cy'isogi na nyiragasogereza n'imboga zose, mukirengagiza gukiranuka no gukunda Imana! Ibyo mwari mukwiriye kubikora na byo, na bya bindi ntimubireke.>> <<@BUTOYI-Bertrand says : Harikintu nshaka kubaza pastor ko handitse Gal 1:8-9 [8]Ariko nihagira ubabwiriza ubutumwa butari ubwo twababwirije, ari twe cyangwa ndetse marayika uvuye mu ijuru, avumwe. [9]Nk'uko twabanje kubivuga na none nongeye kubivuga nti “Niba umuntu ababwira ubutumwa budahura n'ubwo mwemeye mbere avumwe.” akaba avuga ko par exemple aba ADPR batari mukuri nko kugitambar bimeze gute? Ntabeshya?>> <<@coucou1246 says : Pastor rwose uvugisha ukuri, abantu dukwiye gukanguka. Uea Kristu akwiye gukurikiza ibyo Kristu yavuze.>> <<@abelsylvelmujambere9427 says : Nawe we uri nkabandi>> <<@jeankamanzi3295 says : Icyo nkundira imana yo ugeze kuri branham biragucanga>> <<@ISITURIMO1177 says : ❤❤>> <<@ngabosmith4848k says : ❤❤❤❤>> <<@IrakozeBertin-q7m says : Yesu ashimwe Jean Luke ese wambwira uko nabona igitabo ukuri nahishwe>> <<@barabaranisautitv says : ATI muzabagenzuza icyobavuga nawe urabeshyapee konumva nawe uhabanye nabibiriya Kandi bibiriya ivugako tuzabamenyera kumbuto zabo mwewe murashako abantu bavuga neza bihura nabibiriya 💯 ariko ashobora guhanura ahuza nabibiriya ariko imirimo bakora ihakana lmana ibikorwa nabo rwihishwa biteye isoni nokubivuga ikiruta ibindi mureke kristo Abe muritwe yohana 15.6.7.8>> <<@catherinekantengwa9384 says : Ko muducanga Yesu yasize avuze ko atazanywe no gukuraho amategeko yazanywe no kuyakomeza pastor ati icyacumi ni umuvumo ese iyo Mana mutubwira siyu Rwanda ra ikuraho icyacumi Imana ubwayo yishyiriyeho ngewe nzakurikiza ibyanditswe namwe ndumva mwaravangiwe ntawamenya ibyo mwigisha ababa babatumye hanyuma tukureke abapasiteri badusabire imivumo hhhhhhhhhhhhh uyabimye umenya barira Imana yayadukuramo kungufu muramenye Imana ya kera niyo yubu ntijya ihinduka turashaka kuzamenya ibyo bamwe mu ba pasteri baza banyoye kuri YouTube>> <<@NDAYIKENGURIKIYESamuel says : Muhezagirwe yesu Kristo abane namwe turabakunda Kristo abandanye abakoresha!>> <<@HungurimanaPatrick says : Good morning pastor>> <<@abizeyejeanbosco369 says : None se ubu Musisi niwe ufite Umwuka wera cyangwa ni umusesenguzi erega ni muvuge ariko igihe nicyo kizabasobanura mwese buri wese atubwira ivyo yeretswe akaduha na Verse yaho bireberwa Kandi ngo tuzabamenyera ku mbuto none se ko tu tamenya ibyanyu gusa John ryanjye najya azahano kubasebya>> <<@KubwimanaEgide-u6u says : muzadushakire umudive azane Bibiliya yonyine ibitabo bya Ellen g white abireke adusobanurire uburyo umuntu azajya yerekana isabato nk'ikimenyetso k'Imana akabuzwa kugura, kwivuza, gutega bus, kugurisha n'ibindi nkibyo ariko undi yakwerekana icyumweru akabyemererwa kuko afite ikimenyetso k'inyamaswa.>> <<@NtibankundiyeAthanase-dp8sq says : Icacumi n'iki?>> <<@UwitingiyimanaAlphonse-zy1ct says : Mukomere ndumva nshaka kuganira na pastor byumwihariko Harigihe nihaye ingamba zogutanga icyacumi namaturo Ariko ....>> <<@bettymtv2589 says : Umugore yahawe umusatsi mucyimbo cy'umwambaro wo ku mutwe kdi mumenye ko imigenzo n 'amategeko bitava Kuri Yesu Christ, Muzasome igitambo cy'abagalitiya. kdi Yesu Christ niwe mwami w'isabato.