<<@NdengeyeLeonard
says :
Murakoze.. cyane.kubisobsnuro..muduhaye
>>
<<@ajNKaj
says :
Ndabona hari uwitwa ‘Herdsman’ arebereye inyamaswa zivanze ariko shepherd nuwintama. Ubwo uwo niwe Pastor kuko turi intama. Ariko hari umushumba ashobora kuba atarinyiri inyamaswa ahubgo yishyurwa. Uwishyurwa nuwiragirira baratanye.. Ama title ni kibazo kinini mu Africa. Aha iburayi abaha uretse Catholic ama tittle afitwe nabirabura cyane za nigeria na ghana, na kongo bityo
>>
<<@ndikumanapacifique5993
says :
Ariko mwasenze ubundi mugasoma Biblia murarwana nama title ngo bigende bite 🤷🏻♀️
>>
<<@yizerevalensyv2503
says :
Biragusaba kubanza ukiga indimi waba uzi uko bita mayor w'umujyi iyo bamwandikira? Ubwo se ra wavuga no kuri title His Excellence byaba bivuga iki? None wabdikiye presida wavuga nho bwana Perezida?!?; icara wige uve mu bufundi wige indimi
>>
<<@yizerevalensyv2503
says :
Nyine uri engineer ntacyo wavuga kitari icyo uravuga gifundi pe
>>
<<@yizerevalensyv2503
says :
Mat 10:2 Now the names of the twelve apostles are these: first, Simon, who is called Peter, and Andrew his brother; James the son of Zebedee, and John his brother;
>>
<<@yizerevalensyv2503
says :
Ubumenyinbwawe bwinshi bukubwira ko insingano itagaragazwa n'izina mbega ubwenge hano hhhh ubwo ugakora ububwirizabutumwa utitwa umubwirizabutumwa ibyo ubisoma he muri bibiliya urumva ufite bumenyi kibwenge ki bwo kugira inama abakurusha amashuri n'ubushishozi ariko abantu bariyumva ye 1Ti 3:1 This is a faithful saying: If a man desires the position of a bishop, he desires a good work.
>>
<<@jeanbaptistempayimana2455
says :
Imana iguhe imigisha , abantu ntabwo bari babizi.
>>
<<@NshimirimanaFlora
says :
Yesu aduhezagire . Ibivuzwe nukuri kwuzuye. Ariko bibarirwa benshi bikumva benevyo, bikumva ababirondera kandi bavyipfuza..
>>
<<@NgaruyishemaPascal
says :
Iyo nyigisho ni ibintu bihora bimbabaza , ukuntu abigisha ku isi bakomeza guharanira icyubahiro cyabo kuruta kwereka abigishwa guca bugufi.
>>
<<@JuvenalCishahayo
says :
Ukuri kuzuye ivyubahira yarirahiye ko icubahiro itazogiha uwundi kandizina ryayo itezemera kuritukwa
>>
<<@pierreg9908
says :
Amen Amen!!
>>
<<@NkurunzizaDonatien-gd5ig
says :
Ayo mazina abapasitori benshi ntinakunda kuyitwa cyokora hari ababikunda cyane utabibita mukabipfa.
>>
<<@NkurunzizaDonatien-gd5ig
says :
Ikibazo si amazina si inshingano ikibazo ni ibiri mu mitima yababyiyita cyangwa ababibita
>>
<<@pierreg9908
says :
Iryo dini ryitwa Combant sprituel RIYOBYE CYAANE
>>
<<@vincentlion7487
says :
Ibyuvuga nibyo aroko fite icyo nkugaya wiyemeje kwambika ubusa abanyabinyoma ariko uratinya kubatunga urutoki bavuge nayo matorero utinya babwire bahinduka barekure amantu bimana bayobeze. Yeremiya 23:16 mwakoze cyane
>>
<<@HarindintwaliJoseph
says :
Amaco yinda ubu se fondement yibyo uvuze ni iyihe koko
>>
<<@alinehamenyimana
says :
Yemwe benedata nta community ibura organigramme, uretse ko abantu bashobora kwitwa ayo mazina kandi batakijijwe ku muntu akijijwe ayo mazina nta co abahindura mu guca bugufi imbere y’Imana n’abantu, uwatanguye guha titre abantu ni Yesu kuko yafashe hagati mw’ishengero ryamukurikira atoranya abagabo 12 abita intumwa kandi ntikwari kubatera ubwishime ariko kwari kubatandukanya bivanye n amabango yarahabaye. Ukuri k ubutumwa bwiza n ukubabwira abantu bakava mu vyaha bagakurikira Yesu. It is very 😢 to spend one hour talking about how people have decided to organize their churches instead of preaching gospel to them. You have a spirit of critical thinking. Seek to be inspired by Holy Spirit you will have many things to tell God’s people as you are genius in details.
>>
<<@MarcelNiyonkuru
says :
Turi mu bibazo bikomeye
>>
<<@MarcelNiyonkuru
says :
Turi mu bibazo bikomeye
>>
<<@andrewsunday8319
says :
Imana iguhe umugisha mwenedata
>>
<<@RukundoEduard-ve1og
says :
Wamaye data
>>
<<@agnesmukarubayiza7118
says :
AYALONI Imana ibagurire imbago.Amena.
