<<@ROSETVSHOW
says :
https://youtu.be/qRkvg8RFBL4 ushobora gukurikira ibindi biganiro bye hano 👌
>>
<<@kuberimanatv4317
says :
Warababaye mama ariko lmana yarakurengeye
>>
<<@ZirajeChantal
says :
Urimwija ❤❤❤
>>
<<@mansB12
says :
Rose uvumbura ibigoye
>>
<<@mutuyubutatuclarisse6852
says :
Ndabona arumwirasi wa feke
>>
<<@SangwaTheodosie
says :
I love you lose
>>
<<@TvParadizo
says :
Channel ye yitwa nde?
>>
<<@francineumuhoza4705
says :
Ndabona ibyo avuga byose ari ubujiji guusa 😂😂
>>
<<@Priscillamusabyeyezu
says :
Yewe ntagnarimbaherutse pe
>>
<<@nyiramukirediamant1132
says :
Mwara winyaruguru ndagusuhuje.nkunda imfura zinyaruguru cyane.
>>
<<@UwirereyeClarisse
says :
Yoo pole sana ibyo nange byambayeho bituma ndata diprome kdi suko narimbuze ubwenge
>>
<<@DasabeJacky
says :
uyu mumama duhuje ubuzima weee mana yajye uwampuza nae pe kuba muri famille noneho abakire sha ndakumva neza cyane
>>
<<@DasabeJacky
says :
nsuhuje abantu baduteze iminsi ngo ntacyo tuzimarira
>>
<<@KALISAAIME-l7j
says :
sha ni keza nanjye nagasambanya
>>
<<@RwemeraJeannepomuscene
says :
Rose se ko uruwamjye
>>
<<@janvierlion751
says :
Gusa uri mwiza
>>
<<@iradukp
says :
Ahaaaa narambiwe aravuga story nabi koko arazivanga
>>
<<@UWITONZEBeatrice-b7t
says :
Pole sana Sha Imana izi byose nukuri ndimo kurira kukubaga ireba
>>
<<@NtegekuroraElizefane
says :
😅
>>
<<@NtegekuroraElizefane
says :
Mwese.musaneza😅😅
>>
<<@turihomusana2112
says :
Reka sha none kuberiki utamwoherereje mumyaka 5 warumaze utababona??
>>
<<@BayinganaDerrick
says :
Wowe umwita mibi uri mubi cyane shitani ninshuti yawe
>>
<<@BayinganaDerrick
says :
Adeper nubateka mutwe
>>
<<@BayinganaDerrick
says :
Mwebwe mugaya abandi mujye musaba ibiganiro byanyu namwe twumve ibiryoheye amatwi
>>
<<@mugishaangero4670
says :
Dorumugore w,umwirasi weee.rose ndakwikundira rata wowe❤
>>
<<@mugishaangero4670
says :
Ark twahawijambo none tuvuga nibidakwiye.ndumva ntacyo iyo famille yakubangamiyeho
>>
<<@clarisseniyigena-go5xi
says :
Icyambere Aho basengera urabeshye siho.2 tante yagusezereye umaze iminsi umubwirako ugiye kwiga ntujyeyo ukigira iyowajyaga none utangiye kumubeshyera kuki ubeshya ariko ubwo nzabona unzanye imihanda uvugeko nkirwaye sida hanyuma Ko wahabaga wakoraga iki??.😢😢 shiaa Coco wowe waaap wap pe sinkwanga ariko ibyo nabyo ntibyatuma ngukunda.