>> <<@bettymtv2589 says : Nanjye nayobewe Aho njya>> <<@bettymtv2589 says : Pe wigishije ukuri pe, amaturo n'ibitambo Yesu Christ yaje kubikuraho pe kdi ubona ko insengero zose ziyatanga ibyo byerekana ubuyobe ninayo mpamvu abantu batamenya icyo Yesu yaje gukora, iguhe cyose ubonye urusengero ugasanga batura menya ko badashobora ku kwigisha Yesu.>> <<@SibomanaFelix-n4j says : Hera kurigisozi>> <<@HakizimanaJeanPaul-de7uc says : Pst Musisi aremewe pee aranakenewe ngw'acyahe ateshe>> <<@niyimpaangelique5814 says : muraho neza nshutizimana arko kotwayobye mwazamshakiye mwisezerano rishya ahanditswe ko yesu yavuze tuzavumwa nitudatanga icyacumi muzasomere abantu muri 1Samuel8:7-22 mwumve ahotwapfiriye>> <<@THEZPLAN says : Ibyo nukuri>> <<@MihigoJoseph says : Wasobanurira abagukurikira impamvu,uhakana icyanditswe (urugero)bibiriya avuga ko isi ihoraho iteka ryose kuki wowe ubihakana? Bibiriya ivuga ko abakiranutsi bazaragwa isi, bazubaka amazu bayabemo kuki ubihakana? Wibuka ibyo dihora dusaba dusenga ngo ubwami bwawe buze . Dore ikinyoma wavuze ngo ubutatu n imana imwe. Ndakwibutsa ngo usome aha matayo24:36 1korint15:27 Aho havuga ko yesu atazi byose .Kandi ko ahabwa ububasha na yehova>> <<@Manishimweevariste-y7j says : Amahoro bavandimwe pr musisi na missionary jean luc ndabakunda cyane ❤️ kuruta uko mubitekereza muvuga ukuri kutavangiye mudatinya mushize amanga na njye ubu iyo ntuye nukomeze kuko lmana ikeneye abagabo batagurwa kd buzuye umwuka wera Ubuntu bwumwami wacu yesu kristo nurukundo rwImanadata nogufashwa nu mwukawera bibanenamwe amen>> <<@NyandwiJeanMarie says : Ukurikurikureyawe>> <<@pierrebyiringiro1033 says : Ntimukite ADEPR ngo ni Itorero rya Pentekote kuko ADEPR ni Association ntabwo rero Itorero ry' Imana ari Association Ni gute bavuga ngo ni Abapentekote badashobora no gukora ibyahishuwe n' Umwuka Wera ku munsi wa Pentekote?>> <<@KubwimanaEgide-u6u says : Uwiteka abahe umugisha kuko mutwungura cyane. abadive turi mukaga kuko umwuka wera wo gusobanura Bibiliya warabuze, Bibiliya isobanuzwa ibitabo bya Ellen g white.>> <<@hagenimanatheogene2645 says : Iyi video ariko ibanza ikuzeho ukuntu>> <<@davidbyarugaba9420 says : Abera nimukomere 9:21>> <<@Raggaf102 says : Abahanuzi bibinyoma Bibiliya yavuze ko bazaduka bakayobya benshi nkuyu ngo ni Musisi abo uyobya bazagukubita umunsi bazaba bagiye kurimbuka>> <<@kayihurajohn7347 says : Tubateze yombi ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤rwose❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤wikora kucyacumi paster❤❤❤❤❤❤❤❤❤wikoraho vugibindi>> <<@TWAGIRAYEZUEmmanuel-fj1ui says : Jean Luc, nabashuhuje! Yakoze gutumira Peter Musisi. Nubwo abantu batemera ariko Peter M. afite ubumenyi n'Umwuka Wera. Uko Les témoins de Jéhovah bavuga Yesu "imfura mu byaremwe". Narabikurikiye numva bihabanye nuko nizeye Yesu.>> <<@SammyWorshipper says : Mudukorere ubucukumbuzi kwizina Yesu naho ryavuye kuko haramakuru arikuvuga KO Jesus atariryo zina rye yitwaga ryukuri NGO yitwaga Yeshua utubarize pastor musisi kuko yasomye adusobanurire inkomoko yaryo kugirango turusheho kumenya what we believe in>> <<@Rafiki235 says : Yesu ashimwe pastor icyacumi kugitanga sitegeko ahubwo numutima ukunze ubishaka nkuko ubyiyumvamo>>
VideoPro
>>