>>
<<@agnesmukarubayiza7118
says :
Igihe ni iki rwose mubuvuge mushize amanga.Uwiteka akomeze kubashuigikira mu izina ryaYesu
>>
<<@SibomanaFelix-n4j
says :
Babwire nubwo arinzu yabagome
>>
<<@manzidamascus6290
says :
Hoz 12:13 [13]Yakobo yahungiye mu gihugu cya Aramu, Isirayeli atendera umugore aba umushumba w'intama, kugira ngo abone uwo mugore. And by a prophet the LORD brought Israel out of Egypt, and by a prophet was he preserved.
>>
<<@TWAGIRAYEZUEmmanuel-fj1ui
says :
Mwaramutse! None se mwibwira ko Intumwa za Yesu ubu zigarutse aho turi zikadusura mu ivuganutumwa ntizakumirwa! Yemwe, yemwe abarimo kuganiriza abantu ubutumwa bwiza, mufite umurimo ukomeye. Mwebwe murimo kugorora ibintu ngo bimere uko byakagombye mwitegure no guterwa amabuye kuko abo bantu nta ho bahuriye na Yesu bavuga. Gusa wabagereranya n'abanditsi , abafarisayo n' abo Yesu yerekanye ko bashaka ko babita Rabbi. Twarayobejwe turarindagira bwana Élise. Gusa izo mpuguro utanze zirakenewe.
>>
<<@Johnpetermugarura
says :
Erega bavandimwe burya idini ni imwe kuva kera! Ntatandukaniro riri hagati y'abafarisayo n'abayobozi b'idini muri iki gihe. Uko Yesu yaje abanyedini akaba ari bo bafata iya mbere mukumwicisha ninako no mukugaruka kwe abanyedini bazafatanya n'ubutegetsi bwisi kumurwanya. Ibyah 19:11-21. Hahirwa uwo ibya yesu bitazagusha
>>
<<@BurundiTablet6
says :
Twarize twarigishijwe na Mpwemu yera. Usa nuwuhaye abwirizwa na Mpwemu yera cangwase ni ibyifuzo vyawe cangwase inshingano zawe. Bwiriza abantu kuyoborwa na Mpwemu yera
>>
<<@justinebella7647
says :
Twari twarayobye abantu nkatwe tubafata nk'ibigirwamana 🤔🤔
>>
<<@kayihurajohn7347
says :
Turabakurikiye rwose pe ❤❤❤❤❤❤❤❤Kandi turabishimiye❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤Yesu abarinde rwose
>>
<<@NdagijeJames-t2o
says :
Yesu aguhezagire cane !
>>
<<@tuyizerejeanleon
says :
IBYAHISHUWE 1:8
>>
<<@tuyizerejeanleon
says :
MATAYO 10:24) YOHANA 13:12-17
>>
<<@NIYONSABAJeanPierre
says :
Ubutaha.tuziga.kumishahara.cg.kubihembo
>>
<<@tuyizerejeanleon
says :
YESU NIWE IMANA YACU. 1TIMOTEYO 3:16) ABAKOLOSAYI 1:14-23) YESU UMUKIZA WACU NI WE MUREMYI WA BYOSE
>>
<<@tuyizerejeanleon
says :
YESAYA 9:5-6 NI DATA WA TWESE UHORAHO, UMWAMI W'AMAHORO
>>
<<@tuyizerejeanleon
says :
IGIHE KIRAJE NDETSE KIRI BUGUFI:(YOHANA 4:23-24)
>>
<<@emmanuelrwibutso6491
says :
Mwirinde cyane, amagambo muvuga siyo yemeza ko ibyo muvuga ari ukuri, Ukuri ni Yesu kd niwe nzira, ibindi muvuga birimo ibibazo byinshiiiii, Wagirango nimwe mutanga ijuru!!!!!??
>>
<<@tuyizerejeanleon
says :
BENE DATA: dore aba paster bihamaye( YOHANA 10:1)
>>
<<@NIYONSABAJeanPierre
says :
Ntamuntu.ufite.icyubahiro.kwisi.kiruta.icy.lmana
>>
<<@tuyizerejeanleon
says :
MATAYO 4:8-10
>>
<<@NIYONSABAJeanPierre
says :
Ijambo.ry lmana.ritubwirango.ushaka kuba mukuru.agomba.kuba.umugaragu.wabandi
>>
<<@edusawaedusa6605
says :
Ayaloni noneho mutangiye kumenya ubwenge kbsa ubwo mutakiza muvuga abantu mushyiraho amafoto .yabantu mudahuza nabo .ibi nibyo byiza ukuri kiragenda kukagera kurinyirawe kdi ntafoto yumuntu cg izina uvuze biriya sibyiza ubutumwa bwiza
>>
<<@tuyizerejeanleon
says :
YOHANA 8:47
>>
<<@NIYONSABAJeanPierre
says :
Sawa.ibyo.umvuga.nukuri.peee
>>
<<@tuyizerejeanleon
says :
YOHANA 6:45
>>
<<@tuyizerejeanleon
says :
ABAGALATIYA 6:6-10
>>
<<@tuyizerejeanleon
says :
ABEFESO 1:13-14
>>
<<@tuyizerejeanleon
says :
ABAHEBURAYO 8:7-13. cyane umurongo 11
>>
NEXT VIDEO
>>