>>
<<@clarisseniyigena-go5xi
says :
Ngewe sindamubabarira ataransaba imbabazi.yashwanye na aunt wange amufasha azanye uduco tante adakunze baratandukana atangira kujya avuga ngo ndwaye sida mu ishuri😢😢😢😢kd narindwaye stroke Cloudine nimfura itari nziza😂😂😂umwana womucyaro wabeshyaga ko agiye kwiga ntageyo 😂😂😂😂kanze mbwire tante ibintu urikumubeshyera hhhhhhhhhhhhhhhhhhhhh
>>
<<@nshimiyimanaemile8870
says :
Muragakoze pe ,ubushyuhe!?!?m
>>
<<@mugabekazimarcie5734
says :
Warezwe .na so na nyoko kanyagwee
>>
<<@mugabekazimarcie5734
says :
😂😂😂😂😂 ariko se Rose rwose abantu baraza bakakwifatira bagapapira inkuruuuu zitabayeho Uyu mugore ni akadamutwe wallah umwana winyakizu😅😅😅
>>
<<@KIRASANA-e7t
says :
Imana ishimwe ko ubu yaduhaye ubushobozi bwo kwigurira supermarket yose yimigati tukayihaga tukanayimena Ubuse Bo babayeho bate
>>
<<@Inganzotvshow
says :
I love your couple❤️Justin ❤️ coco you're beautiful in and out 🥰 Imana ibongerere imigisha muzasazane mwishimye😊 gusa kuba mu mafamille byo ntibiba byoroshye peee,hashimwe Imana yakugiriye neza
>>
<<@MutoniSifa-k3t
says :
Ariko nkuyu buriya atubwiki koko
>>
<<@mugisha1
says :
Umugore Mwiza Gutya Ngwasa Na Aria cool Uramukoze Nuko Atazisoma Ubundi Wamuntu Wagirango Wasomye Mpangara Nguhangare Gusa Yenda Gusa Numugore Wanjye
>>
<<@heleneuwamaliya7361
says :
Ma cousine hejuru ndakwemera
>>
<<@Umuks111
says :
Arasa na isimbi alliah cool
>>
<<@alice4857
says :
Rose nishimwe unjyira akajwi keza cyane kandi nkunda ibiganiro byanyu nukuri uba utuje cyane 🙏💗
>>
<<@RukunguJules
says :
Ikibeho nomumasizi muri musange kuvakera havukaga abakobwa neza araboneka yuko atariye impombo asa numugore wa papa yariyamuye iburundi Mama imana ikongerere iminsi yokubaho
>>
<<@roserusingiza1286
says :
Merci Rose et Claudine 👌🏽
>>
<<@nirereyvonne7791
says :
Apuuu iyi nkuru irabishye pe. Ntabwo iryoheye amatwi
>>
<<@veroniqueveronik8937
says :
Uri mwiza mutumirwa
>>
<<@cecilebukuru2298
says :
Abarokore ni bamenye ko icaha s imishatsi gusa,nukudakunda abandi canke kudafasha abandi ubishoboye naco ar i caha. Agakiza bagapimira muvy amaso yabo abona,ariko har ivyaha vy imbele mu mitima yabo.
>>
<<@MUSHIMIYIMANABEATRICE-ib7fn
says :
Bayaguhe pe urayakoreye kabisa
>>
<<@uwanyirigiralouise1344
says :
Abantubazi nyabigugu ndabasuhuje.
>>
<<@uwanyirigiralouise1344
says :
Courage cyane . ❤❤❤
>>
<<@BagwenezaFanny
says :
Ark disi mufitanye ikizere kinci
>>
<<@BagwenezaFanny
says :
Ark se Mana ati mfite umugabo mwiza nanjye iyi couple ndayikunda sana
>>
<<@info-n6i
says :
Sha gutaka uwo mwashakanye cyane muruhame bituma yumvako kugushaka arimpuhwe yakugiriye jyubivuga ariko ntugakabye azagusuzugura abone atari kuri niveau yawe yishakire uwo barimurwego rumwe nkwifurije kutazagaruka hano urira uvuga ikinyume yibi urikuvuga kurata ibyiza byawe nukubiteza aba haters simbikwifurije aliko ujye witonda chao.
>>
<<@uwanyirigiralouise1344
says :
Ihangane mwana wi wacu.
>>
NEXT VIDEO
>>